15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Igice Cya 42 – Indunduro Y’Intambara<br />

Ku iherezo ry’imyaka igihumbi, Kristo yongera kugaruka Ku isi. Aza aherekejwe<br />

n’ibihumbi byinshi by’abacunguwe kandi bashagawe n’ingabo z’abamarayika. Akimanuka<br />

mu cyubahiro n’igitinyiro, ahamagarira abanyabyaha kuzuka kugira ngo bacirweho iteka.<br />

Bava mu bituro, ari iteraniro rinini, ringana n’umusenyi wo ku nyanja. Mbega itandukaniro<br />

hagati yabo n’abazutse ku muzuko wa mbere! Abakiranutsi bazutse bambaye ishusho yo<br />

kudapfa kandi y’ubwiza n’imbaraga za gisore. Abanyabyaha bo bazukana ibimenyetso<br />

by’indwara n’urupfu.<br />

Muri iryo teraniro ry’abantu batabarika, ijisho ryose rizarangamira ikuzo ry’Umwana<br />

w’Imana. Abanyabyaha bahuriza hamwe bati: “Hahirwa uje mu izina ry’Uwiteka!” Aya<br />

magambo ntibayavugishijwe no gukunda Yesu. Imbaraga yo guhamya ukuri niyo yahatiye<br />

iminwa yabo kuvuga ibyo badashaka. Nk’uko abanyabyaha bamanuwe mu bituro byabo, niko<br />

babisohotsemo bacyanga Yesu kandi bagifite wa mwuka w’ubugome. Ntabwo bari bakeneye<br />

ikindi gihe cy’imbabazi cyo gutunganya imibereho yabo yo mu gihe cyashize. N’undi<br />

mwanya wo kwihana bahabwa waba ari imfabusa. Igihe bamaze bagomera Imana nticyateye<br />

imitima yabo koroha ngo ihinduke mishya. Igihe cy’imbabazi bakongera guhabwa<br />

bagikoresha nk’icya mbere barwanya amategeko y’Imana no kubyutsa imvururu boshya<br />

abandi kuyigomera.<br />

Kristo amanukira ku musozi wa Elayono, aho yazamukiye ajya mu ijuru ubwo yari amaze<br />

kuzuka, igihe abamarayika basubiraga mu isezerano ryo kugaruka kwe. Umuhanuzi ati:<br />

“Uwiteka Imana yanjye izazana n’abera bose. “Uwo munsi azashinga ibirenge bye ku musozi<br />

wa Elayono werekeye iburasirazuba bwa Yerusalemu. Uwo musozi wa Elayono<br />

uzasadukamo kabiri, maze ucikemo igikombe kinini cyane. Kandi Uwiteka azaba Umwami<br />

w’isi yose. Uwo munsi Uwiteka azaba umwe n’izina rye rizaba rimwe.” 727 Ubwo<br />

Yerusalemu Nshya, izamanuka mu ijuru, ifite ubwiza burabagirana, ishyirwe ahantu<br />

hatunganyijwe kandi hategururiwe kuyakira, maze Kristo n’ubwoko bwe n’abamarayika<br />

binjire mu Murwa Wera.<br />

Ubwo nibwo Satani azitegura kurwana urugamba rukomeye kandi ruheruka agira ngo<br />

afate ubutegetsi. Nubwo yambuwe imbaraga yahoranye, agatandukanywa n’umurimo we<br />

w’ubushukanyi, umutware w’ibibi byose yari asigaye ari yihebye kandi anyinyiriwe; ariko<br />

abonye akikijwe n’ingabo zitabarika z’abanyabyaha bazutse, yongera kugira ibyiringiro,<br />

agambirira kutavirira iyo ntambara ikomeye. Azajya imbere y’izo ngabo zose z’abazimiye<br />

zigendere munsi y’ibendera rye maze abone uko asohoza umugambi we. Abanyabyaha bose<br />

ni imbohe ze. Mu kwanga Kristo bahisemo kuyoboka uwamugomeye, ariwe muyobozi<br />

w’abagome. Bari biteguye kumvira inama zose kandi bakagendera ku mategeko ye yose.<br />

Ariko kuko yari agikoresha ubucakura bwe bwa kera, ntiyigeze yemera ko ari we Satani.<br />

Yababwiye ko ari we gikomangoma kigenewe kuragwa isi, none akaba yarahugujwe umurage<br />

wari uwe. Agaragariza izo ngabo yayobeje ko ari umucunguzi wabo, abemeza ko yakoresheje<br />

476

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!