Ibintu by'Ukuri
Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya… Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…
Ibintu By'Ukuri wabyo. Nubwo ibigirwamana biri mu buryo butandukanye, gusenga ibishushanyo byiganje mu Bakristo b’iki gihe nk’uko byari biri mu Bisirayeli mu gihe cya Eliya. Imana z’abiyita abahanga, abacurabwenge, abasizi, abategetsi, abanyamakuru, imana z’abanyabukorikori, imana zo mu mashuri yisumbuye, no muri za Kaminuza, ndetse n’imana zo mu bigo by’abihaye Imana, zirushije ububi Baali, ariyo mana y’izuba yo muri Fowenike. Nta cyaha mu byadutse mu Bakristo kibabaza cyane ubutegetsi bw’ijuru, nta na kimwe cyonona ibitekerezo, nta na kimwe gifite ingaruka ziyobya, nk’inyigisho za none, zikwiza hose kandi vuba ko amategeko y’Imana atakigenga abantu. Igihugu cyose kigira amategeko yacyo, agomba kubahirizwa no gukurikizwa; nta butegetsi bwabaho budafite amategeko; none byashoboka bite ko Umuremyi w’isi n’ijuru atagira amategeko agenga ibyo yaremye? Tuvuge ko ababwiriza b’akataraboneka bigishije ku mugaragaro ko amabwiriza agenga igihugu cyabo kandi akarinda uburenganzira bw’abenegihugu, atakiri ngombwa, kuko abuza abantu umudendezo, bityo akaba atagikwiriye kubahirizwa; mbese umubwiriza nk’uwo yakwihanganirwa ku ruhimbi igihe kingana iki ? None se, kwirengagiza amategeko ya leta z’isi n’ay’ibihugu byaba icyaha gikabije kuruta gusiribanga amategeko mvajuru kandi ari yo rufatiro rw’ubutegetsi bwose? Byajyaga gukomerera cyane ibihugu gukuraho amategeko yabyo, maze bikemerera abaturage gukora ikibabereye cyiza, kuruta ko Umutegetsi w’isi n’ijuru yakuraho amategeko ye, maze isi igasigara idafite itegeko rihana uwacumuye, cyangwa iritsindishiriza utariho urubanza. Mbese twajyaga kumenya ingaruka zituruka ku gukurwaho kw’amategeko y’Imana? Byarageragejwe. Dutekereze ibintu biteye ubwoba byabaye mu gihugu cy’Ubufaransa ubwo igihugu cyategekwaga n’ubuhakanamana. Byagaragariye isi ko gukuraho amabwiriza Imana yashyizeho, ari ukwemera itegeko rikaze ry’ubugizi bwa nabi. Iyo urugero rw’ubutungane rushyizwe ku ruhande, umutware w’ibibi byose aba abonye inzira yo kwimika ingoma ye mu isi. Ahantu hose amategeko y’Imana yanzwe, icyaha ntikiba kikigaragara nk’icyaha, cyangwa ngo gukiranuka kwifuzwe. Abanga kumvira ubutegetsi bw’Imana, na bo ubwabo ntibashobora kwitegeka. Binyuze mu nyigisho zabo z’ibinyoma, ingeso yo kwishyira hejuru yinjira mu mitima y’abana no mu y’abasore, kuko muri kamere yabo batihanganira kwitegeka; ntibifuza kugira amategeko abagenga, ariko ntibite no ku ngaruka zizabaho hanyuma. Igihe bakoba cyane abihutira kumvira amategeko y’Imana, nibwo abantu benshi bemera ubuyobe bwa Satani batazuyaje. Bemera gutwarwa n’irari kandi bakitangira gukora ibyaha n’abapagani ubwabo babona ko ari ibyo gucirwaho iteka. Abigisha abantu gusuzugura amategeko y’Imana, babiba kutumvira hakazasarurwa kutumvira. Mureke amategeko mvajuru yirengagizwe yose uko yakabaye, amategeko y’abantu nayo azirengagizwa bidatinze. Kuko Imana ibuzanya ibikorwa biteye isoni; kwifuza, kubeshya, kwiba, abantu biteguye kuribata amategeko y’Imana, bitwaza ko ababera inkomyi ituma batagera ku byo bifuza mu isi; ariko kubera kwanga amategeko y’Imana ntizatuma 424
Ibintu By'Ukuri bagira icyo bageraho. Niba amategeko y’Imana atakibagenga, kuki kuyacumura bitera ubwoba ? Ibyo abantu batunze ntibyagira umutekano. Abantu batwara abaturanyi babo ibyabo ku ngufu, umunyambaraga niwe waba umukire kurusha abandi. Ubuzima bw’umuntu nta gaciro bwazongera kugira. Indahiro mu gihe cyo gusezerana kw’abashakanye ntabwo yakomeza kurinda imibereho y’umuryango. Ufite ububasha, aramutse abishatse, yajyana umugore wa mugenzi we ku ngufu. Itegeko rya gatanu, nk’uko irya kane byagenze, ryakurwaho. Abana ntibatinya kwica ababyeyi babo, baramutse bifuza kunezeza imitima yabo yononekaye. Ibihugu byateye imbere mu majyambere, byahinduka indiri y’ubujura n’ubwicanyi; kandi amahoro, ikiruhuko n’umunezero, byashira ku isi. Inyigisho zivuga ko abantu babatuwe ku kwitondera amategeko y’Imana zaciye intege imbaraga z’ibya mwuka, maze zikingura urugi rw’umuraba w’ubugome wisuka ku isi. Kutagendera ku mategeko, kwaya no kwiyonona, bitwirohaho nk’umuyaga wa serwakira. Mu muryango, Satani arimo gukora. Ibendera rye rishinzwe no mu ngo z’abavuga ko ari Abakristo. Hari ishyari, gushinjanya ibinyoma, kwishushanya, ubuhemu, isumbwe, ubugambanyi, kutiringirana no gukunda irari. Amahame n’inyigisho by’iyobokamana, byose byari bikwiriye kuba urufatiro rw’imibanire myiza, bimeze nk’ikirundo gisukuma kigiye kuriduka. Abicanyi ruharwa iyo bashyizwe muri gereza kubera ubugome bwabo, bahora bahabwa impano kandi bakitabwaho nk’aho bahemberwa ibyiza bagezeho. Imico yabo n’ubugome bwabo byaramamajwe cyane. Itangazamakuru rishyira ku mugaragaro ingeso z’abantu mu buryo burambuye, bityo bigatuma n’abandi binjira muri ibyo bikorwa by’uburiganya, ubujura n’ubwicanyi; maze Satani akanezezwa n’uko ageze ku nsinzi yo kubajyana mu irimbukiro. Ingeso yo gukunda ibibi, kutamenya kwitegeka, ubwiyongere bukabije bwo kwiyandarika n’ubugome bw’uburyo bwose bikwiriye gutuma abubaha Imana bose bakangukira kwibaza igikwiriye gukorwa ngo bahangane n’umuraba w’ikibi. Inkiko zica imanza zuzuyemo ruswa. Abategetsi bashishikajwe n’inyungu zabo, no gukunda kwishakira ibibanezeza. Kutirinda byahumye intekerezo za benshi, bituma Satani abona uko abigarurira. Abanyamategeko baratandukira, bahabwa ruswa , maze bakarindagira. Ubusinzi, inzika, gukunda iby’isi, ishyari no kubura ubunyangamugayo mu buryo bwose, ni byo byiganje muri bamwe mu bashinzwe gushyiraho amategeko. ‘’Ubutabera bwabaye akahebwe, kuko ukuri kwaguye mu nzira, kandi gutungana ntikubasha kwinjira.’‘ 2 Gukiranirwa n’umwijima mu bya mwuka byariho mu gihe cyo kwikuza kwa Roma byari ingaruka ntakuka zo gukuraho Ibyanditswe Byera; ariko se ni hehe mu mucyo w’ubutumwa bwiza, mu gihe cy’umudendezo mu by’idini, dusanga impamvu y’ubuhemu bwiganje, kwanga amategeko y’Imana, n’ingaruka yo kwangirika? Kuko Satani atagishobora kubohera abantu munsi y’ubutware bwe abahisha Ibyanditswe Byera, yitabaza ubundi buryo kugira ngo asohoze umugambi we udahinduka. Gusenya ukwizera gushingiye muri Bibiliya bimufasha kugera ku mugambi we wo kuyirimbura nayo ubwayo. Iyo yinjiza imyizerere ivuga ko amategeko y’Imana atakigenga abantu, aba ashaka kubatera kuyagomera nk’aho ari injiji kuri 425
- Page 381 and 382: Ibintu By'Ukuri Kamere y’ubuhenda
- Page 383 and 384: Ibintu By'Ukuri bafungiwe muri gere
- Page 385 and 386: Ibintu By'Ukuri Ibindi byitegererez
- Page 387 and 388: Ibintu By'Ukuri Igice Cya 32 - Imit
- Page 389 and 390: Ibintu By'Ukuri gisigaye muri uwo m
- Page 391 and 392: Ibintu By'Ukuri Mu ntwaro zikomeye
- Page 393 and 394: Ibintu By'Ukuri n’umuntu wese ku
- Page 395 and 396: Ibintu By'Ukuri Muri icyo gihe ubwo
- Page 397 and 398: Ibintu By'Ukuri Adamu na Eva bamaze
- Page 399 and 400: Ibintu By'Ukuri b’abanyakuri, ari
- Page 401 and 402: Ibintu By'Ukuri y’iby’idini mur
- Page 403 and 404: Ibintu By'Ukuri ubutabera bwayo, n
- Page 405 and 406: Ibintu By'Ukuri w’Imana yarandits
- Page 407 and 408: Ibintu By'Ukuri Ariko se igihe Yesu
- Page 409 and 410: Ibintu By'Ukuri Igice Cya 34 - Mbes
- Page 411 and 412: Ibintu By'Ukuri insanganyamatsiko z
- Page 413 and 414: Ibintu By'Ukuri Imyuka iyobya yihin
- Page 415 and 416: Ibintu By'Ukuri budashidikanywa mu
- Page 417 and 418: Ibintu By'Ukuri Igice Cya 35 - Inte
- Page 419 and 420: Ibintu By'Ukuri Ubuporotestitanti b
- Page 421 and 422: Ibintu By'Ukuri Gusenga ibishushany
- Page 423 and 424: Ibintu By'Ukuri imyaka ibihumbi bwa
- Page 425 and 426: Ibintu By'Ukuri igitekerezo cy’uk
- Page 427 and 428: Ibintu By'Ukuri Nyamara n’ubwo ba
- Page 429 and 430: Ibintu By'Ukuri byose byo ku isi, b
- Page 431: Ibintu By'Ukuri Igice Cya 36 - Inta
- Page 435 and 436: Ibintu By'Ukuri bifatanye n’ububa
- Page 437 and 438: Ibintu By'Ukuri ahirimbanira guteza
- Page 439 and 440: Ibintu By'Ukuri Igice Cya 37 - Ibya
- Page 441 and 442: Ibintu By'Ukuri Yesu Kristo yabonye
- Page 443 and 444: Ibintu By'Ukuri ari ibyo nihangiye.
- Page 445 and 446: Ibintu By'Ukuri ntibihinduka; igihe
- Page 447 and 448: Ibintu By'Ukuri rwo gupfa. Ku rundi
- Page 449 and 450: Ibintu By'Ukuri murimo, ubupapa n
- Page 451 and 452: Ibintu By'Ukuri bazunga ubumwe n’
- Page 453 and 454: Ibintu By'Ukuri Igice Cya 39 - Igih
- Page 455 and 456: Ibintu By'Ukuri Ijoro Yakobo yagiri
- Page 457 and 458: Ibintu By'Ukuri umutima no kwibaza
- Page 459 and 460: Ibintu By'Ukuri nyakujya, kwizinukw
- Page 461 and 462: Ibintu By'Ukuri kare uko kuza kwe k
- Page 463 and 464: Ibintu By'Ukuri ubutabera bw’Iman
- Page 465 and 466: Ibintu By'Ukuri vuba.” 23 Imperuk
- Page 467 and 468: Ibintu By'Ukuri cyangwa kwicwa urub
- Page 469 and 470: Ibintu By'Ukuri Mu gicuku hagati ni
- Page 471 and 472: Ibintu By'Ukuri ikaramu y’umuriro
- Page 473 and 474: Ibintu By'Ukuri guhagarara adatsinz
- Page 475 and 476: Ibintu By'Ukuri Abakiranutsi bakiri
- Page 477 and 478: Ibintu By'Ukuri ifite ubwiza burenz
- Page 479 and 480: Ibintu By'Ukuri Umusaraba wa Kristo
- Page 481 and 482: Ibintu By'Ukuri Abanyabyaha bagira
<strong>Ibintu</strong> By'Ukuri<br />
bagira icyo bageraho. Niba amategeko y’Imana atakibagenga, kuki kuyacumura bitera<br />
ubwoba ? Ibyo abantu batunze ntibyagira umutekano. Abantu batwara abaturanyi babo ibyabo<br />
ku ngufu, umunyambaraga niwe waba umukire kurusha abandi. Ubuzima bw’umuntu nta<br />
gaciro bwazongera kugira. Indahiro mu gihe cyo gusezerana kw’abashakanye ntabwo<br />
yakomeza kurinda imibereho y’umuryango. Ufite ububasha, aramutse abishatse, yajyana<br />
umugore wa mugenzi we ku ngufu. Itegeko rya gatanu, nk’uko irya kane byagenze,<br />
ryakurwaho. Abana ntibatinya kwica ababyeyi babo, baramutse bifuza kunezeza imitima yabo<br />
yononekaye. Ibihugu byateye imbere mu majyambere, byahinduka indiri y’ubujura<br />
n’ubwicanyi; kandi amahoro, ikiruhuko n’umunezero, byashira ku isi.<br />
Inyigisho zivuga ko abantu babatuwe ku kwitondera amategeko y’Imana zaciye intege<br />
imbaraga z’ibya mwuka, maze zikingura urugi rw’umuraba w’ubugome wisuka ku isi.<br />
Kutagendera ku mategeko, kwaya no kwiyonona, bitwirohaho nk’umuyaga wa serwakira. Mu<br />
muryango, Satani arimo gukora. Ibendera rye rishinzwe no mu ngo z’abavuga ko ari<br />
Abakristo. Hari ishyari, gushinjanya ibinyoma, kwishushanya, ubuhemu, isumbwe,<br />
ubugambanyi, kutiringirana no gukunda irari.<br />
Amahame n’inyigisho by’iyobokamana, byose byari bikwiriye kuba urufatiro<br />
rw’imibanire myiza, bimeze nk’ikirundo gisukuma kigiye kuriduka. Abicanyi ruharwa iyo<br />
bashyizwe muri gereza kubera ubugome bwabo, bahora bahabwa impano kandi bakitabwaho<br />
nk’aho bahemberwa ibyiza bagezeho. Imico yabo n’ubugome bwabo byaramamajwe cyane.<br />
Itangazamakuru rishyira ku mugaragaro ingeso z’abantu mu buryo burambuye, bityo<br />
bigatuma n’abandi binjira muri ibyo bikorwa by’uburiganya, ubujura n’ubwicanyi; maze<br />
Satani akanezezwa n’uko ageze ku nsinzi yo kubajyana mu irimbukiro. Ingeso yo gukunda<br />
ibibi, kutamenya kwitegeka, ubwiyongere bukabije bwo kwiyandarika n’ubugome bw’uburyo<br />
bwose bikwiriye gutuma abubaha Imana bose bakangukira kwibaza igikwiriye gukorwa ngo<br />
bahangane n’umuraba w’ikibi. Inkiko zica imanza zuzuyemo ruswa. Abategetsi<br />
bashishikajwe n’inyungu zabo, no gukunda kwishakira ibibanezeza. Kutirinda byahumye<br />
intekerezo za benshi, bituma Satani abona uko abigarurira. Abanyamategeko baratandukira,<br />
bahabwa ruswa , maze bakarindagira. Ubusinzi, inzika, gukunda iby’isi, ishyari no kubura<br />
ubunyangamugayo mu buryo bwose, ni byo byiganje muri bamwe mu bashinzwe gushyiraho<br />
amategeko. ‘’Ubutabera bwabaye akahebwe, kuko ukuri kwaguye mu nzira, kandi gutungana<br />
ntikubasha kwinjira.’‘ 2<br />
Gukiranirwa n’umwijima mu bya mwuka byariho mu gihe cyo kwikuza kwa Roma byari<br />
ingaruka ntakuka zo gukuraho Ibyanditswe Byera; ariko se ni hehe mu mucyo w’ubutumwa<br />
bwiza, mu gihe cy’umudendezo mu by’idini, dusanga impamvu y’ubuhemu bwiganje,<br />
kwanga amategeko y’Imana, n’ingaruka yo kwangirika? Kuko Satani atagishobora kubohera<br />
abantu munsi y’ubutware bwe abahisha Ibyanditswe Byera, yitabaza ubundi buryo kugira ngo<br />
asohoze umugambi we udahinduka. Gusenya ukwizera gushingiye muri Bibiliya bimufasha<br />
kugera ku mugambi we wo kuyirimbura nayo ubwayo. Iyo yinjiza imyizerere ivuga ko<br />
amategeko y’Imana atakigenga abantu, aba ashaka kubatera kuyagomera nk’aho ari injiji kuri<br />
425