21.04.2023 Views

Ibintu by'Ukuri

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Ibintu</strong> By'Ukuri<br />

Igice Cya 33 – Igishuko cya Mbere Gikomeye<br />

Kuva mu mateka ya kera y’umuntu, Satani yatangije imbaraga zo kutuyobya.<br />

Uwatangiriye ubwigomeke mu ijuru yifuje ko n’abatuye isi bafatanya nawe kurwanya<br />

ubutegetsi bw’Imana. Adamu na Eva bari banejejwe no kubaho bumvira amategeko y’Imana,<br />

kandi iki cyari igihamya ntakuka kibeshyuza ibyo Satani yavugiye mu ijuru, ko amategeko<br />

y’Imana akandamiza kandi akabangamira umutekano w’ibyo Imana yaremye. Nanone kandi,<br />

ishyari rya Satani ryahagurutse ubwo yabonaga urugo rwiza rwari rwateguriwe abo bantu<br />

baziraga icyaha. Yagambiriye kubacumuza kugira ngo abatandukanye n’Imana, maze<br />

abashyire munsi y’ububasha bwe, abe yigaruriye isi, ayimikemo ingoma ye ihangane<br />

n’Isumbabyose.<br />

Iyo Satani aza kwiyerekana ubwe n’ingeso nyakuri ze, yajyaga kwamaganwa rugikubita<br />

kuko Adamu na Eva bari baraburiwe akaga kazaterwa n’uwo mwanzi gica; ariko yakoreye<br />

mu mwijima, ahisha umugambi we kugira ngo abone uburyo bwo kuwusohoza. Yifashishije<br />

inzoka ngo imubere igikoresho, nk’ikiremwa giteye ubwuzu, yo ubwayo yivuganira na Eva<br />

iti: “Ni ukuri koko Imana yaravuze iti “Ntimuzarye ku giti cyose cyo muri ubu busitani?’‘ 1<br />

Iyo Eva areka kugirana ikiganiro n’umushukanyi, yajyaga kuba amahoro; ariko ahangara<br />

gukomeza kuganira na yo, atsindwa n’uburiganya bwa Satani. Uko niko benshi bajya<br />

batsindwa. Barashidikanya bagatangira kujya impaka ku byo Imana ibashakaho; maze aho<br />

kumvira amategeko y’ijuru, bakemera ibyahimbwe n’abantu bitwikirijwe uburiganya bwa<br />

Satani.<br />

“Umugore asubiza iyo nzoka ati: “Twemerewe kurya ku mbuto z’ibiti byo muri uyu<br />

murima: keretse imbuto z’igiti kimwe kiri hagati muri ubu busitani, nizo Imana yatubwiye iti<br />

“Ntimuzazirye, ntimuzazikoreho mutazapfa”. Maze inzoka ibwira uwo mugore iti : ni ukuri<br />

gupfa ko ntimuzapfa, kuko Imana yari izi ko umunsi mwaziriyeho, amaso yanyu azahweza,<br />

mukaba nk’imana, mukamenya ibyiza n’ibibi”2 Yabahamirije ko bazahinduka nk’Imana,<br />

bakagira ubwenge buhanitse kuruta mbere hose kandi bakarushaho kugira imibereho yo mu<br />

rwego rwo hejuru. Eva yiroshye mu bishuko ku bushake bwe; maze atuma na Adamu agwa<br />

mu cyaha. Bemeye amagambo y’inzoka ko icyo Imana yavuze itazagikora; ntibiringira<br />

Umuremyi wabo maze bibwira ko yababuzaga umudendezo ngo batazagira ubwenge bwinshi<br />

bagashyirwa hejuru no kugomera amategeko yayo.<br />

Ariko se Adamu yakoze iki amaze gukora icyaha, ashaka kumenya ubusobanuro bw’aya<br />

magambo ngo: “Umunsi mwakiriyeho no gupfa muzapfa ? Mbese yaba yarabisanze nk’uko<br />

Satani yamwijeje ko azagira imibereho yo mu rwego rwo hejuru ? Nyamara ikigeretse kuri<br />

ibyo, hari ibyiza byinshi yagombaga kugezwaho no kwica amategeko y’Imana, maze Satani<br />

akagaragara nk’ubagirira neza. Ariko Adamu yaje gusanga ko ubwo atari bwo busobanuro<br />

bw’iteka ry’Imana. Imana yavuze ko igihano cy’icyaha cye, ari uko umuntu azasubira mu<br />

gitaka yakuwemo: “Uri umukungugu, mu mukungugu nimwo uzasubira.” 3 Amagambo ya<br />

Satani ngo ‘Amaso yanyu azahweza”. Yagaragaye nk’ukuri muri ubu buryo bumwe gusa:<br />

388

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!