Ibintu by'Ukuri

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya… Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
21.04.2023 Views

Ibintu By'Ukuri ngo ugendere ku mafarashi yawe, no ku magare y’agakiza kawe.” “Imisozi yarakubonye, ihinda umushyitsi; amasumo y’amazi arahita; imuhengeri humvikanisha ijwi ryaho, hategera amaboko yaho hejuru. Izuba n’ukwezi bihagarara mu kibanza cyabyo, ku bw’umucyo imyambi yawe yagendanaga, no ku bwo kwaka kw’icumu ryawe rirabagirana.” “Wazanywe no gukiza ubwoko bwawe, kandi no gukiza uwawe wasize.” 356 Igihe Umukiza yari hafi gutandukana n’abigishwa be, yabahumurije mu mibabaro yabo, abasezeranira ko azagaruka agira ati: “Ntimuhagarike imitima yanyu . . . Mu rugo rwa Data harimo amazu menshi. Ngiye kubategurira ahanyu. Kandi ubwo ngiye kubategurira ahanyu, nzagaruka mbajyane iwanjye, ngo aho ndi, namwe muzabeyo.” 357 “Umwana w’umuntu ubwo azazana n’abamarayika bose, afite ubwiza bwe, ni bwo azicara ku ntebe y’ubwiza bwe: amahanga yose azateranirizwa imbere ye. ” 358 Abamarayika bamanutse ku musozi wa Elayono nyuma yo kuzamurwa mu ijuru kwa Kristo, basubiriyemo abigishwa rya sezerano ryo kugaruka kwa Kristo bati: “Yesu, ubakuwemo akazamurwa mu ijuru, azaza atyo, nk’uko mumubonye ajya mu ijuru.”(Ibyakozwe 1:11). Ubwo intumwa Pawulo yavugishwaga na Mwuka w’Imana, yarahamije ati: “Kuko Umwami ubwe azaza, amanutse ava mu ijuru, aranguruye ijwi rirenga, hamwe n’ijwi rya Marayika ukomeye, n’impanda y’Imana nuko abapfiriye muri Kristo ni bo bazabanza kuzuka.” 359 Umuhanuzi wo ku kirwa cya Patimosi aravuga ati: “Dore arazana n’ibicu, kandi amaso yose azamureba. ” 360 Kuza kwe kuzaba kugaragiwe n’ikuzo ry’“ibintu byose bizongera gutunganirizwa, nk’uko Imana yavugiye mu kanwa k’abahanuzi bera bayo bose, uhereye kera kose.” 361 Ubwo ni bwo ingoma y’umubi yamaze igihe kirekire izakurwaho. “Ubwami bw’isi buzaba ubw’Umwami wacu n’ubwa Kristo we, kandi azahora ku ngoma iteka ryose.” 362 “Maze icyubahiro cy’Uwiteka kizahishurwa, kandi abantu bose bazakibonera rimwe, kuko akanwa k’Uwiteka ari ko kabivuze.” “Nk’uko ubutaka bumera umumero, kandi nk’uko umurima umeramo imbuto ziwuhinzwemo, ni ko Umwami Imana izameza gukiranuka n’ishimwe imbere y’amahanga yose.” “Uwo munsi Uwiteka Nyiringabo azabera abantu be barokotse ikamba ry’icyubahiro n’umurimbo.” 363 Ubwo nibwo ingoma y’amahoro kandi yategerejwe igihe kirekire ya Mesiya izashyirwaho mu ijuru. “Uwiteka ahumurije i Siyoni n’imyanya yaho yose yabaye imyirare arayihumurije; ubutayu bwaho abuhinduye nka Edeni, n’ikidaturwa cyaho akigize nka ya ngobyi y’Uwiteka.” “Buzahabwa ubwiza bw’i Lebanoni n’igikundiro cy’i Karumeli n’i Sharoni.” “Ntuzongera kwitwa Intabwa, n’igihugu cyawe ntikizongera kwitwa Umwirare; ahubwo uzitwa Inkundwakazi n’igihugu cyawe kizitwa Uwashyingiwe.” “Kandi nk’uko umukwe anezererwa umugeni, ni ko Uwiteka Imana yawe izakunezererwa. ” 364 Kugaruka kwa Yesu kwakomeje kubera abayoboke be ibyiringiro bihoraho mu bihe byose. Isezerano Umukiza yatanze ubwo yasezeraga ari ku musozi wa Elayono ko azagaruka, ryateye abigishwa kubona neza ahazaza habo, ryuzuza imitima yabo ibyishimo n’ibyiringiro 218

Ibintu By'Ukuri bidashobora gucogozwa n’umubabaro cyangwa ngo ibigeragezo bibikureho. Igihe babaga bari mu mibabaro n’akarengane, isezerano ryo “kugaruka kw’Imana ikomeye n’Umukiza wacu Yesu-Kristo” ni ryo ryababeraga “ibyiringiro by’umugisha.” Igihe Abakristo b’i Tesalonike bari bashenguwe n’agahinda ubwo bahambaga incuti zabo bakundaga kandi zariringiraga ko zizaba zikiriho zikabona Umukiza agarutse, Pawulo wari umwigisha wabo yerekeje intekerezo zabo ku muzuko uzabaho ubwo Umukiza azaba agarutse. Icyo gihe ni bwo abapfira muri Kristo bazazuka maze bazamukane n’abazaba bakiri bazima, bajye gusanganira Umukiza mu kirere. Yarababwiye ati: “Nuko rero tuzabana n’Umwami iteka ryose. Nuko mumaranishe imibabaro kubwirana ayo magambo.” 365 Ubwo yari ku kirwa cy’ibihanamanga cya Patimosi, umwigishwa wakundwaga yumvise iri sezerano ngo: “Dore ndaza vuba,” maze igisubizo cye cyarimo urukumbuzi cyatura isengesho ry’itorero riri mu rugendo ati: “Amen, ngwino Mwami Yesu.” 366 Muri za gereza, ku mambo, no mu mbago, intungane n’abishwe bazira kwizera kwabo bahamirije ukuri, uko imyaka ihita indi igataha, ni ko haturuka amagambo yatura kwizera kwabo n’ibyiringiro bari bafite. “Amaze kwemera bidasubirwaho iby’umuzuko wa Kristo, kandi ko kubw’ibyo na we azazuka ubwo Kristo azaba agarutse, umwe muri abo Bakristo yaravuze ati: “basuzuguraga urupfu, bakagaragara ko barurusha imbaraga.” 367 Bishimiraga kumanuka bajya mu gituro, kuko “bagombaga kuzavamo banesheje.” 368 Bari bategereje “Umukiza ugomba kuva mu ijuru aje mu bicu no mu ikuzo rya Se,” “maze akazanira intungane ingoma izahoraho.” Abawalidense na bo bari bafite uko kwizera. 369 Wycliffe yari ategereje kugaruka kw’Umucunguzi nk’ibyiringiro by’itorero. 370 Luteri yaravuze ati: “Niringira rwose ntashidikanya ko imyaka magana atatu itazuzura umunsi w’urubanza utaragera. Imana ntishaka kandi ntishobora gukomeza kwihanganira iyi si yacumuye.” “Umunsi ukomeye ubwo ingoma y’ibibi izakurwaho uregereje.” 371 Melanchthon yaravuze ati: “Iyi si ishaje iri hafi kugera ku iherezo ryayo.” Kaluvini arararikira Abakristo “kudashidikanya ngo babure kwifuza cyane umunsi wo kugaruka kwa Kristo uzaba ari uw’umunezero uruta iyindi yose yabayeho,” kandi avuga ko, “umuryango wose w’abizera utazabura kubona uwo munsi.” “Tugomba gusonzera kuzabona Kristo, tugomba kumushaka, kumutegereza, kugeza mu museke w’uwo munsi ukomeye, ubwo Umukiza wacu azerekana byuzuye ubwiza bw’ubwami Bwe.” 372 Umugorozi Knox wo muri Sikotilandi na we yaravuze ati: “Mbese Umukiza wacu Yesu— Kristo ntiyajyanye umubiri wacu mu ijuru? Mbese ntazagaruka? Tuzi ko azagaruka kandi ntazatinda.” Ridley na Latimer, bemeye guhara ubuzima bwabo bazira ukuri, bari barategereje kugaruka k’Umukiza bizeye. Ridley yaranditse ati: “Nta gushidikanya isi igeze ku musozo; ibyo ndabyizeye rwose. Nimutyo dufatanye n’umugaragu w’Imana Yohana, maze turangururire mu mitima yacu tubwira Umukiza wacu Yesu Kristo tuti, “ngwino Mwami Yesu!” 373 219

<strong>Ibintu</strong> By'Ukuri<br />

bidashobora gucogozwa n’umubabaro cyangwa ngo ibigeragezo bibikureho. Igihe babaga<br />

bari mu mibabaro n’akarengane, isezerano ryo “kugaruka kw’Imana ikomeye n’Umukiza<br />

wacu Yesu-Kristo” ni ryo ryababeraga “ibyiringiro by’umugisha.” Igihe Abakristo b’i<br />

Tesalonike bari bashenguwe n’agahinda ubwo bahambaga incuti zabo bakundaga kandi<br />

zariringiraga ko zizaba zikiriho zikabona Umukiza agarutse, Pawulo wari umwigisha wabo<br />

yerekeje intekerezo zabo ku muzuko uzabaho ubwo Umukiza azaba agarutse. Icyo gihe ni<br />

bwo abapfira muri Kristo bazazuka maze bazamukane n’abazaba bakiri bazima, bajye<br />

gusanganira Umukiza mu kirere. Yarababwiye ati: “Nuko rero tuzabana n’Umwami iteka<br />

ryose. Nuko mumaranishe imibabaro kubwirana ayo magambo.” 365<br />

Ubwo yari ku kirwa cy’ibihanamanga cya Patimosi, umwigishwa wakundwaga yumvise<br />

iri sezerano ngo: “Dore ndaza vuba,” maze igisubizo cye cyarimo urukumbuzi cyatura<br />

isengesho ry’itorero riri mu rugendo ati: “Amen, ngwino Mwami Yesu.” 366<br />

Muri za gereza, ku mambo, no mu mbago, intungane n’abishwe bazira kwizera kwabo<br />

bahamirije ukuri, uko imyaka ihita indi igataha, ni ko haturuka amagambo yatura kwizera<br />

kwabo n’ibyiringiro bari bafite. “Amaze kwemera bidasubirwaho iby’umuzuko wa Kristo,<br />

kandi ko kubw’ibyo na we azazuka ubwo Kristo azaba agarutse, umwe muri abo Bakristo<br />

yaravuze ati: “basuzuguraga urupfu, bakagaragara ko barurusha imbaraga.” 367<br />

Bishimiraga kumanuka bajya mu gituro, kuko “bagombaga kuzavamo banesheje.” 368<br />

Bari bategereje “Umukiza ugomba kuva mu ijuru aje mu bicu no mu ikuzo rya Se,” “maze<br />

akazanira intungane ingoma izahoraho.” Abawalidense na bo bari bafite uko kwizera. 369<br />

Wycliffe yari ategereje kugaruka kw’Umucunguzi nk’ibyiringiro by’itorero. 370<br />

Luteri yaravuze ati: “Niringira rwose ntashidikanya ko imyaka magana atatu itazuzura<br />

umunsi w’urubanza utaragera. Imana ntishaka kandi ntishobora gukomeza kwihanganira iyi<br />

si yacumuye.” “Umunsi ukomeye ubwo ingoma y’ibibi izakurwaho uregereje.” 371<br />

Melanchthon yaravuze ati: “Iyi si ishaje iri hafi kugera ku iherezo ryayo.” Kaluvini<br />

arararikira Abakristo “kudashidikanya ngo babure kwifuza cyane umunsi wo kugaruka kwa<br />

Kristo uzaba ari uw’umunezero uruta iyindi yose yabayeho,” kandi avuga ko, “umuryango<br />

wose w’abizera utazabura kubona uwo munsi.” “Tugomba gusonzera kuzabona Kristo,<br />

tugomba kumushaka, kumutegereza, kugeza mu museke w’uwo munsi ukomeye, ubwo<br />

Umukiza wacu azerekana byuzuye ubwiza bw’ubwami Bwe.” 372<br />

Umugorozi Knox wo muri Sikotilandi na we yaravuze ati: “Mbese Umukiza wacu Yesu—<br />

Kristo ntiyajyanye umubiri wacu mu ijuru? Mbese ntazagaruka? Tuzi ko azagaruka kandi<br />

ntazatinda.” Ridley na Latimer, bemeye guhara ubuzima bwabo bazira ukuri, bari barategereje<br />

kugaruka k’Umukiza bizeye. Ridley yaranditse ati: “Nta gushidikanya isi igeze ku musozo;<br />

ibyo ndabyizeye rwose. Nimutyo dufatanye n’umugaragu w’Imana Yohana, maze<br />

turangururire mu mitima yacu tubwira Umukiza wacu Yesu Kristo tuti, “ngwino Mwami<br />

Yesu!” 373<br />

219

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!