15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

nabo buzura umwuka wo kwanga Imana babitewe na Satani; ariko bareba amaherezo yabo<br />

bagacika intege, bagasanga ko ari iby’ubusa kongera gushotora Yehova. Noneho uburakari<br />

bwabo bugaruka kuri Satani n’abafatanyije nawe kubayobya, barabahinduka bafite umwuka<br />

nk’uw’abadayimoni.<br />

Uwiteka aravuga ati: “Kuko wagereranyije umutima wawe n’umutima w’Imana ni cyo<br />

gituma ngiye kuguteza inzaduka z’abanyamahanga bateye ubwoba, na bo bazakuhira inkota<br />

zabo zikumareho ubwiza bw’ubwenge bwawe, banduze no kubengerana kwawe.<br />

Bazakumanura bakurohe mu rwobo”. “Nzakurimbura wa mukerubi utwikira we, ngukure<br />

hagati y’amabuye yaka umuriro. Nakujugunye hasi ngutangariza imbere y’abami kugira ngo<br />

bakwitegereze. Nzaguhindura ivu imbere y’abakureba bose, abakuzi bose bazagutangarire<br />

kandi ntabwo uzongera kubaho ukundi. “Ibyuma abafite intwaro bari bifurebye mu ntambara<br />

byose n’imyenda igaraguwe mu maraso, bizaba ibyo gutwikwa bibe nk’inkwi zo mu muriro.”<br />

“Kuko Uwiteka arakariye amahanga yose, akaba afitiye ingabo zayo zose umujinya,<br />

yarabarimbuye rwose arabatanga ngo bapfe.” “Azavubira abanyabyaha ibigoyi, umuriro<br />

n’amazuku n’umuyaga wotsa, bizaba umugabane wabo bawunywere mu gikombe. “Umuriro<br />

uzava mu ijuru ku Mana. Isi izaturagurika. <strong>Ibiri</strong>mi by’umuriro ukongora bikwire impande<br />

zose. Ibitare byose biragurumana. Umunsi urasohoye uzaba utwika nk’itanura rigurumana<br />

umuriro. Ibyo byose biremeshwa bizashongeshwa no gushya cyane, isi n’ibiyikorerwamo<br />

bizashirira. Isi yose izaba isa n’inyanja y’ubutare buvanze n’umuriro. Kizaba ari igihe cyo<br />

guca urubanza no kurimbura inkozi z’ibibi, “umunsi wo guhora k’Uwiteka, n’umwaka wo<br />

kubitura inabi bagiriye i Siyoni. ” 736<br />

Abanyabyaha bazaherwa ingororano zabo ku isi. 737 “Bazaba ibishingwe: kandi umunsi<br />

ugiye kuza uzabakongora. Niko Uwiteka Nyiringabo avuga.” 738 Bamwe bazarimbuka mu<br />

gihe runaka, naho abandi bamare iminsi myinshi bababazwa. Bose bazahanwa “hakurikijwe<br />

ibyo bakoze. “Ibyaha by’abakiranutsi byageretswe kuri nyirabyo Satani, ni cyo gituma<br />

atazababarizwa ubugome bwe gusa, ahubwo azababarizwa n’ibyaha byose yakoresheje<br />

abantu b’Imana. Igihano cye kizaba kiremereye cyane kurenza kure igihano cy’abo yoheje<br />

gukora ibyaha. Nyuma y’uko abo yoheje bose bazaba bamaze gushiraho, Satani azakomeza<br />

kubaho asigare wenyine ababarizwa ibyaha byose yokoje isi. Mu muriro wo kweza,<br />

abanyabyaha nibo bazarimburwa ubuheruka, umuzi n’ishami - Satani niwe muzi, naho<br />

abayoboke be ni amashami. Igihano cy’abishe amategeko y’Imana kizaba kimaze gutangwa;<br />

ibisabwa mu butabera bizaba byashohojwe, kandi ijuru n’isi bibireba bizatangaza<br />

ugukiranuka kwa Yehova.<br />

Ibikorwa bya Satani byo kurimbura bizaba birangiye ubutazongera kubaho ukundi. Mu<br />

gihe cy’imyaka ibihumbi bitandatu, Satani yashohoje ibyo yifuzaga byose, isi yose<br />

ayuzuzamo amahano atera ijuru n’isi agahinda. Ibyaremwe byose byakomeje kuniha no<br />

kugendana umubabaro. None byose bibatuwe by’iteka ryose mu bishuko no mu bigeragezo<br />

bye. “Isi yose ihawe ihumure, iratuje: baraturagara bararirimba. Ijwi ry’abantu benshi risa<br />

483

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!