15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

bagirira nabi abakomeza amategeko y’Imana, bazaba bumiwe, bihebye kandi bahinda<br />

umushyitsi kubera ubwoba. Imiborogo yabo izumvikana cyane kurenza amajwi yo guhinda<br />

kw’inkuba. Abadayimoni bazemera Ubumana bwa Kristo maze bahindire umushyitsi imbere<br />

y’ububasha bwe bukomeye, mu gihe abantu banze ukuri bazaba basaba imbabazi bigaragura<br />

mu mukungugu bafite ubwoba.<br />

Abahanuzi ba kera ubwo baboneraga umunsi w’Umwami mu iyerekwa baravuze bati:<br />

“Nimucure umuborogo kuko umunsi w’Uhoraho wegereje. Uzaza umeze nka kirimbuzi<br />

uturutse kuri Nyiringabo.” 6 “Nimwinjire mu masenga yo mu bitare, nimwihishe mu myobo,<br />

nimuhunge umujinya w’Uhoraho, nimuhunge ububasha bwe n’ikuzo rye.<br />

Umunyagasuzuguro wese azakozwa isoni, abirasi bazacishwa bugufi, uwo munsi ikuzo<br />

rizahabwa Uhoraho wenyine. Uhoraho Nyiringabo yashyizeho umunsi, yashyizeho umunsi<br />

wo gucira imanza abirasi n’abibone, abishyira hejuru bazacishwa bugufi.’‘ ‘’Uwo munsi<br />

ibigirwamana by’ifeza n’izahabu bakoreye kuramya bazabijugunyira imbeba n’ubucurama.<br />

Bazihisha mu masenga yo mu bitare bahunga uburakari bw’Uhoraho, n’ububasha n’ikuzo bye<br />

ubwo azaba aje guhindisha isi umushyitsi.<br />

Mu cyezi cy’ibyo bicu, hari inyenyeri ifite umucyo wakomezaga kwiyongera incuro enye<br />

ugereranyije n’umwijima uyizengurutse. Yasobanuraga ibyiringiro n’umunezero ku<br />

ndahemuka, ariko igasobanura umujinya n’uburakari ku bagomera amategeko y’Imana.<br />

Abahaze ibyabo bose kubwa Kristo bararinzwe, bahishwe nk’uko amabanga y’Imana<br />

ashyinguwe ahatavogerwa. Barageragejwe, kandi imbere y’ab’isi n’imbere y’abakerensa<br />

ukuri, bagaragara ko ari indahemuka ku wabapfiriye. Uguhinduka gutangaje kwabaye mu<br />

mibereho y’abo bantu bakomeje kugundira ubunyangamugayo bwabo igihe bari biteguye<br />

gupfa. Ako kanya bazatabarwa bakurwe mu mwijima w’ikandamiza riteye ubwoba rikorwa<br />

n’abantu bahindutse abadayimoni. Mu maso habo hahoze hasuherewe, bihebye, batentebutse,<br />

icyo gihe hazaba hakeye kubera umunezero, kwizera n’urukundo. Amajwi yabo ahanika mu<br />

ndirimbo yo kunesha bagira bati: ” Imana niyo buhungiro bwacu ni yo itwongerera imbaraga,<br />

ni umutabazi uduhora hafi ngo atuvane mu makuba. Nicyo gituma tutagira icyo dutinya,<br />

nubwo isi yatigiswa n’imitingito, nubwo imisozi yose yakwiroha mu nyanja, nubwo inyanja<br />

yakwibirindura igahorera, nubwo imihengeri yayo yatigisa imisozi.” 8<br />

Muri icyo gihe aya magambo yo kwiringira kandi atunganye rwose azazamuka imbere<br />

y’Imana, ibicu byeyuke, maze haboneke ijuru ritatse inyenyeri n’ikuzo ritarondoreka<br />

bihabanye cyane n’umwijima w’icuraburindi wari ku rundi ruhande. Ikuzo ry’ Umurwa<br />

mukuru w’ijuru ryigaragarizaga mu marembo yawo. Mu isanzure ry’ijuru haboneka ikiganza<br />

gifashe ibisate bibiri by’amabuye bigerekeranye. Umuhanuzi abivuga atya ati: “Abo mu ijuru<br />

bahamya ubutungane bw’Imana bati,’‘Koko Imana ni umucamanza utabera.” 9 Ayo<br />

mategeko azira inenge, agaragaza gukiranuka kw’Imana, yatangarijwe ku musozi Sinayi mu<br />

rusaku rw’inkuba no mu birimi by’umuriro, kugira ngo abe umuyobozi w’imibereho, muri iki<br />

gihe yahishuriwe abantu nk’itegeko rica urubanza. Ikiganza gifungura bya bisate<br />

by’amabuye, haboneka amabwiriza yose ari mu mategeko cumi y’Imana yandikishijwe<br />

460

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!