Ibintu by'Ukuri

Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya… Amayobera y’amateka ntago ari umwijima neza, kuberako ni umupfundikizo utwikiriye igice kimwe cy’irema ry’igikorwa n’imbaraga z’umwuka ndetse n’igikorwa cy’amategeko y’umwuka. Ni ibisanzwe bimenyerewe kuvuga ko amaraso y’abahowimana ari imbuto y’itorero ariko icyo dushaka kubabwira ni uko ibikorwa by’umuntu akora kubera icyemezo cy’umwuka nibyo bibyara imbuto rusange… Nkuko impinduka z’umuco zikomeye hamwe n’impinduramatwara z’amateka aribyo bihitamo amaherezo y’ibihugu cyangwa imyitwarire mu myaka imwe ari igiterane cy’amanota y’ibyemezo by’umwuka…ukwizera n’ubushishozi cyangwa ubuhakanyi n’ubuhumyi , by’abantu. Nta mpuntu watunga agatoki igikorwa gikomeye cy’umwuka gihengamisha umunzani, maze kigatuma gahunda yo hanze mu muryango w’abantu ifata isura nshya…

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
21.04.2023 Views

Ibintu By'Ukuri Ubwo Luteri yabonaga ingaruka ubwaka buteje Ubugorozi, yagize umubabaro mu mutima wikubye kabiri uwo hari hashize igihe kirekere yaragiriye ahitwa Erfurt. Ibikomangoma byari bishyigikiye Papa byavuze ko inyigisho za Luteri ari zo nkomoko y’ubwigomeke kandi benshi bari biteguye kwemera iyo mvugo. Nubwo icyo kirego nta shingiro na rito cyari gifite, ntabwo cyari kubura guteza Luteri umubabaro ukomeye. Kuba umurimo wo kwamamaza ukuri wari gupfobywa muri ubwo buryo bitewe no kuwushyira ku rwego rumwe n’ubwaka, byasaga n’ibirenze ibyo ashobora kwihanganira. Ku rundi ruhande, abari bayoboye uko kwivumbura bangaga Luteri bitewe n’uko atari yararwanyije inyigisho zabo kandi ntiyemera ibyo bavugaga ko babonekewe n’umucyo mvajuru gusa, ahubwo yari yaranavuze ko ari ibyigomeke ku butegetsi bwa Leta. Mu kwihimura bamureze kuba umuntu wiyemera bikabije. Ubwo rero yasaga n’uwihamagariye urwango rw’ibikomangoma na rubanda. Abayoboke b’itorero ry’i Roma bari bishimye, biteze kubona Ubugorozi busenyuka vuba vuba; kandi bakanenga Luteri bamugerekaho n’amakosa yari yaraharaniye cyane gukosora. Agatsiko k’abaka, kubwo kubeshya bavuga ko bahohotewe bikomeye, bashoboye kugira umugabane w’abantu benshi ujya mu ruhande rwabo, kandi nk’uko bikunze kuba ku bantu bishora mu buyobe, bageze ubwo bafatwa nk’abarenganirizwa kwizera kwabo. Bityo ba bandi bakoreshaga imbaraga zose barwanya ubugorozi bagiriwe impuhwe kandi bagashimagizwa nk’abantu bagiriwe nabi kandi bagakandamizwa. Uwo wari umurimo wa Satani, wari utejwe na wa mwuka wo kwigomeka wagaragariye bwa mbere mu ijuru. Satani ahora ashaka kuyobya abantu no kubatera kwita icyaha ubutungane, n’ubutungane bakabwita icyaha. Mbega uburyo umurimo we wageze ku nsinzi! Ni incuro zingahe abagaragu b’Imana b’indahemuka banengwa kandi bakanegurwa bitewe n’uko barwanirira ukuri badatinya! Nyamara abantu bakorera Satani bahabwa icyubahiro kandi bagashimagizwa ndetse bagafatwa ko barengana bazira kwizera kwabo mu gihe abari bakwiriye kubahwa kandi bagashyigikirwa kubera kuba indahemuka ku Mana baba intabwa, bakagirwa abantu bo kwirindwa no kutiringirwa. Ubutungane bw’ubwiganano, no kwihangishaho kwera biracyakora umurimo wabyo wo kuyobya abantu. Byitwikira amashusho atandukanye maze bikagaragaza umwuka nk’uwo mu gihe cya Luteri, bigateshura intekerezo z’abantu zikava ku Byanditswe kandi bigatera abantu gukurikiza irari ryabo n’intekerezo zabo bwite aho kumvira amategeko y’Imana. Ayo ni amwe mu mayere akomeye Satani akoresha kugira ngo agayishe ubutungane n’ukuri. Luteri yarwaniriye ubutumwa bwiza nta bwoba afite maze aburinda ibitero byaturukaga impande zose. Mu makimbirane yose yabayeho, Ijambo ry’Imana ryigaragaje ko ari intwaro ikomeye. Yakoresheje iryo jambo ububasha papa yari yarihaye ndetse n’ibitekerezo byo gukurikiza imitekerereze y’umuntu ku giti cye by’abiyitaga abahanga b’icyo gihe ari na ko yashikamye nk’urutare akarwanya ubwaka bwashakaga kwifatanya n’Ubugorozi. Buri muntu wese muri abo barwanyaga ubugorozi yabaga afite inzira ye yihariye yirengagizagamo Ibyanditswe Byera maze agaha isumbwe ubwenge bwa kimuntu ko ari bwo 136

Ibintu By'Ukuri soko y’ukuri n’ubwenge mu by’iyobokamana. Kwishingikiriza ku mitekerereze ya kimuntu biha ikuzo ubwenge bw’umuntu maze bikabuhindura ingingo nshingirwaho mu myizerere. Gahunda y’imikorere y’itorero ry’i Roma yavugaga ko ubuyobozi bw’ikirenga bw’itorero ryabo bufite inkomoko ku ruhererekane rutigera rusenyuka rwahereye ku ntumwa kandi rutajya ruhinduka mu bihe byose, maze iha icyuho gukabya mu bibi k’uburyo bwose no gusayisha bigatwikizwa ubutungane bw’inshingano yahawe intumwa. Uguhishurirwa Münzer n’abambari be bavugaga ko bagize nta handi kwari kwaraturutse uretse ku buyobe bw’imitekerereze kandi ingaruka zabyo zari izo gukuraho ubutware bwose bwaba ubw’abantu cyangwa ubw’Imana. Ubukristo nyakuri bwakira Ijambo ry’Imana nk’ububiko bukomeye burimo ukuri kwahumetswe kandi rikaba ari ryo gipimo cy’amahishurwa yose. Luteri amaze kuva i Wartbourg, nibwo yarangije umurimo wo gusobanura Isezerano Rishya, maze bidatinze ubutumwa bwiza bugezwa ku baturage b’Ubudage mu rurimi rwabo. Ubwo butumwa bwiza busobanuye mu Kidage bwakiranwe ibyishimo byinshi n’abantu bose bakundaga ukuri, ariko bwasuzuguwe n’abahisemo imigenzo n’amategeko by’abantu. Abapadiri batewe ubwoba n’uko rubanda rwa giseseka noneho ruzabasha kujya rujya impaka nabo ku byerekeye Ijambo ry’Imana, kandi ko muri ubwo buryo ubumenyi bwabo buke buzajya ahagaragara. Intwaro z’imitekerereze yabo ya kimuntu ntizari zifite imbaraga yanesha inkota y’Umwuka. Roma yakoresheje ububasha bwayo bwose kugira ngo ibuze ikwirakwizwa ry’Ibyanditswe; ariko amategeko akaze, gucira abantu ho iteka kubera ko bitandukanyije n’inyigisho z’itorero ry’i Roma ndetse no kwica urw’agashinyaguro byose byabaye imfabusa. Uko Roma yaciragaho iteka Bibiliya kandi ikabuzanya kuyisoma niko abantu barushagaho gushaka kumenya icyo yigisha mu by’ukuri. Abantu bose bashoboraga gusoma bari bashishikariye kwiyigisha Ijambo ry’Imana. Barayigendanaga ahantu hose, bakayisoma, bakayisubiramo incuro nyinshi kandi ntibanyurwe batamaze kugira imirongo imwe bafashe mu mutwe. Luteri abonye ubwuzu abantu bakiranye Isezerano Rishya, yahise atangira gusobanura Isezerano rya Kera maze igice yabaga amaze kurangiza agahita agisohora akacyoherereza abasomyi. Inyandiko za Luteri zakirwaga mu buryo bumwe n’abantu bo mu mijyi kimwe n’abo mu midugudugu mito. “Ibyo Luteri n’incuti ze bandikaga, abandi barabikwirakwizaga. Abapadiri bamaze kubona ko kwigumira mu byo bakorera mu bigo byabo binyuranyije n’amategeko, bifuje kureka ubwo buzima burangwa n’ubunebwe babayemo igihe kirekire bakabusimbuza gukora, ariko kubera ko batari basobanukiwe ku buryo batabashaga kubwiriza Ijambo ry’Imana, bagiye mu ntara zose bagasura imidugudu mito ndetse n’ingo z’aboroheje bakahagurisha ibitabo bya Luteri n’incuti ze. Bidatinze Ubudage bwari bwuzuwe n’abo babwiririshabutumwa ibitabo b’abanyamwete.” 182 Izo nyandiko ziganwe ubwuzu bwinshi cyane n’abakire, abakene, abanyabwenge n’abaswa. Nijoro, mu ijwi riranguruye, abarimu bo ku mashuri yo mu midugudu 137

<strong>Ibintu</strong> By'Ukuri<br />

Ubwo Luteri yabonaga ingaruka ubwaka buteje Ubugorozi, yagize umubabaro mu mutima<br />

wikubye kabiri uwo hari hashize igihe kirekere yaragiriye ahitwa Erfurt. Ibikomangoma byari<br />

bishyigikiye Papa byavuze ko inyigisho za Luteri ari zo nkomoko y’ubwigomeke kandi<br />

benshi bari biteguye kwemera iyo mvugo. Nubwo icyo kirego nta shingiro na rito cyari gifite,<br />

ntabwo cyari kubura guteza Luteri umubabaro ukomeye. Kuba umurimo wo kwamamaza<br />

ukuri wari gupfobywa muri ubwo buryo bitewe no kuwushyira ku rwego rumwe n’ubwaka,<br />

byasaga n’ibirenze ibyo ashobora kwihanganira. Ku rundi ruhande, abari bayoboye uko<br />

kwivumbura bangaga Luteri bitewe n’uko atari yararwanyije inyigisho zabo kandi ntiyemera<br />

ibyo bavugaga ko babonekewe n’umucyo mvajuru gusa, ahubwo yari yaranavuze ko ari<br />

ibyigomeke ku butegetsi bwa Leta. Mu kwihimura bamureze kuba umuntu wiyemera bikabije.<br />

Ubwo rero yasaga n’uwihamagariye urwango rw’ibikomangoma na rubanda.<br />

Abayoboke b’itorero ry’i Roma bari bishimye, biteze kubona Ubugorozi busenyuka vuba<br />

vuba; kandi bakanenga Luteri bamugerekaho n’amakosa yari yaraharaniye cyane gukosora.<br />

Agatsiko k’abaka, kubwo kubeshya bavuga ko bahohotewe bikomeye, bashoboye kugira<br />

umugabane w’abantu benshi ujya mu ruhande rwabo, kandi nk’uko bikunze kuba ku bantu<br />

bishora mu buyobe, bageze ubwo bafatwa nk’abarenganirizwa kwizera kwabo. Bityo ba bandi<br />

bakoreshaga imbaraga zose barwanya ubugorozi bagiriwe impuhwe kandi bagashimagizwa<br />

nk’abantu bagiriwe nabi kandi bagakandamizwa. Uwo wari umurimo wa Satani, wari utejwe<br />

na wa mwuka wo kwigomeka wagaragariye bwa mbere mu ijuru.<br />

Satani ahora ashaka kuyobya abantu no kubatera kwita icyaha ubutungane, n’ubutungane<br />

bakabwita icyaha. Mbega uburyo umurimo we wageze ku nsinzi! Ni incuro zingahe<br />

abagaragu b’Imana b’indahemuka banengwa kandi bakanegurwa bitewe n’uko barwanirira<br />

ukuri badatinya! Nyamara abantu bakorera Satani bahabwa icyubahiro kandi bagashimagizwa<br />

ndetse bagafatwa ko barengana bazira kwizera kwabo mu gihe abari bakwiriye kubahwa<br />

kandi bagashyigikirwa kubera kuba indahemuka ku Mana baba intabwa, bakagirwa abantu bo<br />

kwirindwa no kutiringirwa.<br />

Ubutungane bw’ubwiganano, no kwihangishaho kwera biracyakora umurimo wabyo wo<br />

kuyobya abantu. Byitwikira amashusho atandukanye maze bikagaragaza umwuka nk’uwo mu<br />

gihe cya Luteri, bigateshura intekerezo z’abantu zikava ku Byanditswe kandi bigatera abantu<br />

gukurikiza irari ryabo n’intekerezo zabo bwite aho kumvira amategeko y’Imana. Ayo ni<br />

amwe mu mayere akomeye Satani akoresha kugira ngo agayishe ubutungane n’ukuri.<br />

Luteri yarwaniriye ubutumwa bwiza nta bwoba afite maze aburinda ibitero byaturukaga<br />

impande zose. Mu makimbirane yose yabayeho, Ijambo ry’Imana ryigaragaje ko ari intwaro<br />

ikomeye. Yakoresheje iryo jambo ububasha papa yari yarihaye ndetse n’ibitekerezo byo<br />

gukurikiza imitekerereze y’umuntu ku giti cye by’abiyitaga abahanga b’icyo gihe ari na ko<br />

yashikamye nk’urutare akarwanya ubwaka bwashakaga kwifatanya n’Ubugorozi.<br />

Buri muntu wese muri abo barwanyaga ubugorozi yabaga afite inzira ye yihariye<br />

yirengagizagamo Ibyanditswe Byera maze agaha isumbwe ubwenge bwa kimuntu ko ari bwo<br />

136

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!