15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

None se ubwo aba ahawe umudendezo wo kugomera amategeko? Pawulo aravuga ati:<br />

“Mbese none duhinduze ubusa amategeko kwizera? Ntibikabeho! Ahubwo turayakomeza.”<br />

“Mbese twebwe abapfuye ku byaha, twakomeza kuramira muri byo dute?” Kandi Yohana na<br />

we aravuga ati: “Kuko gukunda Imana ari uku: ari uko twitondera amategeko yayo, kandi<br />

amategeko yayo ntarushya.” 654<br />

Mu kuvuka bundi bushya, umutima wiyunga n’Imana kandi ukumvira amategeko yayo.<br />

Iyo izi mpinduka zikomeye zabaye ku munyabyaha, aba avuye mu rupfu ageze mu bugingo,<br />

avuye mu cyaha ageze mu butungane, avuye mu kwica amategeko y’Imana no mu bwigomeke<br />

ageze mu kumvira no kuyoboka Imana. Imibereho ya kera yo kwitandukanya n’Imana iba<br />

ishize maze hagatangira imibereho mishya y’ubwiyunge, kwizera n’urukundo. Maze<br />

“gukiranuka kw’amategeko” kugasohorezwa muri twe, “abadakurikiza ibya kamere<br />

y’umubiri, ahubwo bakurikiza iby’<strong>Umwuka</strong>.” (Abaroma 8:4). Bityo imvugo y’umuntu izaba<br />

iyi ngo: “Mbega ukuntu nkunda amategeko yawe! Ni yo ntekereza umunsi ukira.” (Zaburi<br />

119:97).<br />

“Amategeko y’Uwiteka atungana rwose, asubiza intege mu bugingo.” (Zaburi 19:7)<br />

Hatariho amategeko, abantu ntibamenya neza ubutungane no kwera by’Imana cyangwa ngo<br />

bamenye ibicumuro byabo n’uburyo badatunganye. Ntabwo bakwemezwa ibyaha byabo mu<br />

buryo nyakuri kandi ngo bumve ko bakeneye kwihana. Kuba batabona ko bazimiye kubwo<br />

kwica amategeko y’Imana, ntibanumva ko bakeneye amaraso ya Kristo akuraho ibyaha.<br />

Bakira ibyiringiro by’agakiza ariko batahindutse byimbitse mu mitima, habe no guhinduka<br />

k’ubugingo. Uku ni ko guhinduka kw’amajyejuru kwiganza cyane, kandi imbaga y’abantu<br />

benshi binjira mu itorero nyamara batarigeze bifatanya na Kristo.<br />

Inyigisho z’ibinyoma zerekeye kwezwa, kandi zikomoka mu gusuzugura no kwirengagiza<br />

amategeko y’Imana, zifite umwanya w’ingenzi mu matorero yo muri iki gihe. Izo nyigisho ni<br />

ibinyoma mu mahame yazo kandi ingaruka zazo ziteza akaga. Kuba muri rusange zakirwa<br />

neza n’abazumva, bituma birushaho kuba ngombwa ko abantu bose basobanukirwa neza<br />

n’icyo Ibyanditswe Byera byigisha kuri iyo ngingo.<br />

Kwezwa nyakuri ni inyigisho ya Bibiliya. Intumwa Pawulo mu rwandiko yandikiye<br />

Abanyatesaloniki yaravuze ati: “Icyo Imana ishaka ni iki: ni ukwezwa kwanyu.” Anasenga<br />

agira ati: “Imana y’amahoro ibeze rwose.” 655 Bibiliya yigisha neza icyo kwezwa ari cyo<br />

ndetse n’uburyo kugerwaho. Umukiza yasabiye abigishwa be ati: “ubereshe ukuri: Ijambo<br />

ryawe ni ryo kuri.”(Yohana 17:17). Na none kandi Pawulo yigisha ko abizera bagomba<br />

“kwezwa na Mwuka Muziranenge.” (Abaroma 15:16). Umurimo wa Mwuka Muziranenge ni<br />

uwuhe? Yesu yabwiye abigishwa be ati: “Uwo Mwuka w’ukuri naza, azabayobora mu kuri<br />

kose.” Umunyazaburi nawe yaravuze ati: “Amategeko yawe ni ukuri.” Amahame akomeye<br />

y’ubutungane aboneka mu mategeko y’Imana ahishurirwa abantu na Mwuka Muziranenge<br />

n’ijambo ry’Imana. Kandi kubera ko amategeko y’Imana yera, atunganye kandi akaba meza,<br />

akaba ari inyandiko igaragaza ubutungane bw’Imana, igikurikiraho ni uko imico ibyarwa no<br />

342

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!