15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

yari yashyize kuri Yehova ngo amurwanye biba ari we bigaruka ku mutwe uko byakabaye.<br />

Noneho Satani arapfukama kandi yemera ko urubanza yaciriwe rutabera.<br />

“Mwami ni nde utazakubaha cyangwa ngo ye guhimbaza izina ryawe ko ari wowe<br />

wenyine wera? Amahanga yose azaza akwikubite imbere akuramye, kuko imirimo yawe yo<br />

gukiranuka igaragajwe. ” 733 Ikibazo cyose cy’ukuri n’ibinyoma muri iyo ntambara<br />

cyashyizwe ahagaragara. Ingaruka z’ubugome, imbuto zo kwirengagiza amabwiriza y’ijuru,<br />

byagaragarijwe abaremwe bose. Ibikorwa bya Satani n’amategeko ye arwanya ubutegetsi<br />

bw’Imana byagaragarijwe abaturage b’isi n’abo mu ijuru. Ibyo Satani yakoze biramugarutse,<br />

bimuciraho iteka. Ubwenge, ubutabera no kugira neza by’Imana bizahoraho iteka ryose.<br />

Birumvikana ko muri iyo ntambara ikomeye, ibyo Imana yashatse byose bigezweho hamwe<br />

n’ukubaho neza kw’ubwoko bwayo no kugubwa neza kw’amasi yose Imana yaremye.<br />

“Uhoraho, ibyo waremye byose nibigushimire, indahemuka zawe zigusingize.” 734 Amateka<br />

y’icyaha azahora yerekana ko gukomeza amategeko y’Imana kudatandukana n’umunezero<br />

w’ibyo yaremye byose. Ibyabaye mu gihe cyose cy’intambara ikomeye byongeye<br />

kugaragarizwa isi n’ijuru, ari abakiranutsi n’ibyigomeke, baterere hejuru icyarimwe bati: ”<br />

Mugabe w’amahanga inzira zawe ni izo gukiranuka n’ukuri. ”<br />

Mbere hose, isi yose yari yareretswe igitambo gihebuje Imana Data n’Umwana batambiye<br />

abantu. Igihe cyari kigeze kugira ngo Kristo ajye mu mwanya we w’icyubahiro wamugenewe,<br />

kandi ashyirwe hejuru asumbe ibinyabubasha byose n’ubutware bwose n’izina ryose<br />

ryabayeho. Kubwo ibyishimo byamushyizwe imbere byo kugeza abantu be mu cyubahiro,<br />

yihanganiye umusaraba ntiyita ku isoni zawo. Umubabaro we no gukozwa isoni birenze<br />

ibitekerezo byose, ariko ikinejeje kurutaho ni uko ibyo byasimbuwe n’ibyishimo<br />

n’icyubahiro. Yitegereza abacunguwe bari bamaze kugarurirwa ishusho ye bari baranyazwe,<br />

umuntu wese muri bo yambitswe ubwiza bugaragaza ishusho y’abaturajuru, mu maso ha buri<br />

wese harabagirana ishusho y’Umwami we. Abona kuri bo imbuto z’umurimo we, abibonye<br />

atyo aranyurwa. Nuko mu ijwi rikomeye ryumvikanye mu matwi y’abacunguwe<br />

n’abanyabyaha aratangaza ati: “Aba ni ikiguzi cy’amaraso yanjye! Aba nibo nababarijwe, aba<br />

ni bo napfiriye kugira ngo bazahore imbere yanjye uko ibihe bihaye ibindi.” Maze abambaye<br />

amakazu yera bazengurutse intebe ya Cyami, bahanika indirimbo yo gushima bagira bati:<br />

“Umwana w’intama watambwe ni We ukwiriye ubutware n’ubutunzi, ubwenge n’imbaraga<br />

no guhimbazwa n’icyubahiro n’ishimwe!’‘ 735<br />

Nubwo Satani yabonye ko ari ngombwa kwemera ubutabera bw’Imana n’isumbwe rya<br />

Kristo no kwemera kumupfukamira, nyamara imico ye ntiyahindutse. <strong>Umwuka</strong> w’ubugome,<br />

umeze nk’umugezi uhurura cyane, wongera kwigaragaza. Azabiranyijwe n’uburakari, Satani<br />

ntiyabasha kwemera ko atsinzwe mu ntambara ikomeye. Igihe cyari kigeze cyo gushoza<br />

urugamba ruheruka no kugaba ibitero k’Umwami w’ijuru. Yiroha mu ngabo ze hagati :<br />

abaroha mo umwuka w’uburakari bwe, abahwiturira guhita bashoza intambara ako kanya.<br />

Ariko mu ngabo miliyoni nyinshi z’abanyabibi, abo yari yarinjijemo umwuka w’ubugome,<br />

nta n’umwe wari ucyemera ikuzo rye. Ububasha bwe bwari bugeze ku iherezo. Abanyabyaha<br />

482

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!