15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Umwami n’ibyegera bye baherako bafatanyiriza hamwe kwanga ubutware bwa papa kandi<br />

banga gutanga imisoro yasabaga. Ibyo byashegeshe ubutegetsi bwa Papa mu Bwongereza.<br />

Ikindi kintu kibi Umugorozi Wycliffe yarwanyije igihe kirekire akoresheje imbaraga<br />

nyinshi ni ishyirwaho ry’ibigo by’abapadiri batagira umutungo wabo bwite ahubwo<br />

basabiriza. Abo basabirizi bari benshi mu Bwongereza, kandi bacaga intege ugukomera no<br />

gukungahara by’igihugu. Inganda, uburezi n’umuco mbonera byose byagezweho n’ingaruka<br />

zabyo. Imibereho y’abapadiri yo kutagira icyo bakora no gusabiriza ntabwo yamungaga<br />

umutungo wa rubanda gusa ahubwo yanateye urubyiruko rushoboye gukora kuba<br />

imburamumaro. Urubyiruko rwari rwarataye umuco. Bitewe n’abo bapadiri; benshi mu<br />

rubyiruko bashowe mu kujya kuba mu bigo by’abapadiri kandi bakegurira imibereho yabo<br />

kuba muri ibyo bigo. Ibyo ntibyakorwaga ababyeyi babo batabemereye gusa ahubwo<br />

ntibabaga banabizi ndetse byabaga binanyuranyije n’amabwiriza babahaye. Ubwo umwe mu<br />

bapadiri ba mbere b’itorero ry’i Roma yafataga amabwiriza y’ibigo byabo akayarutisha<br />

urukundo rw’imiryango yabo n’ibyo ibasaba, yabwiye ababizamo ati, “Nubwo so ukubyara<br />

yaryama ku muryango wawe abogoza amarira kandi aganya, ndetse na nyoko akambika ubusa<br />

inda yagutwise n’amabere yakonkeje, uzabatambuke maze ukomeze usange Kristo.”<br />

Kubw’iyi “mvugo ya kinyamaswa” nk’uko Luteri yaje kuyita nyuma, ‘yagaragazaga imico<br />

nk’iy’ikirura n’umunyagitugu w’umubisha kuruta uko yaba iy’umukristo ndetse n’umuntu’,<br />

imitima y’abana yaranangirwaga ikagomera ababyeyi babo. 32 Nk’uko Abafarisayo bo mu<br />

gihe cya kera babigenje, uko ni ko abayobozi b’ubupapa bahinduye ubusa amategeko y’Imana<br />

bakayasimbuza imigenzo yabo. Uko ni ko imiryango yasigayemo ubusa maze ababyeyi<br />

bamburwa abahungu n’abakobwa babo.<br />

N’abanyeshuri bo muri za kaminuza bashukwaga n’ibitekerezo bibi by’abapadiri kandi<br />

bakagwa mu mutego wo kwemera ibyo babategekaga. Byaratindaga benshi muri bo bakagera<br />

ubwo bicuza iyo ntambwe bateye, bamaze kubona ko ibyo barimo byangije ubuzima bwabo<br />

kandi bikaba byarababaje ababyeyi babo. Nyamara uwabaga yaramaze gufatwa mu mutego,<br />

ntibyashobokaga ko bawuvamo ngo basubire mu mudendezo. Kubwo gutinya ibikorwa<br />

by’abo bapadiri, ababyeyi benshi banze kohereza abana babo ngo bajye kwiga muri za<br />

kaminuza. Habayeho kugabanyuka gukomeye k’umubare w’abanyeshuri bajyaga mu bigo<br />

by’amashuri bikomeye. Amashuri yabuze abayigamo maze ubujiji buba gikwira.<br />

Papa yari yarahaye abo bapadiri ubushobozi bwo kwakira abantu bicuza ibyaha no kubaha<br />

imbabazi. Ibyo byabaye isoko y’ibibi bikomeye. Kubera kurangamira kugwiza indamu zabo,<br />

bahoraga biteguye gutanga imbabazi z’ibyaha ku buryo abicanyi b’uburyo bwose<br />

babasangaga, bityo ingaruka yaje kuba iy’uko ubugizi bwa nabi bukabije bwiyongereye vuba<br />

vuba. Abakene n’abarwayi bari barabaye intabwa mu gihe impano zari zikwiriye gukemura<br />

ubukene bwabo zashyirwaga abapadiri bakaga abantu ibyo kubafasha babakangisha, ko<br />

abatazazitanga batazafatwa nk’abantu batunganye. Nubwo bavugaga ko ari abakene,<br />

ubukungu bw’abo bapadiri bwarushagaho kugwira kandi inyubako zabo z’ibitangarirwa,<br />

n’ibyokurya bya gikungu ku meza yabo byarushagaho guhamya ubukene bwiyongera mu<br />

54

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!