15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

bw’umurambararo n’uburebure bw’igihagararo, n’uburebure bw’ikijyepfo bwarwo, ubwo ari<br />

bwo, mumenye n’urukundo rwa Kristo ruruta uko rumenywa.” “Ariko isengesho ry’intumwa<br />

Pawulo rirashyira rikagera ku ntego yaryo, ubwo yasengaga ati “Ngo mwuzuzwe kugeza ku<br />

kuzura kw’Imana.”<br />

Na none kandi Pawulo yanditse ku cyifuzo cye cy’uko abizera bo muri Efeso bakwiriye<br />

gusobanukirwa ugukomera kw’amahirwe Umukristo afite. Mu mvugo yumvikana neza,<br />

abagaragariza imbaraga itangaje ndetse n’ubwenge babasha kugira nk’abana b’Isumbabyose.<br />

Byari ibyabo “gukomezwa cyane mu mitima yabo kubw’<strong>Umwuka</strong> we,” “gushorera imizi mu<br />

rukundo bakaba bashikamye,” “kumenyera hamwe n’abera bose ubugari n’uburebure<br />

bw’umurambararo, n’uburebure bw’igihagararo, n’uburebure bw’ikijyepfo; no kumenya<br />

urukundo rwa Kristo ruruta uko rumenywa.” Ariko isengesho rigera ku bushorishori bw’ayo<br />

mahirwe igihe asenga avuga ati: “Ngo mwuzuzwe kugeza ku kuzura kw’Imana.” 670<br />

Aha turahishurirwa ingero zo hejuru dukwiriye kugeraho kubwo kwizera amasezerano ya<br />

Data wo mu ijuru igihe twuzuje ibyo adusaba. Kubw’ibyo Kristo yakoze, dufite<br />

uburenganzira bwo kwegera intebe y’Ishoborabyose. “Itimanye umwana wayo, ahubwo<br />

ikamutanga ku bwacu twese, izabura ite kumudahana n’ibindi byose?” (Abaroma 8:32).<br />

Imana Data yahaye Mwuka we Mwana ku rugero rutagerwa, kandi natwe tubasha kugira<br />

uruhare kuri uwo mwuzuro. Yesu aravuga ati: “None se, ko muzi guha abana banyu ibyiza,<br />

kandi muri babi, So wo mu ijuru ntazarushaho rwose guha <strong>Umwuka</strong> Wera abamumusabye?”<br />

“Icyo muzasaba cyose mu izina ryanjye, nzagikora.” “Musabe muzahabwa kugira ngo<br />

umunezero wanyu ube wuzuye.” 671<br />

Nubwo imibereho ya Gikristo izarangwa no kwicisha bugufi, ntikwiriye kubamo<br />

kwitangira itama, cyangwa kwitesha agaciro. Ni amahirwe ya buri wese kubaho mu buryo<br />

Imana yemera kandi igaha umugisha. Ntabwo ari ubushake bwa Data wo mu ijuru ko duhora<br />

dusa n’abaciriweho iteka kandi tubundikiwe n’umwijima. Nta gihamya cyo kwicisha bugufi<br />

nyakuri cyaba kiriho igihe umuntu agenda yubitse umutwe kandi afite umutima wuzuye<br />

ibitekerezo by’inarijye. Dukwiriye gusanga Yesu tukezwa, tugahagarara imbere y’amategeko<br />

tudafite isoni cyangwa ikimwaro. “Nuko rero noneho abari muri Kristo Yesu nta teka<br />

bazacirwaho: abagenda badakurikiza kamere, ahubwo bakurikiza iby’<strong>Umwuka</strong>.” 672<br />

Kubwa Yesu, abana ba Adamu bacumuye bahinduka “abana b’Imana.” “Kuko uweza<br />

n’abezwa bose bakomotse kuri Imwe; ni cyo gituma adakorwa n’isoni zo kubita bene Se.”<br />

673 Imibereho y’Umukristo ikwiriye kuba iyo kwizera, insinzi ndetse no kwishimira mu<br />

Mana. “Icyabyawe n’Imana cyose kinesha iby’isi: kandi uku ni ko kunesha kwanesheje<br />

iby’isi, ni ukwizera kwacu.” 1Yohana 5:4. Umugaragu w’Imana Nehemiya yabivuze mu kuri<br />

agira ati: “Kwishimana Uwiteka ni zo ntege zanyu.” Na Pawulo aravuga ati: “Mujye<br />

mwishimira mu Mwami wacu iminsi yose. Yewe! nongeye kubivuga nti: “ Mwishime.” “<br />

Mwishime iteka, musenge ubudasiba, mu bibaho byose muhore mushima, kuko ibyo ari byo<br />

Imana ibashakaho muri Kristo Yesu.” 674<br />

348

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!