Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri rya kane rivuga maze bagahitamo kubahiriza Isabato y’ikinyoma mu cyimbo cy’Isabato nyakuri, baba baha icyubahiro buriya butware bwahinduye Isabato. Ariko mu gikorwa cyo guhatira abantu inshingano mu by’idini bikozwe n’ubutegetsi bw’isi, amatorero ubwayo azakora igishushanyo cy’inyamaswa; bityo rero, guhatira abantu kuruhuka ku munsi wa mbere w’icyumweru muri Leta Zunze ubumwe za Amerika bizaba ari uguhatira abantu kuramya inyamaswa n’igishushanyo cyayo. Ariko Abakristo bo mu bihe byashize, bubahirizaga umunsi wa mbere w’icyumweru bibwira ko bubahiriza Isabato ivugwa na Bibiliya. Kandi n’ubu mu matorero yose ndetse no mu itorero Gatolika y’i Roma, harimo Abakristo nyakuri bizera rwose batigiza nkana ko Umunsi wa mbere w’icyumweru ari wo Sabato yashyizweho n’Imana. Imana yemera ibyo bakora nta buryarya ndetse no kuba indahemuka kwabo imbere yayo. Ariko ubwo itegeko rizahatira abantu kuruhuka ku munsi wa mbere, kandi abantu bose bakazamurikirwa ku byerekeye kubahiriza Isabato nyakuri, icyo gihe umuntu wese uzica itegeko ry’Imana akumvira itegeko ryashyizweho na Roma, azaba ahaye ikuzo ubupapa kuburutisha Imana. Aba aha icyubahiro Roma n’ubutegetsi bushimangira umunsi w’ikiruhuko watoranyijwe na yo. Aba aramya inyamaswa n’igishushanyo cyayo. Igihe abantu banga Isabato Imana yavuze ko ari ikimenyetso cy’ububasha bwayo maze mu mwanya wayo bakubahiriza umunsi Roma yihiteyemo ngo ube ikimenyetso cyo gukomera kwayo, baba bemeye ikimenyetso cy’icyubahiro bahaye Roma - “ikimenyetso cy’inyamaswa.” Igihe rero iyo ngingo isobanuriwe neza imbere y’abantu maze bagahitamo kumvira hagati y’amategeko y’Imana n’ay’abantu, abakomeza kugomera Imana bazashyirwaho “ikimenyetso cy’inyamaswa.” Umuburo uteye ubwoba cyane wigeze ubwirwa abantu uboneka mu butumwa bwa marayika wa gatatu. Uvuga ko ari icyaha gikomeye cyane kuko kizatuma abantu bamanukirwa n’umujinya w’Imana utazaba uvanzemo imbabazi haba na mba. Ntabwo abantu bakwiriye kuba mu mwijima batazi ibyerekeye iki ngingo y’ingenzi. Ubutumwa bw’imbuzi buburira abantu kwirinda iki cyaha bugomba kubwirwa abatuye isi mbere y’uko bagerwaho n’urubanza rw’Imana, kugira ngo abantu bose babashe kumenya impamvu bagomba kubabazwa maze babone amahirwe yo guhunga ngo bakire iteka ry’Imana. Ubuhanuzi buvuga ko marayika wa mbere abwira ubutumwa bwe “abari mu isi, bo mu mahanga yose n’imiryango yose n’indimi zose n’amoko yose.” Ubutumwa bw’imbuzi bwa marayika wa gatatu, bugize umugabane umwe wa bwa butumwa butatu, bugomba gusakazwa hose. Ubuhanuzi bugaragaza ko ubu butumwa buvuganwa ijwi rirenga, bukavugwa n’umumarayika ugurukira kure mu kirere cy’ijuru; kandi buzatera abatuye isi kubwitaho. Muri urwo rugamba Abakristo bose bazagabanywamo amatsinda abiri akomeye: Itsinda ry’abakurikiza amategeko y’Imana kandi bakizera Yesu, n’irindi tsinda ry’abaramya inyamaswa n’igishushanyo cyayo bagashyirwaho ikimenyetso cyayo. Nubwo itorero na Leta bizahuriza hamwe imbaraga kugira ngo bahatire “abantu bose, aboroheje n’abakomeye, n’abatunzi n’abakene, n’ab’umudendezo n’imbata, gushyirwaho “ikimenyetso cy’inyamaswa,” nyamara ubwoko bw’Imana bwo ntibuzacyakira. Umuhanuzi wo ku kirwa 328

Umwuka W'Imijyi Ibiri cya Patimosi yabonye “abatabarutse banesheje ya nyamaswa n’igishushanyo cyayo n’umubare w’izina ryayo, bahagaze ku nyanja y’ibirahuri, bafite inanga z’Imana, baririmba indirimbo ya Mose, imbata y’Imana n’indirimbo y’umwana w’intama.” 632 329

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

rya kane rivuga maze bagahitamo kubahiriza Isabato y’ikinyoma mu cyimbo cy’Isabato<br />

nyakuri, baba baha icyubahiro buriya butware bwahinduye Isabato. Ariko mu gikorwa cyo<br />

guhatira abantu inshingano mu by’idini bikozwe n’ubutegetsi bw’isi, amatorero ubwayo<br />

azakora igishushanyo cy’inyamaswa; bityo rero, guhatira abantu kuruhuka ku munsi wa<br />

mbere w’icyumweru muri Leta Zunze ubumwe za Amerika bizaba ari uguhatira abantu<br />

kuramya inyamaswa n’igishushanyo cyayo.<br />

Ariko Abakristo bo mu bihe byashize, bubahirizaga umunsi wa mbere w’icyumweru<br />

bibwira ko bubahiriza Isabato ivugwa na Bibiliya. Kandi n’ubu mu matorero yose ndetse no<br />

mu itorero Gatolika y’i Roma, harimo Abakristo nyakuri bizera rwose batigiza nkana ko<br />

Umunsi wa mbere w’icyumweru ari wo Sabato yashyizweho n’Imana. Imana yemera ibyo<br />

bakora nta buryarya ndetse no kuba indahemuka kwabo imbere yayo. Ariko ubwo itegeko<br />

rizahatira abantu kuruhuka ku munsi wa mbere, kandi abantu bose bakazamurikirwa ku<br />

byerekeye kubahiriza Isabato nyakuri, icyo gihe umuntu wese uzica itegeko ry’Imana<br />

akumvira itegeko ryashyizweho na Roma, azaba ahaye ikuzo ubupapa kuburutisha Imana.<br />

Aba aha icyubahiro Roma n’ubutegetsi bushimangira umunsi w’ikiruhuko watoranyijwe na<br />

yo. Aba aramya inyamaswa n’igishushanyo cyayo. Igihe abantu banga Isabato Imana yavuze<br />

ko ari ikimenyetso cy’ububasha bwayo maze mu mwanya wayo bakubahiriza umunsi Roma<br />

yihiteyemo ngo ube ikimenyetso cyo gukomera kwayo, baba bemeye ikimenyetso<br />

cy’icyubahiro bahaye Roma - “ikimenyetso cy’inyamaswa.” Igihe rero iyo ngingo<br />

isobanuriwe neza imbere y’abantu maze bagahitamo kumvira hagati y’amategeko y’Imana<br />

n’ay’abantu, abakomeza kugomera Imana bazashyirwaho “ikimenyetso cy’inyamaswa.”<br />

Umuburo uteye ubwoba cyane wigeze ubwirwa abantu uboneka mu butumwa bwa<br />

marayika wa gatatu. Uvuga ko ari icyaha gikomeye cyane kuko kizatuma abantu<br />

bamanukirwa n’umujinya w’Imana utazaba uvanzemo imbabazi haba na mba. Ntabwo abantu<br />

bakwiriye kuba mu mwijima batazi ibyerekeye iki ngingo y’ingenzi. Ubutumwa bw’imbuzi<br />

buburira abantu kwirinda iki cyaha bugomba kubwirwa abatuye isi mbere y’uko bagerwaho<br />

n’urubanza rw’Imana, kugira ngo abantu bose babashe kumenya impamvu bagomba<br />

kubabazwa maze babone amahirwe yo guhunga ngo bakire iteka ry’Imana. Ubuhanuzi<br />

buvuga ko marayika wa mbere abwira ubutumwa bwe “abari mu isi, bo mu mahanga yose<br />

n’imiryango yose n’indimi zose n’amoko yose.” Ubutumwa bw’imbuzi bwa marayika wa<br />

gatatu, bugize umugabane umwe wa bwa butumwa butatu, bugomba gusakazwa hose.<br />

Ubuhanuzi bugaragaza ko ubu butumwa buvuganwa ijwi rirenga, bukavugwa n’umumarayika<br />

ugurukira kure mu kirere cy’ijuru; kandi buzatera abatuye isi kubwitaho.<br />

Muri urwo rugamba Abakristo bose bazagabanywamo amatsinda abiri akomeye: Itsinda<br />

ry’abakurikiza amategeko y’Imana kandi bakizera Yesu, n’irindi tsinda ry’abaramya<br />

inyamaswa n’igishushanyo cyayo bagashyirwaho ikimenyetso cyayo. Nubwo itorero na Leta<br />

bizahuriza hamwe imbaraga kugira ngo bahatire “abantu bose, aboroheje n’abakomeye,<br />

n’abatunzi n’abakene, n’ab’umudendezo n’imbata, gushyirwaho “ikimenyetso<br />

cy’inyamaswa,” nyamara ubwoko bw’Imana bwo ntibuzacyakira. Umuhanuzi wo ku kirwa<br />

328

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!