21.04.2023 Views

Ibintu by'Ukuri

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Ibintu</strong> By'Ukuri<br />

n’uko bahumeka ni ibintu byanduye rwose, ndetse buri saha ikibi cyabo gikomeye cyane ni<br />

uko bahisha ukuri maze noneho bagapfukamira ubuhakanyi. Mbese uku siko byagendekeye<br />

Roma? Mbese ubu ntitwongera kubaho nk’uko yabayeho? None se ibyo twiteze kubona ni<br />

iki? Ni indi nama nkuru y’igihugu! Inama rukokoma y’isi yose! Ubufatanye mu<br />

ivugabutumwa, ndetse n’indangakwemera rusange!”621; Igihe ibi bizaba bigezweho, mu<br />

muhati wo kugira ngo habeho ubumwe, intambwe yonyine izakurikiraho ni iyo gukoresha<br />

imbaraga.<br />

Igihe amatorero akomeye yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika azahuriza hamwe ku<br />

ngingo z’amahame amwe ahuriyeho, azatera Leta no gushimangira amategeko yayo ndetse<br />

no gushyigikira ibigo by’ayo matorero, icyo gihe ni bwo Amerika irangwa n’Ubuporotesitanti<br />

izaba iremye igishushanyo cy’inyamaswa, bityo ingaruka izavamo nta kabuza ni ibihano Leta<br />

izahanisha abatazemera inyigisho zayo.<br />

Ya nyamaswa y’amahembe abiri “itera bose, aboroheje n’abakomeye, n’abatunzi<br />

n’abakene, n’ab’umudendezo n’ab’imbata, gushyirwaho ikimenyetso ku kiganza cy’iburyo<br />

cyangwa mu ruhanga: kugira ngo hatagira umuntu wemererwa kugura cyangwa gutunda,<br />

keretse afite icyo kimenyetso, cyangwa izina rya ya nyamaswa, cyangwa umubare w’izina<br />

ryayo.” 622 Ubutumwa bw’imbuzi bwa marayika wa gatatu ni ubu ngo: “Umuntu naramya<br />

ya nyamaswa n’igishushanyo cyayo, agashyirwaho ikimenyetso cyayo mu ruhanga rwe<br />

cyangwa ku kiganza, uwo ni we uzanywa ku nzoga, ni yo mujinya w’Imana.” ‘Inyamaswa’<br />

ivugwa muri ubu butumwa kandi abantu bakayiramya babihatiwe n’inyamaswa ifite<br />

amahembe abiri, ni iya mbere cyangwa inyamaswa isa n’ingwe yo mu Byahishuwe 13, ari<br />

yo: “ubupapa.” Igishushanyo cy’iyo nyamaswa cyerekana bwa Buporotesitanti bwahakanye,<br />

buzagira imbaraga igihe amatorero y’Abaporotesitanti azitabaza ubutegetsi bwa Leta kugira<br />

ngo buyafashe gushimangira inyigisho zayo. Ikimenyetso cy’inyamaswa kiracyasobanurwa.<br />

Nyuma yo kuburira abantu kwirinda kuramya inyamaswa n’igishushanyo cyayo<br />

ubuhanuzi buravuga buti: “Aho ni ho kwihangana kw’abera kuri, bitondera amategeko<br />

y’Imana, kandi bakagira kwizera nk’ukwa Yesu.” Kubera ko abakurikiza amategeko y’Imana<br />

batandukanye n’abaramya inyamaswa n’igishushanyo cyayo kandi bagashyirwaho<br />

ikimenyetso cyayo, igikurikiraho ni uko gukurikiza amategeko y’Imana ku ruhande rumwe,<br />

no kuyica ku rundi ruhande, ari byo bizagaragaza itandukaniro hagati y’abaramya Imana<br />

n’abaramya inyamaswa.<br />

Ikiranga inyamaswa cyihariye ari na cyo kiranga igishushanyo cya yo, ni ukwica<br />

amategeko y’Imana. Umuhanuzi Daniyeli avuga iby’agahembe gato (ubupapa) muri aya<br />

magambo: “Azigira inama zo guhindura ibihe n’amategeko.” 623 Intumwa Pawulo yo, ubwo<br />

butegetsi yabwise ‘umunyabugome,’ wagambaga kwishyira hejuru y’Imana. Kwishyira<br />

hejuru y’Imana kw’ubupapa kugaragarira mu guhindura amategeko. Umuntu wese<br />

wubahiriza amategeko nk’uko yahinduwe, aba aha ikuzo n’icyubahiro gikomeye ubwo<br />

327

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!