21.04.2023 Views

Ibintu by'Ukuri

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Ibintu</strong> By'Ukuri<br />

icyo gitambo cy’agaciro kangana gatyo, aziyikorerera ku giti cye umutwaro n’igihano<br />

cy’ibyaha bye.<br />

Mureke turebe icyo Bibiliya yigisha cyerekeye abatubaha Imana n’abanga kwihana, abo<br />

ababwiriza mpuzamahanga bagenera ijuru nk’abaziranenge, n’abamarayika banejeje.<br />

“Ufite inyota nzamuha kunywa ku isoko y’amazi y’ubugingo nta kiguzi atanze”. 10 Iri<br />

sezerano ryahawe abafite inyota bonyine. Nta n’umwe, keretse abumva ko bakeneye amazi<br />

y’ubugingo, maze bakayashaka bahombye ibintu byose, bazayahabwa. “Unesha azaragwa<br />

byose; nanjye nzaba Imana ye nawe abe umwana wanjye”. 11 Aha na none ibisabwa<br />

byarasobanuwe. Kugira ngo turagwe byose, dukwiriye guhangana n’icyaha kandi<br />

tukagitsinda.<br />

Uwiteka yavugiye mu muhanuzi Yesaya ati: “Nimubivuge: intungane zizagubwa neza”,<br />

‘‘ inkozi z’ibibi ziragowe, kubera akaga zirimo, zizahanwa hakurikijwe ibikorwa byazo.’‘ 12<br />

“Nubwo umunyabyaha ashobora gukora ibikorwa bibi ijana akarenga akaramba, nzi neza ko<br />

abubaha Imana bazagubwa neza. Nyamara abagome bo ntibazagubwa neza, ntabazaramba,<br />

ahubwo bazayoyoka nk’igicucu, kuko batubaha Imana”13 Kandi Pawulo ahamya ko<br />

umunyabyaha aba yizigamiye umujinya uzaba ku munsi w’uburakari, ubwo amateka y’ukuri<br />

y’Imana azahishurwa, izitura umuntu wese ibikwiriye ibyo yakoze; “amakuba n’ibyago ni<br />

byo izateza umuntu wese ukora ibyaha.” 14<br />

‘‘Mumenye ibi:Umusambanyi wese n’ukora ibiteye isoni n’umunya-mururumba ( nicyo<br />

kimwe no gusenga ibigirwamana), abo bose nta munani bazagira mu bwami bwa Kristo<br />

n’Imana”. 15 “Mugire umwete wo kubana n’abantu bose amahoro, n’uwo kwezwa kuko<br />

utejejwe atazareba Umwami Imana”. 16 “Hahirwa abamesa amakanzu yabo, kugira ngo<br />

bemererwe kunyura mu marembo bakinjira mu Murwa w’Imana, bakarya ku mbuto z’igiti<br />

cy’ubugingo. Inyuma y’Uwo Murwa hazasigara abiyandarika n’abarozi, abasambanyi<br />

n’abicanyi, abasenga ibigirwamana n’abakunda kubeshya bakanariganya”. 17<br />

Imana yasobanuriye abantu imicombonera yayo, n’uburyo ifata icyaha. “Uwiteka anyura<br />

imbere ye, aravuga ati: Uwiteka, Uwiteka, Imana y’ibambe n’imbabazi itinda kurakara ifite<br />

kugira neza kwinshi n’umurava mwinshi, igumanira abantu imbabazi kugeza ku buzukuruza<br />

babo b’ibihe igihumbi, ibabarira gukiranirwa n’ibicumuro n’ibyaha.” “Azarimbura abagome<br />

bose”. 18 “Abacumura bo bazarimburirwa hamwe: iherezo ry’urubyaro rw’umunyabyaha ni<br />

ugukurwaho.” 19 Imbaraga n’ubutware by’ingoma y’Imana, bizakoreshwa kugira ngo<br />

hatsembwe ubwigomeke; kandi ibizakoreshwa byose hatangwa ingororano mu butabera,<br />

bizakurikiza rwose imico mbonera y’Imana nk’inyambabazi, itinda kurakara, ifite kugira neza<br />

kwinshi.<br />

Imana ntihata ubushake cyangwa guhitamo k’uwo ari we wese. Ntabwo yishimira<br />

uyumvira abihatiwe. Ishaka ko ibiremwa yaremesheje intoke zayo biyikunda kuko ikwiriye<br />

gukundwa. Ishaka ko biyumvira kuko bifite ibitekerezo byo gushima ubuhanga bwayo,<br />

394

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!