15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

iyo myanzuro bayongera mu mubare w’amategeko y’idini n’aya Leta asanzwe mu bihugu<br />

byose bya Gikristo.<br />

Kugeza na n’ubu kubura kw’ibihamya byo mu Byanditswe Byera bishyigikira umunsi<br />

w’icyumweru bikomeje gutera ingorane zikomeye. Abantu bakomeje kwibaza aho abigisha<br />

babo bakuye ububasha bwo gukuraho itegeko nyakuri rya Yehova wavuze ati “Umunsi wa<br />

karindwi niwo Sabato y’Uwiteka Imana yawe, ” kugira ngo baziririze umunsi w’izuba. Mu<br />

rwego rwo gusimbuza ubuhamya bwo mu Byanditswe Byera badashobora kubona, byabaye<br />

ngombwa kwiyambaza amagambo y’abantu. Nko mu iherezo ry’ikinyejana cya XII,<br />

Umuvugizi w’umunyamwete w’ibyo kuruhuka ku cyumweru yasuye amatorero yo mu<br />

Bwongereza, ahurirayo n’abahamya b’ukuri bahangana nawe; maze umuhati we umubera<br />

impfabusa ava muri icyo gihugu asubira iwabo yirukananywe inyigisho ze. Ubwo<br />

yagarukagayo, yaje afite ibyo yishingikirizaho, maze nyuma y’umurimo we, abona<br />

umusaruro wamushimishije. Yari agarukanye umuzingo w’igitabo avuga ko wamanutse mu<br />

ijuru ku Mana ubwayo, cyari cyanditswemo amabwiriza yo kuruhuka ku munsi wo ku<br />

Cyumweru, kandi atera ubwoba abatemeraga kuryubahiriza. Icyo gitabo cy’agaciro -<br />

cy’ishingiro ry’ibinyoma gusa nk’ uko itorero gishyigikiwe riri - bakwije inkuru ko<br />

cyamanutse mu ijuru kikagwa mu Rusengero rw’i Yerusalemu, ku ruhimbi rwa Mutagatifu<br />

Simiyoni i Gologota. Ariko mu by’ukuri, inkomoko yacyo ni i Roma kwa Papa, aho ibinyoma<br />

n’ibihimbano byose bigamije gukuza no gukungahaza itorero, byakomeje guhabwa agaciro<br />

n’ubuyobozi bw’ubupapa uko bwagiye busimburana.<br />

Uwo muzingo wari wanditswemo itegeko ribuzanya gukora imirimo guhera ku isaha ya<br />

cyenda y’umugoroba ku Isabato, kugeza ku wa kabiri w’icyumeru (Monday) izuba rirashe;<br />

kandi ububasha bwawo bwahamijwe n’ibitangaza byinshi. Bavugaga ko abantu bagiraga<br />

imirimo bakora muri ayo masaha yabuzanyijwe, bararemaraga. Umugabo wagerageje gusya<br />

ingano, mu cyimbo cyo kubona ifu, yabonye mu mashini ye hasohokamo umuvu w’amaraso,<br />

maze uruziga rw’imashini rurahagarara n’ubwo hari harimo amazi menshi yayikoreshaga.<br />

Umugore yatetse umugati, agiye kuwarura asanga utahiye kandi iziko rishyushye cyane. Undi<br />

wari wateguye guteka umugati ku isaha ya cyenda, ariko hanyuma yiyemeza kuzawuteka ku<br />

wa kabiri w’Isabato, ku munsi wakurikiyeho yasanze umugati uhiye wahishijwe n’imbaraga<br />

yo mu ijuru. Umuntu watetse umugati nyuma y’isaha ya cyanda ku munsi w’Isabato, bukeye<br />

mu gitondo agiye kuwumanyagura, asanga uratembamo amaraso. Kubera ibyo bihimbano<br />

n’imyizerere ishingiye ku bupfumu, abavugizi b’icyumweru (Dimanche) bahirimbanira<br />

kukigira umunsi Muziranenge . 9<br />

Muri Ekose, kimwe no mu Bwongereza, bishimiye icyumweru kuko bafashe umugabane<br />

wacyo bakawunga ku mugabane ubanza w’i Sabato ya kera. Ariko igihe cyagombaga kwezwa<br />

nicyo cyahindutse. Iteka ryaciwe n’Umwami wa Ekose ryavugaga ko ‘’Ku Isabato guhera ku<br />

isaha ya cumi n’ebyiri z’amanywa, agomba gufatwa nk’amasaha yera’‘, ko nta muntu<br />

n’umwe, guhera kuri iyo saha kugeza ku wa kabiri w’Isabato mu gitondo, ukwiriye kugira<br />

umurimo w’isi akora. 10<br />

416

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!