Umwuka W'Imijyi Ibiri
Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.
Umwuka W'Imijyi Ibiri ubushobozi bwo gutekereza kwita kuri ubwo butumwa. Urubanza ruteye ubwoba ruzacirwa abasenga ya nyamaswa n’igishushanyo cyayo rukwiriye gutera abantu benshi umwete wo kwiga ubuhanuzi kugira ngo kumenya ikimenyetso cy’inyamaswa icyo ari cyo, n’uburyo bakwirinda kuzakira icyo kimenyetso. Ariko abantu benshi biziba amatwi ngo batumva uko kuri, maze bagahindukirira imigani y’ibihimbano. Intumwa Pawulo atubwira gusubiza amaso yacu inyuma tukareba mu minsi yashize: “Igihe kizaza ubwo abantu batazumvira inyigisho nzima.’‘ 2 Icyo gihe cyamaze gusohora. Abantu benshi muri iki gihe ntibashaka ukuri kwa Bibiliya, kuko kunyuranyije n’ubushake bw’abakora ibyaha, n’umutima ukunda iby’isi; maze Satani nawe, akazana ibishuko ahereye ku byo bakunda. Ariko Imana izaba igifite abantu bayo ku isi bakomeza Bibiliya, kandi yonyine, nk’urufatiro rw’inyigisho shingiro n’ipfundo ry’ubugorozi bwose. Ibitekerezo by’abanyabwenge cyangwa imyanzuro ya gihanga, itegeko cyangwa ibyemezo by’inama y’abakuru b’amadini, nk’uko ubwinshi no kudahuza ari nk’ibyo amadini bahagarariye, ubwinshi bw’amajwi sibwo bugomba gushingirwaho ku birebana n’ibyo kwizera kw’idini. Mbere yo kugira ihame cyangwa inyigisho iyo ari yo yose twemera, dukwiriye kubanza kwibaza niba bihuje n’iri jambo ngo “Uko niko Uwiteka avuga”. Satani ashishikariye cyane kwerekeza ibitekerezo byacu ku bantu, aho guhanga amaso ku Mana. Yerekeza amaso y’abantu ku bepisikopi bakuru, ku bapasitoro, ku bigisha iby’iyobokamana nk’abayobozi babo, mu cyimbo cyo gushakashaka mu Byanditswe Byera ngo bimenyere ubwabo icyo Imana ibashakaho. Nuko rero, iyo Satani amaze kwigarurira intekerezo z’abo bayobozi, abenshi abikoreshereza ibyo ashaka. Ubwo Yesu yazaga yigisha amagambo y’ubugingo, rubanda rwarayumvise ruranezerwa; kandi benshi mu batambyi n’abanyamategeko baramwizera. Ariko umutambyi mukuru n’abatware bagambirira kumuciraho iteka no kwamagana inyigisho ze. N’ubwo umuhati wabo wo kumushakaho ibirego wabapfiriye ubusa, n’ubwo batashoboraga kumva imbaraga mvajuru n’ubuhanga byari mu nyigisho ze, bakomeje gushakisha inzitwazo ubwabo; banga ibihamya byerekana ko ari Mesiya kugira ngo bitabahatira kuba abigishwa be. Abo barwanyaga Yesu, bari abantu bigishije abandi kujya bubaha uhereye mu bwana bwabo, bari baramenyerejwe gupfukamirwa. Baravugaga bati : ‘Mbese bishoboka bite ko abayobozi bacu, abanditsi bacu b’abanyabwenge batizera Yesu?’ Mbese aba bantu bizeraga cyane ntibaba baramwakiriye iyo aza kuba Kristo? Biturutse kuri abo bigisha byatumye ubwoko bw’Abayuda butakira Umucunguzi wabwo. Umwuka wakoreshaga abo batambyi n’abatware uracyigaragaza muri benshi bavuga ko bizera cyane. Banga kurondora ibihamya byo mu Byanditswe Byera byerekeye ukuri kudasanzwe ko muri iki gihe. Bishingikiriza ku bwinshi bwabo, ubutunzi bwabo no kumenyekana hose, maze bagasuzugura abahagarariye ukuri bababona nk’aho ari inkehwe, abakene, n’intamenyekana, kandi bafite kwizera kubatandukanya n’isi yose. 430
Umwuka W'Imijyi Ibiri Yesu Kristo yabonye mbere hose ko ubutegetsi budakwiye bwari buyobowe n’abanditsi n’abafarisayo butari kurangirira aho budatatanyije Abayuda. Yarebeshaga amaso ya gihanuzi akabona umurimo wo kwishyira hejuru k’ubutegetsi bw’umuntu, bushaka no kugenzura umutimanama w’abantu, ibyo bikaba byarabereye itorero umuvumo uteye ubwoba mu bihe byose. Yesu anenga mu buryo buteye ubwoba abanditsi n’Abafarisayo kandi aburira abantu ababuza kudakurikira izo mpumyi z’a bayobozi, ibyo byandikiwe kugira ngo bizabere akabarore abo mu gihe kizaza. Itorero ry’i Roma riha ubuyobozi bwaryo uburenganzira bwo gusobanura Ibyanditswe Byera. Bitwaje ko abayobozi b’idini ari bo bonyine gusa bafite ubushobozi bwo gusobanura Ijambo ry’Imana, rubanda rwabujijwe kurigira. N’ubwo Ubugorozi bwatanze Bibiliya kuri bose, n’ubundi amahame ya Roma yo kwikubira yakomeje kubuza imbaga y’abantu bo mu matorero y’abaporotesitanti kwigenzurira ubwabo mu Byanditswe Byera. Bigishwa kwemera inyigisho zayo nk’uko itorero ryazisobanuye; maze ugasanga ibihumbi byinshi by’abantu batinyuka gufata ubusa muri izo nyigisho, nyamara byari bisobanutse neza mu Byanditswe Byera ko ibyo binyuranyije rwose n’inyigisho zabo cyangwa amahame shingiro y’itorero ryabo. Nyamara n’ubwo Ibyanditswe Byera byuzuyemo imiburo ijyanye no kwirinda abigisha b’ibinyoma, abantu benshi biteguye kurindisha ubugingo bwabo abakuru b’idini. Muri iki gihe, ibihumbi byinshi by’abavuga ko ari abanyedini, ntibashobora gutanga impamvu n’imwe y’ukwizera kwabo usibye ibyo bigishijwe n’abayobozi b’idini yabo. Bagenda bakikira inyigisho z’Umukiza nk’abatazibonye, maze ibyiringiro byabo bakabyubaka ku magambo babwiwe n’ababwiriza babo. Ariko se abo babwiriza bo ntibakwibeshya? Ni mu buhe buryo ki twakwiringira ubuyobozi bwabo uretse Ijambo ry’Imana ryatwereka ko ari abatwaramucyo koko? Kubura umutima w’ubutwari bwo kwivana mu nzira mbi z’isi bitera benshi kugera ikirenge mu cy’abanyabwenge; maze kubwo kwangira kwigenzurira ku giti cyabo, baboherwa mu ngoyi z’ubuyobe badafite ibyiringiro. Babona ko ukuri ko muri iki gihe guhishuriwe muri Bibiliya, kandi bakumva imbaraga ya Mwuka Muziranenge iyoboye uko kuri; ariko bakarengaho bakemera inyigisho z’abayobozi b’idini yabo zibateshura kuri uwo mucyo. N’ubwo intekerezo n’umutimanama by’abo bantu binyurwa n’uko kuri, ariko kuko bayobejwe ntibashobora gutekereza ibicishije ukubiri n’ibyo bigishijwe n’ababwiriza babo; maze gushyira mu gaciro, n’ibyo barangamiye byose bigasimburwa no kutizera, ubwibone n’urwikekwe by’undi muntu. Benshi bahindutse ibikoresho Satani akoresha kugira ngo abohe imbata ze. Yigarurira benshi akoresheje umurunga w’isano bagirana n’abanzi b’Umusaraba wa Kristo. Uko iyo sano yaba iri kose, yaba ishingiye ku babyeyi, abavandimwe, ku bana, ku bashakanye, cyangwa se ku bo muhorana, ingaruka z’ibyo byose ni zimwe; abanzi b’ukuri bakoresha imbaraga zabo zose kugira ngo bigarurire umutimanama, maze abantu bari mu kigoyi cye bagasigara batakigira ubutwari buhagije cyangwa umudendezo wo kugendera mu byo bumva umutima wabo ubemeza. 431
- Page 388 and 389: Umwuka W'Imijyi Ibiri bakabona ko a
- Page 390 and 391: Umwuka W'Imijyi Ibiri y’Imana, ku
- Page 392 and 393: Umwuka W'Imijyi Ibiri Satani ashobo
- Page 394 and 395: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 33
- Page 396 and 397: Umwuka W'Imijyi Ibiri uburibwe buta
- Page 398 and 399: Umwuka W'Imijyi Ibiri w’ikuzimu u
- Page 400 and 401: Umwuka W'Imijyi Ibiri icyo gitambo
- Page 402 and 403: Umwuka W'Imijyi Ibiri Nka ya mazi y
- Page 404 and 405: Umwuka W'Imijyi Ibiri intungane zap
- Page 406 and 407: Umwuka W'Imijyi Ibiri k’Umucamanz
- Page 408 and 409: Umwuka W'Imijyi Ibiri amafuti ateje
- Page 410 and 411: Umwuka W'Imijyi Ibiri nyakuri bushy
- Page 412 and 413: Umwuka W'Imijyi Ibiri Abantu bose b
- Page 414 and 415: Umwuka W'Imijyi Ibiri Uwiteka Imana
- Page 416 and 417: Umwuka W'Imijyi Ibiri rero, mureke
- Page 418 and 419: Umwuka W'Imijyi Ibiri n’aho bemer
- Page 420 and 421: Umwuka W'Imijyi Ibiri Muri ubwo buh
- Page 422 and 423: Umwuka W'Imijyi Ibiri babayeho bata
- Page 424 and 425: Umwuka W'Imijyi Ibiri iyo myanzuro
- Page 426 and 427: Umwuka W'Imijyi Ibiri bushushanywa
- Page 428 and 429: Umwuka W'Imijyi Ibiri 420
- Page 430 and 431: Umwuka W'Imijyi Ibiri wabyo. Nubwo
- Page 432 and 433: Umwuka W'Imijyi Ibiri yo. Kandi no
- Page 434 and 435: Umwuka W'Imijyi Ibiri Azihanganira
- Page 436 and 437: Umwuka W'Imijyi Ibiri bigoranye, nt
- Page 440 and 441: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ukuri n’iku
- Page 442 and 443: Umwuka W'Imijyi Ibiri w’Imana aza
- Page 444 and 445: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 38
- Page 446 and 447: Umwuka W'Imijyi Ibiri kutabashyeshy
- Page 448 and 449: Umwuka W'Imijyi Ibiri zabyo. Ntabwo
- Page 450 and 451: Umwuka W'Imijyi Ibiri bihanagurwe n
- Page 452 and 453: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ubu hariho im
- Page 454 and 455: Umwuka W'Imijyi Ibiri “Yakiranye
- Page 456 and 457: Umwuka W'Imijyi Ibiri Abo bakristo
- Page 458 and 459: Umwuka W'Imijyi Ibiri ishyano! Dore
- Page 460 and 461: Umwuka W'Imijyi Ibiri bari bajuguny
- Page 462 and 463: Umwuka W'Imijyi Ibiri kunywa.”
- Page 464 and 465: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ubwoko bw’I
- Page 466 and 467: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 40
- Page 468 and 469: Umwuka W'Imijyi Ibiri bagirira nabi
- Page 470 and 471: Umwuka W'Imijyi Ibiri nk’Umugaba
- Page 472 and 473: Umwuka W'Imijyi Ibiri mihanda y’i
- Page 474 and 475: Umwuka W'Imijyi Ibiri “Abo wampay
- Page 476 and 477: Umwuka W'Imijyi Ibiri ry’imibabar
- Page 478 and 479: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 41
- Page 480 and 481: Umwuka W'Imijyi Ibiri Abungeri gito
- Page 482 and 483: Umwuka W'Imijyi Ibiri mbona nta mun
- Page 484 and 485: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 42
- Page 486 and 487: Umwuka W'Imijyi Ibiri ayicayeho, ak
<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />
Yesu Kristo yabonye mbere hose ko ubutegetsi budakwiye bwari buyobowe n’abanditsi<br />
n’abafarisayo butari kurangirira aho budatatanyije Abayuda. Yarebeshaga amaso ya gihanuzi<br />
akabona umurimo wo kwishyira hejuru k’ubutegetsi bw’umuntu, bushaka no kugenzura<br />
umutimanama w’abantu, ibyo bikaba byarabereye itorero umuvumo uteye ubwoba mu bihe<br />
byose. Yesu anenga mu buryo buteye ubwoba abanditsi n’Abafarisayo kandi aburira abantu<br />
ababuza kudakurikira izo mpumyi z’a bayobozi, ibyo byandikiwe kugira ngo bizabere<br />
akabarore abo mu gihe kizaza.<br />
Itorero ry’i Roma riha ubuyobozi bwaryo uburenganzira bwo gusobanura Ibyanditswe<br />
Byera. Bitwaje ko abayobozi b’idini ari bo bonyine gusa bafite ubushobozi bwo gusobanura<br />
Ijambo ry’Imana, rubanda rwabujijwe kurigira. N’ubwo Ubugorozi bwatanze Bibiliya kuri<br />
bose, n’ubundi amahame ya Roma yo kwikubira yakomeje kubuza imbaga y’abantu bo mu<br />
matorero y’abaporotesitanti kwigenzurira ubwabo mu Byanditswe Byera. Bigishwa kwemera<br />
inyigisho zayo nk’uko itorero ryazisobanuye; maze ugasanga ibihumbi byinshi by’abantu<br />
batinyuka gufata ubusa muri izo nyigisho, nyamara byari bisobanutse neza mu Byanditswe<br />
Byera ko ibyo binyuranyije rwose n’inyigisho zabo cyangwa amahame shingiro y’itorero<br />
ryabo.<br />
Nyamara n’ubwo Ibyanditswe Byera byuzuyemo imiburo ijyanye no kwirinda abigisha<br />
b’ibinyoma, abantu benshi biteguye kurindisha ubugingo bwabo abakuru b’idini. Muri iki<br />
gihe, ibihumbi byinshi by’abavuga ko ari abanyedini, ntibashobora gutanga impamvu n’imwe<br />
y’ukwizera kwabo usibye ibyo bigishijwe n’abayobozi b’idini yabo. Bagenda bakikira<br />
inyigisho z’Umukiza nk’abatazibonye, maze ibyiringiro byabo bakabyubaka ku magambo<br />
babwiwe n’ababwiriza babo. Ariko se abo babwiriza bo ntibakwibeshya? Ni mu buhe buryo<br />
ki twakwiringira ubuyobozi bwabo uretse Ijambo ry’Imana ryatwereka ko ari abatwaramucyo<br />
koko? Kubura umutima w’ubutwari bwo kwivana mu nzira mbi z’isi bitera benshi kugera<br />
ikirenge mu cy’abanyabwenge; maze kubwo kwangira kwigenzurira ku giti cyabo,<br />
baboherwa mu ngoyi z’ubuyobe badafite ibyiringiro. Babona ko ukuri ko muri iki gihe<br />
guhishuriwe muri Bibiliya, kandi bakumva imbaraga ya Mwuka Muziranenge iyoboye uko<br />
kuri; ariko bakarengaho bakemera inyigisho z’abayobozi b’idini yabo zibateshura kuri uwo<br />
mucyo. N’ubwo intekerezo n’umutimanama by’abo bantu binyurwa n’uko kuri, ariko kuko<br />
bayobejwe ntibashobora gutekereza ibicishije ukubiri n’ibyo bigishijwe n’ababwiriza babo;<br />
maze gushyira mu gaciro, n’ibyo barangamiye byose bigasimburwa no kutizera, ubwibone<br />
n’urwikekwe by’undi muntu.<br />
Benshi bahindutse ibikoresho Satani akoresha kugira ngo abohe imbata ze. Yigarurira<br />
benshi akoresheje umurunga w’isano bagirana n’abanzi b’Umusaraba wa Kristo. Uko iyo<br />
sano yaba iri kose, yaba ishingiye ku babyeyi, abavandimwe, ku bana, ku bashakanye,<br />
cyangwa se ku bo muhorana, ingaruka z’ibyo byose ni zimwe; abanzi b’ukuri bakoresha<br />
imbaraga zabo zose kugira ngo bigarurire umutimanama, maze abantu bari mu kigoyi cye<br />
bagasigara batakigira ubutwari buhagije cyangwa umudendezo wo kugendera mu byo bumva<br />
umutima wabo ubemeza.<br />
431