Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri Ubwo Yobu yumvaga ijwi ry’Imana mu nkubi y’umuyaga, yaravuze ati: “Ni cyo kinteye kwizinukwa, nkaba nihannye, nigaragura mu mukungugu no mu ivu.” 660 Igihe Yesaya yabonaga ubwiza bw’Imana maze akumva ijwi rirenga ry’abakerubi basingiza Imana bati: “Uwiteka Nyiringabo arera, arera, arera, . . .” ni bwo yatatse ati: “Mbonye ishyano, ndapfuye, kuko nanduye.” Pawulo amaze kuzamurwa akajyanwa mu ijuru rya gatatu maze akumva ibintu umuntu atabasha kurondora, yiyise “uworoheje hanyuma y’abera bose.” Yohana ukundwa wahoraga mu gituza cya Yesu kandi witegereje ikuzo rye, ni we waguye imbere ya marayika maze amera nk’upfuye. 661 Abagendera munsi y’umusaraba w’i Kaluvari ntibashobora na rimwe kwishyira hejuru cyangwa kwirata ko bamaze gucika ingoyi y’icyaha. Bazirikana ko ibyaha byabo ari byo byateje umubabaro ukomeye wamenye umutima w’Umwana w’Imana, kandi iki gitekerezo kizabatera kwicisha bugufi. Ababa hafi ya Yesu basobanukirwa neza intege nke ndetse n’ubunyacyaha (kamere ihora ihengamiye ku cyaha) by’inyokomuntu, bityo ibyiringiro byabo rukumbi biri mu byo Umukiza wabambwe akazuka yakoze. Muri iki gihe ukwezwa kwamamaye mu isi ya Gikristo kujyanirana n’umwuka wo kwishyira hejuru no kwirengagiza amategeko y’Imana. Bene uko kwezwa ntikugaragara mu byo Bibiliya yigisha. Abamamaza uko kwezwa bigisha ko ari umurimo ukorwa mu kanya gato bikaba birangiye, kandi ko kubwo kwizera konyine, uwo murimo ubageza ku butungane bwuzuye. Baravuga bati: “Izere gusa, bityo umugisha ni uwawe.” Uwakira uko kwezwa nta wundi mwete asabwa kugira. Na none kandi bahakana ububasha bw’amategeko y’Imana, bakavuga ko babatuwe ku nshingano yo kubahiriza amategeko. Ariko se, byashoboka ko umuntu yaba uwera, ahuje n’ubushake bw’Imana n’imico yayo nyamara atagendana n’amategeko agaragaza kamere yayo n’ubushake bwayo, ndetse akerekana ibiyishimisha? Kwifuza idini ryorohereza abantu, ridasaba umuhati, kwigomwa no kwiyanga ndetse no kwitandukanya n’iby’isi, byatumye habaho imyizerere yabaye gikwira ari yo myizerere yo kwizera, kwizera gusa. Ariko se ijambo ry’Imana ryo ryavuze iki? Intumwa Yakobo aravuga ati: “Mbese bene Data, byavura iki, niba umuntu avuga yuko afite kwizera, nyamara akaba ari nta mirimo akora? Bene uko kwizera kwabasha kumukiza?. . . Wa muntu utagira imirimo we, ntuzi yuko kwizera kutagira imirimo ari imfabusa? Mbese sogokuruza Aburahamu ntiyatsindishirijwe n’imirimo, ubwo yatangaga Isaka umwana we ngo atambwe ku gicaniro? Ubonye yuko kwizera kwafatanije n’imirimo ye, kandi ko kwizera kwe kwatunganijwe rwose n’imirimo ye? . . . Mubonye yuko umuntu atsindishirizwa n’imirimo, adatsindishirizwa no kwizera gusa.” 662 Ibyo ijambo ry’Imana rihamya bivuguruza iyi nyigisho igusha abantu mu mutego ivuga ibyo kwizera kutagira imirimo. Ntabwo ukwizera ari ko gusaba guhabwa ibyiza by’ijuru nyamara nta kuzuza ibyangombwa bishingirwaho mu gutanga imbabazi. Ukwibeshya ni ko gukora ibyo kuko ukwizera nyakuri gushingiye ku masezerano y’Ibyanditswe Byera ndetse no ku cyo byigisha. 344

Umwuka W'Imijyi Ibiri Nimutyo he kugira umuntu n’umwe wibeshya yizera ko ashobora kuba uwera mu gihe yica nkana rimwe mu mategeko y’Imana. Gukora icyaha ukizi bicecekesha ijwi rihamya rya Mwuka Muziranenge maze bigatandukanya umuntu n’Imana. “Icyaha ni ukugomera amategeko.” “Ukora ibyaha wese ntiyamubonye kandi ntiyamumenye.” (1Yohana 3:6). Nubwo Yohana mu nzandiko ze yibanda ku rukundo, nyamara ntabwo ashidikanya ku kugaragaza imico nyakuri ya rya tsinda ry’abantu bavuga ko bejejwe kandi mu mibereho yabo bagomera amategeko y’Imana. “Uvuga ko amuzi, ntiyitondere amategeko ye, ni umubeshyi, ukuri ntikuri muri we. Ariko umuntu wese witondera ijambo rye, urukundo akunda Imana ruba rumaze gutunganirizwa rwose muri we.” 663 Uru ni rwo rugero ngenderwaho mu kugenzura ibyo buri muntu avuga. Ntabwo dushobora kwemeza ko umuntu ari intungane kandi tutamushyize ku gipimo kigaragaza urugero rumwe rukumbi rw’ubutungane bw’Imana mu ijuru no mu isi. Niba abantu batumva uburemere bw’amategeko, niba bakerensa kandi bagaha agaciro gake amabwiriza y’Imana, niba bica itegeko rimwe ryoroheje muri yo kandi bakigisha abandi kugenza batyo, nta gaciro bazaba bafite mu maso y’Ijuru, kandi dukwiriye kumenya ko ibyo bihamya nta shingiro bifite. Iyo umuntu avuga ko nta cyaha afite byo ubwabyo ni igihamya cy’uko ntaho ahuriye n’ubutungane. Ibyo abiterwa n’uko adasobanukiwe ubutungane butagerwa ndetse no kwera by’Imana, cyangwa se akaba atazi uko abazaba batanyuranya n’imico y’Imana bagomba kumera. Bitewe n’uko uwo muntu adasobanukiwe neza n’ubutungane n’ubwiza bya Yesu habe no kumenya ubuhendanyi n’ububi by’icyaha, bene uwo ashobora kubona ko ari intungane. Uko intera imutandukanya na Kristo irushaho kwiyongera, ni ko arushaho kudasobanukirwa imico y’Imana n’ibyo isaba, kandi ni ko arushaho kwireba ubwe agasanga ari intungane. Ukwezwa kuvugwa mu Byanditswe Byera gukomatanya impagarike yose y’umuntu: umwuka, ubugingo n’umubiri. Pawulo yasabiye Abanyatesaloniki ngo “umwuka wabo n’ubugingo n’umubiri birindwe, bitazabaho umugayo kugeza ubwo Umwami wacu Yesu Kristo azazira.” (1Abatesaloniki5:23). Yongera kwandikira abizera ati: “Nuko rero bene Data ndabinginga kubw’imbabazi z’Imana, ngo mutange imibiri yanyu, ibe ibitambo bizima byera bishimwa n’Imana.” 664 Mu gihe cy’Abisirayeli ba kera, ituro ryose ryazanwaga ari igitambo batura Uwiteka, ryagombaga gusuzumanwa ubwitonzi. Iyo hagiraga ubusembwa buboneka kuri iryo tungo, ntiryemerwaga bitewe n’uko Imana yari yarategetse ko bazajya bayitura ituro “ridafite inenge.” Bityo, Abakristo nabo bakwiriye gutanga imibiri yabo ari “ibitambo bizima, byera, bishimwa n’Imana.” Kugira ngo ibyo bishoboke, imbaraga zabo zikwiriye kurindwa ku buryo bwose bwiza bushoboka. Igikorwa cyose gica intege imbaraga z’umubiri n’iz’intekerezo gitera umuntu kuba adakwiriye gukorera Umuremyi we. Mbese Imana yashimishwa n’ikintu icyo ari cyo cyose uretse icyiza kiruta ibindi dushobora gutanga? Yesu yaravuze ati: “Ukundishe Uwiteka Imana yawe umutima wawe wose.” Abakundisha Uwiteka umutima wose, bazifuza kumukorera icyiza kiruta ibindi mu mibereho yabo, kandi bazahora bashishikarira gutuma imbaraga zose z’ubugingo bwabo bihuza n’amategeko kandi Mwuka 345

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Nimutyo he kugira umuntu n’umwe wibeshya yizera ko ashobora kuba uwera mu gihe<br />

yica nkana rimwe mu mategeko y’Imana. Gukora icyaha ukizi bicecekesha ijwi rihamya rya<br />

Mwuka Muziranenge maze bigatandukanya umuntu n’Imana. “Icyaha ni ukugomera<br />

amategeko.” “Ukora ibyaha wese ntiyamubonye kandi ntiyamumenye.” (1Yohana 3:6).<br />

Nubwo Yohana mu nzandiko ze yibanda ku rukundo, nyamara ntabwo ashidikanya ku<br />

kugaragaza imico nyakuri ya rya tsinda ry’abantu bavuga ko bejejwe kandi mu mibereho yabo<br />

bagomera amategeko y’Imana. “Uvuga ko amuzi, ntiyitondere amategeko ye, ni umubeshyi,<br />

ukuri ntikuri muri we. Ariko umuntu wese witondera ijambo rye, urukundo akunda Imana<br />

ruba rumaze gutunganirizwa rwose muri we.” 663 Uru ni rwo rugero ngenderwaho mu<br />

kugenzura ibyo buri muntu avuga. Ntabwo dushobora kwemeza ko umuntu ari intungane<br />

kandi tutamushyize ku gipimo kigaragaza urugero rumwe rukumbi rw’ubutungane bw’Imana<br />

mu ijuru no mu isi. Niba abantu batumva uburemere bw’amategeko, niba bakerensa kandi<br />

bagaha agaciro gake amabwiriza y’Imana, niba bica itegeko rimwe ryoroheje muri yo kandi<br />

bakigisha abandi kugenza batyo, nta gaciro bazaba bafite mu maso y’Ijuru, kandi dukwiriye<br />

kumenya ko ibyo bihamya nta shingiro bifite.<br />

Iyo umuntu avuga ko nta cyaha afite byo ubwabyo ni igihamya cy’uko ntaho ahuriye<br />

n’ubutungane. Ibyo abiterwa n’uko adasobanukiwe ubutungane butagerwa ndetse no kwera<br />

by’Imana, cyangwa se akaba atazi uko abazaba batanyuranya n’imico y’Imana bagomba<br />

kumera. Bitewe n’uko uwo muntu adasobanukiwe neza n’ubutungane n’ubwiza bya Yesu<br />

habe no kumenya ubuhendanyi n’ububi by’icyaha, bene uwo ashobora kubona ko ari<br />

intungane. Uko intera imutandukanya na Kristo irushaho kwiyongera, ni ko arushaho<br />

kudasobanukirwa imico y’Imana n’ibyo isaba, kandi ni ko arushaho kwireba ubwe agasanga<br />

ari intungane.<br />

Ukwezwa kuvugwa mu Byanditswe Byera gukomatanya impagarike yose y’umuntu:<br />

umwuka, ubugingo n’umubiri. Pawulo yasabiye Abanyatesaloniki ngo “umwuka wabo<br />

n’ubugingo n’umubiri birindwe, bitazabaho umugayo kugeza ubwo Umwami wacu Yesu<br />

Kristo azazira.” (1Abatesaloniki5:23). Yongera kwandikira abizera ati: “Nuko rero bene Data<br />

ndabinginga kubw’imbabazi z’Imana, ngo mutange imibiri yanyu, ibe ibitambo bizima byera<br />

bishimwa n’Imana.” 664 Mu gihe cy’Abisirayeli ba kera, ituro ryose ryazanwaga ari igitambo<br />

batura Uwiteka, ryagombaga gusuzumanwa ubwitonzi. Iyo hagiraga ubusembwa buboneka<br />

kuri iryo tungo, ntiryemerwaga bitewe n’uko Imana yari yarategetse ko bazajya bayitura ituro<br />

“ridafite inenge.” Bityo, Abakristo nabo bakwiriye gutanga imibiri yabo ari “ibitambo bizima,<br />

byera, bishimwa n’Imana.” Kugira ngo ibyo bishoboke, imbaraga zabo zikwiriye kurindwa<br />

ku buryo bwose bwiza bushoboka. Igikorwa cyose gica intege imbaraga z’umubiri<br />

n’iz’intekerezo gitera umuntu kuba adakwiriye gukorera Umuremyi we. Mbese Imana<br />

yashimishwa n’ikintu icyo ari cyo cyose uretse icyiza kiruta ibindi dushobora gutanga? Yesu<br />

yaravuze ati: “Ukundishe Uwiteka Imana yawe umutima wawe wose.” Abakundisha Uwiteka<br />

umutima wose, bazifuza kumukorera icyiza kiruta ibindi mu mibereho yabo, kandi bazahora<br />

bashishikarira gutuma imbaraga zose z’ubugingo bwabo bihuza n’amategeko kandi Mwuka<br />

345

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!