Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri “Yakiranye n’Umumarayika aramutsinda” 5 Binyuze mu kwicisha bugufi, kwihana no kwitanga burundu, uyu munyabyaha, impabe ipfa, yatsinze Nyiricyubahiro w’ijuru. Yagundiriye masezerano y’Imana n’amaboko yombi ahinda umushyitsi n’umutima w’Inyarukundo rutarondoreka, itigera yirengagiza gusaba k’umunyabyaha. Nk’igihamya cy’insinzi ye no gutera abandi umwete wo gukurikiza icyitegererezo cye, izina rye ryarahinduwe, riva ku ryajyaga rimwibutsa icyaha cye, maze rihinduka irizajya ryibutsa insinzi ye. Bitewe n’uko Yakobo yakiranije Imana agatsinda, byamuhaye ubwishingizi ko abasha gutsinda n’abantu. Ntiyongeye gutinya uburakari bwa mwene se ukundi kuko Uwiteka yari kumurwanirira. Satani yareze Yakobo ku bamarayika b’Imana, amusabira kurimbuka kubera icyaha yari yakoze; yahagurukije Esawu kugira ngo amwibasire; kandi muri rya joro yakiranyemo na marayika, Satani yihatiye cyane kumwibutsa icyaha cye ashaka guca intege uwo mukurambere kugira ngo ave ku Mana. Yakobo yari hafi gucogora rwose; ariko aza kumenya ko aramutse atabonye ubufasha buturutse mu ijuru yarimbuka rwose. Yari yamaze kwicuza icyaha cye gikomeye ataryarya, maze yitabaza impuhwe z’Imana. Ntiyajyaga gutezuka ku mugambi we, ahubwo akomeza kugundira Marayika kandi aramutakambira cyane arira kugeza atsinze. Nk’uko Satani yoheje Esawu kwibasira Yakobo, niko no mu gihe cy’amakuba azahagurukiriza ababi kurimbura ubwoko bw’Imana. Kandi nk’uko yashinje Yakobo, ni nako azashinja ubwoko bw’Imana. Afata abatuye isi bose nk’abayoboke be; ariko umukumbi muto w’abakomeza amategeko y’Imana banga kumuyoboka. Iyaba yashoboraga kubatsemba ku isi, yaba ageze ku nsinzi. Abona barinzwe n’Abamarayika bera, maze akiyumvisha ko ibyaha byabo byababariwe; nyamara ntamenye ko ibyabo byarangiriye mu buturo bwo mu ijuru. Asobanukiwe neza n’ibyaha yabagushijemo, kandi abyereka Imana uko byakabaye, akagaragaza ko we nabo, badakwiriye kugirirwa ubuntu n’Imana. Ahamya ko Imana idashobora kubabarira ibyaha byabo kubwo ubutabera bwayo, ngo naho we imurimburane n’abamarayika be. Ababurana avuga ko ari umuhigo we, maze asabe ko Imana yabamwegurira akabirimburira. Ubwo Satani ashinja abantu b’Imana kubera ibyaha byabo, Uhoraho amwemerera kubagerageza uko ashoboye kose. Ibyiringiro byabo, kwizera kwabo no gushikama mu Mana kwabo, bizageragezwa bikomeye. Nibasubiza amaso inyuma bagatekereza ibyashize, ibyiringiro byabo bizacogora; kuko nta byiza byinshi bazasanga barakoze mu mibereho yabo. Basobanukiwe neza nta gushidikanya intege nke zabo no kuba badashyitse kwabo. Satani yihatira kubatera ubwoba ngo batekereze ko bahindutse akahebwe, kandi ko ibizinga byo gukiranirwa kwabo bidateze guhanagurika. Ibyo bizamwiringiza ko acogoje kwizera kwabo, ko bagiye kugwa mu bishuko bye maze bigatuma bahakana Imana. N’ubwo ubwoko bw’Imana buzaba bugoswe n’abanzi impande zose biteguye kubarimbura, ntibuzahangayikishwa no kurenganyirizwa ukuri; ahubwo bazahagarikishwa 446

Umwuka W'Imijyi Ibiri umutima no kwibaza ko buri cyaha cyose cyicujijwe, kandi ko kubera ayo makosa yabo ubwabo, batazasohorezwa amasezerano y’Umukiza agira ati: “Nzakurinda mu gihe cy’ibigeragezo bigiye gutera ku isi yose, kugerageza abari mu isi.” 6 Baramutse bagize ibyiringiro by’uko bababariwe, ntibatinya gushinyagurirwa cyangwa kwicwa; ariko bagaragaje ko badashyitse, maze bakabura ubugingo bwabo kubera imico yabo idatungane, ibyo byagayisha izina ry’Imana. Ku mpande zose, bumva icurwa ry’imigambi y’ubugambanyi kandi bakabona n’ibikorwa by’urugomo; maze muri bo bakumva bifuza bafite imitima itaryarya, ko ubu buhakanyi bukomeye bwakurwaho n’ibibi ababi bakora bikagira iherezo. Kandi ubwo batakambira Imana kubatsindira imbaraga z’umugome, nibwo bazaba bigaya ko batagize ubushobozi bwo guhangana n’ububasha bw’umubi, maze bongere kwihamagarira ibibi by’umugome. Bazumva ko Satani atari kubahangara iyo bakoresha ubushobozi bwabo bwose mu murimo wa Kristo, bakikomeza uko bukeye n’uko bwije. Bashengukira imitima yabo imbere y’Imana, bagaragaza ibyaha byinshi bihannye mu gihe cyashize, maze bagasaba gusohorezwa isezerano ry’Umukiza ngo: “Nyamara abarinzi banjye nibampungiraho, tuzagirana amasezerano y’amahoro.” 7 Kwizera kwabo ntigucogora ngo n’uko amasengesho yabo adasubijwe ako kanya. Nubwo bagira umubabaro, ubwoba no guhangayika bikomeye, ntibareka gutakamba. Bakomeza kwishingikiriza ku mbaraga z’Imana nk’uko Yakobo yagundiriye Marayika, maze imvugo y’imitima yabo ibe: ” Sinkurekura, utampaye umugisha. ” Iyo Yakobo atabanza kwicuza icyaha yakoze cyo gukoresha uburiganya, akiba umugisha wagenewe umwana w’imfura, Imana ntiba yarumvise amasengesho ye ngo irokore ubugingo bwe. No mu gihe cy’amakuba, ubwoko bw’Imana nibuba bugifite ibyaha buticujije mbere, igihe imitima yabo izaba ishengurwa n’ubwoba n’agahinda, bazacika intege, kwizera kwabo gucogore, kandi ntibazaba biringiye gutakambira Imana ngo ibarokore. Ariko igihe bazaba bumva ubwabo ko badashyitse, nta cyaha bazasigarana kiticujijwe, ibyaha byabo bizaba byarajyanywe mu rubanza, kandi byarahanaguwe nabo ubwabo ntibazaba bakibyibuka ukundi. Satani atuma abantu benshi bizera ko Imana itazita ku kugukiranirwa k’utuntu duto two mu mibereho yabo; ariko Uwiteka yerekana ko atazihanganira cyangwa ngo abure guhana ikibi uko cyaba kingana kose nk’uko yabigenje kuri Yakobo. Abihatira gutanga inzitwazo cyangwa gutwikira ibyaha byabo, maze bakemera ko bikomeza kugaragara mu bitabo byo mu ijuru biticujijwe ngo bibabarirwe, bazatsindwa na Satani. Uko barushaho kurata imyizerere yabo, uko imyanya barimo yaba yubashywe kose, niko ibyo bakora birushaho gushavuza Imana, kandi ari nako barushaho gutiza umwanzi wabo umurindi wo gutsinda. Abakomeza gukererwa kwitegura umunsi w’Umwami, ntibazaba bagishobora kwitegura mu gihe cy’amakuba cyangwa mu gihe icyo ari cyo cyose. Ibya bene abo bantu biteye agahinda ! 447

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

“Yakiranye n’Umumarayika aramutsinda” 5 Binyuze mu kwicisha bugufi, kwihana no<br />

kwitanga burundu, uyu munyabyaha, impabe ipfa, yatsinze Nyiricyubahiro w’ijuru.<br />

Yagundiriye masezerano y’Imana n’amaboko yombi ahinda umushyitsi n’umutima<br />

w’Inyarukundo rutarondoreka, itigera yirengagiza gusaba k’umunyabyaha. Nk’igihamya<br />

cy’insinzi ye no gutera abandi umwete wo gukurikiza icyitegererezo cye, izina rye<br />

ryarahinduwe, riva ku ryajyaga rimwibutsa icyaha cye, maze rihinduka irizajya ryibutsa<br />

insinzi ye. Bitewe n’uko Yakobo yakiranije Imana agatsinda, byamuhaye ubwishingizi ko<br />

abasha gutsinda n’abantu. Ntiyongeye gutinya uburakari bwa mwene se ukundi kuko Uwiteka<br />

yari kumurwanirira.<br />

Satani yareze Yakobo ku bamarayika b’Imana, amusabira kurimbuka kubera icyaha yari<br />

yakoze; yahagurukije Esawu kugira ngo amwibasire; kandi muri rya joro yakiranyemo na<br />

marayika, Satani yihatiye cyane kumwibutsa icyaha cye ashaka guca intege uwo<br />

mukurambere kugira ngo ave ku Mana. Yakobo yari hafi gucogora rwose; ariko aza kumenya<br />

ko aramutse atabonye ubufasha buturutse mu ijuru yarimbuka rwose. Yari yamaze kwicuza<br />

icyaha cye gikomeye ataryarya, maze yitabaza impuhwe z’Imana. Ntiyajyaga gutezuka ku<br />

mugambi we, ahubwo akomeza kugundira Marayika kandi aramutakambira cyane arira<br />

kugeza atsinze.<br />

Nk’uko Satani yoheje Esawu kwibasira Yakobo, niko no mu gihe cy’amakuba<br />

azahagurukiriza ababi kurimbura ubwoko bw’Imana. Kandi nk’uko yashinje Yakobo, ni nako<br />

azashinja ubwoko bw’Imana. Afata abatuye isi bose nk’abayoboke be; ariko umukumbi muto<br />

w’abakomeza amategeko y’Imana banga kumuyoboka. Iyaba yashoboraga kubatsemba ku isi,<br />

yaba ageze ku nsinzi. Abona barinzwe n’Abamarayika bera, maze akiyumvisha ko ibyaha<br />

byabo byababariwe; nyamara ntamenye ko ibyabo byarangiriye mu buturo bwo mu ijuru.<br />

Asobanukiwe neza n’ibyaha yabagushijemo, kandi abyereka Imana uko byakabaye,<br />

akagaragaza ko we nabo, badakwiriye kugirirwa ubuntu n’Imana. Ahamya ko Imana<br />

idashobora kubabarira ibyaha byabo kubwo ubutabera bwayo, ngo naho we imurimburane<br />

n’abamarayika be. Ababurana avuga ko ari umuhigo we, maze asabe ko Imana<br />

yabamwegurira akabirimburira.<br />

Ubwo Satani ashinja abantu b’Imana kubera ibyaha byabo, Uhoraho amwemerera<br />

kubagerageza uko ashoboye kose. Ibyiringiro byabo, kwizera kwabo no gushikama mu Mana<br />

kwabo, bizageragezwa bikomeye. Nibasubiza amaso inyuma bagatekereza ibyashize,<br />

ibyiringiro byabo bizacogora; kuko nta byiza byinshi bazasanga barakoze mu mibereho yabo.<br />

Basobanukiwe neza nta gushidikanya intege nke zabo no kuba badashyitse kwabo. Satani<br />

yihatira kubatera ubwoba ngo batekereze ko bahindutse akahebwe, kandi ko ibizinga byo<br />

gukiranirwa kwabo bidateze guhanagurika. Ibyo bizamwiringiza ko acogoje kwizera kwabo,<br />

ko bagiye kugwa mu bishuko bye maze bigatuma bahakana Imana.<br />

N’ubwo ubwoko bw’Imana buzaba bugoswe n’abanzi impande zose biteguye<br />

kubarimbura, ntibuzahangayikishwa no kurenganyirizwa ukuri; ahubwo bazahagarikishwa<br />

446

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!