Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri byagize ku bantu no ku bamarayika byagombaga kwerekana umusaruro uva mu kwirengagiza ubutegetsi bw’Imana. Byagombaga guhamya ko kubaho k’ubutegetsi bw’Imana n’amategeko ari byo shingiro ryo kugubwa neza kw’ibyo yaremye byose. Bityo rero, amateka y’uko kwigomeka gushishana yagombaga kuzaba uburinzi buhoraho ku bamarayika bera, kugira ngo abarinde kuba bashukwa ku byerekeye kamere yo kugomera amategeko, akabarinda gukora icyaha no kuzababazwa n’igihano cyacyo. Ubwo intambara yo mu ijuru yari igeze mu mahenuka rwose, uwo mushukanyi ukomeye yakomeje kugaragaza ko afite ukuri. Ubwo hatangwaga itangazo ko Satani n’abamarayika bose bamuyobotse bagomba gucibwa mu ijuru, ni bwo uwo muyobozi w’abigometse yashyize ku mugaragaro ko arwanya amategeko y’Imana. Yongeye gusubira mu byo yavuze mbere ko abamarayika badakeneye kugenzurwa, ko ahubwo bakwiriye kurekwa bagakurikiza ubushake bwabo kandi ko ibyo ari byo bizabayobora neza. Yarwanyije amategeko y’Imana avuga ko ababuza umudendezo kandi atangaza ko umugambi we ari uwo gukuraho ayo mategeko. Yavuze ko urwo ruzitiro rukuweho byatuma ingabo zo mu ijuru zarushaho kugira icyubahiro n’imibereho myiza kuruta mbere. Satani n’ingabo ze bahuje umubambi maze ikosa ryo kwigomeka kwabo barishyira kuri Kristo. Bavuze ko iyo bataza gucyahwa bataba barigometse. Bityo binangiye muri ubwo bwigomeke bwabo, bashaka gukuraho ubutegetsi bw’Imana ariko biba iby’ubusa. Nyamara bakomeje gutuka Imana bavuga ko ari bazira akarengane gaterwa n’ubutegetsi bw’igitugu, bityo amaherezo uwo mugome ruharwa n’abayoboke be bose bacibwa mu ijuru. Umwuka watangije ubwigomeke mu ijuru uracyateza ubwigomeke ku isi. Satani akomeje kugenza abantu nk’uko yakoze ku bamarayika. Muri iki gihe umwuka we uganje mu batumvira. Nk’uko na we yabigenje, bashaka gukuraho ibyo amategeko y’Imana ababuza maze bagasezeranira abantu umudendezo bazagira binyuze mu kurenga ku byo ayo mategeko asaba. Gucyaha icyaha biracyabyutsa umwuka w’urwango no kwinangira. Iyo ubutumwa bw’Imana buburira abantu bugeze mu mutima, Satani atera abantu kwigira abere no gushaka ababashyigikira mu cyaha cyabo. Mu cyimbo cyo gukosora amakosa yabo, barakarira ubacyaha nk’aho ari we ntandaro y’ibibazo. Uhereye mu gihe cy’umukiranutsi Abeli ukageza none, uwo ni wo mwuka wagiye ugaragarizwa abantu batinyuka gucyaha icyaha. Satani ashora abantu mu gukora icyaha akoresheje kugaragaraza nabi imico y’Imana nk’uko yabigenje mu ijuru, agatera abantu kubona Imana nk’intavumera n’inyagitugu. Ubwo yari amaze kubigeraho, yavuze ko amategeko y’Imana adatunganye ari yo yateye umuntu gucumura nk’uko na we ari yo yamuteye kwigomeka. Ariko Uwiteka Imana ubwe atangaza imico ye muri aya magambo ati: “Uwiteka, Uwiteka, Imana y’ibambe n’imbabazi, itinda kurakara, ifite kugira neza kwinshi n’umurava mwinshi, igumanira abantu imbabazi, ikageza ku buzukuruza babo b’ibihe igihumbi, ibabarira gukiranirwa n’ibicumuro n’ibyaha.” 701 364

Umwuka W'Imijyi Ibiri Ubwo Satani yacibwaga mu ijuru, Imana yerekanye ubutabera bwayo kandi ifuhira icyubahiro cy’ingoma yayo. Ariko ubwo umuntu yakoraga icyaha bitewe no kwemera uburiganya bwa Satani, Imana yatanze igihamya cy’urukundo rwayo ubwo yatangaga Umwana wayo w’ikinege kugira ngo apfire abantu bacumuye. Imico y’Imana igaragarira mu gitambo cy’i Kaluvari. Umusaraba utanga igihamya gikomeye ku isanzure ryose ko gukora icyaha Satani yahisemo ari nta mpamvu n’imwe gufite yo gushinjwa ubutegetsi bw’Imana. Mu ntambara yari ihanganishije Kristo na Satani igihe Yesu yakoraga umurimo we hano ku isi, imico nyakuri y’umushukanyi ukomeye yarigaragaje. Nta kintu cyatumye abamarayika bo mu ijuru ndetse n’abo mu masi ataracumuye bazinukwa Satani nk’ubugome bw’indengakamere yagiriye Umucunguzi w’isi. Guhangara gutuka Imana yagize ubwo yasabaga Kristo kumupfukamira, guhangara kumujyana mu mpinga y’umusozi no kumuhagarika ku gasongero k’urusengero, uburiganya yamugerageresheje amusaba kwijugunya hasi aturutse ahantu harehare cyane, ubugome budacogora bwamuhigaga aho yajyaga hose maze Satani agatera abatambyi na rubanda kwanga urukundo rwe kandi amaherezo bagatera hejuru bati: “Nabambwe! Nabambwe!” -ibyo byose byatangaje kandi bibabaza isi n’ijuru. Satani ni we wateye abantu kwanga Kristo. Shebuja w’ikibi yakoresheje imbaraga ze zose n’uburyarya bwe bwose kugira ngo arimbure Yesu. Ibyo yabitewe n’uko yabonaga ko imbabazi, impuhwe n’urukundo by’Umukiza bigaragariza abatuye isi imico y’Imana. Satani yarwanyaga icyo Umwana w’Imana yavugaga cyose kandi yakoreshaga abantu nk’abakozi be kugira ngo yuzuze imibabaro n’agahinda mu mibereho y’Umukiza. Ubucakura bwinshi n’ibinyoma yakoresheje kugira ngo akome umurimo wa Yesu mu nkokora, urwango yagaragarije mu batumvira Imana, ibirego bye byuzuye ubugome yashinje Yesu warangwaga n’imibereho y’ubugwaneza butagereranywa, ibyo byose byakomokaga ku kwihorera. Umuriro w’ishyari n’ubugome, urwango no kwihorera wagurumaniye i Kalivari ku Mwana w’Imana, mu gihe abo mu ijuru bose bitegerezaga ibyabaga bacecetse kandi banyinyiriwe. Ubwo yari amaze kwitangaho igitambo gikomeye, Kristo yarazamutse ajya mu ijuru, ntiyakundira abamarayika kumuramya atarasaba Se agira ati: “Data, abo wampaye, ndashaka ko aho ndi nabo babana nanjye.” Yohana 17:24. Ku ntebe y’ubwami bw’Imana haturutse igisubizo cyuzuye urukundo n’imbaraga bitarondorwa ngo: “Abamarayika b’Imana bose bamuramye.” Abaheburayo 1:6. Nta nenge Yesu yari afite. Gucishwa bugufi kwe kwari kurangiye, igitambo cye cyari kirangiye maze ahabwa izina riruta andi mazina yose. Noneho icyaha cya Satani nta rwitwazo cyari kigifite. Yari yaragaragaje imico ye nyakuri ko ari umubeshyi n’umwicanyi. Byagaragaye ko umwuka yayobozaga abantu bari munsi y’ubutegetsi bwe ari na wo aba yarategekesheje iyo aza kwemererwa kuyobora abo mu ijuru. Yari yaravuze ko kugomera amategeko y’Imana bizatuma habaho umudendezo no guhabwa icyubahiro kirenze; nyamara byagaragaye ko ingaruka zabyo ari ukuba mu bubata no guta agaciro. 365

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Ubwo Satani yacibwaga mu ijuru, Imana yerekanye ubutabera bwayo kandi ifuhira<br />

icyubahiro cy’ingoma yayo. Ariko ubwo umuntu yakoraga icyaha bitewe no kwemera<br />

uburiganya bwa Satani, Imana yatanze igihamya cy’urukundo rwayo ubwo yatangaga<br />

Umwana wayo w’ikinege kugira ngo apfire abantu bacumuye. Imico y’Imana igaragarira mu<br />

gitambo cy’i Kaluvari. Umusaraba utanga igihamya gikomeye ku isanzure ryose ko gukora<br />

icyaha Satani yahisemo ari nta mpamvu n’imwe gufite yo gushinjwa ubutegetsi bw’Imana.<br />

Mu ntambara yari ihanganishije Kristo na Satani igihe Yesu yakoraga umurimo we hano<br />

ku isi, imico nyakuri y’umushukanyi ukomeye yarigaragaje. Nta kintu cyatumye abamarayika<br />

bo mu ijuru ndetse n’abo mu masi ataracumuye bazinukwa Satani nk’ubugome<br />

bw’indengakamere yagiriye Umucunguzi w’isi. Guhangara gutuka Imana yagize ubwo<br />

yasabaga Kristo kumupfukamira, guhangara kumujyana mu mpinga y’umusozi no<br />

kumuhagarika ku gasongero k’urusengero, uburiganya yamugerageresheje amusaba<br />

kwijugunya hasi aturutse ahantu harehare cyane, ubugome budacogora bwamuhigaga aho<br />

yajyaga hose maze Satani agatera abatambyi na rubanda kwanga urukundo rwe kandi<br />

amaherezo bagatera hejuru bati: “Nabambwe! Nabambwe!” -ibyo byose byatangaje kandi<br />

bibabaza isi n’ijuru.<br />

Satani ni we wateye abantu kwanga Kristo. Shebuja w’ikibi yakoresheje imbaraga ze zose<br />

n’uburyarya bwe bwose kugira ngo arimbure Yesu. Ibyo yabitewe n’uko yabonaga ko<br />

imbabazi, impuhwe n’urukundo by’Umukiza bigaragariza abatuye isi imico y’Imana. Satani<br />

yarwanyaga icyo Umwana w’Imana yavugaga cyose kandi yakoreshaga abantu nk’abakozi<br />

be kugira ngo yuzuze imibabaro n’agahinda mu mibereho y’Umukiza. Ubucakura bwinshi<br />

n’ibinyoma yakoresheje kugira ngo akome umurimo wa Yesu mu nkokora, urwango<br />

yagaragarije mu batumvira Imana, ibirego bye byuzuye ubugome yashinje Yesu warangwaga<br />

n’imibereho y’ubugwaneza butagereranywa, ibyo byose byakomokaga ku kwihorera.<br />

Umuriro w’ishyari n’ubugome, urwango no kwihorera wagurumaniye i Kalivari ku Mwana<br />

w’Imana, mu gihe abo mu ijuru bose bitegerezaga ibyabaga bacecetse kandi banyinyiriwe.<br />

Ubwo yari amaze kwitangaho igitambo gikomeye, Kristo yarazamutse ajya mu ijuru,<br />

ntiyakundira abamarayika kumuramya atarasaba Se agira ati: “Data, abo wampaye, ndashaka<br />

ko aho ndi nabo babana nanjye.” Yohana 17:24. Ku ntebe y’ubwami bw’Imana haturutse<br />

igisubizo cyuzuye urukundo n’imbaraga bitarondorwa ngo: “Abamarayika b’Imana bose<br />

bamuramye.” Abaheburayo 1:6. Nta nenge Yesu yari afite. Gucishwa bugufi kwe kwari<br />

kurangiye, igitambo cye cyari kirangiye maze ahabwa izina riruta andi mazina yose.<br />

Noneho icyaha cya Satani nta rwitwazo cyari kigifite. Yari yaragaragaje imico ye nyakuri<br />

ko ari umubeshyi n’umwicanyi. Byagaragaye ko umwuka yayobozaga abantu bari munsi<br />

y’ubutegetsi bwe ari na wo aba yarategekesheje iyo aza kwemererwa kuyobora abo mu ijuru.<br />

Yari yaravuze ko kugomera amategeko y’Imana bizatuma habaho umudendezo no guhabwa<br />

icyubahiro kirenze; nyamara byagaragaye ko ingaruka zabyo ari ukuba mu bubata no guta<br />

agaciro.<br />

365

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!