Ibintu by'Ukuri

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya… Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
21.04.2023 Views

Ibintu By'Ukuri Akoresheje ubu buryo, Satani yashakaga kurwanya no kurimbura umurimo w’Imana. Abantu bari barakanguwe bikomeye cyane n’ubutumwa bw’Abadiventisiti. Abanyabyaha ibihumbi byinshi bari barahindutse, kandi abantu b’indahemuka bitangiraga umurimo wo kwamamaza ukuri ndetse no muri cya gihe cyo gutinda. Umwami w’ibibi yakomezaga gutakaza abantu be; kandi kugira ngo akoze isoni umurimo w’Imana, yashatse uko yashuka abavuga ko bafite ukwizera no kubatera kuba abahezanguni. Bityo abamukorera bari biteguye kuririra ku ikosa ryose, gutsindwa kose ndetse n’igikorwa cyose kidatunganye maze bakabishyira imbere ya rubanda babikuririje kugira ngo bangishe abantu Abadiventisiti ndetse no kwizera kwabo. Bityo, uko yashoboraga kugira umubare munini w’abantu atera kwizera ubutumwa bwo kugaruka kwa Kristo kandi mu mitima yabo bagengwa n’imbaraga ye, ni ko yari kubyungukiramo cyane atera abantu kubahanga amaso nk’abahagarariye abizera bose. Satani ni we “murezi wa benedata,” kandi umwuka we ni wo utera abantu kujora amakosa n’inenge by’abantu b’Imana no kubashyira ku karubanda nyamara ibyiza bakora ntibyigere byitabwaho. Igihe Imana iri ku murimo wo gukiza abantu, Satani na we ahora akora ubudatuza. Iyo abana b’Imana baje imbere y’Uwiteka, Satani na we aza hagati yabo. Mu bubyutse bwose bubaho, Satani aba yiteguye kuzanamo abantu batejejwe mu mitima ndetse na ba nyamujya irya n’ino. Igihe bene abo bemeye ingingo zimwe z’ukuri maze bakabarwa mu bizera, Satani arabakoresha kugira ngo yinjize inyigisho ziyobya abatari maso. Nta muntu n’umwe uhamywa ko ari Umukristo nyakuri bitewe n’uko aboneka ko abarizwa mu itsinda ry’abana b’Imana, ndetse n’iyo yaba aboneka mu rusengero kandi akaza ku meza y’Umwami. Satani akunze kuhaba kenshi mu bihe by’imihango y’ingenzi yihindurije mu ishusho y’abantu runaka ashobora gukoresha nk’abakozi be. Satani arwanya n’agatambwe gato cyane ubwoko bw’Imana butera mu rugendo rwabwo bugana mu murwa wo mu ijuru. Mu mateka yose yaranze itorero, nta vugurura ryigeze rikorwa ngo ribure gusakirana n’imbogamizi zikomeye. Mu gihe cya Pawulo niko byagenze. Aho yashingaga itorero hose, habagaho abantu bavuga ko bizera nyamara bakinjiza ubuyobe mu itorero ku buryo iyo bwakirwa, bwari gukuraho urukundo abantu bakundaga ukuri nta kabuza. Luteri nawe yahuye no guhangayika gukomeye ndetse n’umubabaro biturutse ku mukorere y’abari bafite gukabya mu kwizera. Bavugaga ko Imana yavuganye nabo mu buryo butaziguye, kandi kubw’izo mpamvu bakazana ibitekerezo byabo n’imyumvire yabo maze bakabiha agaciro kuruta ibyo Ibyanditswe Byera bihamya. Abantu benshi bari babuze kwizera no kumaramaza nyamara bakagira umwuka wo kumva bihagije, kandi bagakunda kumva no kuvuga ibintu bishya, baguye mu gishuko cy’abo bigisha bashya maze bifatanya n’abakorera Satani mu murimo wabo wo gusenya ibyo Imana yari yaratumye Luteri kubaka. N’abayoboke ba Wesley na bo ndetse n’abandi bahesheje isi umugisha kubw’imirimo yabo no kwizera kwabo, kuri buri ntambwe yose bagiye bahura n’imitego ya Satani batezwe n’abantu b’abaka, badafite intekerezo zihamye ndetse n’abatejejwe bishoye mu bwaka bw’uburyo bwose. William Miller nta mpuhwe yagiriraga iyo mikorere yaganishaga ku bwaka. Kimwe na Luteri yavuze ko umwuka wose ugomba gusuzumwa n’ijambo ry’Imana. Miller yaravuze ati: 290

Ibintu By'Ukuri “Muri iyi minsi yacu Umwanzi Satani afite ubutware bukomeye ku ntekerezo z’abantu bamwe. None se twamenya dute umwuka ubakoresha uwo ari wo? Bibiliya irasubiza iti, “Muzabamenyera ku mbuto zabo.” . . . Hariho imyuka myinshi yadutse ku isi; kandi dusabwa kugenzura imyuka. Umwuka wose utadutera kubaho twirinda, dukiranuka kandi twubaha Imana muri iyi isi ya none, ntabwo uwo ari Mwuka wa Kristo. Nemera rwose ndashikinya ko Satani akorera byinshi mu buryo budasanzwe muri ayo matsinda y’inzaduka. . . Abantu benshi muri twe bibwira ko ari abantu bejejwe, bakurikiza imigenzo y’abantu, kandi uko bigaragara ntabwo bazi ukuri nk’uko abatejejwe na bo bameze.” 525 “Umwuka w’ubuyobe uzadukura mu kuri; ariko Mwuka w’Imana uzatuyobora ku kuri. Ariko wagira uti, ‘umuntu ashobora kuba ari mu buyobe nyamara akibwira ko ari mu kuri.’ None se ibyo ni ibiki? Twasubiza yuko Mwuka w’Imana n’ijambo ryayo bitavuguruzanya. Niba umuntu yigenzuje ijambo ry’Imana, maze akabona ari mahwi rwose ahuje n’ijambo ry’Imana ryose, ubwo ni bwo yakwizera ko afite ukuri. Ariko nabona ko umwuka umuyobora udahuje n’amategeko y’Imana cyangwa Bibiliya, agendane ubushishozi, nibitaba bityo azafatwa n’umutego w’umwanzi Satani.” 526“Nagiye mbona kenshi ibihamya biruseho by’ubutungane bwo mu mutima mbibwiwe no mu maso h’umuntu ndetse n’imvugo iziga kuruta kubibwirwa n’urusaku rw’abakristo bamwe.” 527 Mu gihe cy’ubugorozi abanzi babwo bageretse ibibi byose byaterwaga n’ubwaka ku bantu bakoraga bashishikariye kuburwanya. Ibintu nk’ibyo kandi byakozwe n’abarwanyaga itsinda ry’Abadiventisiti. Ubwo bari badashimishijwe no kwiyerekana mu buryo butari bwo ndetse no gukabya amakosa y’abahezanguni n’abaka, bagerageje gukwirakwiza amakuru atari ay’ukuri atari afite n’agasanira na gato k’ukuri. Abo bantu bakoreshwaga n’urwikekwe n’urwango. Amahoro yari yahungabanyijwe no kwamamaza ubutumwa bw’uko Kristo ari hafi kugaruka. Bari bahangayikishijwe n’uko byaba ari ukuri, nyamara bakiringira ko atari byo, kandi iryo ni ryo ryari ibanga ry’urugamba bariho barwanya Abadiventisiti no kwizera kwabo. Kuba abantu bake b’abaka bari barinjiye mu murongo w’Abadiventisiti, ibyo ntibyari impamvu yo gufatiraho umwanzuro uvuga ko iryo tsinda ridakomoka ku Mana nk’uko kubaho kw’abaka n’abashukanyi mu itorero ryo mu gihe cya Pawulo cyangwa icya Luteri, bitaba impamvu ihagije yo guciraho iteka umurimo bakoraga. Nimureke ubwoko bw’Imana bukanguke buve mu bitotsi maze butangire umurimo wo kwihana n’uw’ubugorozi bwivuye inyuma. Nimutyo bucukumbure Ibyanditswe Byera kugira ngo bumenye ukuri nk’uko kuri muri Yesu; nimutyo bwiyegurire Imana butizigamye, kandi ntihazabura ikimenyetso kigaragaza ko Satani akorana imbaraga kandi ari maso. Azerekana ububasha bwe akoresheje ubushukanyi bushoboka bwose, yifashishe abamarayika bose bacumuye bo mu ngoma ye. Ntabwo kwamamaza ubutumwa bwo kugaruka kwa Kristo ari byo byateje ubwaka n’amacakubiri. Ibyo byatangiye kugaragara mu mpeshyi yo mu mwaka wa 1844, ubwo Abadiventisiti bari mu gihe cyo gushidikanya n’amajune kubw’ingorane zigaragara barimo. Kubwiriza ubutumwa bwa marayika wa mbere n’ubw’“urusaku rwa mu gicuku”, byerekezaga 291

<strong>Ibintu</strong> By'Ukuri<br />

“Muri iyi minsi yacu Umwanzi Satani afite ubutware bukomeye ku ntekerezo z’abantu<br />

bamwe. None se twamenya dute umwuka ubakoresha uwo ari wo? Bibiliya irasubiza iti,<br />

“Muzabamenyera ku mbuto zabo.” . . . Hariho imyuka myinshi yadutse ku isi; kandi dusabwa<br />

kugenzura imyuka. Umwuka wose utadutera kubaho twirinda, dukiranuka kandi twubaha<br />

Imana muri iyi isi ya none, ntabwo uwo ari Mwuka wa Kristo. Nemera rwose ndashikinya ko<br />

Satani akorera byinshi mu buryo budasanzwe muri ayo matsinda y’inzaduka. . . Abantu benshi<br />

muri twe bibwira ko ari abantu bejejwe, bakurikiza imigenzo y’abantu, kandi uko bigaragara<br />

ntabwo bazi ukuri nk’uko abatejejwe na bo bameze.” 525 “Umwuka w’ubuyobe uzadukura<br />

mu kuri; ariko Mwuka w’Imana uzatuyobora ku kuri. Ariko wagira uti, ‘umuntu ashobora<br />

kuba ari mu buyobe nyamara akibwira ko ari mu kuri.’ None se ibyo ni ibiki? Twasubiza yuko<br />

Mwuka w’Imana n’ijambo ryayo bitavuguruzanya. Niba umuntu yigenzuje ijambo ry’Imana,<br />

maze akabona ari mahwi rwose ahuje n’ijambo ry’Imana ryose, ubwo ni bwo yakwizera ko<br />

afite ukuri. Ariko nabona ko umwuka umuyobora udahuje n’amategeko y’Imana cyangwa<br />

Bibiliya, agendane ubushishozi, nibitaba bityo azafatwa n’umutego w’umwanzi Satani.”<br />

526“Nagiye mbona kenshi ibihamya biruseho by’ubutungane bwo mu mutima mbibwiwe no<br />

mu maso h’umuntu ndetse n’imvugo iziga kuruta kubibwirwa n’urusaku rw’abakristo<br />

bamwe.” 527<br />

Mu gihe cy’ubugorozi abanzi babwo bageretse ibibi byose byaterwaga n’ubwaka ku bantu<br />

bakoraga bashishikariye kuburwanya. <strong>Ibintu</strong> nk’ibyo kandi byakozwe n’abarwanyaga itsinda<br />

ry’Abadiventisiti. Ubwo bari badashimishijwe no kwiyerekana mu buryo butari bwo ndetse<br />

no gukabya amakosa y’abahezanguni n’abaka, bagerageje gukwirakwiza amakuru atari<br />

ay’ukuri atari afite n’agasanira na gato k’ukuri. Abo bantu bakoreshwaga n’urwikekwe<br />

n’urwango. Amahoro yari yahungabanyijwe no kwamamaza ubutumwa bw’uko Kristo ari<br />

hafi kugaruka. Bari bahangayikishijwe n’uko byaba ari ukuri, nyamara bakiringira ko atari<br />

byo, kandi iryo ni ryo ryari ibanga ry’urugamba bariho barwanya Abadiventisiti no kwizera<br />

kwabo.<br />

Kuba abantu bake b’abaka bari barinjiye mu murongo w’Abadiventisiti, ibyo ntibyari<br />

impamvu yo gufatiraho umwanzuro uvuga ko iryo tsinda ridakomoka ku Mana nk’uko<br />

kubaho kw’abaka n’abashukanyi mu itorero ryo mu gihe cya Pawulo cyangwa icya Luteri,<br />

bitaba impamvu ihagije yo guciraho iteka umurimo bakoraga. Nimureke ubwoko bw’Imana<br />

bukanguke buve mu bitotsi maze butangire umurimo wo kwihana n’uw’ubugorozi bwivuye<br />

inyuma. Nimutyo bucukumbure Ibyanditswe Byera kugira ngo bumenye ukuri nk’uko kuri<br />

muri Yesu; nimutyo bwiyegurire Imana butizigamye, kandi ntihazabura ikimenyetso<br />

kigaragaza ko Satani akorana imbaraga kandi ari maso. Azerekana ububasha bwe akoresheje<br />

ubushukanyi bushoboka bwose, yifashishe abamarayika bose bacumuye bo mu ngoma ye.<br />

Ntabwo kwamamaza ubutumwa bwo kugaruka kwa Kristo ari byo byateje ubwaka<br />

n’amacakubiri. Ibyo byatangiye kugaragara mu mpeshyi yo mu mwaka wa 1844, ubwo<br />

Abadiventisiti bari mu gihe cyo gushidikanya n’amajune kubw’ingorane zigaragara barimo.<br />

Kubwiriza ubutumwa bwa marayika wa mbere n’ubw’“urusaku rwa mu gicuku”, byerekezaga<br />

291

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!