Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri Nka ya mazi y’umwuzure, umuriro wo kuri uwo munsi ukomeye, ugaragaza ukuri kw’Imana ko ababi batazarokoka. Ntabwo biteguye kuyoborwa n’ububasha bw’ijuru. Ubushake bwabo bagiye babukoresha mu kugomera Imana; none aho ubugingo bwabo bugeze ku iherezo, barakererewe kugarura ibitekerezo byabo mu ruhande bitamenyerejwe, bakererewe kuva mu byaha ngo bumvire Imana, bakererewe kuva mu nzangano ngo bajye mu rukundo. Kuba Imana yarazigamye ubugingo bwa Kayini wari umwicanyi, yahaye abantu bose icyitegererezo cy’amaherezo yo kwemerera umunyabyaha gukomeza kubaho iteka akiranirwa. Binyuze mu nyigisho za Kayini n’icyitegererezo cye, benshi mu bamukomotseho bakurikiye inzira yo gukiranirwa, kugeza “igihe ububi bw’abantu bukabya cyane ku isi, ” kandi ibyo abantu bibwiraga mu mitima yabo byakomezaga kuba bibi”. Mu maso y’Imana, isi nayo yari yarononekaye kandi yuzuye urugomo”. 20 Kubw’imbabazi Imana igirira isi, yayitsembyeho ababi bose mu gihe cya Nowa. Kubw’imbabazi, Imana yatsembye abari batuye Sodoma barangiritse. Binyuze mu bishuko bya Satani, abigisha b’ibyo gukiranirwa baratwa bahora bayobora abandi kugomera Imana. Uko niko byari bimeze mu gihe cya Kayini, mu gihe cya Nowa, no mu gihe cya Aburahamu na Loti; kandi ni nako bimeze no mu gihe cyacu. Kubwo imbabazi ku batuye isi, ku iherezo Imana izarimbura abanze kwakira ubuntu bwayo. “Ibihembo by’ibyaha ni urupfu; ariko impano y’Imana ni ubugingo buhoraho muri Yesu Kristo Umwami wacu”. 21 Niba ubugingo buhoraho ari umurage ku bakiranutsi, noneho n’urupfu ni umugabane w’inkozi z’ibibi”. ” Imana yategetse Mose kubwira Abisirayeli ngo: “Dore uyu munsi ngushyize imbere ubugingo n’urupfu, ibyiza n’ibibi.’‘ 22 Urupfu rwavuzwe muri iyi mirongo si rwa rundi Imana yabwiye Adamu, kuko abantu bose bagerwaho n’igihano cyo gucumura. Ni ‘’urupfu rwa kabiri’‘ rwo kinyuranyo cy’ubugingo buhoraho. Kubera ingaruka z’icyaha cya Adamu, urupfu rwageze ku kiremwa muntu cyose. Bose bajya mu gituro. Ariko nk’uko byateganyijwe mu nama y’agakiza, bose bazasohorwa muri ibyo bituro. “Abapfuye bazazuka, abakiranutsi n’abakiranirwa;’‘ “nk’uko Adamu yokoje abantu bose urupfu, niko no muri Kristo bazahindurwa bazima”. 23Ariko hari itandukaniro hagati y’ayo matsinda yombi y’abantu bazazuka. “Abari mu bituro bose bazumva ijwi rye, maze bazuke, abazaba barakoze ibyiza bazazukira ubugingo, na ho abazaba barakoze ibibi bazazukira gucirwaho iteka”. 24 “Abafite umugabane wo kuzuka kwa mbere barahirwa kandi ni abera”. Urupfu rwa kabiri ntirubasha kugira icyo rutwara abameze batyo”. 25Ariko abatihannye ngo bababarirwe ibyaha byabo kubwo kwizera, bazahanirwa gukiranirwa — ‘’ibihembo by’ibyaha’‘. Hakurikijwe ibyo bakoze, ibihano byabo bizatandukanira ku gihe bizamara n’uko bizaba bingana; ariko iherezo igihano cyabo kizarangizwa n’urupfu rwa kabiri. Kuko ku Mana, kubera ubutabera bwayo n’imbabazi zayo nyinshi, ntibishoboka gukiriza umunyabyaha mu byaha bye, imubuza kubaho imibereho yahindanyijwe n’ibyaha, aho nawe ubwe yihamiriza ko adakwiriye kubaho. Umwanditsi umwe ayobowe n’ Umwuka 394

Umwuka W'Imijyi Ibiri w’Imana yaranditse ati: “Hasigaye igihe gito gusa, umunyabyaha ntiyongere kubaho, ni koko uzitegereza ahe umubure”. ‘’Bazatwikirwa n’isoni, bibagirane by’iteka ryose. ‘’ 26 Iryo niryo herezo ry’icyaha n’amahano yose, n’umusaka byatejwe n’icyaha. Umunyazaburi yaranditse ati: “Warimbuye abanyabyaha, wasibanganyije amazina yabo iteka ryose, abanzi banjye bashizeho barimbutse iteka. “Ukurimbuka kw’iteka ryose kuje ku banzi bawe”. 27 Mu byahishuwe Umuhanuzi Yohana yitegereje ibyo ahazaza mu ijuru, yumva indirimbo isingiza Imana, nta murya n’umwe unyuranya watuma itakaza uburyohe bwayo. Ibyaremwe byose byo mu ijuru n’ibyo mu isi, byererezaga ikuzo ry’Imana. Nta na hamwe noneho hazumvikana imiborogo y’abantu batuka Imana kubera uburibwe, nta biremwa bigaragurikira mu irimbukiro, ngo humvikane urudubi rw’imiborogo yabo n’indirimbo z’abacunguwe. Ku rufatiro rw’ikinyoma cy’uko kamere idapfa, hongerwaho n’inyigisho ivuga ko mu gihe abantu bapfuye hari ibyo bakomeza kumeya — iyo nyigisho, hamwe n’iyo kubabazwa by’iteka ryose, binyuranyije n’inyigisho zo mu Byanditswe Byera, bikanyuranya n’ukuri n’uko tubyumva nk’ikiremwamuntu. Hagendewe ku myizerere rusange y’abantu, abacunguwe bari mu ijuru bamenya ikintu cyose gikorerwa hano ku isi, cyane cyane bakamenya uko incuti zabo basize hano ku isi zimerewe. Ariko se byatera munezero ki abapfuye, kumenya no kubona akaga n’uburibwe by’abariho, kubona abo bakundaga barimo gukora ibyaha, no kubabona bari mu gahinda, mu bahagaritse imitima, no mu mibabaro yo mu kubaho kwabo? Abacunguwe se bo, bashobora bate kugira umunezero bareba kandi bumva incuti zabo ziborogera ku isi ? Mbega ubugira nabi kwizera ko uwo mwanya umwuka ukiva mu mubiri, ubugingo bukomeza kugurumanira mu birimi by’umuriro w’iteka ryose! Mbega umubabaro utavugwa kubona abantu b’incuti zabo, bapfa batihannye bamanuka bajya mu bituro, bumva ko aho babashyize ari mu muriro waka ubutazima iteka ryose! Benshi bagiye banduzwa n’iyo nyigisho iteye ubwoba ! Ibyanditswe Byera bivuga iki kuri ibyo bintu ? Dawidi ahamya ko abari mu bituro, ntacyo bamenya. “Umwuka we umuvamo, agasubira mu butaka, uwo munsi imigambi ye ikaba ishize. ” 28Salomo nawe, atanga ubuhamya nk’ubwo agira ati, “Abazima bazi ko bazapfa: ariko abapfuye bo ntacyo bakizi. Urukundo rwabo n’urwangano rwabo n’ishyari ryabo, byose biba bishize, kandi nta mugabane bacyizeye mu bikorerwa munsi y’ijuru byose, kugeza ibihe byose. Kuko mu gituro aho uzajya nta mirimo, nta n’imigambi uzahabona, haba no kumenya cyangwa ubwenge”. 29 Ku gisubizo cy’amasengesho ya Hezekiya, yongerewe indi myaka cumi n’itanu yo kubaho, maze uwo Mwami atura Imana ituro ry’ishimwe kubera imbabazi zayo zitarondoreka. Muri iyo ndirimbo ye yo gushima, yavuzemo impamvu imuteye kwishima muri aya magambo: “Kuko ikuzimu hatabasha kukogeza n’urupfu rutabasha kuguhimbaza, abamanuka bajya muri rwa rwobo ntibabasha kwiringira ukuri kwawe. Umuzima, umuzima niwe uzakogeza nk’uko nkogeza uyu munsi”. 30 Iyobokamana ryamamaye rigaragaza ko 395

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Nka ya mazi y’umwuzure, umuriro wo kuri uwo munsi ukomeye, ugaragaza ukuri<br />

kw’Imana ko ababi batazarokoka. Ntabwo biteguye kuyoborwa n’ububasha bw’ijuru.<br />

Ubushake bwabo bagiye babukoresha mu kugomera Imana; none aho ubugingo bwabo<br />

bugeze ku iherezo, barakererewe kugarura ibitekerezo byabo mu ruhande bitamenyerejwe,<br />

bakererewe kuva mu byaha ngo bumvire Imana, bakererewe kuva mu nzangano ngo bajye<br />

mu rukundo.<br />

Kuba Imana yarazigamye ubugingo bwa Kayini wari umwicanyi, yahaye abantu bose<br />

icyitegererezo cy’amaherezo yo kwemerera umunyabyaha gukomeza kubaho iteka<br />

akiranirwa. Binyuze mu nyigisho za Kayini n’icyitegererezo cye, benshi mu bamukomotseho<br />

bakurikiye inzira yo gukiranirwa, kugeza “igihe ububi bw’abantu bukabya cyane ku isi, ”<br />

kandi ibyo abantu bibwiraga mu mitima yabo byakomezaga kuba bibi”. Mu maso y’Imana,<br />

isi nayo yari yarononekaye kandi yuzuye urugomo”. 20<br />

Kubw’imbabazi Imana igirira isi, yayitsembyeho ababi bose mu gihe cya Nowa.<br />

Kubw’imbabazi, Imana yatsembye abari batuye Sodoma barangiritse. Binyuze mu bishuko<br />

bya Satani, abigisha b’ibyo gukiranirwa baratwa bahora bayobora abandi kugomera Imana.<br />

Uko niko byari bimeze mu gihe cya Kayini, mu gihe cya Nowa, no mu gihe cya Aburahamu<br />

na Loti; kandi ni nako bimeze no mu gihe cyacu. Kubwo imbabazi ku batuye isi, ku iherezo<br />

Imana izarimbura abanze kwakira ubuntu bwayo.<br />

“Ibihembo by’ibyaha ni urupfu; ariko impano y’Imana ni ubugingo buhoraho muri Yesu<br />

Kristo Umwami wacu”. 21 Niba ubugingo buhoraho ari umurage ku bakiranutsi, noneho<br />

n’urupfu ni umugabane w’inkozi z’ibibi”. ” Imana yategetse Mose kubwira Abisirayeli ngo:<br />

“Dore uyu munsi ngushyize imbere ubugingo n’urupfu, ibyiza n’ibibi.’‘ 22 Urupfu rwavuzwe<br />

muri iyi mirongo si rwa rundi Imana yabwiye Adamu, kuko abantu bose bagerwaho n’igihano<br />

cyo gucumura. Ni ‘’urupfu rwa kabiri’‘ rwo kinyuranyo cy’ubugingo buhoraho.<br />

Kubera ingaruka z’icyaha cya Adamu, urupfu rwageze ku kiremwa muntu cyose. Bose<br />

bajya mu gituro. Ariko nk’uko byateganyijwe mu nama y’agakiza, bose bazasohorwa muri<br />

ibyo bituro. “Abapfuye bazazuka, abakiranutsi n’abakiranirwa;’‘ “nk’uko Adamu yokoje<br />

abantu bose urupfu, niko no muri Kristo bazahindurwa bazima”. 23Ariko hari itandukaniro<br />

hagati y’ayo matsinda yombi y’abantu bazazuka. “Abari mu bituro bose bazumva ijwi rye,<br />

maze bazuke, abazaba barakoze ibyiza bazazukira ubugingo, na ho abazaba barakoze ibibi<br />

bazazukira gucirwaho iteka”. 24 “Abafite umugabane wo kuzuka kwa mbere barahirwa kandi<br />

ni abera”. Urupfu rwa kabiri ntirubasha kugira icyo rutwara abameze batyo”. 25Ariko<br />

abatihannye ngo bababarirwe ibyaha byabo kubwo kwizera, bazahanirwa gukiranirwa —<br />

‘’ibihembo by’ibyaha’‘. Hakurikijwe ibyo bakoze, ibihano byabo bizatandukanira ku gihe<br />

bizamara n’uko bizaba bingana; ariko iherezo igihano cyabo kizarangizwa n’urupfu rwa<br />

kabiri. Kuko ku Mana, kubera ubutabera bwayo n’imbabazi zayo nyinshi, ntibishoboka<br />

gukiriza umunyabyaha mu byaha bye, imubuza kubaho imibereho yahindanyijwe n’ibyaha,<br />

aho nawe ubwe yihamiriza ko adakwiriye kubaho. Umwanditsi umwe ayobowe n’ <strong>Umwuka</strong><br />

394

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!