15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Igice Cya 26 – Umurimo W’Ubugorozig<br />

Umurimo w’ubugorozi ku byerekeye Isabato ugomba gukorwa mu minsi ya nyuma<br />

wavuzwe mu buhanuzi bwa Yesaya agira ati: “Uwiteka aravuga ati: ‘Mwitondere iby’ukuri,<br />

mukore ibyo gukiranuka; kuko agakiza kanjye kari hafi, no gukiranuka kwanjye kugiye<br />

guhishurwa. Hahirwa umuntu ukora ibyo, n’umwana w’umuntu ubikomeza, akeza Isabato,<br />

ntayice, akarinda ukuboko kwe ngo kudakora icyaha cyose.” “Kandi abanyamahanga<br />

bahakwa ku Uwiteka bakamukorera bakunze izina rye, bakaba abagaragu be, umuntu wese<br />

akeza Isabato ntayice, agakomeza isezerano ryanjye, abo na bo nzabageza ku musozi wanjye<br />

wera, mbanezereze mu nzu yanjye y’urusengero.” 634<br />

Aya magambo yerekeye ibihe bya Gikristo nk’uko bigaragarira mu buryo yavuzwemo:<br />

“Umwami Imana ikoranya ibicibwa bya Isirayeli iravuze iti: ‘Nzongera kumukoraniriza<br />

abandi, udashyizeho abe bakoranijwe.” (Yesaya 56:8). Ibyo byerekezaga ku butumwa bwiza<br />

bwa Kristo buzakoranyiriza hamwe abanyamahanga. Kandi abubahirizaga Isabato icyo gihe<br />

basezeraniwe guhabwa umugisha. Bityo rero, icyo itegeko rya kane risaba gihera mbere yo<br />

kubambwa, kuzuka no kuzamurwa mu ijuru kwa Kristo mu ijuru, kikageza no muri cya gihe<br />

abayoboke be bazaba bamamaza inkuru y’ubutumwa bwiza mu mahanga yose.<br />

Na none kandi Uhoraho atanga itegeko akoresheje umuhanuzi Yesaya ati: “Bumba<br />

ibihamya, amategeko uyafatanishe ikimenyetso mu bigishwa banjye.” (Yesaya 8:16).<br />

Ikimenyetso cy’amategeko y’Imana kiboneka mu itegeko rya kane. Mu mategeko cumi yose,<br />

irya kane ryonyine ni ryo rigaragaza izina n’icyubahiro cy’Uwatanze amategeko. Iri tegeko<br />

rivuga ko ari Umuremyi w’ijuru n’isi, kandi ku bw’ibyo rikerekana ko ari yo yonyine ikwiriye<br />

kubahwa ikuzo no kuramywa ikarutishwa ibindi byose. Uretse iri tegeko, nta kindi kintu kiri<br />

mu mategeko cumi y’Imana cyerekana ububasha bw’Uwatanze ayo mategeko. Igihe Isabato<br />

yahindurwaga n’ubutegetsi bwa papa, amategeko yari akuwemo ikimenyetso cy’Imana.<br />

Abigishwa ba Kristo bararikirwa gusubizaho icyo kimenyetso bagarura Isabato ivugwa mu<br />

itegeko rya kane mu mwanya wayo utunganye nk’urwibutso rw’Umuremyi n’ikimenyetso<br />

cy’ububasha bwe.<br />

“Nimusange amategeko y’Imana n’ibiyihamya!” Mu gihe amahame n’inyigisho<br />

bivuguruzanya bibaye byinshi, amategeko y’Imana ni yo cyitegererezo kitibeshya kigomba<br />

gusuzumirwaho ibitekerezo byose, inyigisho n’amahame. Umuhanuzi aravuga ati:<br />

“Nibatavuga ibihwanye n’iryo jambo nta museke uzabatambikira.” (Yesaya 8:20).<br />

Itegeko ryongera gutangwa rivuga riti: “Shyira ejuru uvuge cyane, we kugerura; rangurura<br />

ijwi ryawe nk’ikondera, ubwire ubwoko bwanjye ibicumuro byabwo, ubwire inzu ya Yakobo<br />

ibyaha byabo.” Ntabwo habwirwa abanyabibi bari ku isi, ahubwo ba bandi Uwiteka yita<br />

“Ubwoko bwe,” ni bo bagomba gucyahwa kubera ibicumuro byabo. Yakomeje avuga ati:<br />

“Icyakora banshaka uko bukeye bishimira kumenya inzira zanjye; nk’ishyanga ryakoraga<br />

ibyo gukiranuka, ntirireke amategeko y’Imana yabo.” (Yesaya 58:1, 2). Aha hagaragazwa<br />

330

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!