15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

inama yo kureka ubwo bugome yarayigoretse ayihinduramo gahunda ze z’ubugambanyi.<br />

Abamarayika bamugiriraga icyizere cyane yari yarabagaragarije ko yarenganyijwe, ko<br />

umwanya yari arimo utubashywe, kandi ko umudendezo we ugiye kugabanywa. Yahereye ku<br />

kugoreka amagambo ya Kristo maze akurikizaho kubeshya, arega Umwana w’Imana ko afite<br />

umugambi wo kumucisha bugufi imbere y’abatuye ijuru. Yanashatse kandi uko yateza<br />

ikibazo hagati ye n’abamarayika bumvira Imana. Abamarayika bose atashoboraga<br />

kwigarurira ngo abashyire mu ruhande rwe, yabareze kutagira icyo bitaho mu bireba abo mu<br />

ijuru. Umurimo mubi we ubwe yakoraga yawugeretse ku bamarayika bakomeje kuba<br />

indahemuka ku Mana. Kandi kugira ngo ashyigikire ikirego yaregaga Imana ko<br />

yamurenganyije, yifashishije kugoreka amagambo n’ibikorwa by’Umuremyi. Byari<br />

umugambo we wo gutera abamarayika gushidikanya akoresheje ingingo z’uburiganya ku<br />

byerekeye imigambi y’Imana. Ikintu cyose cyari cyoroshye cyumvikana yagihinduye<br />

amayobera, kandi kubw’uburyarya atera gushidikanya ku magambo yumvikana yavuzwe na<br />

Yehova. Umwanya wo hejuru yari afite, kandi akaba yari yegereye ubuyobozi bw’Imana,<br />

byatumye ibinyoma bye bigira imbaraga bityo bitera abamarayika benshi kwifatanya na we<br />

mu kugomera ubutegetsi bw’Ijuru.<br />

Imana kubw’ubwenge bwayo, yemereye Satani gukomeza umurimo we kugeza igihe<br />

umwuka w’urwango wagwiriye ugahinduka kwivumbagatanya. Byari ngombwa ko imigambi<br />

ya Satani ikura mu buryo bwuzuye maze kamere nyakuri y’iyo migambi ndetse n’aho<br />

yerekeza bikagaragarira bose. Nk’umukerubi wasizwe, Lusiferi yari yarashyizwe hejuru<br />

cyane; yakundwaga cyane n’abo mu ijuru, kandi bamugiriraga icyizere gikomeye. Ubutegetsi<br />

bw’Imana ntibwagarukiraga gusa ku baturage bo mu ijuru, ahubwo bwarimo n’amasi yose<br />

Imana yaremye; bityo Satani yibwiraga ko nabasha gushora abamarayika bo mu ijuru mu<br />

kugomera Imana, azanabasha kwigarurira andi masi. Yakoresheje uburyarya n’ubucakura<br />

bukomeye kugira ngo afate ibitekerezo by’abo ashaka kugira abayoboke be. Yari afite<br />

imbaraga zikomeye z’ubushukanyi, kandi kubwo kwiyoberanya yitwikiriye ikinyoma, yari<br />

yageze ku ntego ye. Ndetse n’abamarayika bayoboka Imana ntibashoboraga kumenya neza<br />

imico ye cyangwa ngo babone aho ibyo yakoraga byerekeza.<br />

Satani yari yarubashywe cyane, kandi ibyo yakoraga byose byari amayobera ku buryo<br />

byari bikomereye abamarayika gutahura kamere nyakuri y’ibyo yakoraga. Igihe icyaha cyari<br />

kitarakura rwose mu buryo bwuzuye, nticyashoboraga kugaragara ko ari kibi nk’uko cyari<br />

kiri. Kuva mbere hose kugeza ubwo, icyaha nticyari cyaragize umwanya mu isanzure<br />

ryaremwe n’Imana kandi ibiremwa bizira inenge ntibyari bisobanukiwe ka kamere yacyo<br />

n’ububi bwacyo. Ntabwo bashoboraga kumenya ingaruka ziteye ubwoba zari guturuka ku<br />

kwirengagiza amategeko y’Imana. Bigitangira, Satani yari yarahishe umurimo we<br />

awutwikiriza ibisa no kubaha Imana. Yavugaga ko aharanira icyubahiro cy’Imana,<br />

umutekano no guhama by’ubutegetsi bwayo ndetse n’ibyiza by’abo mu ijuru bose. Ubwo<br />

yinjizaga kutanyurwa mu ntekerezo z’abamarayika yayoboraga, yari yaragiye akorana<br />

uburyarya bukomeye yerekana ko ashaka gukura kutanyurwa mu ijuru. Ubwo yasabaga ko<br />

362

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!