15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

kutabashyeshyenga. Abagorozi benshi mu itangira ry’umurimo wabo, bafashe icyemezo cyo<br />

kujya bitonda mu gihe bamagana icyaha mu itorero no mu gihugu. Bizeraga ko baramutse<br />

bagendeye ku cyitegererezo cy’imibereho nyakuri ya Gikristo, babasha kugarura abantu ku<br />

mahame ya Bibiliya. Ariko Mwuka w’Imana yabazagaho nk’uko yazaga kuri Eliya akamuha<br />

imbaraga zo gucyaha ibyaha by’Umwami w’umugome n’iby’ubwoko bwari bwaragiye mu<br />

buhakanyi; ntibashobora kwibuza kubwiriza ibyo Bibiliya ivuga ku mugaragaro, aribyo<br />

mahame bari baratinye kugaragaza. Bumvaga bahatirwa kubwiriza ukuri bafite umwete<br />

mwinshi no kwerurira abanyabyaha ko hari akaga kabategereje. Ubutumwa bahabwaga<br />

n’Uwiteka babuvuganaga ubutwari badatinya ingaruka zizabageraho, maze abantu benshi<br />

bagakoranyirizwa kumva uwo muburo.<br />

Uko niko Ubutumwa bwa Marayika wa gatatu buzamamazwa. Ubwo igihe kizagera ubwo<br />

butumwa bubwirizwa mu mbaraga ikomeye, Uwiteka azakorera mu bikoresho byiyoroheje,<br />

kugira ngo bifashe imitima y’aberejwe gukora umurimo we. Abakozi bakwiriye uwo murimo<br />

ni abazarobanurwa binyuze mu gucuncumurirwaho Mwuka Muziranenge aho kuba<br />

ababitorejwe mu mashuri. Abantu bafite kwizera kandi bahora basenga, bazumva bahatirwa<br />

n’umwete mwishi kujya kwamamaza ayo magambo bahawe n’Imana. Ibyaha bya Babuloni<br />

bizashyirwa ahagaragara. Ingaruka ziteye ubwoba z’amategeko ya leta ahatira itorero<br />

kunyuranya n’ubushake bw’Imana, ikwirakwizwa rwihishwa ry’inyigisho z’imyuka iyobya,<br />

imbaraga z’ubupapa zikomeza gukora bucece - byose bizatwikururwa bishyirwe ku<br />

mugaragaro. Kubera iyi miburo ikomeye, abantu bose bazakangarana. Abantu ibihumbi<br />

n’ibihumbi batigeze bumva ubutumwa nk’ubu bazabutegera amatwi. Bazumirwa bumvise<br />

ubuhamya buvuga ko Babuloni ari itorero ryaguye, kubera ibicumuro n’ibyaha byayo no<br />

kubwo kwanga ukuri yahawe gukomotse mu ijuru. Ubwo nibwo abantu bazasanga abayobozi<br />

babo bafite ishyushyu ryo kubasobanuza bati: Ese ibi bintu ni ukuri ? Ababwiriza babo<br />

bazabasubirisha amagambo y’amahimbano nk’uko babamenyereje, babashukashukishe<br />

ibibanezeza kugira ngo baturishe imitima yabo izaba ifite ubwoba kandi bagushe neza<br />

intekerezo zabo zibahagurukiye. Nyamara guhera ubwo benshi bazanga kunyurwa n’ayo<br />

mabwiriza yashyizweho n’umuntu , ba babasabe ubusobanuro ku mugaragaro niba ibyo<br />

bababwira bihwanye n’iri jambo ngo “Niko Uwiteka avuga”? Abo bayobozi b’idini bameze<br />

nk’Abafarisayo ba kera, bazafatwa n’uburakari bwinshi, kuko ubuyobozi bwabo buzaba<br />

bumaze gukemangwa, bavuge ko ubwo butumwa bukomotse kuri Satani, maze<br />

bahagurukirize imbaga y’abantu bahindutse isenga y’ibyaha gutoteza no kurenganya<br />

abamamaza ubwo butumwa<br />

Ubwo intambara hagati y’icyiza n’ikibi izajya irushaho gufata indi ntera kandi intekerezo<br />

z’abantu zikararikirwa guhugukira amategeko y’Imana yasiribanzwe, Satani azahaguruka<br />

bwangu. Imbaraga izaba iri muri ubwo butumwa izasaza ababurwanya cyane. Abayobozi<br />

b’amadini bazakoresha imbaraga zidasanzwe ngo bazimye umucyo w’ubutumwa utarasira ku<br />

bayoboke babo. Bazakoresha uburyo bwose kugira ngo baburizemo impaka z’ibyo bibazo<br />

by’ingenzi. Itorero rizitabaza ukuboko gukomeye k’ubuyobozi bwa leta, kandi muri uwo<br />

438

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!