21.04.2023 Views

Ibintu by'Ukuri

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Ibintu</strong> By'Ukuri<br />

biteguye umunsi w’urubanza, bakwiriye gukurikiza amategeko y’Imana. Ayo mategeko ni yo<br />

azaba urugero ngenderwaho rw’imico mu rubanza. Intumwa Pawulo aravuga ati: “Abakoze<br />

ibyaha bose bazi amategeko bazacirwa ho iteka ry’amategeko, . . . ku munsi Imana izacirira<br />

abantu ho iteka muri Yesu Kristo ku byahishwe byabo.” Na none aravuga ati: 598 ”<br />

Abakurikiza amategeko bazatsindishirizwa.” Kwizera ni ingenzi mu gukurikiza amategeko<br />

y’Imana, kubera ko ‘utizera bidashoboka ko ayinezeza.” 599 ‘Kandi igikorwa cyose<br />

kidakoranywe kwizera kiba ari icyaha.” 600<br />

Marayika wa mbere ararikira abantu kubaha Imana, kuyiha ikuzo ndetse no kuyiramya yo<br />

Muremyi w’ijuru n’isi. Kugira ngo ibyo babikore, bagomba kumvira Amategeko yayo.<br />

Umunyabwenge aravuga ati: “Mwubahe Imana, kandi mukomeze amategeko yayo, kuko ibyo<br />

ari byo bikwiriye umuntu wese.” 601 Hatabayeho kumvira amategeko, no kuramya<br />

ntikwanezeza Imana. ‘Kuko gukunda Imana ari uku, ari uko twitondera amategeko yayo.”<br />

602 ‘Uwiziba amatwi ngo atumva amategeko, gusenga kwe, na ko ni ikizira.” 603<br />

Inshingano yo gusenga Imana ishingiye ku kuba ari yo Muremyi kandi ko ari yo ibindi<br />

byaremye byose bikesha kubaho. Kandi muri Bibiliya hose, ahavuga ko igomba kubahwa no<br />

kuramywa ikarutishwa ibigirwamana by’abapagani, hanavugwa igihamya cy’imbaraga yayo<br />

yo kurema. “Kuko ibigirwamana by’amahanga byose ari ubusa, ariko Uwiteka ni we waremye<br />

ijuru.” 604 “Nuko rero mwangereranya na nde twahwana? Niko Uwera abaza. Nimwubure<br />

amaso yanyu murebe hejuru. Ni nde waremye biriya?” ‘Kuko Uwiteka waremye ijuru ari we<br />

Mana; ni we waremye akayibumba, akayikomeza, . . . Ni jye Uwiteka, nta wundi ubaho.” 605<br />

Umwanditsi wa Zaburi na we yaravuze ati: “Mumenye yuko Uwiteka ari we Mana: ni we<br />

waturemye natwe turi abe.” ‘Nimuze tumuramye twunamye, dupfukamire Uwiteka<br />

Umuremyi wacu.” Ibizima bizira inenge biramya Imana mu ijuru kandi bigatanga impamvu<br />

ari Yo bigomba kuramya bivuga biti: ‘Mwami wacu, Mana yacu, ukwiriye guhabwa<br />

icyubahiro no guhimbazwa n’ubutware koko, kuko ari wowe waremye byose.” 606<br />

Mu Byahishuwe 14, abantu bose bararikirwa gusenga Umuremyi, kandi nk’umusaruro<br />

wavuye ku butumwa bw’abamarayika batatu, ubuhanuzi butwereka itsinda ry’abantu<br />

bakurikiza amategeko y’Imana. Rimwe muri ayo mategeko ryerekana mu buryo butaziguye<br />

ko Imana ari Umuremyi. Itegeko rya kane riravuga riti: “Umunsi wa karindwi ni wo sabato<br />

y’Uwiteka Imana yawe. . . kuko iminsi itandatu ari yo Uwiteka yaremeyemo ijuru n’isi<br />

n’inyanja n’ibirimo byose, akaruhuka ku wa karindwi: ni cyo cyatumye Uwiteka aha<br />

umugisha umunsi w’Isabato, akaweza.” 607 Ku byerekeye isabato, ahandi Uwiteka yaravuze<br />

ati: ‘ni ikimenyetso, . . . kugira ngo mumenye ko ndi Uwiteka Imana yanyu.” 608 Kandi<br />

impamvu yatanzwe ni iyi ngo: “Kuko iminsi itandatu ari yo Uwiteka yaremeyemo ijuru n’isi,<br />

ku wa karindwi akarorera, akaruhuka.” 609<br />

‘Akamaro k’Isabato nk’urwibutso rw’irema ni uko ihora yibutsa impamvu nyakuri Imana<br />

ari yo igomba gusengwa” - ni ukubera ko ari yo Muremyi, kandi na twe tukaba ibiremwa<br />

byayo. ‘Bityo rero, Isabato ni urufatiro rwo kuramya Imana kuko yigisha uku kuri kw’ingenzi<br />

321

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!