Umwuka W'Imijyi Ibiri
Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.
Umwuka W'Imijyi Ibiri bushushanywa n’inyamaswa isa n’ingwe.” Nuko inyamaswa y’amahembe abiri itegeka abatuye ku isi kurema igishushanyo cy’inyamaswa, maze itera bose aboroheje n’abakomeye, abatunzi n’abakene, n’ab’umudendezo n’ab’imbata, gushyirwaho ikimenyetso cy’inyamaswa.” 12 Byagaragaye neza ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ari ububasha bushushanywa n’inyamaswa ifite amahembe abiri nk’ay’umwana w’intama, kandi ko ubu buhanuzi buzasohozwa igihe Leta Zunze ubumwe za Amerika zizahatira abantu kuruhuka ku munsi wa mbere w’icyumweru (Sunday), nk’ikimenyetso kidasanzwe kiranga gukomera kwa Roma. Ariko muri uko kuramya ubupapa, Leta Zunze ubumwe za Amerika ntizaba iri yonyine. Ibyo Roma yakoresheje mu bihugu yari yarigaruriye bizaba bitarashiraho burundu. Na none ubuhanuzi bwavuga ko Roma izongera kugarurirwa ububasha bwayo. ” Nuko mbona umwe mu mitwe yayo usa n’ukomeretse uruguma rwica; ariko urwo ruguma rwayishe rurakira. Abari mu isi bose bakurikira iyo nyamaswa bayitangarira”. 13 Gukomereka uruguma rwica, bisobanura gutsindwa k’ubupapa mu mwaka wa 1798. Umuhanuzi aravuga ati “hanyuma y’ibyo, rwa ruguma rwica rwarakize, maze abantu bose bo ku isi bakurikira iyo nyamaswa bayitangarira.’‘ Pawulo yerekana yeruye ko ‘uwo mwana wo kurimbuka azakomeza kubaho kugeza Yesu agarutse. Hafi y’iherezo ry’ibihe, azashyira ahagaragara imirimo ye y’ubushukanyi. Kandi Umuhishuzi yerekana ubupapa aravuga ati “Abari mu isi bose bazayiramya, umuntu wese izina rye ritanditswe mu gitabo cy’ubugingo”. Ari mu isi ya kera no mu ya none, ubupapa buzahabwa ikuzo binyuze mu kuruhuka ku Cyumweru byerekana nta gushidikanya ububasha bw’itorero Gatolika ry’i Roma. Guhera hagati y’ikinyejana cya cumi n’icyenda, abigaga iby’ubuhanuzi muri Leta zunze ubumwe za Amerika, batanze ubu buhamya ku isi yose. Ibyo tubona byaduka mu isi muri iki gihe, byerekana ko ibyahanuwe biri bugufi gusohora. Abigisha b’Abaporotesitanti, bahamya ko kuruhuka ku munsi wa mbere w’icyumweru (Sunday) byategetswe n’Imana, nyamara bakabura ibihamya mu Byanditswe Byera, nk’abayobozi b’ubupapa, bahimbye ibitangaza kugira ngo bimure itegeko ry’Imana. Amagambo akomeje kwemeza ko iteka ry’Imana riri ku bantu bagomera itegeko ryo kuruhuka Isabato-Cyumweru (Icyumweru sabato), yatangiye gukurikizwa. Kandi imyigishirize ihatira abantu kuruhuka ku Cyumweru ubu iramenyerezwa kandi yahawe intebe. Ubugizi bwa nabi n’ubucakura bw’Itorero Gatolika ry’i Roma buratangaje. Rishobora kugenzura ibizaba. Rikoresha igihe cyaryo neza, rireba uko amatorero y’Abaporotesitanti aryunamira igihe yemera Isabato y’ibinyoma, kandi rikaba ryitegura kuzayihatira umuntu wese nk’uko ryakoze mu myaka ya kera. Abirengagiza umucyo w’ukuri, bazitabaza abo biyita ko bafite ubushobozi bwo kuba batagikora icyaha, bagamije gushyira hejuru ibyo bihimbiye ubwabo. Uburyo biteguye kwifashisha itorero ry’Abaporotesitanti muri uwo murimo ni ibintu bitabagoye. Ninde usobanukiwe cyane n’uko bagenza abanze kumvira itorero kuruta abayobozi b’ubupapa ? Itorero Gatolika ry’i Roma hamwe n’amashami yaryo yose ku isi, bakoze gahunda imwe ikomeye, bagamije guharanira inyungu z’ubupapa. Milioni nyinshi z’abizera bo mu bihugu 418
Umwuka W'Imijyi Ibiri byose byo ku isi, bigishijwe gufatanyiriza hamwe, maze bakayoboka ubutegetsi bwa Papa. Aho baba bakomoka hose, uko ubutegetsi bwabo bwaba bukomeye kose, bakwiriye kumenya ko ububasha bw’itorero buri hejuru y’ibyo byose. N’ubwo barahira basezerana ko bazubaha Leta y’iwabo, ariko inyuma y’iyo ndahiro haba hari umuhigo bahize wo kumvira Papa, ubakuriraho ibihano by’izindi ndahiro baba bararahiye. 14 Amateka ahamya neza ko ubupapa butahwemye gukoresha ubucakura n’umwete mwinshi mu kwivanga muri gahunda za Leta z’ibihugu; maze bwamara kuhashinga ikirenge, bugasohoza imigambi yabwo, ndetse bukarimbura ibikomangoma n’abaturage. Mu mwaka wa1204, Papa Inosenti wa III yifashishije indahiro y’akataraboneka ya Petero wa II, Umwami w’Aragon, iyo ndahiro ikaba iteye itya:” Jyewe Petero, Umwami w’Abanyaragon, mpamije kandi nsezeranye kuzahora ndi indahemuka kandi numvira databuja Papa Inosenti n’abandi bapapa bazamusimbura, n’itorero rya Roma, kandi ubwami bwanjye bugakomeza kumwumvira, nzaharanira ukwizera Gatolika, kandi abazaguhakana nzabamarira ku icumu. ‘’Iyo ndahiro yari ihuje n’ibyo ububasha bwa Papa butegeka,” bigaragaza ko ‘’yari afite ububasha bwo gushyiraho abami’‘ kandi agashobora gukuraho bamwe batashoboye gukomeza indahiro barahiye.” 14 Nuko rero duhore twibuka ko Roma yirata ko itazigera ihinduka. Amahame ya Gregoire wa VII na Inosenti wa III aracyari amahame y’ itorero Gatolika ry’i Roma. Kandi iyo riza kugira imbaraga, ryajyaga gushyira ayo mahame mu bikorwa ntakuzuyaza rikoresheje imbaraga nko mu binyejana byashize. Abaporotesitanti ntibasobanukiwe bihagije icyatumye bemera gufatanya na Roma igikorwa cyo kuramya ku munsi wa mbere w’icyumweru. Naho Abagatolika bo, mu gushishikarira gusohoza umugambi wabo, itorero ry’i Roma rigambiriye kugarura ikuzo ryaryo ryari ryarabuze. Mureke ayo mabwiriza atangizwe muri Leta zunze ubumwe za Amerika, maze ubutegetsi bwa Leta buhatire abantu ibyo itorero; muri make, ububasha bw’itorero na Leta nibyo bizajya bigenga umutimanama w’abantu, ubwo nibwo insinzi y’itorero ry’i Roma muri icyo gihugu izaba igezweho. Ijambo ry’Imana ryatanze imiburo ku kaga kagiye gutera; mureke ibyo byirengagizwe, maze abaporotesitanti bagere aho bamenye neza imigambi nyakuri ya Roma, uretse ko bazabyibuka barakererewe batagifite uburyo bigobotora muri uwo mutego baguyemo. Itorero Gatolika ry’i Roma riragenda risatira ububasha bwaryo ryahoranye bucece. Inyigisho zaryo mu biterane, muri za kiliziya, zirategura inzira mu mitima y’abantu. Riregura rwihishwa inyubako yaryo yaguye kugira ngo rigarure akarengane ku bataryemera. Rirahuriza hamwe imbaraga zaryo, ritegura intwaro bucece kandi ntacyo ryikanga kugira ngo igihe nikigera rishoze intambara. Ritegereje gusa ko igihe kigera kandi icyo gihe ryamaze kugihabwa. Bidatinze, tugiye kureba kandi twumve, nibwo tuzamenya itorero ry’i Roma icyo ari cyo. Umuntu wese uzizera kandi akumvira Ijambo ry’Imana, azahasakiranira n’ibigeragezo n’akarengane. 419
- Page 376 and 377: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 30
- Page 378 and 379: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ntibita kubyo
- Page 380 and 381: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 31
- Page 382 and 383: Umwuka W'Imijyi Ibiri ubutegetsi bw
- Page 384 and 385: Umwuka W'Imijyi Ibiri Imbaraga n’
- Page 386 and 387: Umwuka W'Imijyi Ibiri byiza by’ab
- Page 388 and 389: Umwuka W'Imijyi Ibiri bakabona ko a
- Page 390 and 391: Umwuka W'Imijyi Ibiri y’Imana, ku
- Page 392 and 393: Umwuka W'Imijyi Ibiri Satani ashobo
- Page 394 and 395: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 33
- Page 396 and 397: Umwuka W'Imijyi Ibiri uburibwe buta
- Page 398 and 399: Umwuka W'Imijyi Ibiri w’ikuzimu u
- Page 400 and 401: Umwuka W'Imijyi Ibiri icyo gitambo
- Page 402 and 403: Umwuka W'Imijyi Ibiri Nka ya mazi y
- Page 404 and 405: Umwuka W'Imijyi Ibiri intungane zap
- Page 406 and 407: Umwuka W'Imijyi Ibiri k’Umucamanz
- Page 408 and 409: Umwuka W'Imijyi Ibiri amafuti ateje
- Page 410 and 411: Umwuka W'Imijyi Ibiri nyakuri bushy
- Page 412 and 413: Umwuka W'Imijyi Ibiri Abantu bose b
- Page 414 and 415: Umwuka W'Imijyi Ibiri Uwiteka Imana
- Page 416 and 417: Umwuka W'Imijyi Ibiri rero, mureke
- Page 418 and 419: Umwuka W'Imijyi Ibiri n’aho bemer
- Page 420 and 421: Umwuka W'Imijyi Ibiri Muri ubwo buh
- Page 422 and 423: Umwuka W'Imijyi Ibiri babayeho bata
- Page 424 and 425: Umwuka W'Imijyi Ibiri iyo myanzuro
- Page 428 and 429: Umwuka W'Imijyi Ibiri 420
- Page 430 and 431: Umwuka W'Imijyi Ibiri wabyo. Nubwo
- Page 432 and 433: Umwuka W'Imijyi Ibiri yo. Kandi no
- Page 434 and 435: Umwuka W'Imijyi Ibiri Azihanganira
- Page 436 and 437: Umwuka W'Imijyi Ibiri bigoranye, nt
- Page 438 and 439: Umwuka W'Imijyi Ibiri ubushobozi bw
- Page 440 and 441: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ukuri n’iku
- Page 442 and 443: Umwuka W'Imijyi Ibiri w’Imana aza
- Page 444 and 445: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 38
- Page 446 and 447: Umwuka W'Imijyi Ibiri kutabashyeshy
- Page 448 and 449: Umwuka W'Imijyi Ibiri zabyo. Ntabwo
- Page 450 and 451: Umwuka W'Imijyi Ibiri bihanagurwe n
- Page 452 and 453: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ubu hariho im
- Page 454 and 455: Umwuka W'Imijyi Ibiri “Yakiranye
- Page 456 and 457: Umwuka W'Imijyi Ibiri Abo bakristo
- Page 458 and 459: Umwuka W'Imijyi Ibiri ishyano! Dore
- Page 460 and 461: Umwuka W'Imijyi Ibiri bari bajuguny
- Page 462 and 463: Umwuka W'Imijyi Ibiri kunywa.”
- Page 464 and 465: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ubwoko bw’I
- Page 466 and 467: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 40
- Page 468 and 469: Umwuka W'Imijyi Ibiri bagirira nabi
- Page 470 and 471: Umwuka W'Imijyi Ibiri nk’Umugaba
- Page 472 and 473: Umwuka W'Imijyi Ibiri mihanda y’i
- Page 474 and 475: Umwuka W'Imijyi Ibiri “Abo wampay
<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />
byose byo ku isi, bigishijwe gufatanyiriza hamwe, maze bakayoboka ubutegetsi bwa Papa.<br />
Aho baba bakomoka hose, uko ubutegetsi bwabo bwaba bukomeye kose, bakwiriye kumenya<br />
ko ububasha bw’itorero buri hejuru y’ibyo byose. N’ubwo barahira basezerana ko bazubaha<br />
Leta y’iwabo, ariko inyuma y’iyo ndahiro haba hari umuhigo bahize wo kumvira Papa,<br />
ubakuriraho ibihano by’izindi ndahiro baba bararahiye. 14<br />
Amateka ahamya neza ko ubupapa butahwemye gukoresha ubucakura n’umwete mwinshi<br />
mu kwivanga muri gahunda za Leta z’ibihugu; maze bwamara kuhashinga ikirenge,<br />
bugasohoza imigambi yabwo, ndetse bukarimbura ibikomangoma n’abaturage. Mu mwaka<br />
wa1204, Papa Inosenti wa III yifashishije indahiro y’akataraboneka ya Petero wa II, Umwami<br />
w’Aragon, iyo ndahiro ikaba iteye itya:” Jyewe Petero, Umwami w’Abanyaragon, mpamije<br />
kandi nsezeranye kuzahora ndi indahemuka kandi numvira databuja Papa Inosenti n’abandi<br />
bapapa bazamusimbura, n’itorero rya Roma, kandi ubwami bwanjye bugakomeza<br />
kumwumvira, nzaharanira ukwizera Gatolika, kandi abazaguhakana nzabamarira ku icumu.<br />
‘’Iyo ndahiro yari ihuje n’ibyo ububasha bwa Papa butegeka,” bigaragaza ko ‘’yari afite<br />
ububasha bwo gushyiraho abami’‘ kandi agashobora gukuraho bamwe batashoboye<br />
gukomeza indahiro barahiye.” 14<br />
Nuko rero duhore twibuka ko Roma yirata ko itazigera ihinduka. Amahame ya Gregoire<br />
wa VII na Inosenti wa III aracyari amahame y’ itorero Gatolika ry’i Roma. Kandi iyo riza<br />
kugira imbaraga, ryajyaga gushyira ayo mahame mu bikorwa ntakuzuyaza rikoresheje<br />
imbaraga nko mu binyejana byashize. Abaporotesitanti ntibasobanukiwe bihagije icyatumye<br />
bemera gufatanya na Roma igikorwa cyo kuramya ku munsi wa mbere w’icyumweru. Naho<br />
Abagatolika bo, mu gushishikarira gusohoza umugambi wabo, itorero ry’i Roma rigambiriye<br />
kugarura ikuzo ryaryo ryari ryarabuze. Mureke ayo mabwiriza atangizwe muri Leta zunze<br />
ubumwe za Amerika, maze ubutegetsi bwa Leta buhatire abantu ibyo itorero; muri make,<br />
ububasha bw’itorero na Leta nibyo bizajya bigenga umutimanama w’abantu, ubwo nibwo<br />
insinzi y’itorero ry’i Roma muri icyo gihugu izaba igezweho.<br />
Ijambo ry’Imana ryatanze imiburo ku kaga kagiye gutera; mureke ibyo byirengagizwe,<br />
maze abaporotesitanti bagere aho bamenye neza imigambi nyakuri ya Roma, uretse ko<br />
bazabyibuka barakererewe batagifite uburyo bigobotora muri uwo mutego baguyemo. Itorero<br />
Gatolika ry’i Roma riragenda risatira ububasha bwaryo ryahoranye bucece. Inyigisho zaryo<br />
mu biterane, muri za kiliziya, zirategura inzira mu mitima y’abantu. Riregura rwihishwa<br />
inyubako yaryo yaguye kugira ngo rigarure akarengane ku bataryemera. Rirahuriza hamwe<br />
imbaraga zaryo, ritegura intwaro bucece kandi ntacyo ryikanga kugira ngo igihe nikigera<br />
rishoze intambara. Ritegereje gusa ko igihe kigera kandi icyo gihe ryamaze kugihabwa.<br />
Bidatinze, tugiye kureba kandi twumve, nibwo tuzamenya itorero ry’i Roma icyo ari cyo.<br />
Umuntu wese uzizera kandi akumvira Ijambo ry’Imana, azahasakiranira n’ibigeragezo<br />
n’akarengane.<br />
419