Umwuka W'Imijyi Ibiri
Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.
Umwuka W'Imijyi Ibiri Nka ya mazi y’umwuzure, umuriro wo kuri uwo munsi ukomeye, ugaragaza ukuri kw’Imana ko ababi batazarokoka. Ntabwo biteguye kuyoborwa n’ububasha bw’ijuru. Ubushake bwabo bagiye babukoresha mu kugomera Imana; none aho ubugingo bwabo bugeze ku iherezo, barakererewe kugarura ibitekerezo byabo mu ruhande bitamenyerejwe, bakererewe kuva mu byaha ngo bumvire Imana, bakererewe kuva mu nzangano ngo bajye mu rukundo. Kuba Imana yarazigamye ubugingo bwa Kayini wari umwicanyi, yahaye abantu bose icyitegererezo cy’amaherezo yo kwemerera umunyabyaha gukomeza kubaho iteka akiranirwa. Binyuze mu nyigisho za Kayini n’icyitegererezo cye, benshi mu bamukomotseho bakurikiye inzira yo gukiranirwa, kugeza “igihe ububi bw’abantu bukabya cyane ku isi, ” kandi ibyo abantu bibwiraga mu mitima yabo byakomezaga kuba bibi”. Mu maso y’Imana, isi nayo yari yarononekaye kandi yuzuye urugomo”. 20 Kubw’imbabazi Imana igirira isi, yayitsembyeho ababi bose mu gihe cya Nowa. Kubw’imbabazi, Imana yatsembye abari batuye Sodoma barangiritse. Binyuze mu bishuko bya Satani, abigisha b’ibyo gukiranirwa baratwa bahora bayobora abandi kugomera Imana. Uko niko byari bimeze mu gihe cya Kayini, mu gihe cya Nowa, no mu gihe cya Aburahamu na Loti; kandi ni nako bimeze no mu gihe cyacu. Kubwo imbabazi ku batuye isi, ku iherezo Imana izarimbura abanze kwakira ubuntu bwayo. “Ibihembo by’ibyaha ni urupfu; ariko impano y’Imana ni ubugingo buhoraho muri Yesu Kristo Umwami wacu”. 21 Niba ubugingo buhoraho ari umurage ku bakiranutsi, noneho n’urupfu ni umugabane w’inkozi z’ibibi”. ” Imana yategetse Mose kubwira Abisirayeli ngo: “Dore uyu munsi ngushyize imbere ubugingo n’urupfu, ibyiza n’ibibi.’‘ 22 Urupfu rwavuzwe muri iyi mirongo si rwa rundi Imana yabwiye Adamu, kuko abantu bose bagerwaho n’igihano cyo gucumura. Ni ‘’urupfu rwa kabiri’‘ rwo kinyuranyo cy’ubugingo buhoraho. Kubera ingaruka z’icyaha cya Adamu, urupfu rwageze ku kiremwa muntu cyose. Bose bajya mu gituro. Ariko nk’uko byateganyijwe mu nama y’agakiza, bose bazasohorwa muri ibyo bituro. “Abapfuye bazazuka, abakiranutsi n’abakiranirwa;’‘ “nk’uko Adamu yokoje abantu bose urupfu, niko no muri Kristo bazahindurwa bazima”. 23Ariko hari itandukaniro hagati y’ayo matsinda yombi y’abantu bazazuka. “Abari mu bituro bose bazumva ijwi rye, maze bazuke, abazaba barakoze ibyiza bazazukira ubugingo, na ho abazaba barakoze ibibi bazazukira gucirwaho iteka”. 24 “Abafite umugabane wo kuzuka kwa mbere barahirwa kandi ni abera”. Urupfu rwa kabiri ntirubasha kugira icyo rutwara abameze batyo”. 25Ariko abatihannye ngo bababarirwe ibyaha byabo kubwo kwizera, bazahanirwa gukiranirwa — ‘’ibihembo by’ibyaha’‘. Hakurikijwe ibyo bakoze, ibihano byabo bizatandukanira ku gihe bizamara n’uko bizaba bingana; ariko iherezo igihano cyabo kizarangizwa n’urupfu rwa kabiri. Kuko ku Mana, kubera ubutabera bwayo n’imbabazi zayo nyinshi, ntibishoboka gukiriza umunyabyaha mu byaha bye, imubuza kubaho imibereho yahindanyijwe n’ibyaha, aho nawe ubwe yihamiriza ko adakwiriye kubaho. Umwanditsi umwe ayobowe n’ Umwuka 394
Umwuka W'Imijyi Ibiri w’Imana yaranditse ati: “Hasigaye igihe gito gusa, umunyabyaha ntiyongere kubaho, ni koko uzitegereza ahe umubure”. ‘’Bazatwikirwa n’isoni, bibagirane by’iteka ryose. ‘’ 26 Iryo niryo herezo ry’icyaha n’amahano yose, n’umusaka byatejwe n’icyaha. Umunyazaburi yaranditse ati: “Warimbuye abanyabyaha, wasibanganyije amazina yabo iteka ryose, abanzi banjye bashizeho barimbutse iteka. “Ukurimbuka kw’iteka ryose kuje ku banzi bawe”. 27 Mu byahishuwe Umuhanuzi Yohana yitegereje ibyo ahazaza mu ijuru, yumva indirimbo isingiza Imana, nta murya n’umwe unyuranya watuma itakaza uburyohe bwayo. Ibyaremwe byose byo mu ijuru n’ibyo mu isi, byererezaga ikuzo ry’Imana. Nta na hamwe noneho hazumvikana imiborogo y’abantu batuka Imana kubera uburibwe, nta biremwa bigaragurikira mu irimbukiro, ngo humvikane urudubi rw’imiborogo yabo n’indirimbo z’abacunguwe. Ku rufatiro rw’ikinyoma cy’uko kamere idapfa, hongerwaho n’inyigisho ivuga ko mu gihe abantu bapfuye hari ibyo bakomeza kumeya — iyo nyigisho, hamwe n’iyo kubabazwa by’iteka ryose, binyuranyije n’inyigisho zo mu Byanditswe Byera, bikanyuranya n’ukuri n’uko tubyumva nk’ikiremwamuntu. Hagendewe ku myizerere rusange y’abantu, abacunguwe bari mu ijuru bamenya ikintu cyose gikorerwa hano ku isi, cyane cyane bakamenya uko incuti zabo basize hano ku isi zimerewe. Ariko se byatera munezero ki abapfuye, kumenya no kubona akaga n’uburibwe by’abariho, kubona abo bakundaga barimo gukora ibyaha, no kubabona bari mu gahinda, mu bahagaritse imitima, no mu mibabaro yo mu kubaho kwabo? Abacunguwe se bo, bashobora bate kugira umunezero bareba kandi bumva incuti zabo ziborogera ku isi ? Mbega ubugira nabi kwizera ko uwo mwanya umwuka ukiva mu mubiri, ubugingo bukomeza kugurumanira mu birimi by’umuriro w’iteka ryose! Mbega umubabaro utavugwa kubona abantu b’incuti zabo, bapfa batihannye bamanuka bajya mu bituro, bumva ko aho babashyize ari mu muriro waka ubutazima iteka ryose! Benshi bagiye banduzwa n’iyo nyigisho iteye ubwoba ! Ibyanditswe Byera bivuga iki kuri ibyo bintu ? Dawidi ahamya ko abari mu bituro, ntacyo bamenya. “Umwuka we umuvamo, agasubira mu butaka, uwo munsi imigambi ye ikaba ishize. ” 28Salomo nawe, atanga ubuhamya nk’ubwo agira ati, “Abazima bazi ko bazapfa: ariko abapfuye bo ntacyo bakizi. Urukundo rwabo n’urwangano rwabo n’ishyari ryabo, byose biba bishize, kandi nta mugabane bacyizeye mu bikorerwa munsi y’ijuru byose, kugeza ibihe byose. Kuko mu gituro aho uzajya nta mirimo, nta n’imigambi uzahabona, haba no kumenya cyangwa ubwenge”. 29 Ku gisubizo cy’amasengesho ya Hezekiya, yongerewe indi myaka cumi n’itanu yo kubaho, maze uwo Mwami atura Imana ituro ry’ishimwe kubera imbabazi zayo zitarondoreka. Muri iyo ndirimbo ye yo gushima, yavuzemo impamvu imuteye kwishima muri aya magambo: “Kuko ikuzimu hatabasha kukogeza n’urupfu rutabasha kuguhimbaza, abamanuka bajya muri rwa rwobo ntibabasha kwiringira ukuri kwawe. Umuzima, umuzima niwe uzakogeza nk’uko nkogeza uyu munsi”. 30 Iyobokamana ryamamaye rigaragaza ko 395
- Page 352 and 353: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ubwo Yobu yum
- Page 354 and 355: Umwuka W'Imijyi Ibiri Muziranenge a
- Page 356 and 357: Umwuka W'Imijyi Ibiri bw’umuramba
- Page 358 and 359: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 28
- Page 360 and 361: Umwuka W'Imijyi Ibiri Amategeko y
- Page 362 and 363: Umwuka W'Imijyi Ibiri gihugu izabar
- Page 364 and 365: Umwuka W'Imijyi Ibiri gato gusa ni
- Page 366 and 367: Umwuka W'Imijyi Ibiri kizarangira m
- Page 368 and 369: Umwuka W'Imijyi Ibiri agenga iyo ng
- Page 370 and 371: Umwuka W'Imijyi Ibiri inama yo kure
- Page 372 and 373: Umwuka W'Imijyi Ibiri byagize ku ba
- Page 374 and 375: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ibirego by’
- Page 376 and 377: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 30
- Page 378 and 379: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ntibita kubyo
- Page 380 and 381: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 31
- Page 382 and 383: Umwuka W'Imijyi Ibiri ubutegetsi bw
- Page 384 and 385: Umwuka W'Imijyi Ibiri Imbaraga n’
- Page 386 and 387: Umwuka W'Imijyi Ibiri byiza by’ab
- Page 388 and 389: Umwuka W'Imijyi Ibiri bakabona ko a
- Page 390 and 391: Umwuka W'Imijyi Ibiri y’Imana, ku
- Page 392 and 393: Umwuka W'Imijyi Ibiri Satani ashobo
- Page 394 and 395: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 33
- Page 396 and 397: Umwuka W'Imijyi Ibiri uburibwe buta
- Page 398 and 399: Umwuka W'Imijyi Ibiri w’ikuzimu u
- Page 400 and 401: Umwuka W'Imijyi Ibiri icyo gitambo
- Page 404 and 405: Umwuka W'Imijyi Ibiri intungane zap
- Page 406 and 407: Umwuka W'Imijyi Ibiri k’Umucamanz
- Page 408 and 409: Umwuka W'Imijyi Ibiri amafuti ateje
- Page 410 and 411: Umwuka W'Imijyi Ibiri nyakuri bushy
- Page 412 and 413: Umwuka W'Imijyi Ibiri Abantu bose b
- Page 414 and 415: Umwuka W'Imijyi Ibiri Uwiteka Imana
- Page 416 and 417: Umwuka W'Imijyi Ibiri rero, mureke
- Page 418 and 419: Umwuka W'Imijyi Ibiri n’aho bemer
- Page 420 and 421: Umwuka W'Imijyi Ibiri Muri ubwo buh
- Page 422 and 423: Umwuka W'Imijyi Ibiri babayeho bata
- Page 424 and 425: Umwuka W'Imijyi Ibiri iyo myanzuro
- Page 426 and 427: Umwuka W'Imijyi Ibiri bushushanywa
- Page 428 and 429: Umwuka W'Imijyi Ibiri 420
- Page 430 and 431: Umwuka W'Imijyi Ibiri wabyo. Nubwo
- Page 432 and 433: Umwuka W'Imijyi Ibiri yo. Kandi no
- Page 434 and 435: Umwuka W'Imijyi Ibiri Azihanganira
- Page 436 and 437: Umwuka W'Imijyi Ibiri bigoranye, nt
- Page 438 and 439: Umwuka W'Imijyi Ibiri ubushobozi bw
- Page 440 and 441: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ukuri n’iku
- Page 442 and 443: Umwuka W'Imijyi Ibiri w’Imana aza
- Page 444 and 445: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 38
- Page 446 and 447: Umwuka W'Imijyi Ibiri kutabashyeshy
- Page 448 and 449: Umwuka W'Imijyi Ibiri zabyo. Ntabwo
- Page 450 and 451: Umwuka W'Imijyi Ibiri bihanagurwe n
<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />
Nka ya mazi y’umwuzure, umuriro wo kuri uwo munsi ukomeye, ugaragaza ukuri<br />
kw’Imana ko ababi batazarokoka. Ntabwo biteguye kuyoborwa n’ububasha bw’ijuru.<br />
Ubushake bwabo bagiye babukoresha mu kugomera Imana; none aho ubugingo bwabo<br />
bugeze ku iherezo, barakererewe kugarura ibitekerezo byabo mu ruhande bitamenyerejwe,<br />
bakererewe kuva mu byaha ngo bumvire Imana, bakererewe kuva mu nzangano ngo bajye<br />
mu rukundo.<br />
Kuba Imana yarazigamye ubugingo bwa Kayini wari umwicanyi, yahaye abantu bose<br />
icyitegererezo cy’amaherezo yo kwemerera umunyabyaha gukomeza kubaho iteka<br />
akiranirwa. Binyuze mu nyigisho za Kayini n’icyitegererezo cye, benshi mu bamukomotseho<br />
bakurikiye inzira yo gukiranirwa, kugeza “igihe ububi bw’abantu bukabya cyane ku isi, ”<br />
kandi ibyo abantu bibwiraga mu mitima yabo byakomezaga kuba bibi”. Mu maso y’Imana,<br />
isi nayo yari yarononekaye kandi yuzuye urugomo”. 20<br />
Kubw’imbabazi Imana igirira isi, yayitsembyeho ababi bose mu gihe cya Nowa.<br />
Kubw’imbabazi, Imana yatsembye abari batuye Sodoma barangiritse. Binyuze mu bishuko<br />
bya Satani, abigisha b’ibyo gukiranirwa baratwa bahora bayobora abandi kugomera Imana.<br />
Uko niko byari bimeze mu gihe cya Kayini, mu gihe cya Nowa, no mu gihe cya Aburahamu<br />
na Loti; kandi ni nako bimeze no mu gihe cyacu. Kubwo imbabazi ku batuye isi, ku iherezo<br />
Imana izarimbura abanze kwakira ubuntu bwayo.<br />
“Ibihembo by’ibyaha ni urupfu; ariko impano y’Imana ni ubugingo buhoraho muri Yesu<br />
Kristo Umwami wacu”. 21 Niba ubugingo buhoraho ari umurage ku bakiranutsi, noneho<br />
n’urupfu ni umugabane w’inkozi z’ibibi”. ” Imana yategetse Mose kubwira Abisirayeli ngo:<br />
“Dore uyu munsi ngushyize imbere ubugingo n’urupfu, ibyiza n’ibibi.’‘ 22 Urupfu rwavuzwe<br />
muri iyi mirongo si rwa rundi Imana yabwiye Adamu, kuko abantu bose bagerwaho n’igihano<br />
cyo gucumura. Ni ‘’urupfu rwa kabiri’‘ rwo kinyuranyo cy’ubugingo buhoraho.<br />
Kubera ingaruka z’icyaha cya Adamu, urupfu rwageze ku kiremwa muntu cyose. Bose<br />
bajya mu gituro. Ariko nk’uko byateganyijwe mu nama y’agakiza, bose bazasohorwa muri<br />
ibyo bituro. “Abapfuye bazazuka, abakiranutsi n’abakiranirwa;’‘ “nk’uko Adamu yokoje<br />
abantu bose urupfu, niko no muri Kristo bazahindurwa bazima”. 23Ariko hari itandukaniro<br />
hagati y’ayo matsinda yombi y’abantu bazazuka. “Abari mu bituro bose bazumva ijwi rye,<br />
maze bazuke, abazaba barakoze ibyiza bazazukira ubugingo, na ho abazaba barakoze ibibi<br />
bazazukira gucirwaho iteka”. 24 “Abafite umugabane wo kuzuka kwa mbere barahirwa kandi<br />
ni abera”. Urupfu rwa kabiri ntirubasha kugira icyo rutwara abameze batyo”. 25Ariko<br />
abatihannye ngo bababarirwe ibyaha byabo kubwo kwizera, bazahanirwa gukiranirwa —<br />
‘’ibihembo by’ibyaha’‘. Hakurikijwe ibyo bakoze, ibihano byabo bizatandukanira ku gihe<br />
bizamara n’uko bizaba bingana; ariko iherezo igihano cyabo kizarangizwa n’urupfu rwa<br />
kabiri. Kuko ku Mana, kubera ubutabera bwayo n’imbabazi zayo nyinshi, ntibishoboka<br />
gukiriza umunyabyaha mu byaha bye, imubuza kubaho imibereho yahindanyijwe n’ibyaha,<br />
aho nawe ubwe yihamiriza ko adakwiriye kubaho. Umwanditsi umwe ayobowe n’ <strong>Umwuka</strong><br />
394