15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

w’ikuzimu uzahora ugurumana iteka ryose. Ariko gukomeza kwemera ko ubusanzwe roho<br />

idapfa, babona nta bundi busobanuro ariko ku iherezo bakemeza ko abantu bose bazakizwa.<br />

Benshi babona imiburo yo muri Bibiliya nk’ibereyeho gutera ubwoba abantu ngo bumvire,<br />

maze ntibabone ko bishobora gusohozwa. Nuko rero, umunyabyaha ashobora kwiberaho<br />

yinezeza, atitaye ku mabwiriza y’Imana, maze ku iherezo, akiringira kuzakirwa n’Imana.<br />

Inyigisho nk’iyo yiratana imbabazi z’Imana, nyamara ikirengagiza ubutabera bwayo, icyayo<br />

ni ukunezeza irari ry’umutima wa kamere kandi igashishikariza abagome kugundira ibibi<br />

byabo.<br />

Kugira ngo herekanwe uburyo abizera ko isi yose izakizwa bagoretse Ibyanditswe Byera<br />

bashaka gushyigikira inyigisho zabo ziyobya, igikenewe gusa ni ugusubira mubyo ubwabo<br />

bivugiye. Mu ishyingurwa ry’umusore utari ufite idini abarirwamo, wari waguye mu<br />

mpanuka, Umubwiriza mpuzamahanga yatoranije isomo ryo mu Byanditswe Byera ku<br />

byerekeye Dawidi ‘’amaze gushira umubabaro n’agahinda kubera urupfu rwa Amunoni,<br />

akumbura Abusalomu cyane.’‘ 8<br />

‘‘Nuko Umubwiriza aravuga ati: “Abantu bahora bambaza bati: Mbese iherezo ry’abava<br />

muri uyu mubiri ari abanyabyaha, bagapfa, ahari se bari mu businzi, bagapfana amakanzu<br />

yabo ariho ibizinga bitukura by’ubwicanyi bakoze bitameshwe, cyangwa bapfuye nk’uyu<br />

musore, batigeze kugira ukwemera cyangwa ngo banezezwe no kuba mu idini ni irihe?<br />

Dushimishwa n’Ibyanditswe, kuko bisubiza icyo kibazo giteye inkeke. Amunoni yari<br />

umunyabyaha ruharwa; yari yaranze kwihana, yari umusinzi, kandi mu businzi niho<br />

bamutsinze. Dawidi yari Umuhanuzi w’Imana; yagombaga kumenya ko Amunoni<br />

azamererwa nabi cyangwa azamererwa neza mu yindi si izaza. Umutima we washakaga<br />

kwerekana iki ? ‘Umutima w’Umwami Dawidi wifuzaga cyane Abusalomu: kuko yari amaze<br />

gushira umubabaro w’urupfu rwa Amunoni.’ ‘‘None se ubu duhereye kuri iyi mvugo twafata<br />

cyemezo ki? Ntabwo ari ukuvuga ko kubabara ubuziraherezo kudafite umwanya mu byo idini<br />

ryizera? Niko biri; kandi dusanga ko hano hari insinzi y’izo mpaka iherekejwe n’umunezero<br />

mwinshi, no kumurikirwa kwinshi, n’ubugiraneza bwinshi bikomoka ku butungane<br />

n’amahoro atagira impinduka kuri bose. Yashize agahinda, abonye umuhungu we yapfuye.<br />

Mbese ni ukubera iki? Ni ukubera ko yarebesheje amaso ya gihanuzi, yashoboye kubona<br />

ikuzo ry’ahazaza kandi abonera kure cyane uwo muhungu we atandukanyijwe n’ibigeragezo,<br />

akize ingoyi y’uburetwa, yejejweho imyanda yose y’icyaha, kandi amaze gutunganywa rwose<br />

no kumurikirwa, yemererwa kuba mu ikoraniro ry’abazamutse mu ijuru n’imyuka inezerewe.<br />

Ibyishimo bya Dawidi byari ibyo uko gukurwa mu mubiri w’icyaha n’imibabaro, umuhungu<br />

we yakundaga, agiye mu cyumba cyo hejuru cyane, aho azamurikirwa n’<strong>Umwuka</strong><br />

Muziranenge kuri roho ye icuze umwijima, aho intekerezo ze zizamurikirwa n’ubwenge buva<br />

mu ijuru n’urukundo ruzira iherezo kandi rudapfa, maze noneho agategurirwa kamere nshya<br />

yejejwe yo kwishimira ikiruhuko n’abaraganwa ijuru.’‘<br />

“Dukurikije ibi bitekerezo, twasa nk’abajya kwizera ko agakiza mvajuru ntacyo kadusaba<br />

gukora muri ubu buzima; haba guhinduka k’umutima, cyangwa kwizera cyangwa imyemerere<br />

390

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!