15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

ati: “Unesha, ni we uzambikwa imyenda yera, kandi sinzahanagura izina rye na hato mu<br />

gitabo cy’ubugingo, ahubwo nzaturira izina rye imbere ya Data n’imbere y’abamarayika be.”<br />

“Umuntu wese uzampamiriza imbere y’abantu, nanjye nzamuhamiriza imbere ya Data uri mu<br />

ijuru. Ariko uzanyihakanira imbere y’abantu wese, nanjye nzamwihakanira imbere ya Data<br />

uri mu ijuru.” 692<br />

Amatsiko menshi abantu bagira mu gihe baba bategereje imyanzuro y’inkiko zo ku isi<br />

nyamara bahinda umushyitsi, yerekana amatsiko agaragazwa mu nkiko zo mu ijuru igihe<br />

amazina yanditswe mu gitabo cy’ubugingo yongera kugaragazwa imbere y’Umucamanza<br />

w’isi yose. Umuvugizi wo mu ijuru asabira abanesheje kubw’amaraso ye ko babarirwa<br />

ibicumuro byabo, ko bakongera gusubizwa mu rugo rwabo rwa Edeni, bakambikwa<br />

amakamba nk’abaraganwa na we ubutware bwabo bwa mbere. Mika 4:8. Mu muhati mwinshi<br />

Satani yakoresheje kugira ngo ayobye kandi agerageze abantu, yatekerezaga kuburizamo<br />

umugambi Imana yari ifite ubwo yaremaga umuntu. Ariko ubu Kristo asaba ko uwo mugambi<br />

washyirwa mu bikorwa nk’aho abantu batigeze bacumura. Ntabwo asabira ubwoko bwe<br />

kubabarirwa no kugirwa intungane byuzuye gusa, ahubwo anabasabira kugira umugabane ku<br />

ikuzo rye no kwicarana na we ku ntebe ye y’ubwami.<br />

Mu gihe Yesu asabira abakiriye ubuntu bwe, Satani we abarega imbere y’Imana ko bishe<br />

amategeko yayo. Umushukanyi ukomeye yashatse uko yabashora mu gushidikanya, abatere<br />

gutakaza icyizere bafitiye Imana, kubatera kwitandukanya n’urukundo rwayo no kwica<br />

amategeko yayo. Ubu noneho (mu rubanza) yerekana ibyo bakoze mu mibereho yabo,<br />

ibidatunganye mu mico yabo, kuba badasa na Yesu Kristo, kandi bikaba byarabateye<br />

gusuzuguza Umucunguzi wabo, mbese muri make yerekana ibyaha byose yaboheje gukora,<br />

kandi kuby’ibyo Satani avuga ko abo bantu ari abe.<br />

Ntabwo Yesu atanga urwitwazo ku byaha bakoze, ahubwo yerekana ko babyihannye,<br />

akerekana kwizera kwabo maze akabasabira kubababarirwa. Azamura ibiganza bye birimo<br />

inkovu akabyerekana imbere ya Se n’abamarayika bera akavuga ati: Nzi izina rya buri wese.<br />

Nabanditse mu biganza byanjye. “Ibitambo Imana ishima ni imitima imenetse, umutima<br />

umenetse, ushenjaguwe, Mana ntuzawusuzugura.” 693 Naho umurezi w’intore ze<br />

yamuvuzeho ati: “Uwiteka aguhane, yewe Satani! ni koko Uwiteka watoranije Yerusalemu<br />

aguhane. Mbese uwo si umushimu ukuwe mu muriro?” 694 Kristo azambika indahemuka ze<br />

ubutungane bwe, kugira ngo abashe kubamurikira Se ari “itorero riboneye, ritagira ikizinga<br />

cyangwa umunkanyari cyangwa ikindi kintu cyose gisa gityo.” Abefeso 5:27. Amazina yabo<br />

aracyanditswe mu gitabo cy’ubugingo, kandi banditsweho ibi ngo: “Bazagendana nanjye<br />

bambaye imyenda yera, kuko babikwiriye.” Ibyahishuwe 3:4.<br />

Nibwo isezerano rishya rizaba risohoye ngo: “Kuko nzababarira gukiranirwa kwabo,<br />

kandi icyaha cyabo sinzacyibuka ukundi.” “Muri iyo minsi no muri icyo gihe, igicumuro cya<br />

Isirayeli kizashakwa kibure; n’ibyaha bya Yuda nabyo ntibizaboneka.” 695 “Uwo munsi<br />

ishami ry’Uwiteka rizaba ryiza rifite icyubahiro. Abisirayeli bazarokoka, imyaka yo mu<br />

353

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!