15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

kuducira urubanza,... Kudakoresha ukuri kwanyu ni igihamya cyerekana ko turi<br />

inzirakarengane....Ndetse n’ubugome bwanyu...ntacyo buzabamarira.” Akarengane kari<br />

imbaraga ikomeye ihamagarira abandi kubasanga bakemera kwizera kwabo. Uwo<br />

warenganywaga yakomeje avuga ati: «Uko murushaho kutwica ni ko turushaho kwiyongera.<br />

Amaraso y’abakristo ameneka ni imbuto ibibwe.” 19<br />

Abantu ibihumbi byinshi barafunzwe kandi baricwa, nyamara habonekaga abandi<br />

bakabasimbura. Abarenganywaga bahorwa kwizera kwabo baboneraga uburuhukiro muri<br />

Kristo kandi yababaze nk’abatsinze. Bari bararwanye intambara nziza, bityo bagomba<br />

kuzahabwa ikamba ry’icyubahiro ubwo Kristo azaba agarutse. Imibabaro abakristo<br />

banyuzemo bihanganye yatumye barushaho kwegerana ubwabo kandi barushaho kwegerana<br />

n’Umukiza wabo. Urugero rw’imibereho yabo n’ubuhamya bw’urupfu bishwe byari<br />

ibihamya bihoraho by’ukuri, kandi aho abantu batakekaga babonye abari abayoboke ba Satani<br />

bareka kumukorera bakayoboka Kristo.<br />

Kubw’ibyo, Satani yagize imigambi yo kurwanya ubutegetsi bw’Imana akoresheje<br />

gushinga ibendera rye mu itorero rya Kristo. Iyo ashobora gushuka abayoboke ba Kristo kandi<br />

akabakoresha ibitanejeje Imana byari gutuma imbaraga zabo, kwihanganira umubabaro<br />

kwabo ndetse no gushikama kwabo bicogora maze akabagusha mu mutego bitamuruhije.<br />

Icyo gihe, ibyo umwanzi yari yarananiwe kugeraho akoresheje imbaraga, noneho yihatiye<br />

kubigeraho akoresheje ubucakura. Kurenganya abakristo byarahosheje maze bisimburwa no<br />

kubashukashukisha kubaha ubukire bumara igihe gito ndetse n’icyubahiro cy’isi. Ibyo<br />

byatumye abasenga ibigirwamana bemera umugabane umwe w’imyizerere ya gikristo<br />

nyamara bagahinyura ukundi kuri kw’ingenzi. Bavugaga ko bemera ko Kristo ari Umwana<br />

w’Imana kandi ko bizera urupfu rwe n’umuzuko we, nyamara ntibigeze bemezwa ko ari<br />

abanyabyaha, kandi bumvaga badakeneye kwihana cyangwa guhinduka mu mitima yabo.<br />

Bamaze kwiyemeza kureka ibintu bimwe na bimwe, basabye abakristo ko nabo bakwemera<br />

kugira ibyo bigomwa kugira ngo bahurize hamwe mu kwizera Kristo.<br />

Icyo gihe itorero ryari riri mu kaga gateye ubwoba. Ibyo bihe byari bibi kurusha ibyo ryari<br />

ryaranyuzemo byo gushyirwa muri gereza, kwicwa urubozo, gutwikwa, ndetse no kwicishwa<br />

inkota. Abakristo bamwe barashikamye, bavuga ko badashobora kwemera ubwumvikane<br />

bubasaba kudohoka ku kwizera kwabo. Abandi bakristo bashyigikiye kwemera ibyo<br />

basabwaga cyangwa kwemera kugira ibyo bahindura mu myizerere yabo kugira ngo bihuze<br />

n’abo bari bafite ubukiristo butuzuye, bavuga ko ibyo bishobora kubabera uburyo bwo<br />

guhinduka byuzuye. Icyo gihe cyabereye abayoboke ba Kristo b’indahemuka igihe<br />

cy’umubabaro ukomeye. Satani yarimo acengera mu itorero buhoro buhoro anyuze mu<br />

kwiyoberanya kw’abo biyitaga abakristo, agambiriye kwangiza kwizera kwabo no gukura<br />

intekerezo zabo ku ijambo ry’ukuri.<br />

Abakristo benshi bageze aho bemera kudohoka ku myizerere yabo maze ubukristo bwunga<br />

ubumwe n’ubupagani. Nubwo abasengaga ibigirwamana bavugaga ko bihannye kandi bakaba<br />

24

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!