Umwuka W'Imijyi Ibiri
Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.
Umwuka W'Imijyi Ibiri Ntibita kubyo Satani akomeza gukora n’ibyo yagezeho; bagahinyura imiburo y’ubushukanyi bwe; ariko bagasa n’abatazi ko abaho rwose. Iyo benshi badasobanukiwe n’ubuhendanyi bwe, uwo mwanzi w’imitima ahora ari maso, abubikiriye igihe cyose. Yinjira mu byumba by’amazu yose, no mu nzira zo mu midugudu yacu yose, mu nsengero, mu nama z’ubutegetsi, mu nkiko zica imanza, akabateramo gushidikanya, akabayobya, akabashukashuka, ahantu hose akangiza imitima myinshi, agahindanya imibiri y’abagabo, abagore n’abana, agasenya imiryango, akabiba inzangano mu bantu, kwifuza ubukire, amahane, ubuhendanyi n’ubwicanyi. Maze aho Abakristo bari bagasa n’ababona ko ibyo byose bituruka ku Mana kandi bigomba kubaho. Satani akomeje kwihatira kurwanya abantu b’Imana akoresheje gusenya insika zose zari zibatandukanyije n’isi. Abisirayeli ba kera baguye mu cyaha igihe bivangaga n’amahanga ya gipagani kandi bari barabibujijwe. Nguko uko n’Abisirayeli bo muri iki gihe baguye. “imana y’iki gihe yabahumye imitima, kugira ngo umucyo w’ubutumwa bwiza bwa Kristo, ariwe shusho y’Imana utabatambikira”3 Abatarafata umwanzuro wo gukurikira Yesu, baba baritangiye kuba abakozi ba Satani. Mu mutima utarahindutse haba harimo gukunda icyaha, kandi ugahora ugishakira urwitwazo. Naho umutima wahindutse, wanga icyaha urunuka, kandi uhora uharanira kugitsinda. Iyo Abakristo bahisemo kwifatanya n’abatubaha Imana kandi batayizera, baba bishyize mu kaga k’ibigeragezo. Satani wiyoberanyije, abarakingiriza ngo batamubona. Ntibabasha kubona ko bene abo bazababera umutego wo kubashyira mu kaga; kandi ko igihe cyose bazaba bafatanyije n’ab’isi mu mico, mu magambo, no mu migenzereze, buhoro buhoro bazakomeza bahume kugeza ubwo bazarindagira. Gukurikiza imigenzo y’ab’isi bituma isi ihindura itorero; ntibyigera bihindurira isi ku kwakira Kristo. Kwimenyereza icyaha nta kabuza bigera aho bisa nk’aho kitakiri ikibi. Uhitamo gufatanya n’abakozi ba Satani, bidatinze, nawe azagera ubwo atagitinya shebuja wabo. Mu gihe turi mu murimo, tukageragezwa, nk’uko byagenze kuri Daniyeli ari i bwami, dukwiriye kumenya tudashidikanya ko Imana izaturinda; ariko niba ari twe ubwacu twishyize mu bigeragezo, bitinde bitebuke tuzatsindwa. Kenshi na kenshi umushukanyi akorana n’abadakekwaho kuba mu buyobozi bwe. Abafite ingabire kandi bakagira ubwenge, barishimirwa bagahabwa icyubahiro, nk’aho iyo mico yabo yaba nk’icyiru cyo kutubaha Imana cyangwa igatuma Imana ibareba neza. Ingabire n’umuco bishingikirizaho, ni impano z’Imana; ariko iyo bifashwe nk’ibitanga umwanya w’ubutungane, igihe byakagombye kwegereza abantu Imana, ahubwo bikajyana kure yayo, ku iherezo bibahindukira umuvumo n’umutego. Ibyo bikomeza kuba kuri benshi batekereza ko umuntu wese wumvira, mu ruhande rumwe, akwiriye kwifatanya na Kristo. Nta gicumuro gikomeye kirimo. Ibyo nibyo bikwiriye kuranga imico mbonera ya buri Mukristo wese, kuko ari byo bimenyekanisha idini y’ukuri; ariko bigomba kwegurirwa Imana, cyangwa se bikaba imbaraga z’umubi igihe byiraswe. Umuntu ujijutse w’umuhanga kandi w’imigenzereze myiza wahangara gukora ibiteye isoni, yaba ameze nk’intwaro ityaye cyane mu ntoke za Satani. 370
Umwuka W'Imijyi Ibiri Kamere y’ubuhendanyi ihora yubikiriye hamwe n’icyitegererezo kibi bamubonana, bituma ahinduka umwanzi ukomeye w’ubutumwa bwiza bwa Kristo kuruta injiji n’abatabimenyereye. Mu masengesho avuye ku mutima w’ubushake no mu kwishingikiriza ku Mana, Salomo yahawe ubwenge bwatangaje isi yose. Ariko ubwo yari amaze gutera umugongo Isoko y’imbaraga ze, agatangira kwiringira imbaraga ze bwite, ibishuko byamuciye urwaho maze biramutsinda. Nuko rero imbaraga itangaje Imana yari yahaye uwo Mwami w’umunyabwenge kuruta abandi bami bose, yamuhinduye umukozi ukomeye wanga imitima. Nubwo umwanzi ahora yihatira guhuma intekerezo z’abantu, abakristo ntibakwiriye kwibagirwa na rimwe ko “badakirana n’abafite amaraso n’umubiri, ahubwo bakirana n’abatware, n’abafite ubushobozi n’abategetsi b’iyi si y’umwijima, n’imyuka mibi y’ahantu ho mu ijuru” 4. Ibyo byanditswe byaburiye abantu b’ibihe byose kugeza no muri iki gihe cyacu: “Mwirinde ibishindisha, mube maso, kuko umurezi wanyu Satani azerera nk’intare yivuga ashaka uwo aconcomera.” 5 “Mwambare intwaro zose z’Imana kugira ngo mubashe guhagarara mudatsinzwe n’uburiganya bwa Satani.” Guhera mu gihe cya Adamu kugeza mu gihe cyacu, umwanzi wacu ukomeye yakoresheje imbaraga ze zose guhata no kurimbura abantu. Ubu arategura intambara ye iheruka yo kurwanya itorero. Abashaka gukurikira Yesu bose bazashyirwa muri iyo ntambara y’umwanzi utajya agoheka. Uko umukristo agenda arushaho gukurikiza icyitegererezo cy’ijuru, niko arushaho kwerekana ko yiteguye guhangana n’ibitero by’umwanzi. Abantu bose biyeguriye gukorera Imana, bagashaka gutahura ibinyoma by’umwanzi no kwerekana Kristo imbere y’amahanga, bazashobora gutanga ubuhamya nka Pawulo ubwo yavugaga ibyo gukorera Uwiteka n’umutima wicisha bugufi, abogoza amarira ari no mu bigeragezo byinshi. Satani yateze Yesu ngo amugeragereshe ibishuko biteye ubwoba, ariko mu kigeregezo cyose, umwanzi yaratsinzwe. Izo ntambara zarwanywe ku bwacu; uko gutsinda kwatubereye inzira yo kunesha. Kristo yiteguye guha umuntu wese ubishaka imbaraga yo gutsinda. Nta muntu ushobora gutsindwa na Satani atamutije umurindi. Umushukanyi ntafite ububasha bwo gutegeka ubushake cyangwa guhatira umutima gukora icyaha. Ashobora guteza umubabaro mu mutima w’uwo bahanganye, ariko ntashobora kumwanduza. Ashobora kumuca intege, ariko ntashobora kumuhumanya. Kuba Kristo yaratsinze bikwiye gutuma abamwizera bose kurwana bashikamye urugamba rwo kunesha icyaha na Satani. 371
- Page 328 and 329: Umwuka W'Imijyi Ibiri mu buryo buko
- Page 330 and 331: Umwuka W'Imijyi Ibiri gukomoka ahan
- Page 332 and 333: Umwuka W'Imijyi Ibiri kugira ngo ub
- Page 334 and 335: Umwuka W'Imijyi Ibiri butegetsi bwa
- Page 336 and 337: Umwuka W'Imijyi Ibiri rya kane rivu
- Page 338 and 339: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 26
- Page 340 and 341: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igihe ukuri k
- Page 342 and 343: Umwuka W'Imijyi Ibiri ku buryo bige
- Page 344 and 345: Umwuka W'Imijyi Ibiri bye, ariko am
- Page 346 and 347: Umwuka W'Imijyi Ibiri Bashoboraga k
- Page 348 and 349: Umwuka W'Imijyi Ibiri kariho muri i
- Page 350 and 351: Umwuka W'Imijyi Ibiri None se ubwo
- Page 352 and 353: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ubwo Yobu yum
- Page 354 and 355: Umwuka W'Imijyi Ibiri Muziranenge a
- Page 356 and 357: Umwuka W'Imijyi Ibiri bw’umuramba
- Page 358 and 359: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 28
- Page 360 and 361: Umwuka W'Imijyi Ibiri Amategeko y
- Page 362 and 363: Umwuka W'Imijyi Ibiri gihugu izabar
- Page 364 and 365: Umwuka W'Imijyi Ibiri gato gusa ni
- Page 366 and 367: Umwuka W'Imijyi Ibiri kizarangira m
- Page 368 and 369: Umwuka W'Imijyi Ibiri agenga iyo ng
- Page 370 and 371: Umwuka W'Imijyi Ibiri inama yo kure
- Page 372 and 373: Umwuka W'Imijyi Ibiri byagize ku ba
- Page 374 and 375: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ibirego by’
- Page 376 and 377: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 30
- Page 380 and 381: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 31
- Page 382 and 383: Umwuka W'Imijyi Ibiri ubutegetsi bw
- Page 384 and 385: Umwuka W'Imijyi Ibiri Imbaraga n’
- Page 386 and 387: Umwuka W'Imijyi Ibiri byiza by’ab
- Page 388 and 389: Umwuka W'Imijyi Ibiri bakabona ko a
- Page 390 and 391: Umwuka W'Imijyi Ibiri y’Imana, ku
- Page 392 and 393: Umwuka W'Imijyi Ibiri Satani ashobo
- Page 394 and 395: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 33
- Page 396 and 397: Umwuka W'Imijyi Ibiri uburibwe buta
- Page 398 and 399: Umwuka W'Imijyi Ibiri w’ikuzimu u
- Page 400 and 401: Umwuka W'Imijyi Ibiri icyo gitambo
- Page 402 and 403: Umwuka W'Imijyi Ibiri Nka ya mazi y
- Page 404 and 405: Umwuka W'Imijyi Ibiri intungane zap
- Page 406 and 407: Umwuka W'Imijyi Ibiri k’Umucamanz
- Page 408 and 409: Umwuka W'Imijyi Ibiri amafuti ateje
- Page 410 and 411: Umwuka W'Imijyi Ibiri nyakuri bushy
- Page 412 and 413: Umwuka W'Imijyi Ibiri Abantu bose b
- Page 414 and 415: Umwuka W'Imijyi Ibiri Uwiteka Imana
- Page 416 and 417: Umwuka W'Imijyi Ibiri rero, mureke
- Page 418 and 419: Umwuka W'Imijyi Ibiri n’aho bemer
- Page 420 and 421: Umwuka W'Imijyi Ibiri Muri ubwo buh
- Page 422 and 423: Umwuka W'Imijyi Ibiri babayeho bata
- Page 424 and 425: Umwuka W'Imijyi Ibiri iyo myanzuro
- Page 426 and 427: Umwuka W'Imijyi Ibiri bushushanywa
<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />
Kamere y’ubuhendanyi ihora yubikiriye hamwe n’icyitegererezo kibi bamubonana, bituma<br />
ahinduka umwanzi ukomeye w’ubutumwa bwiza bwa Kristo kuruta injiji<br />
n’abatabimenyereye.<br />
Mu masengesho avuye ku mutima w’ubushake no mu kwishingikiriza ku Mana, Salomo<br />
yahawe ubwenge bwatangaje isi yose. Ariko ubwo yari amaze gutera umugongo Isoko<br />
y’imbaraga ze, agatangira kwiringira imbaraga ze bwite, ibishuko byamuciye urwaho maze<br />
biramutsinda. Nuko rero imbaraga itangaje Imana yari yahaye uwo Mwami<br />
w’umunyabwenge kuruta abandi bami bose, yamuhinduye umukozi ukomeye wanga imitima.<br />
Nubwo umwanzi ahora yihatira guhuma intekerezo z’abantu, abakristo ntibakwiriye<br />
kwibagirwa na rimwe ko “badakirana n’abafite amaraso n’umubiri, ahubwo bakirana<br />
n’abatware, n’abafite ubushobozi n’abategetsi b’iyi si y’umwijima, n’imyuka mibi y’ahantu<br />
ho mu ijuru” 4. Ibyo byanditswe byaburiye abantu b’ibihe byose kugeza no muri iki gihe<br />
cyacu: “Mwirinde ibishindisha, mube maso, kuko umurezi wanyu Satani azerera nk’intare<br />
yivuga ashaka uwo aconcomera.” 5 “Mwambare intwaro zose z’Imana kugira ngo mubashe<br />
guhagarara mudatsinzwe n’uburiganya bwa Satani.”<br />
Guhera mu gihe cya Adamu kugeza mu gihe cyacu, umwanzi wacu ukomeye yakoresheje<br />
imbaraga ze zose guhata no kurimbura abantu. Ubu arategura intambara ye iheruka yo<br />
kurwanya itorero. Abashaka gukurikira Yesu bose bazashyirwa muri iyo ntambara<br />
y’umwanzi utajya agoheka. Uko umukristo agenda arushaho gukurikiza icyitegererezo<br />
cy’ijuru, niko arushaho kwerekana ko yiteguye guhangana n’ibitero by’umwanzi. Abantu<br />
bose biyeguriye gukorera Imana, bagashaka gutahura ibinyoma by’umwanzi no kwerekana<br />
Kristo imbere y’amahanga, bazashobora gutanga ubuhamya nka Pawulo ubwo yavugaga ibyo<br />
gukorera Uwiteka n’umutima wicisha bugufi, abogoza amarira ari no mu bigeragezo byinshi.<br />
Satani yateze Yesu ngo amugeragereshe ibishuko biteye ubwoba, ariko mu kigeregezo<br />
cyose, umwanzi yaratsinzwe. Izo ntambara zarwanywe ku bwacu; uko gutsinda kwatubereye<br />
inzira yo kunesha. Kristo yiteguye guha umuntu wese ubishaka imbaraga yo gutsinda. Nta<br />
muntu ushobora gutsindwa na Satani atamutije umurindi. Umushukanyi ntafite ububasha bwo<br />
gutegeka ubushake cyangwa guhatira umutima gukora icyaha. Ashobora guteza umubabaro<br />
mu mutima w’uwo bahanganye, ariko ntashobora kumwanduza. Ashobora kumuca intege,<br />
ariko ntashobora kumuhumanya. Kuba Kristo yaratsinze bikwiye gutuma abamwizera bose<br />
kurwana bashikamye urugamba rwo kunesha icyaha na Satani.<br />
371