15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Muri uwo Murwa w’Imana “nta joro rizabayo.” Nta n’uzakenera kuruhuka. Ntawe<br />

uzananizwa no gukora ibyo Imana ishaka cyangwa ngo acogozwe no kuramya izina ryayo.<br />

Tuzahorana amahumbezi y’igitondo gihoraho. “Ntibazongera gukenera urumuri rw’itara<br />

cyangwa urw’izuba, kuko Nyagasani Imana azababera urumuri maze bime ingoma iteka<br />

ryose.” 752 Umucyo w’izuba uzasimburwa no kurabagirana kw’ubwiza kutabasha kubabaza<br />

amaso nk’ibikezikezi by’izuba risanzwe, nyamara umucyo w’uko kurabagirana ukubye<br />

incuro nyinshi uw’izuba risanzwe mu gihe cya ku manywa. Ubwiza bw’Imana<br />

n’ubw’Umwana w’Intama bwuzuza imyambi y’umucyo utagabanuka muri urwo rurembo<br />

rwera. Abacunguwe bazagendagenda buri munsi mu mucyo w’ubwiza utagira icyokere<br />

cy’izuba.<br />

“Icyakora sinabonye urusengero muri urwo rurembo, kuko Umwami Imana<br />

Ishoborabyose n’Umwana w’intama aribo rusengero rwaho.” 753 Abantu b’Imana bafite<br />

amahirwe yo kugirana umushyikirano weruye n’Imana Data hamwe n’Umwana wayo.<br />

“Icyakora none ubu turebera mu ndorerwamo ibirorirori.” 754 Tubonera mu bikezikezi<br />

ishusho y’Imana nko mu ndorerwamo mu byaremwe no mu by’Imana ikorera abantu; ariko<br />

icyo gihe tuzarebana mu maso duhanganye, ari nta nyegamo hagati yacu. Tuzahagarara<br />

imbere ye twitegereze ubwiza bwo mu maso ye.<br />

Icyo gihe abacunguwe bazamenya nk’uko nabo bamenywe. Urukundo n’impuhwe Imana<br />

ubwayo yateye mu mitima y’abantu ruzaba rubonye igihe gikwiriye kandi cyiza cyo<br />

gukoreshwa. Kugirana umushyikirano utaziguye n’ibiremwa byera, uguhuriza hamwe<br />

imibereho rusange n’abamarayika bahiriwe hamwe n’abakiranukiye Imana mu myaka yose<br />

bameshe amakanzu yabo, bakayejesha amaraso y’umwana w’intama, ipfundo ryera<br />

rifatanyiriza hamwe “umuryango wose wo mu ijuru n’uwo mu isi.”<br />

Aho mu isi nshya, abacunguwe mu bwenge bwabo butajijwa bazanezererwa ibitangaza<br />

by’imbaraga yo kurema n’amabanga y’urukundo rw’Umucunguzi. Nta mugizi wa nabi uzaba<br />

ahari, nta mwanzi wo kwoshya abantu kwibagirwa Imana. Ubwenge n’impano zose<br />

bizakomeza gukura. Ubumenyi bushya buzajya bwungukwa ntibuzananiza imitima yacu<br />

kandi ntibuzacogoza imbaraga zacu. Umugambi mwiza watekerejwe uzagerwaho, kandi<br />

icyifuzo cyatangiwe kizashimisha abantu, n’icy’umuntu yifuje kugeraho kizashoboka. Ariko<br />

bazahora batera intambwe zo kuzamuka mu rwego rw’ubumenyi, bazahora bunguka ibishya<br />

byo kubatangaza, ukuri gushya bazaba bagomba kumenya, kandi imbaraga z’ubwenge,<br />

umutima, n’umubiri, bizahora bivugururwa.<br />

Ubutunzi bwose bwo mu ijuru n’ubwo mu isi buzagaragazwa bube ibyigisho<br />

by’abacunguwe. Bazajya bagurukisha amababa nk’ibisiga bajye gusura ayandi masi,<br />

yahindishijwe umushyitsi no kumva amahano yagwiriye isi yacu, maze bahanike indirimbo<br />

y’umunezero w’ubutumwa bwacunguye abo bantu. Mu byishimo bitavugwa, abana b’iyo si,<br />

binjire mu munezero bafite ubwenge nk’ubw’ibiremwa bitakoze icyaha. Bazafatanyiriza<br />

hamwe ubutunzi bw’ubwenge no kumenya by’ibihe byose, bitegereza umurimo Imana<br />

486

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!