Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri bwera buri ku isi. Bityo rero ubuhanuzi buvuga ngo, “Bizageza iminsi ibihumbi bibiri na magana atatu uko bukeye bukira, nyuma ubuturo bwera buzabone kwezwa,” nta gushidikanya bwerekeje ku buturo bwera bwo mu ijuru. Nyamara ikibazo cy’ingenzi cyane kiracyakeneye gusubizwa: Kwezwa k’ubuturo bwera ni iki? Kuba harabagaho umurimo nk’uwo ufitanye isano n’ubuturo bwera bwo ku isi, bivugwa mu Byanditswe mu Isezerano rya Kera. None se mu ijuru hashobora kuba ikintu kigomba kwezwa? Mu Baheburayo 9 higishwamo mu buryo bweruye kwezwa k’ubuturo bwera bwo isi n’ubwo mu ijuru. “ kuko ukurikije amategeko, ibintu hafi ya byose byezwa n’amaraso, kandi amaraso atavuye, ntihabaho kubabarirwa ibyaha. Nuko rero, byari bikwiye ko ibishushanyo by’ibyo mu ijuru byezwa muri bene ubwo buryo, naho ibyo mu ijuru ubwabyo bikezwa n’ibitambo biruta ibyo,” 563 ari yo maraso y’igiciro cyinshi ya Kristo. Kwezwa kw’ubuturo haba mu buryo bw’igishushanyo ndetse no buryo nyakuri, bigomba gukorwa n’amaraso. Mu kweza ubuturo mu buryo bw’igishushanyo hakoreshwaga amaraso y’amatungo; naho kwezwa nyakuri bikorwa n’amaraso ya Kristo. Impamvu Pawulo atanga y’uko uku kwezwa kugomba gukorwa hifashishijwe amaraso, ni uko “amaraso atavuye hatabaho kubabarirwa ibyaha.” Kubabarirwa ibyaha, cyangwa gukuraho ibyaha, ni umurimo ugomba gukorwa. Ariko se byari gushoboka bite ko icyaha gihuzwa n’ubuturo bwera, haba mu ijuru cyangwa ku isi? Ibi byamenyekana harebwe ku muhango wakorwaga ufite icyo ushushanya; kuko abatambyi bakoraga umurimo w’ubutambyi ku isi, bakoraga “umurimo wari igishushanyo n’igicucu cy’ibyo mu ijuru.” 564 Imirimo y’ubuturo bwera bwo ku isi yari igabanijwemo imigabane ibiri: buri munsi abatambyi bakoreraga ahera, mu gihe rimwe gusa mu mwaka ari ho umutambyi mukuru yakoraga umurimo udasanzwe wo guhongerera akawukorera ahera cyane ku bwo kweza ubuturo bwera. Buri munsi umunyabyaha wihannye yazanaga ituro rye ku irembo ry’ihema ry’ibonaniro, maze akarambika ikiganza cye ku mutwe w’itungo atanze ho ituro, akatura ibyaha, muri ubwo buryo bw’igishushanyo akaba abyikuyeho bikajya kuri icyo gitambo kizira inenge. Bityo rya tungo ryaricwaga. Intumwa Pawulo iravuga iti, “hatabayeho kumeneka kw’amaraso, ntihabaho kubabarirwa ibyaha.” “Kuko ubugingo bw’inyama buba mu maraso.” 565 Amategeko y’Imana yishwe yasabaga ubugingo bw’uwayishe. Amaraso yashushanyaga ubugingo bw’umunyabyaha, wabaga yashyize ibyaha bye kuri rya tungo ryasogoswe, yajyanwaga ahera n’umutambyi maze akayaminjagira imbere y’umwenda watandukanyaga ahera n’ahera cyane. Inyuma yawo habaga isanduku y’isezerano irimo amategeko umunyabyaha yabaga yishe. Kubw’uwo muhango, binyuze mu maraso, mu buryo bw’igishushanyo icyaha cyabaga gishyizwe ku buturo bwera. Mu bihe bimwe na bimwe, amaraso ntiyajyanwaga ahera; ariko icyo gihe inyama zo zagombaga kuribwa n’umutambyi nk’uko Mose yategetse bene Aroni agira ati: “Mwabujijwe n’iki kurira ahantu hera cya gitambo cyatambiwe ibyaha, ko ari icyera cyane, mukagiherwa kwishyiraho gukiranirwa kw’iteraniro.” 566 Iyo mihango yombi yashushanyaga gukura ibyaha ku munyabyaha wihannye maze bigashyirwa ku buturo. 306

Umwuka W'Imijyi Ibiri Uwo ni wo wari umurimo wakorwaga buri munsi umwaka wose ugashira. Muri ubwo buryo ibyaha by’Abisirayeli byashyirwaga ku buturo bwera. Bityo byabaye ngombwa ko habaho umurimo udasanzwe wo kubikura kuri ubwo buturo. Imana yategetse ko habaho guhongererwa kwa buri cyumba cy’ihema ryera. “Nuko ahongerere Ahera, ku bwo guhumana kw’Abisirayeli kwinshi, no kubw’ibicumuro byabo, kubw’ibyaha bakoze byose; uko abe ari ko agenza n’ihema ry’ibonaniro, ribana na bo hagati yo guhumana kwabo kwinshi.” Igicaniro na cyo cyagombaga guhongererwa, kugira ngo “gihumanurwe, cyezwe gikurweho guhumana kw’Abisirayeli kwinshi.” 567 Inshuro imwe mu mwaka, ku umunsi ukomeye w’Impongano, umutambyi yinjiraga ahera cyane kugira ngo yeze ubuturo. Umurimo yahakoreraga wasozaga ibyakozwe byose mu mwaka. Ku munsi w’Impongano, ku muryango w’ihema ry’ibonaniro hazanwaga abana b’ihene babiri maze bagakorerwaho ubufindo; “imwe ikaba iy’Uwiteka, naho indi ikaba iyo koherwa.” 568 Isekurume y’ihene yafatwaga n’ubufindo ko ari iy’Uwiteka yagombaga kwicwa ikaba igitambo cy’ibyaha by’Abisirayeli. Umutambyi yagombaga kujyana amaraso yayo hirya ya wa mwenda ukingiriza ahera cyane maze akayaminjagira ku ntebe y’imbabazi (intebe y’ihongerero) n’imbere yayo. Amaraso yagombaga kuminjagirwa na none ku cyotero cy’imibavu cyari imbere y’uwo mwenda. “Aroni arambike ibiganza bye byombi mu ruhanga rw’iyo hene nzima, yaturire hejuru yayo gukiranirwa kw’Abisirayeli kose n’ibicumuro byabo byose; abishyire mu ruhanga rw’iyo hene, ayihe umuntu witeguriye ibyo ngo ayijyane mu butayu. Iyo hene ijye ahatagira abantu, yikoreye gukiranirwa kwabo kose, uwo muntu ayirekurire mu butayu. ” 569 Isekurume y’ihene yoherewe mu butayu ntiyagarukaga mu nkambi y’Abisirayeli, kandi umuntu wajyaga kuyohera yagombaga kwiyuhagira, akamesa n’imyenda ye mbere yo kugaruka mu nkambi. Uwo muhango wose wagombaga gusiga Abisirayeli bazirikana ukwera kw’Imana ndetse n’uko yanga icyaha urunuka. Ikindi kandi, waberekaga ko batashoboraga guhura n’icyaha ngo babure kwandura. Buri mwisirayeli wese yasabwaga kubabaza umutima we mu gihe uwo muhango wabaga uri gukorwa. Imirimo yose yagombaga guhagarikwa, kandi iteraniro ryose ry’Abisirayeli ryagombaga kumara umunsi wose ryicishije bugufi cyane imbere y’Imana, basenga, biyirije ubusa kandi bafite kwihana mu mitima kwimbitse. Umuhango wakorwaga mu buryo bw’igishushanyo wigisha ukuri gukomeye kwerekeye impongano. Hemerwaga inshungu mu cyimbo cy’umunyabyaha; nyamara icyaha nticyabaga gikuweho burundu n’amaraso y’itungo ryicwaga. Bityo rero hari hateganyijwe uburyo bwo gushyira icyaha ku buturo bwera. Kubwo kuvusha amaraso, umunyabyaha yazirikanaga uburemere bw’amategeko, akicuza icyaha cyo kuba yagomeye itegeko, kandi akagaragaza uko yifuza imbabazi binyuze mu kwizera Umucunguzi wagombaga kuzaza. Ariko ntiyabaga yari yakurwaho byuzuye gucirwaho iteka n’amategeko. Ku munsi w’Impongano, umutambyi mukuru, yafataga igitambo cy’iteraniro ryose, akajya ahera cyane ajyanyeyo amaraso y’icyo 307

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Uwo ni wo wari umurimo wakorwaga buri munsi umwaka wose ugashira. Muri ubwo<br />

buryo ibyaha by’Abisirayeli byashyirwaga ku buturo bwera. Bityo byabaye ngombwa ko<br />

habaho umurimo udasanzwe wo kubikura kuri ubwo buturo. Imana yategetse ko habaho<br />

guhongererwa kwa buri cyumba cy’ihema ryera. “Nuko ahongerere Ahera, ku bwo guhumana<br />

kw’Abisirayeli kwinshi, no kubw’ibicumuro byabo, kubw’ibyaha bakoze byose; uko abe ari<br />

ko agenza n’ihema ry’ibonaniro, ribana na bo hagati yo guhumana kwabo kwinshi.” Igicaniro<br />

na cyo cyagombaga guhongererwa, kugira ngo “gihumanurwe, cyezwe gikurweho guhumana<br />

kw’Abisirayeli kwinshi.” 567<br />

Inshuro imwe mu mwaka, ku umunsi ukomeye w’Impongano, umutambyi yinjiraga ahera<br />

cyane kugira ngo yeze ubuturo. Umurimo yahakoreraga wasozaga ibyakozwe byose mu<br />

mwaka. Ku munsi w’Impongano, ku muryango w’ihema ry’ibonaniro hazanwaga abana<br />

b’ihene babiri maze bagakorerwaho ubufindo; “imwe ikaba iy’Uwiteka, naho indi ikaba iyo<br />

koherwa.” 568 Isekurume y’ihene yafatwaga n’ubufindo ko ari iy’Uwiteka yagombaga<br />

kwicwa ikaba igitambo cy’ibyaha by’Abisirayeli. Umutambyi yagombaga kujyana amaraso<br />

yayo hirya ya wa mwenda ukingiriza ahera cyane maze akayaminjagira ku ntebe y’imbabazi<br />

(intebe y’ihongerero) n’imbere yayo. Amaraso yagombaga kuminjagirwa na none ku cyotero<br />

cy’imibavu cyari imbere y’uwo mwenda.<br />

“Aroni arambike ibiganza bye byombi mu ruhanga rw’iyo hene nzima, yaturire hejuru<br />

yayo gukiranirwa kw’Abisirayeli kose n’ibicumuro byabo byose; abishyire mu ruhanga<br />

rw’iyo hene, ayihe umuntu witeguriye ibyo ngo ayijyane mu butayu. Iyo hene ijye ahatagira<br />

abantu, yikoreye gukiranirwa kwabo kose, uwo muntu ayirekurire mu butayu. ” 569<br />

Isekurume y’ihene yoherewe mu butayu ntiyagarukaga mu nkambi y’Abisirayeli, kandi<br />

umuntu wajyaga kuyohera yagombaga kwiyuhagira, akamesa n’imyenda ye mbere yo<br />

kugaruka mu nkambi.<br />

Uwo muhango wose wagombaga gusiga Abisirayeli bazirikana ukwera kw’Imana ndetse<br />

n’uko yanga icyaha urunuka. Ikindi kandi, waberekaga ko batashoboraga guhura n’icyaha<br />

ngo babure kwandura. Buri mwisirayeli wese yasabwaga kubabaza umutima we mu gihe uwo<br />

muhango wabaga uri gukorwa. Imirimo yose yagombaga guhagarikwa, kandi iteraniro ryose<br />

ry’Abisirayeli ryagombaga kumara umunsi wose ryicishije bugufi cyane imbere y’Imana,<br />

basenga, biyirije ubusa kandi bafite kwihana mu mitima kwimbitse.<br />

Umuhango wakorwaga mu buryo bw’igishushanyo wigisha ukuri gukomeye kwerekeye<br />

impongano. Hemerwaga inshungu mu cyimbo cy’umunyabyaha; nyamara icyaha nticyabaga<br />

gikuweho burundu n’amaraso y’itungo ryicwaga. Bityo rero hari hateganyijwe uburyo bwo<br />

gushyira icyaha ku buturo bwera. Kubwo kuvusha amaraso, umunyabyaha yazirikanaga<br />

uburemere bw’amategeko, akicuza icyaha cyo kuba yagomeye itegeko, kandi akagaragaza<br />

uko yifuza imbabazi binyuze mu kwizera Umucunguzi wagombaga kuzaza. Ariko ntiyabaga<br />

yari yakurwaho byuzuye gucirwaho iteka n’amategeko. Ku munsi w’Impongano, umutambyi<br />

mukuru, yafataga igitambo cy’iteraniro ryose, akajya ahera cyane ajyanyeyo amaraso y’icyo<br />

307

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!