15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Igice Cya 25 – Amategeko Ntakuka Y’Imana<br />

“Mu ijuru Ingoro y’Imana iherako irakinguka, Isanduku y’Isezerano iyirimo iraboneka.”<br />

593 Iyo sanduku y’Isezerano ry’Imana, iri ahera cyane ari ho cyumbwa cya kabiri cy’ubuturo<br />

bwera. Imirimo yakorerwaga mu ihema ry’ibonaniro ryo mu isi yari “icyitegererezo n’igicucu<br />

cy’ibyo mu ijuru.” Iki cyumba cy’ahera cyane cyakingurwaga gusa ku munsi mukuru<br />

w’Impongano wo kweza ubuturo bwera. Kubw’ibyo rero, itangazo rivuga ko ingoro y’Imana<br />

yakinguwe mu ijuru maze isanduku y’isezerano ry’Imana igaherako iraboneka, ryerekeza ku<br />

gukingurwa kw’ahera cyane ho mu buturo bwera bwo mu ijuru mu mwaka wa 1844, ubwo<br />

Yesu yahinjiraga agiye gukora umurimo wo guhuza abantu n’Imana. Kubwo kwizera,<br />

abakurikiye Umutambyi wabo mukuru ubwo yatangiraga umurimo we mu cyumba cy’Ahera<br />

cyane ho mu ijuru, babonye isanduku y’isezerano rye. Ubwo bigaga ingingo y’ubuturo bwera,<br />

baje gusobanukirwa ko Umukiza yahinduye umurimo we, kandi babonye ko noneho ari<br />

gukorera imbere y’isanduku y’Imana, yerekana amaraso ye yaviriye abanyabyaha.<br />

Isanduku yari mu ihema ry’ibonaniro ryo mu isi, yari irimo ibisate 2 by’amabuye<br />

byanditsweho amategeko cumi by’Imana. Kuba yarimo amategeko y’Imana byayihaga<br />

agaciro gakomeye no kwera. Ubwo ingoro y’Imana yo mu ijuru yakingurwaga, isanduku<br />

y’isezerano ryayo yaragaragaye. Mu cyumba cy’ahera cyane cyo mu buturo bwera bwo mu<br />

ijuru, ni ho amategeko y’Imana abitswe. Ayo mategeko ni ya yandi yavugiwe n’Imana<br />

ubwayo mu rusaku rw’inkuba ku musozi wa Sinayi kandi yandikwa n’urutoke rw’Imana ku<br />

bisate by’amabuye.<br />

Amategeko cumi y’Imana yagaragaye mu buturo bwera bwo mu ijuru ni umwimerere<br />

w’ayanditswe ku bisate by’amabuye kandi akandukurwa na Mose mu bitabo by’amategeko.<br />

Abaje gusobanukirwa neza n’iyo ngingo y’ingenzi, baje kugera aho babona ukwera no<br />

kudahinduka kw’amategeko y’Imana. Kuruta uko babibonaga mbere, baje kubona imbaraga<br />

z’amagambo ya Yesu aho yavuze ati: “Kandi ndababwira ukuri yuko ijuru n’isi kugeza aho<br />

bizashirira, amategeko atazavaho inyuguti imwe cyangwa agace kayo gato, kugeza aho byose<br />

bizarangirira.” 594 Amategeko y’Imana ahishura ubushake bwayo, akaba inyandiko<br />

igaragaza imico yayo, azakomeza kuba iteka “umuhamya utabeshya mu ijuru.” Nta tegeko na<br />

rimwe ryakuweho, nta nyuguti cyangwa agace kayo gato kahinduwe. Umwanditsi wa Zaburi<br />

aravuga ati: “Uwiteka, iteka ryose ijambo ryawe rihora mu ijuru rihamye.” “Amategeko ye<br />

yose arahamye. Yakomerejwe guhama iteka ryose.” 595<br />

Hagati mu mategeko cumi, hari itegeko rya kane nk’uko ryari ryavuzwe mbere ngo:<br />

“Wibuke kweza umunsi w’Isabato. Mu minsi itandatu ujye ukora, abe ari yo ukoreramo<br />

imirimo yawe yose: ariko uwa karindwi ni wo sabato y’Uwiteka Imana yawe. Ntukagire<br />

umurimo wose uwukoraho, wowe ubwawe, cyangwa umuhungu wawe cyangwa umukobwa<br />

wawe, cyangwa umugaragu wawe, cyangwa umuja wawe, cyangwa itungo ryawe, cyangwa<br />

umunyamahanga wawe uri iwanyu: kuko iminsi itandatu ari yo Uwiteka yaremeyemo ijuru<br />

317

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!