Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri n’isi n’inyanja n’ibirimo byose, akaruhukira ku wa karindwi: Ni cyo cyatumye Uwiteka aha umugisha umunsi w’Isabato, akaweza.” 596 Mwuka w’Imana yakoze ku mitima y’abo bigishwa b’ijambo ryayo. Baje kwemera ko bari barishe aya mategeko mu bujiji binyuze mu kwirengagiza umunsi w’ikiruhuko washyizweho n’Umuremyi. Batangira gukora ubushakashatsi ku mpamvu zitera abantu kubahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru mu cyimbo cy’uwa karindwi wejejwe n’Imana. Nta gihamya bashoboraga kubona muri Bibiliya kigaragaza ko itegeko rya kane ryakuweho, cyangwa ko Isabato yahinduwe. Umugisha wahawe umunsi wa karindwi mbere hose ntiwigeze ukurwaho. Bari baragiye bihatira kumenya no gukora ibyo Imana ishaka; ariko bamaze kubona ko bo ubwabo bishe itegeko ry’Imana, agahinda kenshi kuzuye imitima yabo, maze berekana ko bayobotse Imana bubahiriza Isabato ya Yo yera. Hakoreshejwe imbaraga nyinshi kugira ngo ukwizera kwabo gusenywe. Nta muntu n’umwe utarasobanukiwe ko niba ubuturo bwo mu isi bwari igicucu cyangwa igishushanyo cy’ubwo mu ijuru, amategeko yari mu isanduku y’isezerano ku isi yari kopi y’umwimerere y’amategeko yo mu isanduku y’isezerano yo mu ijuru; kandi ko kwemera ukuri kwerekeye ubuturo bwera bwo mu ijuru bisaba kwemera ibyo amategeko y’Imana avuga ndetse no kubahiriza Isabato ivugwa mu itegeko rya kane. Aha ni ho hari hahishwe ibanga rikomeye ryo kurwanya ugusonurwa kumvikana kw’Ibyanditswe Byera byagaragazaga umurimo wa Kristo mu buturo bwo mu ijuru. Abantu benshi bashatse gukinga urugi Imana yari yarakinguye, kandi bashaka gukingura urugi Imana yakinze. Ariko ‘wa wundi ukingura ntihagire ukinga, kandi ukinga ntihagire ukingura’ yaravuze ati: “Dore nshize imbere yawe urugi rukinguye, kandi nta muntu ushobora kurukinga.” 597 Kristo yakinguye urugi cyangwa yatangiye umurimo mu cyumba cy’ahera cyane. Umucyo warasaga uturutse muri uwo muryango ukinguye w’ubuturo bwera bwo mu ijuru maze itegeko rya kane rigaragazwa ko riri mu mategeko ahabitswe. Icyo Imana yashyizeho nta muntu ushobora kugikuraho. Abantu bari baremeye umucyo werekeye umurimo wa Kristo w’ubuhuza ndetse no guhoraho iteka kw’amategeko y’Imana, babonye ko ari ko kuri kwavuzwe mu Byahishuwe 14. Ubutumwa buri muri iki gice bugizwe n’imiburo y’uburyo butatu, igomba guteguriza abatuye ku isi umunsi ukomeye wo kugaruka kwa Kristo. Itangazo rivuga ko ‘igihe cyo gucira abantu urubanza gisohoye’, ryerekeza ku iherezo ry’umurimo Kristo akora kubw’agakiza k’abantu. Riteguriza ukuri kugomba kwamamazwa kugeza igihe umurimo wa Kristo wo kuvuganira abanyabyaha uzarangirira maze akagaruka ku isi kujyana ubwoko bwe aho ari ngo babane. Umurimo wo guca urubanza watangiye mu mwaka wa 1844 ugomba gukomeza kugeza ubwo abantu bose bazafatirwa umwanzuro, baba abazima n’abapfuye. Ni ukuvuga ko uzakomeza gukorwa kugeza ku iherezo ry’igihe cy’imbabazi cyahawe umuntu. Kugira ngo abantu babashe kuba biteguye guhagarara mu rubanza, ubwo butumwa bubategeka ‘kubaha Imana no kuyiha ikuzo, bagasenga Iyaremye ijuru n’isi n’inyanja n’amasoko y’amazi.” Ingaruka yo kwakira ubwo butumwa yavuzwe muri aya magambo: “Aho ni ho kwihanagana kw’abera kuri bakurikiza amategeko y’Imana kandi bakizera Yesu.” Kugira ngo abantu babe 318

Umwuka W'Imijyi Ibiri biteguye umunsi w’urubanza, bakwiriye gukurikiza amategeko y’Imana. Ayo mategeko ni yo azaba urugero ngenderwaho rw’imico mu rubanza. Intumwa Pawulo aravuga ati: “Abakoze ibyaha bose bazi amategeko bazacirwa ho iteka ry’amategeko, . . . ku munsi Imana izacirira abantu ho iteka muri Yesu Kristo ku byahishwe byabo.” Na none aravuga ati: 598 ” Abakurikiza amategeko bazatsindishirizwa.” Kwizera ni ingenzi mu gukurikiza amategeko y’Imana, kubera ko ‘utizera bidashoboka ko ayinezeza.” 599 ‘Kandi igikorwa cyose kidakoranywe kwizera kiba ari icyaha.” 600 Marayika wa mbere ararikira abantu kubaha Imana, kuyiha ikuzo ndetse no kuyiramya yo Muremyi w’ijuru n’isi. Kugira ngo ibyo babikore, bagomba kumvira Amategeko yayo. Umunyabwenge aravuga ati: “Mwubahe Imana, kandi mukomeze amategeko yayo, kuko ibyo ari byo bikwiriye umuntu wese.” 601 Hatabayeho kumvira amategeko, no kuramya ntikwanezeza Imana. ‘Kuko gukunda Imana ari uku, ari uko twitondera amategeko yayo.” 602 ‘Uwiziba amatwi ngo atumva amategeko, gusenga kwe, na ko ni ikizira.” 603 Inshingano yo gusenga Imana ishingiye ku kuba ari yo Muremyi kandi ko ari yo ibindi byaremye byose bikesha kubaho. Kandi muri Bibiliya hose, ahavuga ko igomba kubahwa no kuramywa ikarutishwa ibigirwamana by’abapagani, hanavugwa igihamya cy’imbaraga yayo yo kurema. “Kuko ibigirwamana by’amahanga byose ari ubusa, ariko Uwiteka ni we waremye ijuru.” 604 “Nuko rero mwangereranya na nde twahwana? Niko Uwera abaza. Nimwubure amaso yanyu murebe hejuru. Ni nde waremye biriya?” ‘Kuko Uwiteka waremye ijuru ari we Mana; ni we waremye akayibumba, akayikomeza, . . . Ni jye Uwiteka, nta wundi ubaho.” 605 Umwanditsi wa Zaburi na we yaravuze ati: “Mumenye yuko Uwiteka ari we Mana: ni we waturemye natwe turi abe.” ‘Nimuze tumuramye twunamye, dupfukamire Uwiteka Umuremyi wacu.” Ibizima bizira inenge biramya Imana mu ijuru kandi bigatanga impamvu ari Yo bigomba kuramya bivuga biti: ‘Mwami wacu, Mana yacu, ukwiriye guhabwa icyubahiro no guhimbazwa n’ubutware koko, kuko ari wowe waremye byose.” 606 Mu Byahishuwe 14, abantu bose bararikirwa gusenga Umuremyi, kandi nk’umusaruro wavuye ku butumwa bw’abamarayika batatu, ubuhanuzi butwereka itsinda ry’abantu bakurikiza amategeko y’Imana. Rimwe muri ayo mategeko ryerekana mu buryo butaziguye ko Imana ari Umuremyi. Itegeko rya kane riravuga riti: “Umunsi wa karindwi ni wo sabato y’Uwiteka Imana yawe. . . kuko iminsi itandatu ari yo Uwiteka yaremeyemo ijuru n’isi n’inyanja n’ibirimo byose, akaruhuka ku wa karindwi: ni cyo cyatumye Uwiteka aha umugisha umunsi w’Isabato, akaweza.” 607 Ku byerekeye isabato, ahandi Uwiteka yaravuze ati: ‘ni ikimenyetso, . . . kugira ngo mumenye ko ndi Uwiteka Imana yanyu.” 608 Kandi impamvu yatanzwe ni iyi ngo: “Kuko iminsi itandatu ari yo Uwiteka yaremeyemo ijuru n’isi, ku wa karindwi akarorera, akaruhuka.” 609 ‘Akamaro k’Isabato nk’urwibutso rw’irema ni uko ihora yibutsa impamvu nyakuri Imana ari yo igomba gusengwa” - ni ukubera ko ari yo Muremyi, kandi na twe tukaba ibiremwa byayo. ‘Bityo rero, Isabato ni urufatiro rwo kuramya Imana kuko yigisha uku kuri kw’ingenzi 319

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

biteguye umunsi w’urubanza, bakwiriye gukurikiza amategeko y’Imana. Ayo mategeko ni yo<br />

azaba urugero ngenderwaho rw’imico mu rubanza. Intumwa Pawulo aravuga ati: “Abakoze<br />

ibyaha bose bazi amategeko bazacirwa ho iteka ry’amategeko, . . . ku munsi Imana izacirira<br />

abantu ho iteka muri Yesu Kristo ku byahishwe byabo.” Na none aravuga ati: 598 ”<br />

Abakurikiza amategeko bazatsindishirizwa.” Kwizera ni ingenzi mu gukurikiza amategeko<br />

y’Imana, kubera ko ‘utizera bidashoboka ko ayinezeza.” 599 ‘Kandi igikorwa cyose<br />

kidakoranywe kwizera kiba ari icyaha.” 600<br />

Marayika wa mbere ararikira abantu kubaha Imana, kuyiha ikuzo ndetse no kuyiramya yo<br />

Muremyi w’ijuru n’isi. Kugira ngo ibyo babikore, bagomba kumvira Amategeko yayo.<br />

Umunyabwenge aravuga ati: “Mwubahe Imana, kandi mukomeze amategeko yayo, kuko ibyo<br />

ari byo bikwiriye umuntu wese.” 601 Hatabayeho kumvira amategeko, no kuramya<br />

ntikwanezeza Imana. ‘Kuko gukunda Imana ari uku, ari uko twitondera amategeko yayo.”<br />

602 ‘Uwiziba amatwi ngo atumva amategeko, gusenga kwe, na ko ni ikizira.” 603<br />

Inshingano yo gusenga Imana ishingiye ku kuba ari yo Muremyi kandi ko ari yo ibindi<br />

byaremye byose bikesha kubaho. Kandi muri Bibiliya hose, ahavuga ko igomba kubahwa no<br />

kuramywa ikarutishwa ibigirwamana by’abapagani, hanavugwa igihamya cy’imbaraga yayo<br />

yo kurema. “Kuko ibigirwamana by’amahanga byose ari ubusa, ariko Uwiteka ni we waremye<br />

ijuru.” 604 “Nuko rero mwangereranya na nde twahwana? Niko Uwera abaza. Nimwubure<br />

amaso yanyu murebe hejuru. Ni nde waremye biriya?” ‘Kuko Uwiteka waremye ijuru ari we<br />

Mana; ni we waremye akayibumba, akayikomeza, . . . Ni jye Uwiteka, nta wundi ubaho.” 605<br />

Umwanditsi wa Zaburi na we yaravuze ati: “Mumenye yuko Uwiteka ari we Mana: ni we<br />

waturemye natwe turi abe.” ‘Nimuze tumuramye twunamye, dupfukamire Uwiteka<br />

Umuremyi wacu.” Ibizima bizira inenge biramya Imana mu ijuru kandi bigatanga impamvu<br />

ari Yo bigomba kuramya bivuga biti: ‘Mwami wacu, Mana yacu, ukwiriye guhabwa<br />

icyubahiro no guhimbazwa n’ubutware koko, kuko ari wowe waremye byose.” 606<br />

Mu Byahishuwe 14, abantu bose bararikirwa gusenga Umuremyi, kandi nk’umusaruro<br />

wavuye ku butumwa bw’abamarayika batatu, ubuhanuzi butwereka itsinda ry’abantu<br />

bakurikiza amategeko y’Imana. Rimwe muri ayo mategeko ryerekana mu buryo butaziguye<br />

ko Imana ari Umuremyi. Itegeko rya kane riravuga riti: “Umunsi wa karindwi ni wo sabato<br />

y’Uwiteka Imana yawe. . . kuko iminsi itandatu ari yo Uwiteka yaremeyemo ijuru n’isi<br />

n’inyanja n’ibirimo byose, akaruhuka ku wa karindwi: ni cyo cyatumye Uwiteka aha<br />

umugisha umunsi w’Isabato, akaweza.” 607 Ku byerekeye isabato, ahandi Uwiteka yaravuze<br />

ati: ‘ni ikimenyetso, . . . kugira ngo mumenye ko ndi Uwiteka Imana yanyu.” 608 Kandi<br />

impamvu yatanzwe ni iyi ngo: “Kuko iminsi itandatu ari yo Uwiteka yaremeyemo ijuru n’isi,<br />

ku wa karindwi akarorera, akaruhuka.” 609<br />

‘Akamaro k’Isabato nk’urwibutso rw’irema ni uko ihora yibutsa impamvu nyakuri Imana<br />

ari yo igomba gusengwa” - ni ukubera ko ari yo Muremyi, kandi na twe tukaba ibiremwa<br />

byayo. ‘Bityo rero, Isabato ni urufatiro rwo kuramya Imana kuko yigisha uku kuri kw’ingenzi<br />

319

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!