21.04.2023 Views

Ibintu by'Ukuri

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Ibintu</strong> By'Ukuri<br />

Nubwo Gaussen yari umwe mu babwiriza bavugaga Igifaransa b’ibyamamare kandi<br />

bakunzwe cyane, nyuma y’igihe gito yaje guhagarikwa mu murimo we, kandi ikosa<br />

ry’ingenzi yarezwe ni uko yari yaragiye yigisha urubyiruko akoreje Bibiliya aho kubigishiriza<br />

muri gatigisimu y’itorero, igitabo cyoroshye kandi gishingiye ku mitekerereze ya muntu, gisa<br />

n’ikitarangwamo ukwizera nyakuri. Nyuma y’aho yabaye umwigisha mu ishuri<br />

ry’iby’iyobokamana. Muri icyo gihe yakomezaga umurimo we ku cyumweru yigisha<br />

gatigisimu, akaganiriza abana kandi akabigisha Ibyanditswe. Ibitabo bye bivuga<br />

iby’ubuhanuzi byanejeje abantu benshi. Nk’umwigisha, umwanditsi, ndetse no mu murimo<br />

we yakundaga cyane yigisha abana, yamaze imyaka myinshi akomeza guteza impinduka<br />

zikomeye kandi yagize umumaro mu gukangurira intekerezo za benshi kwiga ubuhanuzi<br />

bwagaragazaga ko kugaruka k’Umukiza kwegereje.<br />

Ubutumwa bwo kugaruka kwa Kristo bwamamajwe no muri Scandinavia, kandi<br />

burakundwa cyane. Abantu benshi barakanguwe bava mu byo bibwiraga ko ari umutekano<br />

badafite icyo bitayeho maze batura ibyaha byabo kandi barabireka basaba imbabazi mu izina<br />

rya Kristo. Ariko abayobozi b’itorero ku rwego rw’igihugu barwanya ibiri gukorwa maze<br />

bitewe n’ububasha bwabo bamwe mu babwirizaga ubwo butumwa bashyirwa muri za gereza.<br />

Ahantu henshi, aho ababwirizaga ubutumwa bwo kugaruka kwa Kristo bagiye bacecekeshwa<br />

muri ubwo buryo, Imana yanejejwe no kuhoreza ubutumwa mu buryo bw’igitangaza<br />

ibunyujije mu bana bato. Kubera ko bari batarageza mu myaka y’ubukuru, itegeko rya Leta<br />

ntiryashoboraga kubabuza kuvuga, bityo barabareka bavuga nta nkomyi.<br />

Ibwirizabutumwa ryari ryibanze cyane muri rubanda rugufi, kandi abantu bateraniraga<br />

ahantu horoheje mu ngo z’abahinzi kugira ngo bumve ayo magambo y’imbuzi. Abo babwiriza<br />

b’abana ubwabo akenshi bakomokaga mu ngo za gikene. Bamwe muri bo bari hagati<br />

y’imyaka itandatu n’umunani y’ubukuru; kandi nubwo imibereho yabo yahamyaga ko<br />

bakunda Umukiza kandi bakaba barihatiraga kubaho bumvira amatageko yera y’Imana,<br />

ntabwo muri rusange bari bafite ubwenge cyangwa ubushobozi butandukanye<br />

n’ubw’ab’urungano rwabo. Ariko igihe babaga bahagaze imbere y’abantu, byagaragariraga<br />

bose ko bakoreshwa n’imbaraga irenze impano zabo kavukire. Ijwi ryabo n’inyifato<br />

byarahindutse maze bavuga bashize amanga bafite imbaraga, bavuga ubutumwa bw’imbuzi<br />

bwerekeye urubanza ndetse bagakoresha amagambo ya Bibiliya bati: “Nimwubahe Imana,<br />

muyihimbaze kuko igihe cyo gucira abantu urubanza gisohoye.” Bamaganaga ibyaha biri mu<br />

bantu, ntibacyahe gusayisha mu bibi n’ubuhehesi gusa, ahubwo bakanamagana ibyo gukunda<br />

iby’isi no gusubira inyuma ndetse bagasaba ababateze amatwi kwihutira guhunga umujinya<br />

wenda gutera.<br />

Abantu babategaga amatwi bahinda umushyitsi. Mwuka w’Imana wemeza imitima<br />

yavuganaga n’imitima yabo. Byateye abantu benshi umwete wo kwiga Ibyanditswe<br />

babishishikariye, abataririndaga n’abari barataye imico mbonera bahinduye amatwara, abandi<br />

bareka iby’uburyarya bakoraga, maze umurimo ukorwa mu buryo butangaje ku buryo<br />

268

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!