Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri ubushobozi bwo gutekereza kwita kuri ubwo butumwa. Urubanza ruteye ubwoba ruzacirwa abasenga ya nyamaswa n’igishushanyo cyayo rukwiriye gutera abantu benshi umwete wo kwiga ubuhanuzi kugira ngo kumenya ikimenyetso cy’inyamaswa icyo ari cyo, n’uburyo bakwirinda kuzakira icyo kimenyetso. Ariko abantu benshi biziba amatwi ngo batumva uko kuri, maze bagahindukirira imigani y’ibihimbano. Intumwa Pawulo atubwira gusubiza amaso yacu inyuma tukareba mu minsi yashize: “Igihe kizaza ubwo abantu batazumvira inyigisho nzima.’‘ 2 Icyo gihe cyamaze gusohora. Abantu benshi muri iki gihe ntibashaka ukuri kwa Bibiliya, kuko kunyuranyije n’ubushake bw’abakora ibyaha, n’umutima ukunda iby’isi; maze Satani nawe, akazana ibishuko ahereye ku byo bakunda. Ariko Imana izaba igifite abantu bayo ku isi bakomeza Bibiliya, kandi yonyine, nk’urufatiro rw’inyigisho shingiro n’ipfundo ry’ubugorozi bwose. Ibitekerezo by’abanyabwenge cyangwa imyanzuro ya gihanga, itegeko cyangwa ibyemezo by’inama y’abakuru b’amadini, nk’uko ubwinshi no kudahuza ari nk’ibyo amadini bahagarariye, ubwinshi bw’amajwi sibwo bugomba gushingirwaho ku birebana n’ibyo kwizera kw’idini. Mbere yo kugira ihame cyangwa inyigisho iyo ari yo yose twemera, dukwiriye kubanza kwibaza niba bihuje n’iri jambo ngo “Uko niko Uwiteka avuga”. Satani ashishikariye cyane kwerekeza ibitekerezo byacu ku bantu, aho guhanga amaso ku Mana. Yerekeza amaso y’abantu ku bepisikopi bakuru, ku bapasitoro, ku bigisha iby’iyobokamana nk’abayobozi babo, mu cyimbo cyo gushakashaka mu Byanditswe Byera ngo bimenyere ubwabo icyo Imana ibashakaho. Nuko rero, iyo Satani amaze kwigarurira intekerezo z’abo bayobozi, abenshi abikoreshereza ibyo ashaka. Ubwo Yesu yazaga yigisha amagambo y’ubugingo, rubanda rwarayumvise ruranezerwa; kandi benshi mu batambyi n’abanyamategeko baramwizera. Ariko umutambyi mukuru n’abatware bagambirira kumuciraho iteka no kwamagana inyigisho ze. N’ubwo umuhati wabo wo kumushakaho ibirego wabapfiriye ubusa, n’ubwo batashoboraga kumva imbaraga mvajuru n’ubuhanga byari mu nyigisho ze, bakomeje gushakisha inzitwazo ubwabo; banga ibihamya byerekana ko ari Mesiya kugira ngo bitabahatira kuba abigishwa be. Abo barwanyaga Yesu, bari abantu bigishije abandi kujya bubaha uhereye mu bwana bwabo, bari baramenyerejwe gupfukamirwa. Baravugaga bati : ‘Mbese bishoboka bite ko abayobozi bacu, abanditsi bacu b’abanyabwenge batizera Yesu?’ Mbese aba bantu bizeraga cyane ntibaba baramwakiriye iyo aza kuba Kristo? Biturutse kuri abo bigisha byatumye ubwoko bw’Abayuda butakira Umucunguzi wabwo. Umwuka wakoreshaga abo batambyi n’abatware uracyigaragaza muri benshi bavuga ko bizera cyane. Banga kurondora ibihamya byo mu Byanditswe Byera byerekeye ukuri kudasanzwe ko muri iki gihe. Bishingikiriza ku bwinshi bwabo, ubutunzi bwabo no kumenyekana hose, maze bagasuzugura abahagarariye ukuri bababona nk’aho ari inkehwe, abakene, n’intamenyekana, kandi bafite kwizera kubatandukanya n’isi yose. 430

Umwuka W'Imijyi Ibiri Yesu Kristo yabonye mbere hose ko ubutegetsi budakwiye bwari buyobowe n’abanditsi n’abafarisayo butari kurangirira aho budatatanyije Abayuda. Yarebeshaga amaso ya gihanuzi akabona umurimo wo kwishyira hejuru k’ubutegetsi bw’umuntu, bushaka no kugenzura umutimanama w’abantu, ibyo bikaba byarabereye itorero umuvumo uteye ubwoba mu bihe byose. Yesu anenga mu buryo buteye ubwoba abanditsi n’Abafarisayo kandi aburira abantu ababuza kudakurikira izo mpumyi z’a bayobozi, ibyo byandikiwe kugira ngo bizabere akabarore abo mu gihe kizaza. Itorero ry’i Roma riha ubuyobozi bwaryo uburenganzira bwo gusobanura Ibyanditswe Byera. Bitwaje ko abayobozi b’idini ari bo bonyine gusa bafite ubushobozi bwo gusobanura Ijambo ry’Imana, rubanda rwabujijwe kurigira. N’ubwo Ubugorozi bwatanze Bibiliya kuri bose, n’ubundi amahame ya Roma yo kwikubira yakomeje kubuza imbaga y’abantu bo mu matorero y’abaporotesitanti kwigenzurira ubwabo mu Byanditswe Byera. Bigishwa kwemera inyigisho zayo nk’uko itorero ryazisobanuye; maze ugasanga ibihumbi byinshi by’abantu batinyuka gufata ubusa muri izo nyigisho, nyamara byari bisobanutse neza mu Byanditswe Byera ko ibyo binyuranyije rwose n’inyigisho zabo cyangwa amahame shingiro y’itorero ryabo. Nyamara n’ubwo Ibyanditswe Byera byuzuyemo imiburo ijyanye no kwirinda abigisha b’ibinyoma, abantu benshi biteguye kurindisha ubugingo bwabo abakuru b’idini. Muri iki gihe, ibihumbi byinshi by’abavuga ko ari abanyedini, ntibashobora gutanga impamvu n’imwe y’ukwizera kwabo usibye ibyo bigishijwe n’abayobozi b’idini yabo. Bagenda bakikira inyigisho z’Umukiza nk’abatazibonye, maze ibyiringiro byabo bakabyubaka ku magambo babwiwe n’ababwiriza babo. Ariko se abo babwiriza bo ntibakwibeshya? Ni mu buhe buryo ki twakwiringira ubuyobozi bwabo uretse Ijambo ry’Imana ryatwereka ko ari abatwaramucyo koko? Kubura umutima w’ubutwari bwo kwivana mu nzira mbi z’isi bitera benshi kugera ikirenge mu cy’abanyabwenge; maze kubwo kwangira kwigenzurira ku giti cyabo, baboherwa mu ngoyi z’ubuyobe badafite ibyiringiro. Babona ko ukuri ko muri iki gihe guhishuriwe muri Bibiliya, kandi bakumva imbaraga ya Mwuka Muziranenge iyoboye uko kuri; ariko bakarengaho bakemera inyigisho z’abayobozi b’idini yabo zibateshura kuri uwo mucyo. N’ubwo intekerezo n’umutimanama by’abo bantu binyurwa n’uko kuri, ariko kuko bayobejwe ntibashobora gutekereza ibicishije ukubiri n’ibyo bigishijwe n’ababwiriza babo; maze gushyira mu gaciro, n’ibyo barangamiye byose bigasimburwa no kutizera, ubwibone n’urwikekwe by’undi muntu. Benshi bahindutse ibikoresho Satani akoresha kugira ngo abohe imbata ze. Yigarurira benshi akoresheje umurunga w’isano bagirana n’abanzi b’Umusaraba wa Kristo. Uko iyo sano yaba iri kose, yaba ishingiye ku babyeyi, abavandimwe, ku bana, ku bashakanye, cyangwa se ku bo muhorana, ingaruka z’ibyo byose ni zimwe; abanzi b’ukuri bakoresha imbaraga zabo zose kugira ngo bigarurire umutimanama, maze abantu bari mu kigoyi cye bagasigara batakigira ubutwari buhagije cyangwa umudendezo wo kugendera mu byo bumva umutima wabo ubemeza. 431

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Yesu Kristo yabonye mbere hose ko ubutegetsi budakwiye bwari buyobowe n’abanditsi<br />

n’abafarisayo butari kurangirira aho budatatanyije Abayuda. Yarebeshaga amaso ya gihanuzi<br />

akabona umurimo wo kwishyira hejuru k’ubutegetsi bw’umuntu, bushaka no kugenzura<br />

umutimanama w’abantu, ibyo bikaba byarabereye itorero umuvumo uteye ubwoba mu bihe<br />

byose. Yesu anenga mu buryo buteye ubwoba abanditsi n’Abafarisayo kandi aburira abantu<br />

ababuza kudakurikira izo mpumyi z’a bayobozi, ibyo byandikiwe kugira ngo bizabere<br />

akabarore abo mu gihe kizaza.<br />

Itorero ry’i Roma riha ubuyobozi bwaryo uburenganzira bwo gusobanura Ibyanditswe<br />

Byera. Bitwaje ko abayobozi b’idini ari bo bonyine gusa bafite ubushobozi bwo gusobanura<br />

Ijambo ry’Imana, rubanda rwabujijwe kurigira. N’ubwo Ubugorozi bwatanze Bibiliya kuri<br />

bose, n’ubundi amahame ya Roma yo kwikubira yakomeje kubuza imbaga y’abantu bo mu<br />

matorero y’abaporotesitanti kwigenzurira ubwabo mu Byanditswe Byera. Bigishwa kwemera<br />

inyigisho zayo nk’uko itorero ryazisobanuye; maze ugasanga ibihumbi byinshi by’abantu<br />

batinyuka gufata ubusa muri izo nyigisho, nyamara byari bisobanutse neza mu Byanditswe<br />

Byera ko ibyo binyuranyije rwose n’inyigisho zabo cyangwa amahame shingiro y’itorero<br />

ryabo.<br />

Nyamara n’ubwo Ibyanditswe Byera byuzuyemo imiburo ijyanye no kwirinda abigisha<br />

b’ibinyoma, abantu benshi biteguye kurindisha ubugingo bwabo abakuru b’idini. Muri iki<br />

gihe, ibihumbi byinshi by’abavuga ko ari abanyedini, ntibashobora gutanga impamvu n’imwe<br />

y’ukwizera kwabo usibye ibyo bigishijwe n’abayobozi b’idini yabo. Bagenda bakikira<br />

inyigisho z’Umukiza nk’abatazibonye, maze ibyiringiro byabo bakabyubaka ku magambo<br />

babwiwe n’ababwiriza babo. Ariko se abo babwiriza bo ntibakwibeshya? Ni mu buhe buryo<br />

ki twakwiringira ubuyobozi bwabo uretse Ijambo ry’Imana ryatwereka ko ari abatwaramucyo<br />

koko? Kubura umutima w’ubutwari bwo kwivana mu nzira mbi z’isi bitera benshi kugera<br />

ikirenge mu cy’abanyabwenge; maze kubwo kwangira kwigenzurira ku giti cyabo,<br />

baboherwa mu ngoyi z’ubuyobe badafite ibyiringiro. Babona ko ukuri ko muri iki gihe<br />

guhishuriwe muri Bibiliya, kandi bakumva imbaraga ya Mwuka Muziranenge iyoboye uko<br />

kuri; ariko bakarengaho bakemera inyigisho z’abayobozi b’idini yabo zibateshura kuri uwo<br />

mucyo. N’ubwo intekerezo n’umutimanama by’abo bantu binyurwa n’uko kuri, ariko kuko<br />

bayobejwe ntibashobora gutekereza ibicishije ukubiri n’ibyo bigishijwe n’ababwiriza babo;<br />

maze gushyira mu gaciro, n’ibyo barangamiye byose bigasimburwa no kutizera, ubwibone<br />

n’urwikekwe by’undi muntu.<br />

Benshi bahindutse ibikoresho Satani akoresha kugira ngo abohe imbata ze. Yigarurira<br />

benshi akoresheje umurunga w’isano bagirana n’abanzi b’Umusaraba wa Kristo. Uko iyo<br />

sano yaba iri kose, yaba ishingiye ku babyeyi, abavandimwe, ku bana, ku bashakanye,<br />

cyangwa se ku bo muhorana, ingaruka z’ibyo byose ni zimwe; abanzi b’ukuri bakoresha<br />

imbaraga zabo zose kugira ngo bigarurire umutimanama, maze abantu bari mu kigoyi cye<br />

bagasigara batakigira ubutwari buhagije cyangwa umudendezo wo kugendera mu byo bumva<br />

umutima wabo ubemeza.<br />

431

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!