15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

cyangwa kwicwa urubozo. Nyamara Nyirubutungane waciye inzira mu nyanja itukura mu<br />

maso y’Abisirayeli, azagaragaza imbaraga ze zikomeye abakure mu bubata. ” Uhoraho<br />

Nyiringabo aravuga ati, ‘’Bazaba abanjye bwite ku munsi ntegura. Nzabagirira impuhwe<br />

nk’uko umubyeyi azigirira umwana we umukorera.’‘ 28 Niba amaraso y’abizera Kristo<br />

yaramenetse muri icyo gihe, ntiyaba ahwanye n’ay’abahowe Kristo, kuko iyo yamenwaga<br />

yabaga ari imbuto itewe izazanira Imana umusaruro w’abandi bizera. Ubudahemuka bwabo<br />

ntibwabera abandi ubuhamya bwo kwemera ukuri; kuko imitima yabo izaba yinangiye<br />

yaranze imbabazi, kugeza ubwo batakibasha kwisubiraho. Iyaba intunganye zahanwaga mu<br />

maboko y’abanzi babo, umutware w’umwijima yaba atsinze. Umunyazaburi yaravuze ati:<br />

“Kuko ku munsi w’amakuba azandindisha kumpisha mu ihema rye, mu bwihisho bwo mu<br />

ihema rye nimwo azampisha.’‘ 29 Kristo yaravuze ati: “Bantu banjye nimujye, mu mazu<br />

yanyu, mufunge imiryango, nimufunge imiryango mube mwihishemo igihe gito, kugeza igihe<br />

uburakari bw’Uhoraho burangiriye. Dore Uhoraho asohotse iwe, aje guhana abatuye isi<br />

kubera ibicumuro byabo. Isi izagaragaza amaraso yayimenweho, ntizongera gutwikira<br />

imirambo y’abishwe.’‘ 30 Gutabarwa kw’abazaba barategereje bihanganye kugaruka<br />

kw’Umukiza, kandi amazina yabo yanditswe mu gitabo cy’ubugingo bizaba ari agahozo.<br />

457

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!