21.04.2023 Views

Ibintu by'Ukuri

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Ibintu</strong> By'Ukuri<br />

ku buryo bigera aho bisa n’ibitabashobokera ko bakorwa ku mutima n’ukuri kw’ingenzi<br />

kuvugwa n’ubuhanuzi.<br />

Kubwiriza iby’igihe ntakuka cy’itangira ry’urubanza mu gihe ubutumwa bwa marayika<br />

wa mbere bwigishwaga byari byarategetswe n’Imana. Kubara ibihe by’ubuhanuzi ubwo<br />

butumwa bwari bushingiyeho maze iherezo ry’iminsi 2300 rigashyirwa mu muhindo<br />

w’umwaka wa 1844, byari ukuri kudakemangwa. Umuhati wahoraga ukoreshwa kugira ngo<br />

hashakwe andi matariki mashya y’itangira n’irangira ry’ibihe by’ubuhanuzi, ndetse<br />

n’intekerezo zidatunganye zakoreshwaga mu gushyigikira uko abantu batekerezaga, ntabwo<br />

ibyo byateshuye abantu ku kuri kw’icyo gihe gusa, ahubwo byanateye kwinubira umwete<br />

wose wakoreshwaga mu gusobanura ubuhanuzi. Uko akenshi abantu barushaho gushyiraho<br />

umunsi ntarengwa wo kugaruka kwa Yesu, n’uko iyo nkuru irushaho kwigishwa hose, ni ko<br />

ibyo birushaho guhuza n’imigambi ya Satani. Iyo igihe cyari cyavuzwe gihise, Umushukanyi<br />

akoza isoni kandi agasuzuguza abamamazaga iby’icyo gihe, kandi agashyira umugayo ku<br />

ikangura ry’ivugabutumwa bwo kugaruka kwa Kristo ryabayeho mu myaka ya 1843 na 1844.<br />

Amaherezo abakomeza kwizirika muri ubwo buyobe bazongera gushyiraho indi tariki yo<br />

kugaruka kwa Kristo mu gihe kizaza ariko cya kure. Bizabatera guturiza mu kwibeshya ko<br />

bafite umutekano kandi benshi bazabona barakerewe ko bashutswe.<br />

Amateka y’Abisirayeli ba kera ni urugero rukomeye rw’ibyabaye ku Badiventisiti mu gihe<br />

cyashize. Imana yayoboye ubwoko bwayo mu murimo wo kubwiriza ubutumwa bwo<br />

kugaruka kwa Yesu Kristo nk’uko yayoboye Abana ba Isirayeli ibavana mu Misiri. Mu<br />

mubabaro ukomeye, ukwizera kwabo kwageragejwe nk’uko ukw’Abaheburayo<br />

kwageragerejwe ku Nyanja Itukura. Iyo bakomeza kwiringira ukuboko kwari kwaragiye<br />

kubayobora mu byagiye bibabaho, baba barabonye agakiza k’Imana. Iyaba abafatanyije mu<br />

murimo wakozwe mu mwaka wa 1884 bari barakiriye ubutumwa bwa marayika wa gatatu<br />

kandi bakabwamamazanya imbaraga ya Mwuka Muziranenge, Uwiteka aba yarakoreye<br />

bikomeye mu mwete bakoranaga. Umucyo mwinshi cyane uba wararasiye isi. Abatuye isi<br />

baba baramaze kuburirwa mu myaka myinshi ishize, umurimo uheruka uba wararangiye<br />

kandi na Kristo aba yaramaze kuza gutwara ubwoko bwe.<br />

Ntabwo byari ubushake bw’Imana ko Abisirayeli bazerera mu butayu imyaka 40;<br />

yashakaga kubayobora mu nzira itaziguye bagahita bagera i Kanani maze ikahabatuza<br />

nk’abantu batunganye kandi banezerewe. Ariko “ntibashoboye kwinjiramo kuko batizeye.”<br />

637 Kubw’ubuhakanyi bwabo no gusubira inyuma kwabo barimbukiye mu butayu, havuka<br />

abandi aba ari bo binjira mu Gihugu cy’Isezerano. Mu buryo nk’ubwo, ntabwo byari ubushake<br />

bw’Imana ko kugaruka kwa Kristo gutinda bene aka kageni ngo abantu bayo bagume muri<br />

iyi si y’icyaha n’agahinda imyaka myinshi ingana itya. Nyamara kutizera kwabatandukanyije<br />

n’Imana. Ubwo bangaga gukora umurimo Imana yabashinze, abandi barahagurukijwe kugira<br />

ngo bamamaze ubwo butumwa. Kubera imbabazi Imana ifitiye abatuye isi, Yesu atinze<br />

kugaruka kugira ngo abanyabyaha babone uburyo bwo kumva ubutumwa bw’imbuzi kandi<br />

bamuhungiremo umujinya w’Imana ugiye kuzasukwa.<br />

336

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!