Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri icyo gitambo cy’agaciro kangana gatyo, aziyikorerera ku giti cye umutwaro n’igihano cy’ibyaha bye. Mureke turebe icyo Bibiliya yigisha cyerekeye abatubaha Imana n’abanga kwihana, abo ababwiriza mpuzamahanga bagenera ijuru nk’abaziranenge, n’abamarayika banejeje. “Ufite inyota nzamuha kunywa ku isoko y’amazi y’ubugingo nta kiguzi atanze”. 10 Iri sezerano ryahawe abafite inyota bonyine. Nta n’umwe, keretse abumva ko bakeneye amazi y’ubugingo, maze bakayashaka bahombye ibintu byose, bazayahabwa. “Unesha azaragwa byose; nanjye nzaba Imana ye nawe abe umwana wanjye”. 11 Aha na none ibisabwa byarasobanuwe. Kugira ngo turagwe byose, dukwiriye guhangana n’icyaha kandi tukagitsinda. Uwiteka yavugiye mu muhanuzi Yesaya ati: “Nimubivuge: intungane zizagubwa neza”, ‘‘ inkozi z’ibibi ziragowe, kubera akaga zirimo, zizahanwa hakurikijwe ibikorwa byazo.’‘ 12 “Nubwo umunyabyaha ashobora gukora ibikorwa bibi ijana akarenga akaramba, nzi neza ko abubaha Imana bazagubwa neza. Nyamara abagome bo ntibazagubwa neza, ntabazaramba, ahubwo bazayoyoka nk’igicucu, kuko batubaha Imana”13 Kandi Pawulo ahamya ko umunyabyaha aba yizigamiye umujinya uzaba ku munsi w’uburakari, ubwo amateka y’ukuri y’Imana azahishurwa, izitura umuntu wese ibikwiriye ibyo yakoze; “amakuba n’ibyago ni byo izateza umuntu wese ukora ibyaha.” 14 ‘‘Mumenye ibi:Umusambanyi wese n’ukora ibiteye isoni n’umunya-mururumba ( nicyo kimwe no gusenga ibigirwamana), abo bose nta munani bazagira mu bwami bwa Kristo n’Imana”. 15 “Mugire umwete wo kubana n’abantu bose amahoro, n’uwo kwezwa kuko utejejwe atazareba Umwami Imana”. 16 “Hahirwa abamesa amakanzu yabo, kugira ngo bemererwe kunyura mu marembo bakinjira mu Murwa w’Imana, bakarya ku mbuto z’igiti cy’ubugingo. Inyuma y’Uwo Murwa hazasigara abiyandarika n’abarozi, abasambanyi n’abicanyi, abasenga ibigirwamana n’abakunda kubeshya bakanariganya”. 17 Imana yasobanuriye abantu imicombonera yayo, n’uburyo ifata icyaha. “Uwiteka anyura imbere ye, aravuga ati: Uwiteka, Uwiteka, Imana y’ibambe n’imbabazi itinda kurakara ifite kugira neza kwinshi n’umurava mwinshi, igumanira abantu imbabazi kugeza ku buzukuruza babo b’ibihe igihumbi, ibabarira gukiranirwa n’ibicumuro n’ibyaha.” “Azarimbura abagome bose”. 18 “Abacumura bo bazarimburirwa hamwe: iherezo ry’urubyaro rw’umunyabyaha ni ugukurwaho.” 19 Imbaraga n’ubutware by’ingoma y’Imana, bizakoreshwa kugira ngo hatsembwe ubwigomeke; kandi ibizakoreshwa byose hatangwa ingororano mu butabera, bizakurikiza rwose imico mbonera y’Imana nk’inyambabazi, itinda kurakara, ifite kugira neza kwinshi. Imana ntihata ubushake cyangwa guhitamo k’uwo ari we wese. Ntabwo yishimira uyumvira abihatiwe. Ishaka ko ibiremwa yaremesheje intoke zayo biyikunda kuko ikwiriye gukundwa. Ishaka ko biyumvira kuko bifite ibitekerezo byo gushima ubuhanga bwayo, 392

Umwuka W'Imijyi Ibiri ubutabera bwayo, n’ubugiraneza byayo. Kandi abumva bose bafite iyi mico y’Imana bazayikunda kuko bazakomeza kuyegera bishimira imirimo yayo itangaza. Amahame y’ubugwaneza, imbabazi n’urukundo byabwirijwe kandi bikagaragarizwa mu mibereho y’Umukiza wacu, ni ishusho nyakuri y’ ubushake n’imicombonera y’Imana. Kristo yahamije ko nta cyo yigisha ku bwe uretse ibyo yatumwe na Se. Amahame y’ingoma y’ijuru ntiyanyuranyaga n’ibyo Umukiza yigishaga ngo: “Mukunde abanzi banyu”. Imana izakoresha ubutabera bwayo ku babi, ubutabera bubereye isi yose, ndetse bunabereye n’abacirwaho iteka. Yajyaga kubashimisha iyo ishobora kubikora itishe amategeko agenga ubutegetsi bwayo kandi yubahirije ubutabera bw’imico yayo. Ibagotesha impano z’urukundo rwayo, ibamenyesha amategeko yayo, ibaherekeresha impano z’imbabazi zayo; nyamara basuzugura urukundo rwayo, bigahindura ubusa amategeko yayo, kandi bakirengagiza imbabazi zayo. Nubwo bakomeza kwakira impano zayo, bakubahuka Uzitanga; banga Imana kuko bazi neza ko yanga urunuka ibyaha byabo. Imana yihanganira ubugoryi bwabo igihe kirekire; ariko ku iherezo, igihe cyagenwe kirageze, ubwo bazahabwa ibikwiranye n’ibyo bakoze. Mbese Imana izakomeza gutsitsurana n’abagome ? Mbese izabahatira gukora ibyo ishaka ? Abahisemo ko Satani ababera umuyobozi kandi bakayoborwa n’ububasha bwe, ntabwo biteguye guhagarara imbere y’Imana. Ubwibone, uburyarya, ubuhehesi, ubugizi bwa nabi byashoye imizi mu mico yabo. Mbese bashobora kujya mu ijuru bakahabana ubuziraherezo n’abo bangaga babasuzugurira mu isi ? Ukuri ntikuzigera kumvikana n’umunyabinyoma, ubugwaneza ntibuzanyura kwishyira hejuru n’ubwibone; ubutungane ntibuzumvikana no kwangirika; urukundo rutikanyiza ntirwanezeza uwikanyiza. Ni munezero ki ijuru ryaha ababaswe n’inyungu z’iby’isi? Mbese abagize imibereho igomera Imana mu isi, bateruwe uwo mwanya bakajyanwa mu ijuru, bakibonera ukwera kuharangwa, - ukuntu uriyo wese aba yuzuye urukundo, mu maso ha buri wese huzuye umunezero, bakumva hahanikiwe icyarimwe indirimbo zo gushima no gusingiza Imana n’Umwana w’Intama, bakabona umucyo uhora urabagiranira mu maso y’abacunguwe uturuka ku Yicaye kuri ya ntebe- mbese abo bafite imitima y’urwango banga Imana, banga ukuri n’ubutungane, bashobora kwifatanya n’umutwe w’abamarayika b’abaririmbyi bo mu ijuru, bakaririmbana indirimbo zo gusingiza? Mbese aho bashobora kwihanganira ikuzo ry’Imana n’iry’Umwana w’Intama? Oya, oya; bahawe igihe cy’imbabazi kugira ngo birememo imico mbonera y’abijuru; ariko ntibigeze bamenyereza intekerezo zabo gukunda ubutungane; ntibigize kwimenyereza imvugo y’ijuru, none barakererewe. Imibereho yabo yo kugomera Imana, ntiyatuma bajya mu ijuru. Ubutungane bwaho, ubuziranenge bwaho, n’amahoro yaho byababera iyica rubozo; ikuzo ry’Imana rikababera umuriro ukongora. Bakwifuza guhunga bakava aho hantu haziranenge. Bahamagarira urupfu kubarimbura kugira ngo bihishe amaso y’Uwabapfiriye akabacungura. Iherezo ry’ababi rizakurikiza amahitamo yabo ubwabo. Kuvutswa ijuru ni ubushake bwabo, naho ku ruhande rw’Imana, ni ugukiranuka n’imbabazi. 393

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

icyo gitambo cy’agaciro kangana gatyo, aziyikorerera ku giti cye umutwaro n’igihano<br />

cy’ibyaha bye.<br />

Mureke turebe icyo Bibiliya yigisha cyerekeye abatubaha Imana n’abanga kwihana, abo<br />

ababwiriza mpuzamahanga bagenera ijuru nk’abaziranenge, n’abamarayika banejeje.<br />

“Ufite inyota nzamuha kunywa ku isoko y’amazi y’ubugingo nta kiguzi atanze”. 10 Iri<br />

sezerano ryahawe abafite inyota bonyine. Nta n’umwe, keretse abumva ko bakeneye amazi<br />

y’ubugingo, maze bakayashaka bahombye ibintu byose, bazayahabwa. “Unesha azaragwa<br />

byose; nanjye nzaba Imana ye nawe abe umwana wanjye”. 11 Aha na none ibisabwa<br />

byarasobanuwe. Kugira ngo turagwe byose, dukwiriye guhangana n’icyaha kandi<br />

tukagitsinda.<br />

Uwiteka yavugiye mu muhanuzi Yesaya ati: “Nimubivuge: intungane zizagubwa neza”,<br />

‘‘ inkozi z’ibibi ziragowe, kubera akaga zirimo, zizahanwa hakurikijwe ibikorwa byazo.’‘ 12<br />

“Nubwo umunyabyaha ashobora gukora ibikorwa bibi ijana akarenga akaramba, nzi neza ko<br />

abubaha Imana bazagubwa neza. Nyamara abagome bo ntibazagubwa neza, ntabazaramba,<br />

ahubwo bazayoyoka nk’igicucu, kuko batubaha Imana”13 Kandi Pawulo ahamya ko<br />

umunyabyaha aba yizigamiye umujinya uzaba ku munsi w’uburakari, ubwo amateka y’ukuri<br />

y’Imana azahishurwa, izitura umuntu wese ibikwiriye ibyo yakoze; “amakuba n’ibyago ni<br />

byo izateza umuntu wese ukora ibyaha.” 14<br />

‘‘Mumenye ibi:Umusambanyi wese n’ukora ibiteye isoni n’umunya-mururumba ( nicyo<br />

kimwe no gusenga ibigirwamana), abo bose nta munani bazagira mu bwami bwa Kristo<br />

n’Imana”. 15 “Mugire umwete wo kubana n’abantu bose amahoro, n’uwo kwezwa kuko<br />

utejejwe atazareba Umwami Imana”. 16 “Hahirwa abamesa amakanzu yabo, kugira ngo<br />

bemererwe kunyura mu marembo bakinjira mu Murwa w’Imana, bakarya ku mbuto z’igiti<br />

cy’ubugingo. Inyuma y’Uwo Murwa hazasigara abiyandarika n’abarozi, abasambanyi<br />

n’abicanyi, abasenga ibigirwamana n’abakunda kubeshya bakanariganya”. 17<br />

Imana yasobanuriye abantu imicombonera yayo, n’uburyo ifata icyaha. “Uwiteka anyura<br />

imbere ye, aravuga ati: Uwiteka, Uwiteka, Imana y’ibambe n’imbabazi itinda kurakara ifite<br />

kugira neza kwinshi n’umurava mwinshi, igumanira abantu imbabazi kugeza ku buzukuruza<br />

babo b’ibihe igihumbi, ibabarira gukiranirwa n’ibicumuro n’ibyaha.” “Azarimbura abagome<br />

bose”. 18 “Abacumura bo bazarimburirwa hamwe: iherezo ry’urubyaro rw’umunyabyaha ni<br />

ugukurwaho.” 19 Imbaraga n’ubutware by’ingoma y’Imana, bizakoreshwa kugira ngo<br />

hatsembwe ubwigomeke; kandi ibizakoreshwa byose hatangwa ingororano mu butabera,<br />

bizakurikiza rwose imico mbonera y’Imana nk’inyambabazi, itinda kurakara, ifite kugira neza<br />

kwinshi.<br />

Imana ntihata ubushake cyangwa guhitamo k’uwo ari we wese. Ntabwo yishimira<br />

uyumvira abihatiwe. Ishaka ko ibiremwa yaremesheje intoke zayo biyikunda kuko ikwiriye<br />

gukundwa. Ishaka ko biyumvira kuko bifite ibitekerezo byo gushima ubuhanga bwayo,<br />

392

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!