Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri ishyano! Dore Satani abamanukiye aje arakaye cyane, kuko azi ko igihe cye gisigaye ari gito.’‘ 11 Ibyatumye habaho uguhamagara kw’iryo jwi ryo mu ijuru biteye ubwoba ! Uko ibihe bikomeza guhita niko umujinya wa Satani urushaho kwiyongera, kandi mu gihe cy’amakuba nibwo umurimo we w’ubuhendanyi n’uburimbuzi bwe uzaba ugeze ku ndunduro. Bidatinze mu birere by’ijuru hazaduka ibimenyetso bidasanzwe, bigaragaza imbaraga z’abadayimoni zikora ibitangaza. Imyuka mibi y’abadayimoni izakwira hose mu bami bo mu isi no mu batuye isi, kugira ngo zibashuke kandi zibakururire gufatanya na Satani mu ntambara ye iheruka yo kurwanya Leta y’ijuru. Kubwo iyo imyuka mibi, abategetsi n’abategekwa bazagwa muri ibyo bishuko. Abantu bazahaguruka ubwabo biyite Kristo, basabe ikuzo no gusengwa bigenewe Umucunguzi w’isi. Bazakora ibitangaza n’ibimenyetso bikomeye byo gukiza abarwayi kandi bavuge ko bahawe ihishurirwa rivuye mu Ijuru rihabanye n’ibyo Ibyanditswe bihamya. Igikorwa gihebuje ibindi mu bushukanyi bukomeye ni uko Satani ubwe azihindura nka Kristo. Mu gihe kirekire Itorero ryakomeje kwiringira ko Kristo azagaruka akaba amizero yaryo. Muri icyo gihe cyo gutegereza nibwo Umushukanyi ukomeye aziyerekana ko ariwe Kristo ugarutse. Mu mpande zose z’isi, Satani aziyereka abantu nk’umutware ukomeye ufite mu maso harabagirana, azihindura nk’Umwana w’Imana nk’uko Yohana yeretswe mu Byahishuwe. Ubwiza buzaba bumutamirije buzaba burengeje ibyiza byose amaso y’umuntu yigeze kubona. Ijwi ry’insinzi rizirangirira mu birere by’ijuru rivuga cyane riti: “Kristo araje, Kristo araje!” Abantu bose bazapfukamira icyarimwe kumuramya, maze nawe arambure ukuboko kwe avuge ko abahaye umugisha, nk’igihe Kristo yahaga abigishwa be umugisha ubwo yari akiri ku isi. Ijwi rye rizaba rituje kandi ryicishije bugufi, rinogeye amatwi. Azavugana ijwi ry’impuhwe n’imbabazi yerekane ibikorwa by’ubugiraneza n’ukuri mvajuru mu byo Umukiza yavuzwe; akize abantu indwara, kandi namara kwiyambika imico ya Kristo, azaherako atangaze ko Isabato yayihinduye akayishyira ku munsi wa mbere w’icyumweru (Dimanche), maze ategeke abantu bose kuruhuka ku munsi yihereye umugisha. Azatangaza ko abagikomeje kweza umunsi wa karindwi w’icyumweru batuka izina rya Kristo, igihe banga gutegera amatwi umucyo n’ukuri batumweho n’abamarayika be. Ubwo nibwo bushukanyi buhebuje ubundi bwose. Nk’uko abasamariya bayobejwe na Simoni Magusi, abantu benshi, uhereye ku boroheje ukageza ku bakomeye barangamira ubupfumu bwe bavuga bati: “Iyi ni imbaraga ikomeye y’Imana. “ 12 Nyamara abantu b’Imana bo ntibazayobywa na byo. Inyigisho z’uwo wiyita Kristo, ntizizahuza n’izo mu Byanditswe Byera. Imigisha Satani azatanga izakirwa n’abasenga inyamaswa n’igishushanyo cyayo, ariryo tsinda Bibiliya ivugaho ko rizasukwaho umujinya ukaze w’Imana. Ikindi kandi, Satani nta burenganzira afite bwo kwigana uburyo Kristo azagarukamo ku isi. Umukiza yaburiye abamwizera ko bakwiriye kwirinda icyo gishuko kandi ababwira hakiri 450

Umwuka W'Imijyi Ibiri kare uko kuza kwe kwa kabiri kuzaba kumeze. “Hazaduka abiyita kristo n’abahanuzi b’ibinyoma, bakorera ibimenyetso n’ibitangaza byinshi kugira ngo nibibashobokera bayobye n’abatoranyijwe.... “Kandi nibababwira ko Kristo ari mu butayu; ntimuzajye yo, nibabwira bati dore Kristo ari hano mu cyumba cya wenyine, ntimuzabyemere! Kuko nk’uko umurabyo urabiriza aho izuba rirasira, ukabonekera aho rirengera, niko no kuza k’Umwana w’umuntu kuzaba kumeze.” 13 Uko gutunguka ntawabasha kukwigana ngo abishobore. Kuzamenywa n’isi yose, kandi kuzabonwa n’abatuye isi bose. Abazaba barabaye abigishwa b’Ibyanditswe gusa Byera batajenjetse kandi bakakira urukundo rw’ukuri rw’Imana, bazarokoka icyo gishuko gikomeye kizigarurira isi yose. Ibihamya byo muri Bibiliya gusa nibyo bizashobora guhishura amayeri y’umushukanyi. Igihe cy’ibigeragezo kizagera ku bantu bose. Mu gihe cy’ishungura niho abakristo nyakuri bazagaragara. Mbese aho abantu b’Imana bashinze imizi batajegajega mu Ijambo ryayo kugira ngo batazagendera ku ntekerezo zabo bwite? Mbese muri icyo gihe gikomeye bazitabaza Bibiliya yonyine? Satani azakora uko ashoboye kose kugira ngo ababuze kwitegura kuzahagarara bashikamye kuri uwo munsi. Azabambira inzira zabo, abuzuzemo irari ryo gushaka ubutunzi bw’isi, abikoreze imitwaro iremereye, kugira ngo imitima yabo yuzurwe n’amaganya yo muri ubu buzima, maze umunsi wo kugeragezwa uzabatungure nk’umujura. Ubwo iteka ryashyizweho n’abategetsi banyuranye bo mu bihugu bya Gikristo ngo rirwanye abakomeza amategeko y’Imana, rizatuma Leta z’ibihugu byabo zitakibarengera, maze bagahanwa mu maboko y’abifuza kubarimbura, ubwoko bw’Imana buzahunga buve mu mijyi minini no mu midugudu, maze bihurize hamwe bajye kwibera mu butayu n’ahantu bari bonyine. Abenshi bazabona ubuhungiro mu ubuvumo yo mu mpinga z’imisozi. Nk’uko byabaye ku bakristo b’Abavoduwa, impinga z’imisozi miremire nizo bazahindura insengero, maze bashimire Imana ubuvumo bw’ibitare yabashakiye. Ariko abantu bo mu mahanga yose n’inzego zose, abakomeye n’aboroheje, abakire n’abakene, abirabura n’abera, bazashyirwa mu bucakara bubabaje kandi butababarira. Abatoni b’Imana bazanyura mu bihe bikomeye, baboheshwe iminyururu, bafungirwe muri gereza zubakishijwe ibyuma, bacirwe urwo gupfa, abandi bazaba bari hafi yo gupfa bishwe n’inzara n’inyota aho mu tuzu dufunganye kandi ducuze umwijima kandi turimo umwanda. Nta gutwi k’umuntu kuzaba gushaka kumva iminiho yabo; nta kuboko k’umwana w’umuntu kuzaba kwiteguye kubafasha. Mbese muri iyi saha y’ibigeragezo Uwiteka azibagirwa ubwoko bwe? Mbese yigeze yibagirwa Nowa wakiranukaga igihe abantu ba mbere y’umwuzure bacirwagaho iteka? Mbese yigeze yibagirwa Loti ubwo umuriro wamanukaga mu ijuru, ugakongora abaturage bo mu mijyi yo mu bibaya ? Mbese yibagiwe Yosefu ubwo yari azengurutswe n’abasenga ibigirwamana bo muri Egiputa ? Mbese yibagiwe Eliya ubwo yaterwaga ubwoba n’indahiro ya Yezebeli kubwo urupfu rw’abahanuzi ba Baali? Mbese yibagiwe Yeremiya ubwo yari afungiwe mu mwobo muremure w’umwijima? Mbese yibagiwe abasore batatu bakiranuka 451

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

kare uko kuza kwe kwa kabiri kuzaba kumeze. “Hazaduka abiyita kristo n’abahanuzi<br />

b’ibinyoma, bakorera ibimenyetso n’ibitangaza byinshi kugira ngo nibibashobokera bayobye<br />

n’abatoranyijwe.... “Kandi nibababwira ko Kristo ari mu butayu; ntimuzajye yo, nibabwira<br />

bati dore Kristo ari hano mu cyumba cya wenyine, ntimuzabyemere! Kuko nk’uko umurabyo<br />

urabiriza aho izuba rirasira, ukabonekera aho rirengera, niko no kuza k’Umwana w’umuntu<br />

kuzaba kumeze.” 13 Uko gutunguka ntawabasha kukwigana ngo abishobore. Kuzamenywa<br />

n’isi yose, kandi kuzabonwa n’abatuye isi bose.<br />

Abazaba barabaye abigishwa b’Ibyanditswe gusa Byera batajenjetse kandi bakakira<br />

urukundo rw’ukuri rw’Imana, bazarokoka icyo gishuko gikomeye kizigarurira isi yose.<br />

Ibihamya byo muri Bibiliya gusa nibyo bizashobora guhishura amayeri y’umushukanyi. Igihe<br />

cy’ibigeragezo kizagera ku bantu bose. Mu gihe cy’ishungura niho abakristo nyakuri<br />

bazagaragara. Mbese aho abantu b’Imana bashinze imizi batajegajega mu Ijambo ryayo<br />

kugira ngo batazagendera ku ntekerezo zabo bwite? Mbese muri icyo gihe gikomeye<br />

bazitabaza Bibiliya yonyine? Satani azakora uko ashoboye kose kugira ngo ababuze<br />

kwitegura kuzahagarara bashikamye kuri uwo munsi. Azabambira inzira zabo, abuzuzemo<br />

irari ryo gushaka ubutunzi bw’isi, abikoreze imitwaro iremereye, kugira ngo imitima yabo<br />

yuzurwe n’amaganya yo muri ubu buzima, maze umunsi wo kugeragezwa uzabatungure<br />

nk’umujura.<br />

Ubwo iteka ryashyizweho n’abategetsi banyuranye bo mu bihugu bya Gikristo ngo<br />

rirwanye abakomeza amategeko y’Imana, rizatuma Leta z’ibihugu byabo zitakibarengera,<br />

maze bagahanwa mu maboko y’abifuza kubarimbura, ubwoko bw’Imana buzahunga buve mu<br />

mijyi minini no mu midugudu, maze bihurize hamwe bajye kwibera mu butayu n’ahantu bari<br />

bonyine. Abenshi bazabona ubuhungiro mu ubuvumo yo mu mpinga z’imisozi. Nk’uko<br />

byabaye ku bakristo b’Abavoduwa, impinga z’imisozi miremire nizo bazahindura insengero,<br />

maze bashimire Imana ubuvumo bw’ibitare yabashakiye. Ariko abantu bo mu mahanga yose<br />

n’inzego zose, abakomeye n’aboroheje, abakire n’abakene, abirabura n’abera, bazashyirwa<br />

mu bucakara bubabaje kandi butababarira. Abatoni b’Imana bazanyura mu bihe bikomeye,<br />

baboheshwe iminyururu, bafungirwe muri gereza zubakishijwe ibyuma, bacirwe urwo gupfa,<br />

abandi bazaba bari hafi yo gupfa bishwe n’inzara n’inyota aho mu tuzu dufunganye kandi<br />

ducuze umwijima kandi turimo umwanda. Nta gutwi k’umuntu kuzaba gushaka kumva<br />

iminiho yabo; nta kuboko k’umwana w’umuntu kuzaba kwiteguye kubafasha.<br />

Mbese muri iyi saha y’ibigeragezo Uwiteka azibagirwa ubwoko bwe? Mbese yigeze<br />

yibagirwa Nowa wakiranukaga igihe abantu ba mbere y’umwuzure bacirwagaho iteka?<br />

Mbese yigeze yibagirwa Loti ubwo umuriro wamanukaga mu ijuru, ugakongora abaturage bo<br />

mu mijyi yo mu bibaya ? Mbese yibagiwe Yosefu ubwo yari azengurutswe n’abasenga<br />

ibigirwamana bo muri Egiputa ? Mbese yibagiwe Eliya ubwo yaterwaga ubwoba n’indahiro<br />

ya Yezebeli kubwo urupfu rw’abahanuzi ba Baali? Mbese yibagiwe Yeremiya ubwo yari<br />

afungiwe mu mwobo muremure w’umwijima? Mbese yibagiwe abasore batatu bakiranuka<br />

451

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!