15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

n’aho bemera ko iryo torero ry’i Roma nk’irembo ry’ijuru. Nta n’umwe usibye gusa<br />

abahagaze bashikamye ku rufatiro rw’ukuri, imitima yabo ikemera kugira mishya na Mwuka<br />

Muziranenge, nibo batazemera gutwarwa n’ibikorwa byaryo. Ibihumbi byinshi by’abantu<br />

batimenyereje kubana na Kristo, bazahururira kwizera ibindi bijya kumera nk’Imana nyamara<br />

ari nta mbaraga bifite. Bene iyo dini ni yo rubanda nyamwinshi bifuza.<br />

Itorero rihamya ko rifite uburenganzira bwo kubabarira abantu ibyaha, ryatumye<br />

abagatolika bumva bafite umudendezo wo gukora ibyaha; kandi itegeko ryo kwicuza ibyaha<br />

rigendana no kubabarirwa, naryo risa n’irimara impungenge zo gukora ibibi. Upfukamira<br />

umuntu wacumuye, akemera kwicuza ibyaha amumenera amabanga ye n’ibyo atekereza mu<br />

mutima we, aba yiyononnye kandi atesheje agaciro ibyo atekereza mu mutima we byose.<br />

Kumenera umutambyi ibanga ry’ibyaha umuntu yakoze mu mibereho ye - nk’impabe,<br />

umunyabyaha upfa, ndetse kenshi na kenshi yabaswe n’ibisindisha no kutirinda — uwo muntu<br />

imico mbonera ye ijya ku rwego rugayitse, kandi ingaruka ni ukwangirika. Uko atekereza<br />

Imana abishyira ku rwego atekereza umuntu waguye mu cyaha, bitewe n’uko umutambyi aba<br />

ari mu cyimbo cy’Imana. Uko kwihana ibyaha umuntu yihana ku wundi muntu, ni isoko<br />

ikomokamo ibibi byinshi byangiza isi kandi biyitegurira kurimbuka guheruka. Nyamara<br />

abakunda kwinezeza, bashimishwa no kwaturira ibyaha byabo mugenzi wabo ufite kamere<br />

ipfa, kuruta gukingurira Imana imitima yabo. Birushaho kuryohera kamere muntu kwicuza<br />

ibyaha kuruta kubyihana no kubireka; biroroshye kubabarisha umubiri kwambara ibigunira<br />

no kwisiga ivu no kwibohesha iminyururu kuruta kubamba irari ry’umubiri. Umutwaro<br />

uremereye ni uwo umutima wa kamere wifuza kwikorera kuruta gucishwa bugufi n’uwo<br />

Yesu.<br />

Hari isano ikomeye iri hagati y’itorero ry’i Roma n’itorero ry’Abayuda ryo mu gihe Yesu<br />

yazaga bwa mbere. N’ubwo Abayuda bakandagiraga amategeko y’Imana mu ibanga, ku<br />

mugaragaro berekanaga ko bayakomeza cyane ndetse ku giti cyabo bakongeraho n’undi<br />

mugereka w’umwihariko wo kuyakabiriza n’imigenzo yabo aribyo byatumye kuyakomeza<br />

bihinduka bigorana kandi biba umutwaro uremereye. Nk’uko Abayuda bavugaga ko<br />

bakomeza amategeko, n’itorero rya Roma rivuga ko ryubaha umusaraba. Baha ikuzo<br />

ikimenyetso cy’umubabaro wa Kristo, ariko mu bugingo bwabo bagahakana Uwo<br />

cyerekezaho.<br />

Ubupapa bwujuje imisaraba muri kiliziya zabo, ku ntambiro no ku myambaro yabo.<br />

Ahantu hose uhasanga ikimenyetso cy’Umusaraba. Ahantu hose umusaraba uri harubahwa<br />

kandi hagahabwa ikuzo. Ariko inyigisho za Kristo zo bazihambye hagati y’imihango itagira<br />

umumaro, ubusobanuro bw’ibinyoma n’imigenzo idashyitse. Amagambo y’Umukiza<br />

yerekeye Abayuda b’abiyemezi cyane, akoreshwa no ku bayobozi b’itorero Gatolika b’i<br />

Roma: ‘’Bahambirira abantu imitwaro iremereye bakayibashyira ku ntugu nyamara bo bakaba<br />

batakwemera kuyikozaho n’urutoki.’‘ 3 Abantu bafite ibitekerezo bitunganye, bashyirwaho<br />

iterabwoba ryo guhora batinya umujinya w’Imana bacumuyeho, igihe benshi mu<br />

banyacyubahiro mu itorero bidamarariye mu munezero w’ibyaha.<br />

410

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!