15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Ubuporotestitanti bwigisha. Itorero Gatolika rikomeje kwitabirwa impande zose. Imibare ya<br />

za Kiliziya n’insengero ntoya birarushaho kwiyongera cyane mu bihugu bya Giporotesitanti.<br />

Murebe kwamamara kw’amashuri n’ibigo by’amahugurwa byabo byiganje muri Amerika,<br />

kandi abigishwa bagwiriyemo ni Abaporotesitanti. Reba ubwiyongere bw’imihango y’idini<br />

yabo mu Bwongereza n’uburyo bakomeje gutandukira ngo bashyikire Gatolika. Ibi byose<br />

bikwiriye guhwitura abazi agaciro k’amabwiriza nyakuri y’ubutumwa bwiza.<br />

Abaporotesitanti bifatanyije kandi bivanga n’ubupapa; bagiranye amasezerano ndetse<br />

babegurira ububasha kugeza aho Abagatolika nabo ubwabo bibatangaza ndetse bananirwa<br />

kubyiyumvisha. Abantu barasinziriza ngo badasobanukirwa imico n’imyifatire bya Roma<br />

n’akaga kagiye guterwa n’isumbwe ryayo. Abantu bakeneye gukangurwa hakiri kare kugira<br />

ngo barwanye uwo mwanzi uteye ubwoba w’umudendezo w’abizera Imana n’uw’abantu muri<br />

rusange.<br />

Abaporotesitanti benshi bibwira ko idini Gatolika ritareshya abantu kandi ko gusenga<br />

kwabo kugizwe n’imigenzo gusa, nta busobanuro gufite. Aha barishuka. N’ubwo inyigisho<br />

z’i Roma zishingiye ku binyoma, ntabwo ari igishyinga cy’ubushukanyi cyitaruye. Gahunda<br />

yo gusenga mu itorero Gatolika ry’i Roma, ni imihango itangaje cyane. Ukwigaragaza<br />

guhebuje n’imigenzo byaryo byakuruye intekerezo z’abantu, kandi bicecekesha ijwi<br />

ry’umutimanama wabo. Rireshya amaso. Insengero z’agahozo, imitambagiro ihoraho,<br />

intambiro z’izahabu n’imitamirizo byo muri za Kiliziya nyinshi, amabara atatse,<br />

n’ibishushanyo bimanitse, byose bikurura amaso n’ibitekerezo by’abakunzi b’ibisa neza.<br />

Amatwi nayo ahugira kumva. Muzika ni agahebuzo ntacyo wayigereranya. Amajwi ahuje<br />

y’inanga z’amoko menshi aherekejwe n’injyana igizwe n’amajwi menshi, arangirira mu<br />

minara ya za Kiliziya nini cyane, ibyo byose bigatwara intekerezo z’abaramya maze<br />

bakubaha.<br />

Uko kurabagirana kw’inyuma, kwigaragaza n’imigenzo bikwena imitima irembejwe<br />

n’ibyaha, ni igihamya cy’ububore bw’imbere. Idini ya Kristo ntikeneye bene ibyo birangaza,<br />

ngo ikunde yemerwe. Mu mucyo urasa uturutse ku musaraba gusa, niho ubukristo nyakuri<br />

bugaragarira ko buboneye kandi bunejeje abantu bose, ko budakeneye imirimbo y’inyuma<br />

ngo bukunde bwerekane agaciro kabwo. Ubwiza bwo kuzira inenge, kwicisha bugufi<br />

n’umutima wo gutuza, nibyo bifite agaciro imbere y’Imana.<br />

Gushashagirana si byo kimenyetso cyo kubonera, n’ibitekerezo bihanitse. Imyumvire yo<br />

mu rwego rwo hejuru, kwigwandika no kwihwereza, kenshi biba mu ntekerezo no mu<br />

byumviro by’ab’isi. Kenshi ibyo bikoreshwa na Satani kwibagiza abantu iby’ingenzi imitima<br />

yabo ikeneye, ntibabone uko ahazaza hazaba hameze, bikabemeza ko ubugingo budapfa,<br />

bakanamuka ku Umufasha wabo uhebuje byose, ibyiringiro byabo bikagarukira kuri iyi si<br />

honyine.<br />

Idini y’ibigaragara inyuma ireshya gusa imitima itarabyawe ubwa kabiri. Gahunda<br />

n’imigenzo yo gusenga by’itorero Gatolika, bifite imbaraga ziyobya abantu benshi; kugeza<br />

409

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!