Ibintu by'Ukuri

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya… Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
21.04.2023 Views

Ibintu By'Ukuri butegetsi bwayahinduye. Igikorwa nk’icyo cyo kumvira amategeko y’ubupapa kizaba ari ikimenyetso cy’isumbwe rihawe Papa mu cyimbo cy’Imana. Ubupapa bwagerageje guhindura amategeko y’Imana. Itegeko rya kabiri ribuzanya kuramya ibishushanyo, ryakuwe mu mategeko y’Imana, kandi n’itegeko rya kane na ryo ryarahinduwe kugira ngo hemerwe kubahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru nk’Isabato mu cyimbo cy’umunsi wa karindwi. Ariko impamvu yo gukuraho itegeko rya kabiri abashyigikira inyigisho z’ubupapa batanga ni uko ngo iryo tegeko atari ngombwa ko ribaho, ko rikubiye mu rya mbere, kandi bakavuga ko bigisha amategeko y’Imana nk’uko Imana ubwayo yagenye ko yumvikana. Kuri bo, bavuga ko iryo hinduka atari ryo ryavuzwe n’umuhanuzi. Uguhindura amategeko bigambiriwe byavuzwe muri aya magambo: “Azigira inama zo guhindura ibihe n’amategeko.” Impinduka zakozwe ku itegeko rya kane zisohoza ryose ibyo ubuhanuzi buvuga. Ibyo byakozwe n’ububasha bumwe ari bwo bw’itorero. Aha rero ububasha bw’ubupapa ubwabwo bwishyize hejuru y’Imana ku mugaragaro. Mu gihe abaramya Imana bazagaragazwa by’umwihariko n’agaciro baha itegeko rya kane, (kuko iri tegeko ari ryo kimenyetso cy’ububasha bw’Imana bwo kurema ndetse rikaba n’igihamya cy’uko isaba umuntu kuyubaha no kuyiha ikuzo), abaramya inyamaswa nabo bazamenyekanira ku muhati wabo wo gukuraho urwibutso rw’Imana Umuremyi maze bakubahiriza gahunda yashyizweho na Roma. Mu rwego rwo gushigikira umunsi wa mbere w’icyumweru ni ho ubupapa bwahamije bwa mbere ibyo bwigamba; kandi inshuro ya mbere bwitabaje imbaraga za Leta byari uguhatira abantu kubahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru nk’“umunsi w’Umwami.” Ariko Bibiliya yerekana ko umunsi wa karindwi ari wo munsi w’Umwami, ntabwo ivuga umunsi wa mbere. Yesu Kristo yaravuze ati: “Umwana w’umuntu ni Umwami w’Isabato na yo.” Itegeko rya kane riravuga riti: “Umunsi wa karindwi ni wo Sabato y’Uwiteka Imana yawe.” Ubundi kandi Uwiteka avuga iby’uwo munsi akoresheje umuhanuzi Yesaya ati: “Umunsi wanjye Wera.” 624 Amagambo akunze kuba urwitwazo kenshi abantu bavuga ko Kristo yaba yarahinduye Isabato avuguruzwa n’ibyo we ubwe yivugiye ati: “Ntimwibwire ko nazanywe no kuvanaho Amategeko cyangwa ibyanditswe n’abahanuzi. Sinazanywe no kubivanaho, ahubwo nazanywe no kubisohoza. Ndababwira nkomeje ko nta kanyuguti habe n’akadomo na kamwe ko mu Mategeko kazavaho, kugeza ubwo byose bizaba birangiye, ijuru n’isi bigashira. Umuntu wese uzaca ku itegeko rimwe, naho ryaba rito muri ayo yose, akigisha abandi kugenza nka we, azagirwa uwa nyuma mu bwami bw’ijuru. Ariko uzayumvira, akayigisha abandi, azitwa mukuru mu bwami bw’ijuru.” 625 Abaporotesitanti muri rusange bemera neza ko Bibiliya idatanga uburenganzira bwo guhindura Isabato. Ibyo bivugwa neza mu bitabo byandikwa n’Ishyirahamwe ry’Ishuri ry’Icyumweru muri Amerika. Kimwe muri ibyo bitabo gihamya ko ‘ntacyo Isezerano Rishya rivuga ku kuba hari itegeko risobanutse ryatanzwe rihindura Isabato umunsi wa mbere 328

Ibintu By'Ukuri w’icyumweru, cyangwa ngo habe hari amabwiriza arebana no kubahiriza umunsi wa mbere.’ 626 Undi yaravuze ati: “Kugeza igihe cy’urupfu rwa Kristo, nta mpinduka zerekeye umunsi zigeze zibaho;” kandi “nk’uko ibyanditswe bibyerekana, ntabwo intumwa za Kristo zigeze zitanga itegeko ryo kureka Isabato yo ku munsi wa karindwi ngo abantu bajye bayubahiriza ku munsi wa mbere w’icyumweru.” 627 Abayoboke b’itorero Gatolika ry’i Roma bemera ko guhindura Isabato byakozwe n’itorero ryabo, kandi bagahamya ko Abaporotesitanti bemera ububasha bw’itorero Gatolika binyuze mu kubahiriza munsi wa mbere w’icyumweru. Muri Gatigisimu y’itorero Gatorika ivuga iby’Idini rya Gikristo , 628 ubwo hasubizwaga ikibazo cyerekeye umunsi ugomba kubahirizwa mu rwego rwo kumvira itegeko rya kane, havuzwe amagambo akurikira: “Mu gihe cy’amategeko ya kera, umunsi wa karindwi629 ni wo munsi wejejwe; ariko itorero, ribwirijwe na Yesu Kristo, kandi riyobowe na Mwuka Muziranenge, umunsi wa karindwi ryawusimbuje umunsi wa mbere w’icyumweru; bityo ubu turuhuka ku munsi wa mbere mu cyimbo cy’umunsi wa karindwi. Ubu umunsi wa mbere usobanura umunsi w’Umwami” Nk’ikimenyetso cy’ububasha bw’itorero Gatolika, abanditsi babo baravuga bati: “igikorwa cyo guhindura Isabato igashyirwa ku munsi wa mbere w’icyumweru, ni igikorwa cyemewe n’Abaporotesitanti; . . . kubera mu gihe bizihiza kuruhuka ku cyumweru, baba bemera ububasha itorero Gatolika rifite bwo gutoranya (kweza) iminsi mikuru, ndetse no kuyibahatira kugeza ubwo bibagusha mu cyaha.” 630 Guhindura Isabato se ni iki kindi kitari ikimenyetso cy’ububasha bw’itorero ry’i Roma; ari cyo “kimenyetso cy’inyamaswa”? Itorero ry’i Roma ntiryaretse ibyo ryigamba ko rifite isumbwe; kandi igihe isi n’amatorero y’Abaporotesitanti yemeye Isabato yashyizweho n’itorero Gatolika ry’i Roma bakareka Isabato yemewe na Bibiliya, ubwo baba bemeye uko kwishyira hejuru kwaryo. Baba bemeye ububasha bw’imigenzo n’ubw’abapadiri mu kugira impinduka runaka; nyamara iyo bakoze batyo, baba birengagije ihame ribatandukanya na Roma. Iryo hame ni irivuga ko “Bibiliya, kandi Bibiliya yonyine, ari yo dini ry’Abaporotesitanti.” Roma ibona ko Abaporotesitanti bishuka maze ku bushake bwabo bagahuma amaso yabo ntibarebe ibikorwa bigaragara. Uko gahunda yo gushimangira umunsi wa mbere igenda irushaho kwakirwa neza, ni ko Roma yishima, kuko igira icyizere cy’uko amaherezo iyo gahunda izatuma Abaporotesitanti bose bajya munsi y’ubutware bwa Roma. Umusenyeri umwe w’umufaransa yemeza ko gukomeza icyumweru kw’Abaprotestanti, umunsi wa mbere ari ukuramya ububasha bw’itorero Gatolika. Abayobozi bo mu itorero Gatolika ry’i Roma bavuga ko “kuba Abaporotesitanti bubahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru, ni icyubahiro baba bahaye ubutware bw’Itorero Gatolika ntabwo ari bo ubwabo baba biyubashye.” 631 Ku ruhande rw’amatorero y’Abaporotesitanti, guhatira abantu kubahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru, ni ukubahatira kuramya ubupapa (kuramya inyamaswa). Abantu basobanukirwa ibyo itegeko 329

<strong>Ibintu</strong> By'Ukuri<br />

w’icyumweru, cyangwa ngo habe hari amabwiriza arebana no kubahiriza umunsi wa mbere.’<br />

626<br />

Undi yaravuze ati: “Kugeza igihe cy’urupfu rwa Kristo, nta mpinduka zerekeye umunsi<br />

zigeze zibaho;” kandi “nk’uko ibyanditswe bibyerekana, ntabwo intumwa za Kristo zigeze<br />

zitanga itegeko ryo kureka Isabato yo ku munsi wa karindwi ngo abantu bajye bayubahiriza<br />

ku munsi wa mbere w’icyumweru.” 627<br />

Abayoboke b’itorero Gatolika ry’i Roma bemera ko guhindura Isabato byakozwe n’itorero<br />

ryabo, kandi bagahamya ko Abaporotesitanti bemera ububasha bw’itorero Gatolika binyuze<br />

mu kubahiriza munsi wa mbere w’icyumweru. Muri Gatigisimu y’itorero Gatorika ivuga<br />

iby’Idini rya Gikristo , 628 ubwo hasubizwaga ikibazo cyerekeye umunsi ugomba<br />

kubahirizwa mu rwego rwo kumvira itegeko rya kane, havuzwe amagambo akurikira: “Mu<br />

gihe cy’amategeko ya kera, umunsi wa karindwi629 ni wo munsi wejejwe; ariko itorero,<br />

ribwirijwe na Yesu Kristo, kandi riyobowe na Mwuka Muziranenge, umunsi wa karindwi<br />

ryawusimbuje umunsi wa mbere w’icyumweru; bityo ubu turuhuka ku munsi wa mbere mu<br />

cyimbo cy’umunsi wa karindwi. Ubu umunsi wa mbere usobanura umunsi w’Umwami”<br />

Nk’ikimenyetso cy’ububasha bw’itorero Gatolika, abanditsi babo baravuga bati:<br />

“igikorwa cyo guhindura Isabato igashyirwa ku munsi wa mbere w’icyumweru, ni igikorwa<br />

cyemewe n’Abaporotesitanti; . . . kubera mu gihe bizihiza kuruhuka ku cyumweru, baba<br />

bemera ububasha itorero Gatolika rifite bwo gutoranya (kweza) iminsi mikuru, ndetse no<br />

kuyibahatira kugeza ubwo bibagusha mu cyaha.” 630 Guhindura Isabato se ni iki kindi kitari<br />

ikimenyetso cy’ububasha bw’itorero ry’i Roma; ari cyo “kimenyetso cy’inyamaswa”?<br />

Itorero ry’i Roma ntiryaretse ibyo ryigamba ko rifite isumbwe; kandi igihe isi n’amatorero<br />

y’Abaporotesitanti yemeye Isabato yashyizweho n’itorero Gatolika ry’i Roma bakareka<br />

Isabato yemewe na Bibiliya, ubwo baba bemeye uko kwishyira hejuru kwaryo. Baba bemeye<br />

ububasha bw’imigenzo n’ubw’abapadiri mu kugira impinduka runaka; nyamara iyo bakoze<br />

batyo, baba birengagije ihame ribatandukanya na Roma. Iryo hame ni irivuga ko “Bibiliya,<br />

kandi Bibiliya yonyine, ari yo dini ry’Abaporotesitanti.” Roma ibona ko Abaporotesitanti<br />

bishuka maze ku bushake bwabo bagahuma amaso yabo ntibarebe ibikorwa bigaragara. Uko<br />

gahunda yo gushimangira umunsi wa mbere igenda irushaho kwakirwa neza, ni ko Roma<br />

yishima, kuko igira icyizere cy’uko amaherezo iyo gahunda izatuma Abaporotesitanti bose<br />

bajya munsi y’ubutware bwa Roma. Umusenyeri umwe w’umufaransa yemeza ko gukomeza<br />

icyumweru kw’Abaprotestanti, umunsi wa mbere ari ukuramya ububasha bw’itorero<br />

Gatolika.<br />

Abayobozi bo mu itorero Gatolika ry’i Roma bavuga ko “kuba Abaporotesitanti<br />

bubahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru, ni icyubahiro baba bahaye ubutware bw’Itorero<br />

Gatolika ntabwo ari bo ubwabo baba biyubashye.” 631 Ku ruhande rw’amatorero<br />

y’Abaporotesitanti, guhatira abantu kubahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru, ni<br />

ukubahatira kuramya ubupapa (kuramya inyamaswa). Abantu basobanukirwa ibyo itegeko<br />

329

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!