Ibintu by'Ukuri

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya… Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
21.04.2023 Views

Ibintu By'Ukuri hari hasigaye iminsi 1810 igomba nayo gusohora. Iyo ubaze imyaka 1810 uhereye mu mwaka wa 34 nyuma ya Kristo, usanga irangira mu mwaka wa 1844. Kubw’ibyo rero, iminsi 2300 yo muri Daniyeli 8:14 irangira mu mwaka wa 1844. Dukurikije ibyavuzwe na marayika w’Imana, ku iherezo ry’iki gihe kirekire cy’ubuhanuzi “ubuturo bwera bwagombaga kwezwa.” Bityo rero igihe cyo kwezwa k’ubuturo bwera — cyemerwaga hafi na bose ko kizabaho Kristo agarutse — cyagaragajwe nta shiti. Miller n’abo bari bafatanyije babanje kwizera ko iminsi 2300 izarangira mu itumba ryo mu mwaka wa 1844, mu gihe ubuhanuzi bushyira iherezo ry’icyo gihe mu muhindo w’uwo mwaka. Ikosa ryakozwe kuri iyo ngingo ryateje gucika intege no guhangayika no kwiheba ku bari barashyize igihe cyo kugaruka kwa Kristo ku itariki ya mbere. Nyamara ibyo ntibyadohoye igitekerezo cyerekanaga ko iminsi 2300 yarangiye mu mwaka wa 1844, kandi ko igikorwa gikomeye cyagereranyijwe no kwezwa k’ubuturo bwera kigomba kubaho. Miller yagiye kwiga Ibyanditswe Byera nk’uko yari yarabikoze, afite umugambi wo kumenya ko byahishuwe n’Imana koko. Agitangira Miller ntiyari yiteze na gato kugera ku mwanzuro yagezeho. Nawe ubwe kwizera ibyo agezeho byaramugoye. Ariko igihamya cy’Ibyanditswe byera cyarumvikanaga cyane kandi gifite imbaraga ku buryo cyakwirengagizwa. Yari amaze imyaka ibiri yiga Bibiliya, ubwo mu mwaka wa 1818 yageraga ku mwanzuro ukomeye ko hafi mu myaka makumyabiri n’itanu, Kristo yagombaga kuza gucungura ubwoko bwe. Miller yaravuze ati: “Ntabwo nshobora kuvuga iby’ibyishimo byuzuye umutima wanjye kubwo gutekereza icyo nari ntegereje kinejeje, cyangwa ngo mvuge iby’urukumbuzi rwuzuye ubugingo bwanjye rwo kuzishimana n’abacunguwe. Noneho Bibiliya yari imbereye igitabo gishya. Yari ibaye aho ubwenge buhagirizwa; ibyahoze ari umwijima, amayobera kuri njye mu byo Bibiliya yigisha, byari byamaze gutamuruka mu ntekerezo zanjye mbere y’uko umucyo urabagirana urasa uturuka mu mpapuro zayo zera. Oh, mbega uburyo ukuri kwarabagiranaga kandi kukambera kwiza! Ibyavuguruzanyanga n’ibitarumvikanaga najyaga mbona mbere mu ijambo ry’Imana byarashize; kandi n’ubwo hari hakiriho imigabane myinshi y’iryo jambo nari ntaranyurwa n’ibyo ivuga noneho narasobanukiwe muburyo bwuzuye. Umucyo mwinshi wari wavuye muri iryo jambo kugira ngo umurikire ubwenge bwanjye bwari busanzwe mu mwijima, ku buryo numvise nezejwe no kwiga Ibyanditswe ntari narigeze nibwira ko bishobora gukomoka mu byo Bibiliya yigisha.” 436 “Maze kwemera nta shiti yuko ibizabaho uko bivugwa mu Byanditswe, bigomba gusohora muri icyo gihe gito, kandi nshingiye ku gihamya cyari cyakoze ku ntekerezo zanjye, nagize ikibazo kinkomereye cyerekeranye n’inshingano mfite ku batuye iyi si.” 437 Ntiyashoboraga kwiyambura umutima umwumvisha ko afite inshingano yo kugeza ku bandi umucyo yari amaze kubona. Yari yiteze guhura n’abamurwanya baturutse mu batubaha Imana, ariko yari afite ibyiringiro yuko Abakristo bose bazashimishwa n’ibyiringiro byo kubona Umukiza bavugaga ko bakunda. Ubwoba yari afite gusa bwari uko, muri uko kwishimira cyane 240

Ibintu By'Ukuri gucungurwa kwabo guhebuje kwari kugiye kubaho bidatinze, benshi bari kwakira iyo nyigisho batabanje gusuzumana Ibyanditswe Byera ubwitonzi mu buryo buhagije ngo bagaragaze ukuri bivuga. Bityo rero, yabanje kugira impungenge zo kukubwiriza, atinya ko yaba ari mu ikosa kandi akaba intandaro yo kuyobya abandi. Byatumye ajya kongera gusuzuma ibihamya bishyigikira imyanzuro yari yaragezeho no gusuzumana ubushishozi buri ngingo yose ikomeye yigaragarizaga intekerezo ze. Yabonye ko imbere y’umucyo w’ijambo ry’Imana ibimuvuguruza bivaho nk’uko umwijima uhunga imbere y’imirasire y’izuba. Amaze imyaka itanu akora ubwo bushakashatsi, yasigaye yemera adashidikanya ko ibyo yemera ari ukuri rwose. Noneho inshingano yo kumenyesha abandi ibyo yizeraga ko byigishwa mu buryo busobanutse neza mu Byanditswe, yaremereye umutima we ifite imbaraga nshya. Yaravuze ati: “Ubwo nabaga mpugiranye mu kazi kanjye, numvaga aya magambo adahwema kuvugira mu matwi yanjye ngo, ‘Genda ubwire abatuye isi iby’akaga kabategereje.’ Iri somo ntiryahwemaga kunza mu bitekerezo rivuga riti: ‘Nimbwira umunyabyaha nti ‘Wa munyabyaha we, gupfa ko uzapfa’, maze nawe ntugire icyo uvuga cyo kuburira umunyabyaha ngo ave mu nzira ye; uwo munyabyaha azapfa, azize ibyaha bye, ariko amaraso ye, ni wowe nzayabaza. Ariko nuburira umunyabyaha ngo ahindukire ave mu nzira ye, nadahindukira ngo ave mu nzira ye; azapfa azize ibyaha bye, ariko weho uzaba ukijije ubugingo bwawe.” 438 Niyumvishijemo ko abanyabyaha baramutse baburiwe mu buryo bukwiriye, benshi muri bo bashobora kwihana; kandi ko niba bataburiwe , amaraso yabo ari njye azabazwa.” 439 Atangira kujya amenyesha abantu ibitekerezo bye yiherereye uko yashoboraga kubona uburyo, akajya asaba Imana ngo abavugabutumwa bamwe babashe kumva imbaraga iri muri izo nyigisho ze, kandi ngo abashe kwirundurira mu kuzamamaza ku mugaragaro. Ariko ntiyashoboraga kwivanamo icyo yemeraga cy’uko afite inshingano yihariye agomba gukora atanga umuburo. Aya magambo akurikira yakomezaga kugaruka mu ntekerezo ze ngo: “Genda uburire abatuye isi; nzakubaza amaraso yabo.” Yashidikanyije imyaka cyenda yose, ariko uwo mutwaro ukomeza kumuremerera mu mutima, kugeza ubwo mu mwaka wa 1831, bwabaye incuro ya mbere, yavuze impamvu zo kwizera kwe ku mugaragaro. Nkuko Elisha yahamagawe ngo ave aho yari akurikiye ibimasa yahingishaga mu murima, kugira ngo yakire umwitero wamugaragarizaga ko ahamagariwe kuba umuhanuzi, ni ko na William Miller yahamagawe gusiga imashini yahingishaga akajya guhishurira abantu ubwiru bw’ubwami bw’Imana. Yatangiye umurimo we atengurwa n’ubwoba, akagenda buhoro buhoro yerekeza abamutegeye amatwi mu by’ibihe by’ubuhanuzi kugeza ku kugaruka kwa Kristo. Uko yakoreshaga umuhati wose ni ko yarushagaho kongerwa imbaraga n’ubutwari ubwo yabonaga uburyo amagambo ye akangura abantu benshi bakayagirira ubwuzu. Abisabwe gusa n’abavandimwe be mu kwizera, ni ho Miller yemeye kwigisha ku mugaragaro ibyo yemerega kuko yumviye umuhamagaro w’Imana mu magambo yabo. Icyo gihe yari afite imyaka mirongo itanu y’ubukuru, kandi ntiyari amenyereye kuvugira mu 241

<strong>Ibintu</strong> By'Ukuri<br />

hari hasigaye iminsi 1810 igomba nayo gusohora. Iyo ubaze imyaka 1810 uhereye mu mwaka<br />

wa 34 nyuma ya Kristo, usanga irangira mu mwaka wa 1844. Kubw’ibyo rero, iminsi 2300<br />

yo muri Daniyeli 8:14 irangira mu mwaka wa 1844. Dukurikije ibyavuzwe na marayika<br />

w’Imana, ku iherezo ry’iki gihe kirekire cy’ubuhanuzi “ubuturo bwera bwagombaga<br />

kwezwa.” Bityo rero igihe cyo kwezwa k’ubuturo bwera — cyemerwaga hafi na bose ko<br />

kizabaho Kristo agarutse — cyagaragajwe nta shiti.<br />

Miller n’abo bari bafatanyije babanje kwizera ko iminsi 2300 izarangira mu itumba ryo<br />

mu mwaka wa 1844, mu gihe ubuhanuzi bushyira iherezo ry’icyo gihe mu muhindo w’uwo<br />

mwaka. Ikosa ryakozwe kuri iyo ngingo ryateje gucika intege no guhangayika no kwiheba ku<br />

bari barashyize igihe cyo kugaruka kwa Kristo ku itariki ya mbere. Nyamara ibyo<br />

ntibyadohoye igitekerezo cyerekanaga ko iminsi 2300 yarangiye mu mwaka wa 1844, kandi<br />

ko igikorwa gikomeye cyagereranyijwe no kwezwa k’ubuturo bwera kigomba kubaho.<br />

Miller yagiye kwiga Ibyanditswe Byera nk’uko yari yarabikoze, afite umugambi wo<br />

kumenya ko byahishuwe n’Imana koko. Agitangira Miller ntiyari yiteze na gato kugera ku<br />

mwanzuro yagezeho. Nawe ubwe kwizera ibyo agezeho byaramugoye. Ariko igihamya<br />

cy’Ibyanditswe byera cyarumvikanaga cyane kandi gifite imbaraga ku buryo<br />

cyakwirengagizwa.<br />

Yari amaze imyaka ibiri yiga Bibiliya, ubwo mu mwaka wa 1818 yageraga ku mwanzuro<br />

ukomeye ko hafi mu myaka makumyabiri n’itanu, Kristo yagombaga kuza gucungura ubwoko<br />

bwe. Miller yaravuze ati: “Ntabwo nshobora kuvuga iby’ibyishimo byuzuye umutima wanjye<br />

kubwo gutekereza icyo nari ntegereje kinejeje, cyangwa ngo mvuge iby’urukumbuzi rwuzuye<br />

ubugingo bwanjye rwo kuzishimana n’abacunguwe. Noneho Bibiliya yari imbereye igitabo<br />

gishya. Yari ibaye aho ubwenge buhagirizwa; ibyahoze ari umwijima, amayobera kuri njye<br />

mu byo Bibiliya yigisha, byari byamaze gutamuruka mu ntekerezo zanjye mbere y’uko<br />

umucyo urabagirana urasa uturuka mu mpapuro zayo zera. Oh, mbega uburyo ukuri<br />

kwarabagiranaga kandi kukambera kwiza! Ibyavuguruzanyanga n’ibitarumvikanaga najyaga<br />

mbona mbere mu ijambo ry’Imana byarashize; kandi n’ubwo hari hakiriho imigabane myinshi<br />

y’iryo jambo nari ntaranyurwa n’ibyo ivuga noneho narasobanukiwe muburyo bwuzuye.<br />

Umucyo mwinshi wari wavuye muri iryo jambo kugira ngo umurikire ubwenge bwanjye<br />

bwari busanzwe mu mwijima, ku buryo numvise nezejwe no kwiga Ibyanditswe ntari narigeze<br />

nibwira ko bishobora gukomoka mu byo Bibiliya yigisha.” 436<br />

“Maze kwemera nta shiti yuko ibizabaho uko bivugwa mu Byanditswe, bigomba gusohora<br />

muri icyo gihe gito, kandi nshingiye ku gihamya cyari cyakoze ku ntekerezo zanjye, nagize<br />

ikibazo kinkomereye cyerekeranye n’inshingano mfite ku batuye iyi si.” 437 Ntiyashoboraga<br />

kwiyambura umutima umwumvisha ko afite inshingano yo kugeza ku bandi umucyo yari<br />

amaze kubona. Yari yiteze guhura n’abamurwanya baturutse mu batubaha Imana, ariko yari<br />

afite ibyiringiro yuko Abakristo bose bazashimishwa n’ibyiringiro byo kubona Umukiza<br />

bavugaga ko bakunda. Ubwoba yari afite gusa bwari uko, muri uko kwishimira cyane<br />

240

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!