Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri zabyo. Ntabwo bazatekereza ku nyungu zabo zishira cyangwa ngo bite ku cyubahiro, cyangwa ku magara yabo. Nanone ubwo ishuheri yo kubarwanya n’agasuzuguro bizabageraho, bamwe kubwo kuzurwa n’agahinda, bihebe, bitegure kuvuga cyane bati: “Iyo tuba twaramenye ingaruka z’amagambo yacu, tuba twaricecekeye.” Bazaba bagoswe n’amakuba impande zose. Satani azabateza ibigeragezo bikaze cyane. Umurimo bazaba barakoze uzagaragara ko wari urenze ubushobozi bwabo. Bazakangishwa gutsembwaho burundu. Ishyaka ryabateraga gukora rizayoyoka; nyamara kandi, ntibazasubira inyuma na hato. Nuko nibumva nta handi bategereje ubufasha, bazahungira k’Ushobora byose ngo abongerere imbaraga. Bazibuka ko amagambo bavuze atari ayabo, ahubwo ko yari ay’Uwabasabye gutanga umuburo. Imana yabashyize ukuri mu mitima yabo kandi ntibashobora guhangara kutabutangaza. Ibigeragezo nk’ibyo byageze ku bantu b’Imana no mu myaka yashize. Wycliffe, Huss, Luther, Tyndale, Baxter, Wesley, basabye ko inyigisho zose zigenzurishwa Bibiliya kandi bahamya ko biteguye kureka ikintu cyose Bibiliya iciraho iteka. Abarwanyaga abo bagabo babyumvise bazabiranywa n’uburakari bwaka nk’umuriro; ariko abandi ntibigeze batinya kwatura ukuri kw’ibyo bizera. Mu bihe binyuranye byaranze amateka y’itorero, igihe cyose cyagiye kirangwa n’ukuri kwacyo kwihariye, gukwiranye n’abantu b’Imana babaga bariho muri icyo gihe. Buri kuri gushya kwagiye kugira abakwanga n’abakurwanya; ababaga bagize umugisha wo kurasirwa n’umucyo w’ukuri bagezemo, barageragezwa kandi bagategwa imitego. Imana itanga ukuri kwihariye ko gutabara ubwoko bwayo. Ninde wahangara kwanga kubutangaza? Imana itegeka abagaragu bayo gutanga irarika riheruka ry’imbabazi zayo ifitiye abari ku isi. Ntibashobora gukomeza guceceka mu gihe imitima irimbukira mu byaha. Intumwa za Kristo ntizizita ku ngaruka zizabageraho. Bagomba gusohoza inshingano yabo, ibisigaye bakabiharira Imana. Ubwo abanzi b’iby’ukuri bazaba bakomeje gukaza umurego, abagaragu b’Imana bazahagarika umutima; kuko bizaba bimeze nk’aho aribo bateje ako kaga. Ariko umutimanama wabo n’Ijambo ry’Imana bizabahamiriza ko mu byo bakora nta kosa ririmo; kandi n’ubwo ibigeragezo bizaba bigikomeje,bazahabwa imbaraga yo kubyihanganira. Imvururu zizakomeza kwiyongera no gukara cyane, ariko kwizera n’ubutwari by’abubaha Imana bizarushaho gukura. Ubuhamya bwabo buzaba ari ubu ngo: ” Ntitwahangara kugoreka Ijambo ry’Imana, ntitwabasha kugabanya ku mategeko yayo yera; ngo twigishe ko hari umugabane umwe w’ingenzi, hakaba n’uwundi udafite agaciro kugira ngo dukunde twemerwe n’ab’isi”. Imana yacu dukorera, ibasha kudukiza. Yesu yatsinze abatware bo mu isi; none ni kuki twatinya iyi si, kandi yaramaze gutsindwa? Uko akarengane kaba kameze kose, ni ingaruka z’ihame rizakomeza kubaho mu gihe cyose Satani azaba akiriho n’igihe cyose ubukristo buzaba bugifite imbaraga ikomeye. Nta muntu ushobora gukorera Imana atabanje ubwe kwishyirisha ku rutonde rw’ingabo zihanganye n’ubutware bw’umwijima. Abamarayika babi bazamugabaho igitero, bahurujwe n’uko avuvunuye umunyago mu biganza byabo. Abantu babi bashinjwa n’icyitegererezo cye, 440

Umwuka W'Imijyi Ibiri bazunga ubumwe n’ingabo za Satani, bamusukeho ibigeragezo kugira ngo bamutandukanye n’Imana. Ibyo nibitabahira, bazakoresha imbaraga zo kumutinyisha ngo anyuranye n’umutimanama we. Ariko igihe cyose Yesu akiri mu buturo bwo mu ijuru asabira umuntu, ijwi ry’Umwuka Muziranenge riracyumvikana mu mitima y’abayobozi na rubanda. Riracyanakorera no mu mategeko ya Leta. Iyo bitaza guterwa n’ayo mategeko, isi yacu yajyaga guhinduka amacuho kuruta uko imeze ubu. N’ubwo benshi mu bategetsi bacu muri iki gihe ari abakozi batiganda ba Satani, Imana nayo ifite abakozi bayo mu bayobozi b’ibihugu. Umwanzi ashishikariza abakozi be ngo bashake uburyo bwose bwagwabiza umurimo w’Imana; ariko abayobozi b’ibihugu bubaha Imana, bakoreshejwe n’abamarayika baziranenge bazaburizamo imigambi y’abo bantu babi, batarinze kujya impaka. Nuko rero, abantu bake gusa bazifatanya n’imbaraga z’umwanzi. Intambara y’abanzi b’iby’ukuri izahosha kugira ngo ubutumwa bwa Marayika wa gatatu bukore umurimo wabwo. Ubwo umuburo uheruka uzatangwa, ijwi ryawo rizagera mu matwi y’abategetsi b’isi bazaba bakorera Imana batabizi, maze bamwe bo muri bo bakire uwo muburo bahereko bifatanye n’abantu b’Imana muri icyo gihe cy’akaga. Umumarayika uzafasha mu kwamamaza ubutumwa bwa Marayika wa gatatu, azamurikishiriza isi yose ubwiza bwe. Uwo niwo murimo udasanzwe wavuzwe ko uzakwira isi yose. Itsinda ry’abadiventisiti ryo mu myaka ya 1840 — 1844 ryabaye ukwigaragaza gukomeye kw’imbaraga z’Imana; ubutumwa bwa Marayika wa mbere bwabwirijwe mu isi n’abakorerabushake, kandi mu bihugu bimwe na bimwe habaye gukura mu by’idini, aribyo byagaragajwe n’ivugurura rikomeye ahantu hose uhereye mu kinyejana cya cumi na gatandatu, ariko umusozo wabyo ugomba kuba itsinda rikomeye rifite umuburo w’ubutumwa bwa Marayika wa gatatu. Uwo murimo uzaba umeze nk’uwo ku munsi wa Pentekote. Nk’uko ‘’imvura y’umuhindo’‘ yatanzwe, igihe Mwuka Muziranenge yasukwaga mu itangira ry’ubutumwa bwiza, kugira ngo imbuto z’igiciro zabibwe zikure, ni nako no ku iherezo, imvura y’umuhindo izatangwa kugira ngo yeze imbuto zigiye gusarurwa. “Dushishikarire kumenya, tugire umwete wo kumenya Uwiteka: azatunguka nk’umuseke utambika nta kabuza, azatuzaho ameze nk’imvura, nk’imvura y’itumba isomya ubutaka. ” “Noneho munezerwe bantu b’i Siyoni mwe, mwishimire Uwiteka Imana yanyu, kuko ibahaye imvura y’umuhindo ku rugero rukwiriye, kandi ibavubiye imvura y’umuhindo n’iy’itumba nk’ubwa mbere. ” ” Imana iravuga iti: Mu minsi y’imperuka, nzasuka Mwuka wanjye ku bantu bose. ” “Icyo gihe umuntu wese uzatakambira Uwiteka azakizwa. “ 5 Umurimo ukomeye wo kwamamaza ubutumwa bwiza uzarangizanywa imbaraga zikomeye nk’izawutangije. Ubuhanuzi bwasohojwe mu isukwa ry’imvura y’umuhindo mu itangira ry’umurimo w’ubutumwa bwiza, buzongera gusohora ku iherezo ryabwo mu gihe cyo gusukwa kw’imvura y’itumba. Ibi nibyo bihe byo guhemburwa, Intumwa Petero yayerekezagaho ubwo yavugaga ati: ” Nuko mwihane muhindukire, ibyaha byanyu 441

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

zabyo. Ntabwo bazatekereza ku nyungu zabo zishira cyangwa ngo bite ku cyubahiro,<br />

cyangwa ku magara yabo. Nanone ubwo ishuheri yo kubarwanya n’agasuzuguro<br />

bizabageraho, bamwe kubwo kuzurwa n’agahinda, bihebe, bitegure kuvuga cyane bati: “Iyo<br />

tuba twaramenye ingaruka z’amagambo yacu, tuba twaricecekeye.” Bazaba bagoswe<br />

n’amakuba impande zose. Satani azabateza ibigeragezo bikaze cyane. Umurimo bazaba<br />

barakoze uzagaragara ko wari urenze ubushobozi bwabo. Bazakangishwa gutsembwaho<br />

burundu. Ishyaka ryabateraga gukora rizayoyoka; nyamara kandi, ntibazasubira inyuma na<br />

hato. Nuko nibumva nta handi bategereje ubufasha, bazahungira k’Ushobora byose ngo<br />

abongerere imbaraga. Bazibuka ko amagambo bavuze atari ayabo, ahubwo ko yari<br />

ay’Uwabasabye gutanga umuburo. Imana yabashyize ukuri mu mitima yabo kandi<br />

ntibashobora guhangara kutabutangaza.<br />

Ibigeragezo nk’ibyo byageze ku bantu b’Imana no mu myaka yashize. Wycliffe, Huss,<br />

Luther, Tyndale, Baxter, Wesley, basabye ko inyigisho zose zigenzurishwa Bibiliya kandi<br />

bahamya ko biteguye kureka ikintu cyose Bibiliya iciraho iteka. Abarwanyaga abo bagabo<br />

babyumvise bazabiranywa n’uburakari bwaka nk’umuriro; ariko abandi ntibigeze batinya<br />

kwatura ukuri kw’ibyo bizera. Mu bihe binyuranye byaranze amateka y’itorero, igihe cyose<br />

cyagiye kirangwa n’ukuri kwacyo kwihariye, gukwiranye n’abantu b’Imana babaga bariho<br />

muri icyo gihe. Buri kuri gushya kwagiye kugira abakwanga n’abakurwanya; ababaga bagize<br />

umugisha wo kurasirwa n’umucyo w’ukuri bagezemo, barageragezwa kandi bagategwa<br />

imitego. Imana itanga ukuri kwihariye ko gutabara ubwoko bwayo. Ninde wahangara kwanga<br />

kubutangaza? Imana itegeka abagaragu bayo gutanga irarika riheruka ry’imbabazi zayo ifitiye<br />

abari ku isi. Ntibashobora gukomeza guceceka mu gihe imitima irimbukira mu byaha.<br />

Intumwa za Kristo ntizizita ku ngaruka zizabageraho. Bagomba gusohoza inshingano yabo,<br />

ibisigaye bakabiharira Imana.<br />

Ubwo abanzi b’iby’ukuri bazaba bakomeje gukaza umurego, abagaragu b’Imana<br />

bazahagarika umutima; kuko bizaba bimeze nk’aho aribo bateje ako kaga. Ariko<br />

umutimanama wabo n’Ijambo ry’Imana bizabahamiriza ko mu byo bakora nta kosa ririmo;<br />

kandi n’ubwo ibigeragezo bizaba bigikomeje,bazahabwa imbaraga yo kubyihanganira.<br />

Imvururu zizakomeza kwiyongera no gukara cyane, ariko kwizera n’ubutwari by’abubaha<br />

Imana bizarushaho gukura. Ubuhamya bwabo buzaba ari ubu ngo: ” Ntitwahangara kugoreka<br />

Ijambo ry’Imana, ntitwabasha kugabanya ku mategeko yayo yera; ngo twigishe ko hari<br />

umugabane umwe w’ingenzi, hakaba n’uwundi udafite agaciro kugira ngo dukunde<br />

twemerwe n’ab’isi”. Imana yacu dukorera, ibasha kudukiza. Yesu yatsinze abatware bo mu<br />

isi; none ni kuki twatinya iyi si, kandi yaramaze gutsindwa?<br />

Uko akarengane kaba kameze kose, ni ingaruka z’ihame rizakomeza kubaho mu gihe<br />

cyose Satani azaba akiriho n’igihe cyose ubukristo buzaba bugifite imbaraga ikomeye. Nta<br />

muntu ushobora gukorera Imana atabanje ubwe kwishyirisha ku rutonde rw’ingabo<br />

zihanganye n’ubutware bw’umwijima. Abamarayika babi bazamugabaho igitero, bahurujwe<br />

n’uko avuvunuye umunyago mu biganza byabo. Abantu babi bashinjwa n’icyitegererezo cye,<br />

440

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!