Ibintu by'Ukuri
Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya… Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…
Ibintu By'Ukuri bikorwa byo gushakishiriza ku mahirwe ndetse no korohereza intekerezo zabo batekereza ko amafaranga agomba gutangirwa umugambi mwiza, nta gitangaje ko urubyiruko rwo mu gihugu akenshi rwiroha mu ngeso iterwa no gutwarwa n’imikino ya tombora.” Umwuka wo kwihwanya n’ab’isi uragenda wigarurira amatorero menshi aharagwa ubukristo hose. Uwitwa Robert Atkins, mu kibwirizwa yabwiririje mu murwa mukuru w’Ubwongereza (London), yerekanye ishusho yijimye y’uburyo gusubira inyuma mu by’umwuka biganje mu Bwongereza agira ati: “Abantu b’intungane nyakuri bagabanyutse ku isi, kandi ubona nta muntu ubyitayeho. Muri buri torero, abantu bavuga ko ari abanyadini muri ibi bihe byacu, usanga ari abantu bakunda n’iby’isi, bigana iby’ab’isi bakora, bakunda ibyiza byayo kandi baharanira icyubahiro. Bahamagariwe kubabarana na Kristo, ariko iyo bahuye n’akaga basubira inyuma. . . Ubuhakanyi, ubuhakanyi, ubuhakanyi ngibyo ibigaragara ku miryango y’amatorero yose; nyamara iyo bajya kubimenya, iyo bajya kubyumva, bajyaga kugira ibyiringiro se! Ahubwo barivugira bati: “Turakize, dufite umutungo mwinshi, kandi ntacyo dukennye rwose.’” 519 Icyaha gikomeye Babuloni iregwa ni uko “yateretse amahanga yose inzoga ari zo ruba ry’ubusambanyi bwayo.” Iki gikombe gisindisha iha abatuye isi cyerekena inyigisho z’ibinyoma Babuloni yemeye zikomoka ku kwifatanya n’abakomeye bo ku isi mu buryo butemewe n’amategeko. Kugirana ubucuti n’ab’isi kwangiza ukwizera kw’itorero rishushanywa na Babuloni maze ku ruhande rwaryo na ryo rikayobya abatuye isi rikoresheje inyigisho zaryo zihabanye n’ukuri kumvikana neza kandi gushyitse kw’Ibyanditswe Byera. Roma yakuye Bibiliya mu bantu kandi isaba abantu bose kwemera inyigisho zayo mu mwanya wa Bibiliya. Umurimo w’Ubugorozi wari ugendereye kugarura ijambo ry’Imana mu bantu; ariko se mbese si ukuri ko mu matorero yo mu gihe cyacu abantu bigishwa gushingira kwizera kwabo ku mategeko n’inyigisho by’itorero ryabo mu mwanya wo gushingira ku Byanditswe Byera? Ubwo Charles Beecher yavugaga ku matorero y’Abaporotesitanti, yaravuze ati: “Bababazwa n’ijambo ryose rivuzwe rirwanya imyemerere yayo nk’uko abapadiri bashoboraga kubabazwa n’ijambo ribi ribuzanya kubaha abatagatifu n’abapfuye bahowe kwizera kwabo. . . . Amatorero y’ibwirizabutumwa y’Abaporotesitanti yafatanye mu biganza cyane ku buryo muri yo yose nta muntu ushobora kuba umubwirizabutumwa aho ari ho hose atabanje kwemera igitabo kindi kibangikanywa na Bibiliya. . . Ntabwo byaba ari ugukekeranya umuntu aramutse avuze ko ubushobozi bw’indongozi z’amatorero ubu bwatangiye kubuzanya Bibiliya mu by’ukuri nk’uko Roma yabikoze, nubwo babikora mu buryo butagaragara neza.” 520 Igihe abigisha b’indahemuka bamamazaga ijambo ry’Imana, habonetse abantu b’intiti ndetse n’ababwiriza bavuga ko basobanukiwe n’Ibyanditswe, maze barwanya inyigisho nzima bavuga ko ari ubuhakanyi, bityo bayobya abashakaga kumenya ukuri. Iyo abatuye isi bataza gusindishwa n’inzoga bateretswe na Babuloni ku rwego ruhanitse, abantu benshi 284
Ibintu By'Ukuri bajyaga kwemezwa kandi bagahindurwa n’ukuri kw’Ijambo ry’Imana kumvikana kandi gucengera mu mitima. Ariko kwizera kw’idini kumeze nk’ukujijisha cyangwa nk’ukuvuguruzanya ku buryo abantu bagera aho batabasha kumenya ibyo batakwizera ko ari ukuri. Icyaha cyo kutihana kw’ab’isi kiri ku muryango w’itorero. Ubutumwa bwa marayika wa kabiri bwo mu Byahishuwe 14, bwabwirijwe bwa mbere mu mpeshyi y’umwaka wa 1844, kandi icyo gihe bwari bwerekeje by’umwihariko ku matorero yo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika aho imiburo yerekeye urubanza yari yaravugiwe cyane nyamara ntiyitabwaho mu buryo bukomeye, kandi ni naho ubuhenebere mu matorero bwari bwarihuse cyane. Ariko ubutumwa bwa marayika wa kabiri ntibwasohoye bwose mu mwaka wa 1844. Icyo gihe amatorero yagize kugwa mu by’imico-mbonera bitewe n’uko yanze umucyo w’ubutumwa bujyanye no kugaruka kwa Kristo; ariko uko kugwa ntikwabaye kurambarara burundu. Uko bakomezaga kwanga ukuri kudasanzwe kugenewe iki gihe, ni ko barushagaho guhenebera. Nyamara igihe cyari kitaragera cyo kuvuga ngo, “Iraguye , iraguye Babuloni . . . yateretse amahanga yose inzoga ari zo ruba ry’ubusambanyi bwawo.” Babuloni yari itaramara gusindisha amahanga. Umwuka wo kwishushanya n’isi no kutita ku kuri gushungura abantu kugenewe iki gihe biracyariho kandi byagiye biganza mu matorero yose afite imyizerere ya Giporotesitanti ari mu bihugu byose birangwamo Ubukristo; kandi ayo matorero na yo arebwa n’ubutumwa bukomeye kandi buteye ubwoba bwa marayika wa kabiri. Ariko kandi umurimo w’ubuhakanyi nturagera ku rugero ruheruka. Bibiliya ivuga ko mbere yo kugaruka k’Umukiza, Satani azakorana “imbaraga zose n’ibimenyetso n’ibitangaza by’ibinyoma, n’ubuhendanyi bwose bwo gukiranirwa;” 521 kandi ko “ku batemeye ukuri ngo bakizwe” bazarekerwa mu mwuka w’“ubushukanyi bukomeye cyane ngo bizere ibinyoma.” Igihe ibi byangombwa bizaba bimaze kuzuzwa, kandi kwifatanya kw’itorero n’isi bikagerwaho mu buryo bwuzuye aharangwa Ubukristo hose, ni bwo kugwa kwa Babuloni kuzuzura. Izo mpinduka zigenda buhoro buhoro, kandi ugusohora guheruka k’ubutumwa bwo mu Byahishuwe 14:8 kuzabaho mu gihe kizaza. Nubwo hari umwijima mu by’umwuka ndetse no gutandukana n’Imana birangwa mu matorero agize Babuloni, umugabane munini w’abayoboke nyakuri ba Kristo baracyarangwa muri ayo matorero. Muri bo harimo benshi batigeze bumva ukuri kudasanzwe kugenewe iki gihe. Hari benshi batanyuzwe n’uko bari muri iki gihe kandi bifuza cyane kubona umucyo uruseho. Bashakisha ishusho ya Kristo mu matorero barimo ariko ntibayibone. Uko ayo matorero azagenda arushaho kujya kure y’ukuri maze akifatanya cyane n’isi, ni ko itandukaniro hagati y’ayo matsinda yombi rizarushaho kuba rinini, kandi ayo matsinda atandukane. Igihe kizagera ubwo abakunda Imana kuruta byose batazashobora gukomeza komatana n’“abakunda ibibanezeza kuruta Imana, bafite ishusho yo kwera ariko bahakana imbaraga zako.” Nk’ingaruka yo kutita ku miburo itatu yo mu Byahishuwe 14:6-12, igice cya 18 cy’Ibyahishuwe cyerekana igihe itorero rizaba ryuzuje ibyangombwa byavuzwe na marayika 285
- Page 241 and 242: Ibintu By'Ukuri Kristo, yahakanaga
- Page 243 and 244: Ibintu By'Ukuri ibigiye kuzabaho bi
- Page 245 and 246: Ibintu By'Ukuri usanga ko ikintu cy
- Page 247 and 248: Ibintu By'Ukuri 1810 Iminsi / Imyak
- Page 249 and 250: Ibintu By'Ukuri gucungurwa kwabo gu
- Page 251 and 252: Ibintu By'Ukuri y’aho ntiyashoboy
- Page 253 and 254: Ibintu By'Ukuri umubano uhamye na S
- Page 255 and 256: Ibintu By'Ukuri umugambi yayo, kugi
- Page 257 and 258: Ibintu By'Ukuri Babonye ko bidashob
- Page 259 and 260: Ibintu By'Ukuri Igice Cya 19 - Umuc
- Page 261 and 262: Ibintu By'Ukuri abambwa ku musaraba
- Page 263 and 264: Ibintu By'Ukuri Icyo bireberaga gus
- Page 265 and 266: Ibintu By'Ukuri 8:14, ikubiyemo n
- Page 267 and 268: Ibintu By'Ukuri gusobanurwa nyuma y
- Page 269 and 270: Ibintu By'Ukuri Nta butumwa nk’ub
- Page 271 and 272: Ibintu By'Ukuri azanye n’impanda
- Page 273 and 274: Ibintu By'Ukuri kuri Rekabu. Abo nt
- Page 275 and 276: Ibintu By'Ukuri cy’ubuhanuzi bwa
- Page 277 and 278: Ibintu By'Ukuri n’abayobozi b’i
- Page 279 and 280: Ibintu By'Ukuri yabaga iteze amatwi
- Page 281 and 282: Ibintu By'Ukuri Abamarayika b’Ima
- Page 283 and 284: Ibintu By'Ukuri Igice Cya 21 - Umub
- Page 285 and 286: Ibintu By'Ukuri mu isi no kwibagirw
- Page 287 and 288: Ibintu By'Ukuri ubucuti n’isi. Ah
- Page 289 and 290: Ibintu By'Ukuri Amenshi mu matorero
- Page 291: Ibintu By'Ukuri ibigezweho. Muri ub
- Page 295 and 296: Ibintu By'Ukuri Igice Cya 22 - Ubuh
- Page 297 and 298: Ibintu By'Ukuri n’umucyo wayo maz
- Page 299 and 300: Ibintu By'Ukuri “Muri iyi minsi y
- Page 301 and 302: Ibintu By'Ukuri 457 I.KR.- 1844 N.K
- Page 303 and 304: Ibintu By'Ukuri bwera, yarasohokaga
- Page 305 and 306: Ibintu By'Ukuri abandi bazanwe no k
- Page 307 and 308: Ibintu By'Ukuri Ubutumwa bwa marayi
- Page 309 and 310: Ibintu By'Ukuri kumenya inzira bany
- Page 311 and 312: Ibintu By'Ukuri bubone kwezwa.” I
- Page 313 and 314: Ibintu By'Ukuri ijuru, ukorera Aher
- Page 315 and 316: Ibintu By'Ukuri “Azubaka urusenge
- Page 317 and 318: Ibintu By'Ukuri Uwo ni wo wari umur
- Page 319 and 320: Ibintu By'Ukuri Nk’uko kubwo kwiz
- Page 321 and 322: Ibintu By'Ukuri Uko kuza kwe kandi
- Page 323 and 324: Ibintu By'Ukuri bukwe.” 586 Ariko
- Page 325 and 326: Ibintu By'Ukuri watanzwe ubwo Krist
- Page 327 and 328: Ibintu By'Ukuri Igice Cya 25 - Amat
- Page 329 and 330: Ibintu By'Ukuri biteguye umunsi w
- Page 331 and 332: Ibintu By'Ukuri Iyo nyamaswa yahawe
- Page 333 and 334: Ibintu By'Ukuri yacyo ndetse n’im
- Page 335 and 336: Ibintu By'Ukuri n’uko bahumeka ni
- Page 337 and 338: Ibintu By'Ukuri w’icyumweru, cyan
- Page 339 and 340: Ibintu By'Ukuri cya Patimosi yabony
- Page 341 and 342: Ibintu By'Ukuri itsinda ry’abibwi
<strong>Ibintu</strong> By'Ukuri<br />
bikorwa byo gushakishiriza ku mahirwe ndetse no korohereza intekerezo zabo batekereza ko<br />
amafaranga agomba gutangirwa umugambi mwiza, nta gitangaje ko urubyiruko rwo mu<br />
gihugu akenshi rwiroha mu ngeso iterwa no gutwarwa n’imikino ya tombora.”<br />
Umwuka wo kwihwanya n’ab’isi uragenda wigarurira amatorero menshi aharagwa<br />
ubukristo hose. Uwitwa Robert Atkins, mu kibwirizwa yabwiririje mu murwa mukuru<br />
w’Ubwongereza (London), yerekanye ishusho yijimye y’uburyo gusubira inyuma mu<br />
by’umwuka biganje mu Bwongereza agira ati: “Abantu b’intungane nyakuri bagabanyutse ku<br />
isi, kandi ubona nta muntu ubyitayeho. Muri buri torero, abantu bavuga ko ari abanyadini<br />
muri ibi bihe byacu, usanga ari abantu bakunda n’iby’isi, bigana iby’ab’isi bakora, bakunda<br />
ibyiza byayo kandi baharanira icyubahiro. Bahamagariwe kubabarana na Kristo, ariko iyo<br />
bahuye n’akaga basubira inyuma. . . Ubuhakanyi, ubuhakanyi, ubuhakanyi ngibyo ibigaragara<br />
ku miryango y’amatorero yose; nyamara iyo bajya kubimenya, iyo bajya kubyumva, bajyaga<br />
kugira ibyiringiro se! Ahubwo barivugira bati: “Turakize, dufite umutungo mwinshi, kandi<br />
ntacyo dukennye rwose.’” 519<br />
Icyaha gikomeye Babuloni iregwa ni uko “yateretse amahanga yose inzoga ari zo ruba<br />
ry’ubusambanyi bwayo.” Iki gikombe gisindisha iha abatuye isi cyerekena inyigisho<br />
z’ibinyoma Babuloni yemeye zikomoka ku kwifatanya n’abakomeye bo ku isi mu buryo<br />
butemewe n’amategeko.<br />
Kugirana ubucuti n’ab’isi kwangiza ukwizera kw’itorero rishushanywa na Babuloni maze<br />
ku ruhande rwaryo na ryo rikayobya abatuye isi rikoresheje inyigisho zaryo zihabanye n’ukuri<br />
kumvikana neza kandi gushyitse kw’Ibyanditswe Byera.<br />
Roma yakuye Bibiliya mu bantu kandi isaba abantu bose kwemera inyigisho zayo mu<br />
mwanya wa Bibiliya. Umurimo w’Ubugorozi wari ugendereye kugarura ijambo ry’Imana mu<br />
bantu; ariko se mbese si ukuri ko mu matorero yo mu gihe cyacu abantu bigishwa gushingira<br />
kwizera kwabo ku mategeko n’inyigisho by’itorero ryabo mu mwanya wo gushingira ku<br />
Byanditswe Byera? Ubwo Charles Beecher yavugaga ku matorero y’Abaporotesitanti,<br />
yaravuze ati: “Bababazwa n’ijambo ryose rivuzwe rirwanya imyemerere yayo nk’uko<br />
abapadiri bashoboraga kubabazwa n’ijambo ribi ribuzanya kubaha abatagatifu n’abapfuye<br />
bahowe kwizera kwabo. . . . Amatorero y’ibwirizabutumwa y’Abaporotesitanti yafatanye mu<br />
biganza cyane ku buryo muri yo yose nta muntu ushobora kuba umubwirizabutumwa aho ari<br />
ho hose atabanje kwemera igitabo kindi kibangikanywa na Bibiliya. . . Ntabwo byaba ari<br />
ugukekeranya umuntu aramutse avuze ko ubushobozi bw’indongozi z’amatorero ubu<br />
bwatangiye kubuzanya Bibiliya mu by’ukuri nk’uko Roma yabikoze, nubwo babikora mu<br />
buryo butagaragara neza.” 520<br />
Igihe abigisha b’indahemuka bamamazaga ijambo ry’Imana, habonetse abantu b’intiti<br />
ndetse n’ababwiriza bavuga ko basobanukiwe n’Ibyanditswe, maze barwanya inyigisho<br />
nzima bavuga ko ari ubuhakanyi, bityo bayobya abashakaga kumenya ukuri. Iyo abatuye isi<br />
bataza gusindishwa n’inzoga bateretswe na Babuloni ku rwego ruhanitse, abantu benshi<br />
284