Ibintu by'Ukuri
Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya… Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…
Ibintu By'Ukuri butegetsi bwayahinduye. Igikorwa nk’icyo cyo kumvira amategeko y’ubupapa kizaba ari ikimenyetso cy’isumbwe rihawe Papa mu cyimbo cy’Imana. Ubupapa bwagerageje guhindura amategeko y’Imana. Itegeko rya kabiri ribuzanya kuramya ibishushanyo, ryakuwe mu mategeko y’Imana, kandi n’itegeko rya kane na ryo ryarahinduwe kugira ngo hemerwe kubahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru nk’Isabato mu cyimbo cy’umunsi wa karindwi. Ariko impamvu yo gukuraho itegeko rya kabiri abashyigikira inyigisho z’ubupapa batanga ni uko ngo iryo tegeko atari ngombwa ko ribaho, ko rikubiye mu rya mbere, kandi bakavuga ko bigisha amategeko y’Imana nk’uko Imana ubwayo yagenye ko yumvikana. Kuri bo, bavuga ko iryo hinduka atari ryo ryavuzwe n’umuhanuzi. Uguhindura amategeko bigambiriwe byavuzwe muri aya magambo: “Azigira inama zo guhindura ibihe n’amategeko.” Impinduka zakozwe ku itegeko rya kane zisohoza ryose ibyo ubuhanuzi buvuga. Ibyo byakozwe n’ububasha bumwe ari bwo bw’itorero. Aha rero ububasha bw’ubupapa ubwabwo bwishyize hejuru y’Imana ku mugaragaro. Mu gihe abaramya Imana bazagaragazwa by’umwihariko n’agaciro baha itegeko rya kane, (kuko iri tegeko ari ryo kimenyetso cy’ububasha bw’Imana bwo kurema ndetse rikaba n’igihamya cy’uko isaba umuntu kuyubaha no kuyiha ikuzo), abaramya inyamaswa nabo bazamenyekanira ku muhati wabo wo gukuraho urwibutso rw’Imana Umuremyi maze bakubahiriza gahunda yashyizweho na Roma. Mu rwego rwo gushigikira umunsi wa mbere w’icyumweru ni ho ubupapa bwahamije bwa mbere ibyo bwigamba; kandi inshuro ya mbere bwitabaje imbaraga za Leta byari uguhatira abantu kubahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru nk’“umunsi w’Umwami.” Ariko Bibiliya yerekana ko umunsi wa karindwi ari wo munsi w’Umwami, ntabwo ivuga umunsi wa mbere. Yesu Kristo yaravuze ati: “Umwana w’umuntu ni Umwami w’Isabato na yo.” Itegeko rya kane riravuga riti: “Umunsi wa karindwi ni wo Sabato y’Uwiteka Imana yawe.” Ubundi kandi Uwiteka avuga iby’uwo munsi akoresheje umuhanuzi Yesaya ati: “Umunsi wanjye Wera.” 624 Amagambo akunze kuba urwitwazo kenshi abantu bavuga ko Kristo yaba yarahinduye Isabato avuguruzwa n’ibyo we ubwe yivugiye ati: “Ntimwibwire ko nazanywe no kuvanaho Amategeko cyangwa ibyanditswe n’abahanuzi. Sinazanywe no kubivanaho, ahubwo nazanywe no kubisohoza. Ndababwira nkomeje ko nta kanyuguti habe n’akadomo na kamwe ko mu Mategeko kazavaho, kugeza ubwo byose bizaba birangiye, ijuru n’isi bigashira. Umuntu wese uzaca ku itegeko rimwe, naho ryaba rito muri ayo yose, akigisha abandi kugenza nka we, azagirwa uwa nyuma mu bwami bw’ijuru. Ariko uzayumvira, akayigisha abandi, azitwa mukuru mu bwami bw’ijuru.” 625 Abaporotesitanti muri rusange bemera neza ko Bibiliya idatanga uburenganzira bwo guhindura Isabato. Ibyo bivugwa neza mu bitabo byandikwa n’Ishyirahamwe ry’Ishuri ry’Icyumweru muri Amerika. Kimwe muri ibyo bitabo gihamya ko ‘ntacyo Isezerano Rishya rivuga ku kuba hari itegeko risobanutse ryatanzwe rihindura Isabato umunsi wa mbere 328
Ibintu By'Ukuri w’icyumweru, cyangwa ngo habe hari amabwiriza arebana no kubahiriza umunsi wa mbere.’ 626 Undi yaravuze ati: “Kugeza igihe cy’urupfu rwa Kristo, nta mpinduka zerekeye umunsi zigeze zibaho;” kandi “nk’uko ibyanditswe bibyerekana, ntabwo intumwa za Kristo zigeze zitanga itegeko ryo kureka Isabato yo ku munsi wa karindwi ngo abantu bajye bayubahiriza ku munsi wa mbere w’icyumweru.” 627 Abayoboke b’itorero Gatolika ry’i Roma bemera ko guhindura Isabato byakozwe n’itorero ryabo, kandi bagahamya ko Abaporotesitanti bemera ububasha bw’itorero Gatolika binyuze mu kubahiriza munsi wa mbere w’icyumweru. Muri Gatigisimu y’itorero Gatorika ivuga iby’Idini rya Gikristo , 628 ubwo hasubizwaga ikibazo cyerekeye umunsi ugomba kubahirizwa mu rwego rwo kumvira itegeko rya kane, havuzwe amagambo akurikira: “Mu gihe cy’amategeko ya kera, umunsi wa karindwi629 ni wo munsi wejejwe; ariko itorero, ribwirijwe na Yesu Kristo, kandi riyobowe na Mwuka Muziranenge, umunsi wa karindwi ryawusimbuje umunsi wa mbere w’icyumweru; bityo ubu turuhuka ku munsi wa mbere mu cyimbo cy’umunsi wa karindwi. Ubu umunsi wa mbere usobanura umunsi w’Umwami” Nk’ikimenyetso cy’ububasha bw’itorero Gatolika, abanditsi babo baravuga bati: “igikorwa cyo guhindura Isabato igashyirwa ku munsi wa mbere w’icyumweru, ni igikorwa cyemewe n’Abaporotesitanti; . . . kubera mu gihe bizihiza kuruhuka ku cyumweru, baba bemera ububasha itorero Gatolika rifite bwo gutoranya (kweza) iminsi mikuru, ndetse no kuyibahatira kugeza ubwo bibagusha mu cyaha.” 630 Guhindura Isabato se ni iki kindi kitari ikimenyetso cy’ububasha bw’itorero ry’i Roma; ari cyo “kimenyetso cy’inyamaswa”? Itorero ry’i Roma ntiryaretse ibyo ryigamba ko rifite isumbwe; kandi igihe isi n’amatorero y’Abaporotesitanti yemeye Isabato yashyizweho n’itorero Gatolika ry’i Roma bakareka Isabato yemewe na Bibiliya, ubwo baba bemeye uko kwishyira hejuru kwaryo. Baba bemeye ububasha bw’imigenzo n’ubw’abapadiri mu kugira impinduka runaka; nyamara iyo bakoze batyo, baba birengagije ihame ribatandukanya na Roma. Iryo hame ni irivuga ko “Bibiliya, kandi Bibiliya yonyine, ari yo dini ry’Abaporotesitanti.” Roma ibona ko Abaporotesitanti bishuka maze ku bushake bwabo bagahuma amaso yabo ntibarebe ibikorwa bigaragara. Uko gahunda yo gushimangira umunsi wa mbere igenda irushaho kwakirwa neza, ni ko Roma yishima, kuko igira icyizere cy’uko amaherezo iyo gahunda izatuma Abaporotesitanti bose bajya munsi y’ubutware bwa Roma. Umusenyeri umwe w’umufaransa yemeza ko gukomeza icyumweru kw’Abaprotestanti, umunsi wa mbere ari ukuramya ububasha bw’itorero Gatolika. Abayobozi bo mu itorero Gatolika ry’i Roma bavuga ko “kuba Abaporotesitanti bubahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru, ni icyubahiro baba bahaye ubutware bw’Itorero Gatolika ntabwo ari bo ubwabo baba biyubashye.” 631 Ku ruhande rw’amatorero y’Abaporotesitanti, guhatira abantu kubahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru, ni ukubahatira kuramya ubupapa (kuramya inyamaswa). Abantu basobanukirwa ibyo itegeko 329
- Page 285 and 286: Ibintu By'Ukuri mu isi no kwibagirw
- Page 287 and 288: Ibintu By'Ukuri ubucuti n’isi. Ah
- Page 289 and 290: Ibintu By'Ukuri Amenshi mu matorero
- Page 291 and 292: Ibintu By'Ukuri ibigezweho. Muri ub
- Page 293 and 294: Ibintu By'Ukuri bajyaga kwemezwa ka
- Page 295 and 296: Ibintu By'Ukuri Igice Cya 22 - Ubuh
- Page 297 and 298: Ibintu By'Ukuri n’umucyo wayo maz
- Page 299 and 300: Ibintu By'Ukuri “Muri iyi minsi y
- Page 301 and 302: Ibintu By'Ukuri 457 I.KR.- 1844 N.K
- Page 303 and 304: Ibintu By'Ukuri bwera, yarasohokaga
- Page 305 and 306: Ibintu By'Ukuri abandi bazanwe no k
- Page 307 and 308: Ibintu By'Ukuri Ubutumwa bwa marayi
- Page 309 and 310: Ibintu By'Ukuri kumenya inzira bany
- Page 311 and 312: Ibintu By'Ukuri bubone kwezwa.” I
- Page 313 and 314: Ibintu By'Ukuri ijuru, ukorera Aher
- Page 315 and 316: Ibintu By'Ukuri “Azubaka urusenge
- Page 317 and 318: Ibintu By'Ukuri Uwo ni wo wari umur
- Page 319 and 320: Ibintu By'Ukuri Nk’uko kubwo kwiz
- Page 321 and 322: Ibintu By'Ukuri Uko kuza kwe kandi
- Page 323 and 324: Ibintu By'Ukuri bukwe.” 586 Ariko
- Page 325 and 326: Ibintu By'Ukuri watanzwe ubwo Krist
- Page 327 and 328: Ibintu By'Ukuri Igice Cya 25 - Amat
- Page 329 and 330: Ibintu By'Ukuri biteguye umunsi w
- Page 331 and 332: Ibintu By'Ukuri Iyo nyamaswa yahawe
- Page 333 and 334: Ibintu By'Ukuri yacyo ndetse n’im
- Page 335: Ibintu By'Ukuri n’uko bahumeka ni
- Page 339 and 340: Ibintu By'Ukuri cya Patimosi yabony
- Page 341 and 342: Ibintu By'Ukuri itsinda ry’abibwi
- Page 343 and 344: Ibintu By'Ukuri cy’Isabato? nyama
- Page 345 and 346: Ibintu By'Ukuri Muri iki gihe nk’
- Page 347 and 348: Ibintu By'Ukuri Igice Cya 27 - Ubub
- Page 349 and 350: Ibintu By'Ukuri Imana. Amasambu n
- Page 351 and 352: Ibintu By'Ukuri naje gukuraho amate
- Page 353 and 354: Ibintu By'Ukuri kumvira ayo mategek
- Page 355 and 356: Ibintu By'Ukuri Nimutyo he kugira u
- Page 357 and 358: Ibintu By'Ukuri gushyigikira umurim
- Page 359 and 360: Ibintu By'Ukuri Izo ni zo mbuto zo
- Page 361 and 362: Ibintu By'Ukuri Ibitabo by’urwibu
- Page 363 and 364: Ibintu By'Ukuri ati: “Unesha, ni
- Page 365 and 366: Ibintu By'Ukuri nk’uko biri byere
- Page 367 and 368: Ibintu By'Ukuri kureba uko Satani a
- Page 369 and 370: Ibintu By'Ukuri Igice Cya 29 - Inko
- Page 371 and 372: Ibintu By'Ukuri ntibyamuteye gushim
- Page 373 and 374: Ibintu By'Ukuri muri gahunda n’am
- Page 375 and 376: Ibintu By'Ukuri Ubwo Satani yacibwa
- Page 377 and 378: Ibintu By'Ukuri w’Imana yarapfuye
- Page 379 and 380: Ibintu By'Ukuri nziza, cyangwa ngo
- Page 381 and 382: Ibintu By'Ukuri Kamere y’ubuhenda
- Page 383 and 384: Ibintu By'Ukuri bafungiwe muri gere
- Page 385 and 386: Ibintu By'Ukuri Ibindi byitegererez
<strong>Ibintu</strong> By'Ukuri<br />
w’icyumweru, cyangwa ngo habe hari amabwiriza arebana no kubahiriza umunsi wa mbere.’<br />
626<br />
Undi yaravuze ati: “Kugeza igihe cy’urupfu rwa Kristo, nta mpinduka zerekeye umunsi<br />
zigeze zibaho;” kandi “nk’uko ibyanditswe bibyerekana, ntabwo intumwa za Kristo zigeze<br />
zitanga itegeko ryo kureka Isabato yo ku munsi wa karindwi ngo abantu bajye bayubahiriza<br />
ku munsi wa mbere w’icyumweru.” 627<br />
Abayoboke b’itorero Gatolika ry’i Roma bemera ko guhindura Isabato byakozwe n’itorero<br />
ryabo, kandi bagahamya ko Abaporotesitanti bemera ububasha bw’itorero Gatolika binyuze<br />
mu kubahiriza munsi wa mbere w’icyumweru. Muri Gatigisimu y’itorero Gatorika ivuga<br />
iby’Idini rya Gikristo , 628 ubwo hasubizwaga ikibazo cyerekeye umunsi ugomba<br />
kubahirizwa mu rwego rwo kumvira itegeko rya kane, havuzwe amagambo akurikira: “Mu<br />
gihe cy’amategeko ya kera, umunsi wa karindwi629 ni wo munsi wejejwe; ariko itorero,<br />
ribwirijwe na Yesu Kristo, kandi riyobowe na Mwuka Muziranenge, umunsi wa karindwi<br />
ryawusimbuje umunsi wa mbere w’icyumweru; bityo ubu turuhuka ku munsi wa mbere mu<br />
cyimbo cy’umunsi wa karindwi. Ubu umunsi wa mbere usobanura umunsi w’Umwami”<br />
Nk’ikimenyetso cy’ububasha bw’itorero Gatolika, abanditsi babo baravuga bati:<br />
“igikorwa cyo guhindura Isabato igashyirwa ku munsi wa mbere w’icyumweru, ni igikorwa<br />
cyemewe n’Abaporotesitanti; . . . kubera mu gihe bizihiza kuruhuka ku cyumweru, baba<br />
bemera ububasha itorero Gatolika rifite bwo gutoranya (kweza) iminsi mikuru, ndetse no<br />
kuyibahatira kugeza ubwo bibagusha mu cyaha.” 630 Guhindura Isabato se ni iki kindi kitari<br />
ikimenyetso cy’ububasha bw’itorero ry’i Roma; ari cyo “kimenyetso cy’inyamaswa”?<br />
Itorero ry’i Roma ntiryaretse ibyo ryigamba ko rifite isumbwe; kandi igihe isi n’amatorero<br />
y’Abaporotesitanti yemeye Isabato yashyizweho n’itorero Gatolika ry’i Roma bakareka<br />
Isabato yemewe na Bibiliya, ubwo baba bemeye uko kwishyira hejuru kwaryo. Baba bemeye<br />
ububasha bw’imigenzo n’ubw’abapadiri mu kugira impinduka runaka; nyamara iyo bakoze<br />
batyo, baba birengagije ihame ribatandukanya na Roma. Iryo hame ni irivuga ko “Bibiliya,<br />
kandi Bibiliya yonyine, ari yo dini ry’Abaporotesitanti.” Roma ibona ko Abaporotesitanti<br />
bishuka maze ku bushake bwabo bagahuma amaso yabo ntibarebe ibikorwa bigaragara. Uko<br />
gahunda yo gushimangira umunsi wa mbere igenda irushaho kwakirwa neza, ni ko Roma<br />
yishima, kuko igira icyizere cy’uko amaherezo iyo gahunda izatuma Abaporotesitanti bose<br />
bajya munsi y’ubutware bwa Roma. Umusenyeri umwe w’umufaransa yemeza ko gukomeza<br />
icyumweru kw’Abaprotestanti, umunsi wa mbere ari ukuramya ububasha bw’itorero<br />
Gatolika.<br />
Abayobozi bo mu itorero Gatolika ry’i Roma bavuga ko “kuba Abaporotesitanti<br />
bubahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru, ni icyubahiro baba bahaye ubutware bw’Itorero<br />
Gatolika ntabwo ari bo ubwabo baba biyubashye.” 631 Ku ruhande rw’amatorero<br />
y’Abaporotesitanti, guhatira abantu kubahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru, ni<br />
ukubahatira kuramya ubupapa (kuramya inyamaswa). Abantu basobanukirwa ibyo itegeko<br />
329