15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Muri icyo gihe ubwoko bw’Isiraheli bwumviraga Imana; kandi igihe cyose babaga<br />

bakomeje kumvira amategeko y’Imana, nta bubasha bwo mu isi cyangwa bw’i kuzimu<br />

bwashoboraga kubahangara. Ariko umuvumo Balamu atakundiwe kuvuma ubwoko<br />

bw’Imana, amaherezo wabagezeho, igihe yaboshyaga gukora icyaha. Ubwo bicaga<br />

amategeko y’Imana, maze bakitandukanya n’Imana, mazei bagasigara bategekwa<br />

n’umurimbuzi.<br />

Satani azi neza ko umunyantegenke wisunga Kristo Yesu, arusha imbaraga igitero<br />

cy’ingabo z’umwijima, azi kandi ko aramutse yishyize ku mugaragaro, azagababwaho igitero,<br />

maze agatsindwa. Nuko rero Satani yifuza gukura abasirikari b’umusaraba mu gihome cyabo<br />

gikomeye, bubikiye hamwe n’ingabo ze zihora ziteguye gutsemba abamunyurira mu gikingi.<br />

Mu kwishingikiriza gusa ku Mana twicishije bugufi, tukumvira amategeko yayo yose, tuzaba<br />

mu mutekano.<br />

Nta n’umwe washobora kubaho umunsi umwe cyangwa isaha imwe, atasenze. Cyane<br />

cyane twinginge Uwiteka tumusaba ubwenge bwo gusobanukirwa Ijambo rye. Muri ryo<br />

nimwo duhishurirwa imitego y’umushukanyi hamwe n’uburyo bwo kumutsinda. Satani ni<br />

umuhanga mu gukoresha Ibyanditswe Byera, aha ubusobanuro yihimbiye ku mirongo yizera<br />

ko yadusitaza. Dukwiriye kwiga Bibiliya twicishije bugufi mu mitima, tutagira akanya na<br />

gato duhuga ko kwishingikiriza ku Mana. N’ubwo dukwiriye guhora twirinda imitego ya<br />

Satani, dukwiriye gukomeza gusengana kwizera tugira tuti: “Ntuduhane mu bitwoshya”.<br />

385

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!