15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

w’icyumweru, cyangwa ngo habe hari amabwiriza arebana no kubahiriza umunsi wa mbere.’<br />

626<br />

Undi yaravuze ati: “Kugeza igihe cy’urupfu rwa Kristo, nta mpinduka zerekeye umunsi<br />

zigeze zibaho;” kandi “nk’uko ibyanditswe bibyerekana, ntabwo intumwa za Kristo zigeze<br />

zitanga itegeko ryo kureka Isabato yo ku munsi wa karindwi ngo abantu bajye bayubahiriza<br />

ku munsi wa mbere w’icyumweru.” 627<br />

Abayoboke b’itorero Gatolika ry’i Roma bemera ko guhindura Isabato byakozwe n’itorero<br />

ryabo, kandi bagahamya ko Abaporotesitanti bemera ububasha bw’itorero Gatolika binyuze<br />

mu kubahiriza munsi wa mbere w’icyumweru. Muri Gatigisimu y’itorero Gatorika ivuga<br />

iby’Idini rya Gikristo , 628 ubwo hasubizwaga ikibazo cyerekeye umunsi ugomba<br />

kubahirizwa mu rwego rwo kumvira itegeko rya kane, havuzwe amagambo akurikira: “Mu<br />

gihe cy’amategeko ya kera, umunsi wa karindwi629 ni wo munsi wejejwe; ariko itorero,<br />

ribwirijwe na Yesu Kristo, kandi riyobowe na Mwuka Muziranenge, umunsi wa karindwi<br />

ryawusimbuje umunsi wa mbere w’icyumweru; bityo ubu turuhuka ku munsi wa mbere mu<br />

cyimbo cy’umunsi wa karindwi. Ubu umunsi wa mbere usobanura umunsi w’Umwami”<br />

Nk’ikimenyetso cy’ububasha bw’itorero Gatolika, abanditsi babo baravuga bati:<br />

“igikorwa cyo guhindura Isabato igashyirwa ku munsi wa mbere w’icyumweru, ni igikorwa<br />

cyemewe n’Abaporotesitanti; . . . kubera mu gihe bizihiza kuruhuka ku cyumweru, baba<br />

bemera ububasha itorero Gatolika rifite bwo gutoranya (kweza) iminsi mikuru, ndetse no<br />

kuyibahatira kugeza ubwo bibagusha mu cyaha.” 630 Guhindura Isabato se ni iki kindi kitari<br />

ikimenyetso cy’ububasha bw’itorero ry’i Roma; ari cyo “kimenyetso cy’inyamaswa”?<br />

Itorero ry’i Roma ntiryaretse ibyo ryigamba ko rifite isumbwe; kandi igihe isi n’amatorero<br />

y’Abaporotesitanti yemeye Isabato yashyizweho n’itorero Gatolika ry’i Roma bakareka<br />

Isabato yemewe na Bibiliya, ubwo baba bemeye uko kwishyira hejuru kwaryo. Baba bemeye<br />

ububasha bw’imigenzo n’ubw’abapadiri mu kugira impinduka runaka; nyamara iyo bakoze<br />

batyo, baba birengagije ihame ribatandukanya na Roma. Iryo hame ni irivuga ko “Bibiliya,<br />

kandi Bibiliya yonyine, ari yo dini ry’Abaporotesitanti.” Roma ibona ko Abaporotesitanti<br />

bishuka maze ku bushake bwabo bagahuma amaso yabo ntibarebe ibikorwa bigaragara. Uko<br />

gahunda yo gushimangira umunsi wa mbere igenda irushaho kwakirwa neza, ni ko Roma<br />

yishima, kuko igira icyizere cy’uko amaherezo iyo gahunda izatuma Abaporotesitanti bose<br />

bajya munsi y’ubutware bwa Roma. Umusenyeri umwe w’umufaransa yemeza ko gukomeza<br />

icyumweru kw’Abaprotestanti, umunsi wa mbere ari ukuramya ububasha bw’itorero<br />

Gatolika.<br />

Abayobozi bo mu itorero Gatolika ry’i Roma bavuga ko “kuba Abaporotesitanti<br />

bubahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru, ni icyubahiro baba bahaye ubutware bw’Itorero<br />

Gatolika ntabwo ari bo ubwabo baba biyubashye.” 631 Ku ruhande rw’amatorero<br />

y’Abaporotesitanti, guhatira abantu kubahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru, ni<br />

ukubahatira kuramya ubupapa (kuramya inyamaswa). Abantu basobanukirwa ibyo itegeko<br />

327

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!