Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri bihanagurwe ngo iminsi yo guhemburwa ibone uko iza ituruka ku Mwami Imana, itume mwohererezwa Yesu ari we Kristo wabatoranyirijwe uhereye kera. “ 6 Abagaragu b’Imana bazaba bafite mu maso harabagirana kuko berejwe gukora umurimo muziranenge, bazaba banyuranamo hirya no hino bafite umwete mwinshi wo batangariza abantu bose ubutumwa mvajuru. Amajwi y’abantu ibihumbi byinshi azaba arangirira ku isi atanga umuburo uheruka. Ibitangaza bizakorwa, abarwayi bakizwe kandi ibimenyetso n’ibitangaza bizagaragarira abizera. Icyo gihe Satani nawe ariko, azakora ibitangaza biyobya, ndetse azamanura umuriro mu ijuru imbere y’amaso y’abantu. Icyo gihe abatuye ku isi bose, bazaba bagomba kugira uruhande bahereramo. Ubu butumwa ntibuzarangizwa n’amagambo menshi y’impaka ahubwo buzarangizwa no kunyurwa kubwo kwemezwa na Mwuka w’Imana. Ibibazo bizaba byararangiye. Imbuto zizaba zarabibwe, ubwo zizaba zitangiye gukura no kwera imbuto . Ibitabo byatanzwe n’ababwiriza butumwa b’abanyamwete bizaba byarigaruriye imitima myinshi, nyamara imitima myinsi yanyuzwe nabwo izaba yarabujijwe gusobanukirwa n’ukuri cyangwa kukugenderemo. Noneho imirasire y’umucyo w’ubutumwa bwiza izarasira ahantu hose, maze ukuri kose kumenyekane, abana b’Imana b’indahemuka bacagagure ingoyi zari zarababoshye. Amasano y’imiryango, n’amatorero yabo ntibizaba bigifite imbaraga zo kubaherana. Ukuri kurusha agaciro ibindi byose. N’ubwo hazaba imbaraga zikomeye zirwanya ukuri, umubare munini uzamasha guhagarara mu ruhande rw’Imana. 442

Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 39 – Igihe cy’Amakuba ” Icyo gihe kizaba ari igihe cy’amakuba kitigeze kubaho mu bwoko bwawe. Ariko Mikayeli umutware w’abamarayika, akaba n’umurinzi w’ubwoko bwawe azahagoboka. Nuko buri wese wo mu bwoko bwawe wanditswe mu gitabo cy’Imana azarokoka.” 1 Igihe ubutumwa bwa Marayika wa gatatu buzaba burangije umurimo wabwo, imbabazi zizaba zikuwe ku banyabyaha bo mu isi bacumuye. Ubwoko bw’Imana buzaba bushohoje umurimo wabwo. Buzaba bwarakiriye ‘’imvura y’itumba,’‘ ari byo “guhemburwa guturutse ku Mwami Imana”, kandi bwiteguye rwose guhangana n’ibigeragezo bibutegereje. Abamarayika bazaba banyuranamo bava mu ijuru abandi basubirayo. Marayika wari waratumwe mu isi azagaruka atangaza ko umurimo yari yarahawe awurangije; ko ishungura riheruka ryamaze kugera ku isi, maze abagaragaje ko ari indahemuka ku mabwiriza y’ijuru bose bashyizweho “ikimenyetso cy’Imana nzima.” “Nuko Yesu arangize umurimo we wo gusabira abanyabyaha imbabazi mu buturo bwo mu Ijuru. Azamure ibiganza, avuge n’ijwi rirenga ati: “Birarangiye;” maze abamarayika baziranenge bose barambike amakamba yabo hasi ubwo Yesu azatangaza ku mugaragaro ati: “Inkozi y’ibibi yose nigumye ikore ibibi, n’uwanduye umutima agumye yandure, naho intungane igumye ikore ibitunganye, n’umuziranenge agumye abe umuziranenge.” 2 Buri wese azaba yamaze guhitamo ubugingo cyangwa urupfu. Kristo yarangije guhongerera ubwoko bwe, maze akabezaho ibyaha byabo. Umubare w’abantu be wamaze kuzura; “ubwami, ubutware no gukomera k’ubwami byose biri munsi y’ijuru, biri hafi kwegurirwa abazaragwa agakiza, kandi Yesu akaba Umwami w’abami n’Umutware w’abatware. Yesu agisohoka mu buturo bwera, abatuye ku isi bose batwikirwa n’umwijima. Muri icyo gihe giteye ubwoba, intungane zigomba kuba imbere y’Imana ikiranuka hatakiriho umuhuza. Ibyaberaga abanyabyaha inzitizi bizaba byakuweho, kandi Satani wenyine ariwe usigaye agenga imibereho y’abanze kwihana bose. Kwihangana guhoraho kw’Imana noneho kuzaba kwarangiye. Abo mu isi bazaba baranze imbabazi z’Imana, bahinyura urukundo rwayo, kandi basiribanga amategeko yayo. Abagome bazaba barenze urubibi rwo kwihanganirwa; Umwuka w’Imana banze kumvira, ku iherezo abakurwemo. Ubwo bazaba batamuruweho ubuntu bw’Imana, ntacyo bazaba bafite kibakingira umugome. Satani azaroha abatuye isi mu makuba aheruka akomeye cyane. Ubwo abamarayika b’Imana bazarekura imiyaga iteye ubwoba y’ibyo abantu bararikiye, ibibi byose bizasandara ku isi yose. Isi yose izajya mu irimbukiro riteye ubwoba kuruta iryabaye kuri Yerusalemu ya kera. Umumarayika umwe gusa yatsembye abana b’imfura bose b’Abanyayegiputa maze igihugu cyose gicura umuburogo. Igihe Dawidi yacumuraga ku Mana, abarura ubwoko bwayo, Umumarayika umwe gusa yaje gutanga igihano cy’icyo cyaha habaho kurimbura guteye ubwoba. Imbaraga nk’iyo irimbura yakoreshejwe n’ Abamarayika bera igihe Imana yabaga ibategetse, ni nayo izakoreshwa n’Abamarayika babi, igihe Imana izaba ibyemeye. 443

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

bihanagurwe ngo iminsi yo guhemburwa ibone uko iza ituruka ku Mwami Imana, itume<br />

mwohererezwa Yesu ari we Kristo wabatoranyirijwe uhereye kera. “ 6<br />

Abagaragu b’Imana bazaba bafite mu maso harabagirana kuko berejwe gukora umurimo<br />

muziranenge, bazaba banyuranamo hirya no hino bafite umwete mwinshi wo batangariza<br />

abantu bose ubutumwa mvajuru. Amajwi y’abantu ibihumbi byinshi azaba arangirira ku isi<br />

atanga umuburo uheruka. Ibitangaza bizakorwa, abarwayi bakizwe kandi ibimenyetso<br />

n’ibitangaza bizagaragarira abizera. Icyo gihe Satani nawe ariko, azakora ibitangaza biyobya,<br />

ndetse azamanura umuriro mu ijuru imbere y’amaso y’abantu. Icyo gihe abatuye ku isi bose,<br />

bazaba bagomba kugira uruhande bahereramo.<br />

Ubu butumwa ntibuzarangizwa n’amagambo menshi y’impaka ahubwo buzarangizwa no<br />

kunyurwa kubwo kwemezwa na Mwuka w’Imana. Ibibazo bizaba byararangiye. Imbuto<br />

zizaba zarabibwe, ubwo zizaba zitangiye gukura no kwera imbuto . Ibitabo byatanzwe<br />

n’ababwiriza butumwa b’abanyamwete bizaba byarigaruriye imitima myinshi, nyamara<br />

imitima myinsi yanyuzwe nabwo izaba yarabujijwe gusobanukirwa n’ukuri cyangwa<br />

kukugenderemo. Noneho imirasire y’umucyo w’ubutumwa bwiza izarasira ahantu hose, maze<br />

ukuri kose kumenyekane, abana b’Imana b’indahemuka bacagagure ingoyi zari<br />

zarababoshye. Amasano y’imiryango, n’amatorero yabo ntibizaba bigifite imbaraga zo<br />

kubaherana. Ukuri kurusha agaciro ibindi byose. N’ubwo hazaba imbaraga zikomeye<br />

zirwanya ukuri, umubare munini uzamasha guhagarara mu ruhande rw’Imana.<br />

442

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!