15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

murimo, ubupapa n’ubuporotesitanti buzifatanya. Ubwo itegeko ryo guhatira abantu<br />

kuruhuka ku munsi w’Icyumweru rizakaza umurego kandi rigafatirwa umwanzuro, iryo<br />

tegeko rizifashishwa mu kurwanya abakomeza amategeko y’Imana. Bazacibwa ibihano<br />

banashyirwe mu nzu y’imbohe, ndetse bamwe bazagaruzwa guhabwa imirimo y’icyubahiro,<br />

abandi bahabwe ingororano n’andi mashimwe kugira ngo babakure ku kwizera kwabo. Ariko<br />

igisubizo cyabo cya mbere kizaba kikiri iki ngo: “Nimutwereke mu ijambo ry’Imana ikosa<br />

turegwa nk’uko Luther yashubije ubwo yasabwaga kwiregura. Abajyanywe mu nkiko<br />

bahagarariye ukuri, kandi bamwe mu babumvise byabateye gufata icyemezo cyo gukomeza<br />

amategeko y’Imana. Nguko uko umucyo uzarasira ibihumbi byinshi by’abantu batari<br />

kuzigera bamenya ukuri.<br />

Kwizera Ijambo ry’Imana ukiranuka bizafatwa nko kwigomeka. Kubwo guhumishwa na<br />

Satani, ababyeyi bazafata nabi abana babo kandi babagirire nabi kuko bizera Imana; ba<br />

shebuja cyangwa ba nyirabuja bazatwaza igitugu abagaragu babo bakomeza amategeko<br />

y’Imana. Urukundo ruzahenebera; abana bazimwa umunani wabo, kandi bacibwe mu ngo<br />

z’ababyeyi babo. Amagambo y’intumwa Pawulo azasohora uko yakabaye: ” Icyakora<br />

n’ubundi, abashaka kujya bubaha Imana bose bari muri Kristo Yesu, bazarenganywa.” 4<br />

Ubwo abizera ukuri ko mu Ijambo ry’Imana bazaba bahakanye kubahiriza itegeko<br />

ry’Icyumweru cyahimbwe Isabato, bamwe muri bo bazarohwa muri gereza, abandi<br />

bazoherwa kure y’iwabo, abandi bazagirwa inkoreragahato. Ukurikije ubwenge bwa muntu,<br />

ibyo bisa nk’ibitashoboka ubu; ariko uko <strong>Umwuka</strong> w’Imana azagenda akurwa mu bantu,<br />

bagasigara bayoborwa na Satani wanga amategeko y’Imana, hazabaho guhinduka gutangaje.<br />

Umutima ushobora kuzura ubugome bw’indengakamere igihe kubaha Imana n’urukundo<br />

bitakiwurangwamo.<br />

Ubwo umugaru uteye ubwoba uzaba wegereje, inteko nini y’abantu bavugaga ubwabo ko<br />

bizera ubutumwa bwa Marayika wa gatatu, ariko bakaba batarejejwe binyuze mu kumvira<br />

ukuri, bazava ku kejo maze bifatanye n’abarwanya ubwo butumwa. Ubwo bazifatanya<br />

n’ab’isi kandi bagahuza na bo imigambi, bazaba babona ibintu kimwe; maze ubwo<br />

ikigeragezo kizabageraho, bazaba biteguye guhitamo ikiboroheye, aricyo ruhande rurimo<br />

benshi. Abantu bafite impano ndetse bazi kuvuga neza, bahoze bishimira ukuri, bazakoresha<br />

izo mpano zabo mu gushuka no kuyobya abantu benshi. Bazahinduka abanzi bakomeye b’abo<br />

bizeraga kimwe, Ubwo abakomeza Isabato bazajyanwa mu nkiko gusobanura kwizera kwabo,<br />

abo bahakanyi bavuye mu itorero nibo bazaba ari inkoramutima za Satani zizabarega kandi<br />

zikabashinja, zikoresheje amagambo y’ibinyoma no kubashyashyariza kugira ngo babateze<br />

abayobozi.<br />

Muri icyo gihe cy’akarengane, kwizera kw’abagaragu b’Imana kuzageragezwa bikomeye.<br />

Bazaba baratanze umuburo bakiranutse, biringiye Imana n’Ijambo ryayo gusa. <strong>Umwuka</strong><br />

w’Imana wayoboraga imitima yabo niwe uzabahatira gutanga ubwo buhamya.<br />

Babibashishijwe n’umwete n’imbaraga mvajuru bizaba bibakoresha, bazasohoza inshingano<br />

yo kuvuga ubutumwa Imana yabahereye gutangariza abantu, batiriwe batekereza ku ngaruka<br />

439

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!