Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri Ntibita kubyo Satani akomeza gukora n’ibyo yagezeho; bagahinyura imiburo y’ubushukanyi bwe; ariko bagasa n’abatazi ko abaho rwose. Iyo benshi badasobanukiwe n’ubuhendanyi bwe, uwo mwanzi w’imitima ahora ari maso, abubikiriye igihe cyose. Yinjira mu byumba by’amazu yose, no mu nzira zo mu midugudu yacu yose, mu nsengero, mu nama z’ubutegetsi, mu nkiko zica imanza, akabateramo gushidikanya, akabayobya, akabashukashuka, ahantu hose akangiza imitima myinshi, agahindanya imibiri y’abagabo, abagore n’abana, agasenya imiryango, akabiba inzangano mu bantu, kwifuza ubukire, amahane, ubuhendanyi n’ubwicanyi. Maze aho Abakristo bari bagasa n’ababona ko ibyo byose bituruka ku Mana kandi bigomba kubaho. Satani akomeje kwihatira kurwanya abantu b’Imana akoresheje gusenya insika zose zari zibatandukanyije n’isi. Abisirayeli ba kera baguye mu cyaha igihe bivangaga n’amahanga ya gipagani kandi bari barabibujijwe. Nguko uko n’Abisirayeli bo muri iki gihe baguye. “imana y’iki gihe yabahumye imitima, kugira ngo umucyo w’ubutumwa bwiza bwa Kristo, ariwe shusho y’Imana utabatambikira”3 Abatarafata umwanzuro wo gukurikira Yesu, baba baritangiye kuba abakozi ba Satani. Mu mutima utarahindutse haba harimo gukunda icyaha, kandi ugahora ugishakira urwitwazo. Naho umutima wahindutse, wanga icyaha urunuka, kandi uhora uharanira kugitsinda. Iyo Abakristo bahisemo kwifatanya n’abatubaha Imana kandi batayizera, baba bishyize mu kaga k’ibigeragezo. Satani wiyoberanyije, abarakingiriza ngo batamubona. Ntibabasha kubona ko bene abo bazababera umutego wo kubashyira mu kaga; kandi ko igihe cyose bazaba bafatanyije n’ab’isi mu mico, mu magambo, no mu migenzereze, buhoro buhoro bazakomeza bahume kugeza ubwo bazarindagira. Gukurikiza imigenzo y’ab’isi bituma isi ihindura itorero; ntibyigera bihindurira isi ku kwakira Kristo. Kwimenyereza icyaha nta kabuza bigera aho bisa nk’aho kitakiri ikibi. Uhitamo gufatanya n’abakozi ba Satani, bidatinze, nawe azagera ubwo atagitinya shebuja wabo. Mu gihe turi mu murimo, tukageragezwa, nk’uko byagenze kuri Daniyeli ari i bwami, dukwiriye kumenya tudashidikanya ko Imana izaturinda; ariko niba ari twe ubwacu twishyize mu bigeragezo, bitinde bitebuke tuzatsindwa. Kenshi na kenshi umushukanyi akorana n’abadakekwaho kuba mu buyobozi bwe. Abafite ingabire kandi bakagira ubwenge, barishimirwa bagahabwa icyubahiro, nk’aho iyo mico yabo yaba nk’icyiru cyo kutubaha Imana cyangwa igatuma Imana ibareba neza. Ingabire n’umuco bishingikirizaho, ni impano z’Imana; ariko iyo bifashwe nk’ibitanga umwanya w’ubutungane, igihe byakagombye kwegereza abantu Imana, ahubwo bikajyana kure yayo, ku iherezo bibahindukira umuvumo n’umutego. Ibyo bikomeza kuba kuri benshi batekereza ko umuntu wese wumvira, mu ruhande rumwe, akwiriye kwifatanya na Kristo. Nta gicumuro gikomeye kirimo. Ibyo nibyo bikwiriye kuranga imico mbonera ya buri Mukristo wese, kuko ari byo bimenyekanisha idini y’ukuri; ariko bigomba kwegurirwa Imana, cyangwa se bikaba imbaraga z’umubi igihe byiraswe. Umuntu ujijutse w’umuhanga kandi w’imigenzereze myiza wahangara gukora ibiteye isoni, yaba ameze nk’intwaro ityaye cyane mu ntoke za Satani. 370

Umwuka W'Imijyi Ibiri Kamere y’ubuhendanyi ihora yubikiriye hamwe n’icyitegererezo kibi bamubonana, bituma ahinduka umwanzi ukomeye w’ubutumwa bwiza bwa Kristo kuruta injiji n’abatabimenyereye. Mu masengesho avuye ku mutima w’ubushake no mu kwishingikiriza ku Mana, Salomo yahawe ubwenge bwatangaje isi yose. Ariko ubwo yari amaze gutera umugongo Isoko y’imbaraga ze, agatangira kwiringira imbaraga ze bwite, ibishuko byamuciye urwaho maze biramutsinda. Nuko rero imbaraga itangaje Imana yari yahaye uwo Mwami w’umunyabwenge kuruta abandi bami bose, yamuhinduye umukozi ukomeye wanga imitima. Nubwo umwanzi ahora yihatira guhuma intekerezo z’abantu, abakristo ntibakwiriye kwibagirwa na rimwe ko “badakirana n’abafite amaraso n’umubiri, ahubwo bakirana n’abatware, n’abafite ubushobozi n’abategetsi b’iyi si y’umwijima, n’imyuka mibi y’ahantu ho mu ijuru” 4. Ibyo byanditswe byaburiye abantu b’ibihe byose kugeza no muri iki gihe cyacu: “Mwirinde ibishindisha, mube maso, kuko umurezi wanyu Satani azerera nk’intare yivuga ashaka uwo aconcomera.” 5 “Mwambare intwaro zose z’Imana kugira ngo mubashe guhagarara mudatsinzwe n’uburiganya bwa Satani.” Guhera mu gihe cya Adamu kugeza mu gihe cyacu, umwanzi wacu ukomeye yakoresheje imbaraga ze zose guhata no kurimbura abantu. Ubu arategura intambara ye iheruka yo kurwanya itorero. Abashaka gukurikira Yesu bose bazashyirwa muri iyo ntambara y’umwanzi utajya agoheka. Uko umukristo agenda arushaho gukurikiza icyitegererezo cy’ijuru, niko arushaho kwerekana ko yiteguye guhangana n’ibitero by’umwanzi. Abantu bose biyeguriye gukorera Imana, bagashaka gutahura ibinyoma by’umwanzi no kwerekana Kristo imbere y’amahanga, bazashobora gutanga ubuhamya nka Pawulo ubwo yavugaga ibyo gukorera Uwiteka n’umutima wicisha bugufi, abogoza amarira ari no mu bigeragezo byinshi. Satani yateze Yesu ngo amugeragereshe ibishuko biteye ubwoba, ariko mu kigeregezo cyose, umwanzi yaratsinzwe. Izo ntambara zarwanywe ku bwacu; uko gutsinda kwatubereye inzira yo kunesha. Kristo yiteguye guha umuntu wese ubishaka imbaraga yo gutsinda. Nta muntu ushobora gutsindwa na Satani atamutije umurindi. Umushukanyi ntafite ububasha bwo gutegeka ubushake cyangwa guhatira umutima gukora icyaha. Ashobora guteza umubabaro mu mutima w’uwo bahanganye, ariko ntashobora kumwanduza. Ashobora kumuca intege, ariko ntashobora kumuhumanya. Kuba Kristo yaratsinze bikwiye gutuma abamwizera bose kurwana bashikamye urugamba rwo kunesha icyaha na Satani. 371

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Kamere y’ubuhendanyi ihora yubikiriye hamwe n’icyitegererezo kibi bamubonana, bituma<br />

ahinduka umwanzi ukomeye w’ubutumwa bwiza bwa Kristo kuruta injiji<br />

n’abatabimenyereye.<br />

Mu masengesho avuye ku mutima w’ubushake no mu kwishingikiriza ku Mana, Salomo<br />

yahawe ubwenge bwatangaje isi yose. Ariko ubwo yari amaze gutera umugongo Isoko<br />

y’imbaraga ze, agatangira kwiringira imbaraga ze bwite, ibishuko byamuciye urwaho maze<br />

biramutsinda. Nuko rero imbaraga itangaje Imana yari yahaye uwo Mwami<br />

w’umunyabwenge kuruta abandi bami bose, yamuhinduye umukozi ukomeye wanga imitima.<br />

Nubwo umwanzi ahora yihatira guhuma intekerezo z’abantu, abakristo ntibakwiriye<br />

kwibagirwa na rimwe ko “badakirana n’abafite amaraso n’umubiri, ahubwo bakirana<br />

n’abatware, n’abafite ubushobozi n’abategetsi b’iyi si y’umwijima, n’imyuka mibi y’ahantu<br />

ho mu ijuru” 4. Ibyo byanditswe byaburiye abantu b’ibihe byose kugeza no muri iki gihe<br />

cyacu: “Mwirinde ibishindisha, mube maso, kuko umurezi wanyu Satani azerera nk’intare<br />

yivuga ashaka uwo aconcomera.” 5 “Mwambare intwaro zose z’Imana kugira ngo mubashe<br />

guhagarara mudatsinzwe n’uburiganya bwa Satani.”<br />

Guhera mu gihe cya Adamu kugeza mu gihe cyacu, umwanzi wacu ukomeye yakoresheje<br />

imbaraga ze zose guhata no kurimbura abantu. Ubu arategura intambara ye iheruka yo<br />

kurwanya itorero. Abashaka gukurikira Yesu bose bazashyirwa muri iyo ntambara<br />

y’umwanzi utajya agoheka. Uko umukristo agenda arushaho gukurikiza icyitegererezo<br />

cy’ijuru, niko arushaho kwerekana ko yiteguye guhangana n’ibitero by’umwanzi. Abantu<br />

bose biyeguriye gukorera Imana, bagashaka gutahura ibinyoma by’umwanzi no kwerekana<br />

Kristo imbere y’amahanga, bazashobora gutanga ubuhamya nka Pawulo ubwo yavugaga ibyo<br />

gukorera Uwiteka n’umutima wicisha bugufi, abogoza amarira ari no mu bigeragezo byinshi.<br />

Satani yateze Yesu ngo amugeragereshe ibishuko biteye ubwoba, ariko mu kigeregezo<br />

cyose, umwanzi yaratsinzwe. Izo ntambara zarwanywe ku bwacu; uko gutsinda kwatubereye<br />

inzira yo kunesha. Kristo yiteguye guha umuntu wese ubishaka imbaraga yo gutsinda. Nta<br />

muntu ushobora gutsindwa na Satani atamutije umurindi. Umushukanyi ntafite ububasha bwo<br />

gutegeka ubushake cyangwa guhatira umutima gukora icyaha. Ashobora guteza umubabaro<br />

mu mutima w’uwo bahanganye, ariko ntashobora kumwanduza. Ashobora kumuca intege,<br />

ariko ntashobora kumuhumanya. Kuba Kristo yaratsinze bikwiye gutuma abamwizera bose<br />

kurwana bashikamye urugamba rwo kunesha icyaha na Satani.<br />

371

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!