21.04.2023 Views

Ibintu by'Ukuri

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Ibintu</strong> By'Ukuri<br />

n’isi n’inyanja n’ibirimo byose, akaruhukira ku wa karindwi: Ni cyo cyatumye Uwiteka aha<br />

umugisha umunsi w’Isabato, akaweza.” 596<br />

Mwuka w’Imana yakoze ku mitima y’abo bigishwa b’ijambo ryayo. Baje kwemera ko bari<br />

barishe aya mategeko mu bujiji binyuze mu kwirengagiza umunsi w’ikiruhuko washyizweho<br />

n’Umuremyi. Batangira gukora ubushakashatsi ku mpamvu zitera abantu kubahiriza umunsi<br />

wa mbere w’icyumweru mu cyimbo cy’uwa karindwi wejejwe n’Imana. Nta gihamya<br />

bashoboraga kubona muri Bibiliya kigaragaza ko itegeko rya kane ryakuweho, cyangwa ko<br />

Isabato yahinduwe. Umugisha wahawe umunsi wa karindwi mbere hose ntiwigeze ukurwaho.<br />

Bari baragiye bihatira kumenya no gukora ibyo Imana ishaka; ariko bamaze kubona ko bo<br />

ubwabo bishe itegeko ry’Imana, agahinda kenshi kuzuye imitima yabo, maze berekana ko<br />

bayobotse Imana bubahiriza Isabato ya Yo yera.<br />

Hakoreshejwe imbaraga nyinshi kugira ngo ukwizera kwabo gusenywe. Nta muntu<br />

n’umwe utarasobanukiwe ko niba ubuturo bwo mu isi bwari igicucu cyangwa igishushanyo<br />

cy’ubwo mu ijuru, amategeko yari mu isanduku y’isezerano ku isi yari kopi y’umwimerere<br />

y’amategeko yo mu isanduku y’isezerano yo mu ijuru; kandi ko kwemera ukuri kwerekeye<br />

ubuturo bwera bwo mu ijuru bisaba kwemera ibyo amategeko y’Imana avuga ndetse no<br />

kubahiriza Isabato ivugwa mu itegeko rya kane. Aha ni ho hari hahishwe ibanga rikomeye<br />

ryo kurwanya ugusonurwa kumvikana kw’Ibyanditswe Byera byagaragazaga umurimo wa<br />

Kristo mu buturo bwo mu ijuru. Abantu benshi bashatse gukinga urugi Imana yari<br />

yarakinguye, kandi bashaka gukingura urugi Imana yakinze. Ariko ‘wa wundi ukingura<br />

ntihagire ukinga, kandi ukinga ntihagire ukingura’ yaravuze ati: “Dore nshize imbere yawe<br />

urugi rukinguye, kandi nta muntu ushobora kurukinga.” 597 Kristo yakinguye urugi cyangwa<br />

yatangiye umurimo mu cyumba cy’ahera cyane. Umucyo warasaga uturutse muri uwo<br />

muryango ukinguye w’ubuturo bwera bwo mu ijuru maze itegeko rya kane rigaragazwa ko<br />

riri mu mategeko ahabitswe. Icyo Imana yashyizeho nta muntu ushobora kugikuraho.<br />

Abantu bari baremeye umucyo werekeye umurimo wa Kristo w’ubuhuza ndetse no<br />

guhoraho iteka kw’amategeko y’Imana, babonye ko ari ko kuri kwavuzwe mu Byahishuwe<br />

14. Ubutumwa buri muri iki gice bugizwe n’imiburo y’uburyo butatu, igomba guteguriza<br />

abatuye ku isi umunsi ukomeye wo kugaruka kwa Kristo. Itangazo rivuga ko ‘igihe cyo gucira<br />

abantu urubanza gisohoye’, ryerekeza ku iherezo ry’umurimo Kristo akora kubw’agakiza<br />

k’abantu. Riteguriza ukuri kugomba kwamamazwa kugeza igihe umurimo wa Kristo wo<br />

kuvuganira abanyabyaha uzarangirira maze akagaruka ku isi kujyana ubwoko bwe aho ari<br />

ngo babane. Umurimo wo guca urubanza watangiye mu mwaka wa 1844 ugomba gukomeza<br />

kugeza ubwo abantu bose bazafatirwa umwanzuro, baba abazima n’abapfuye. Ni ukuvuga ko<br />

uzakomeza gukorwa kugeza ku iherezo ry’igihe cy’imbabazi cyahawe umuntu. Kugira ngo<br />

abantu babashe kuba biteguye guhagarara mu rubanza, ubwo butumwa bubategeka ‘kubaha<br />

Imana no kuyiha ikuzo, bagasenga Iyaremye ijuru n’isi n’inyanja n’amasoko y’amazi.”<br />

Ingaruka yo kwakira ubwo butumwa yavuzwe muri aya magambo: “Aho ni ho kwihanagana<br />

kw’abera kuri bakurikiza amategeko y’Imana kandi bakizera Yesu.” Kugira ngo abantu babe<br />

320

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!