Umwuka W'Imijyi Ibiri
Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.
Umwuka W'Imijyi Ibiri bwera buri ku isi. Bityo rero ubuhanuzi buvuga ngo, “Bizageza iminsi ibihumbi bibiri na magana atatu uko bukeye bukira, nyuma ubuturo bwera buzabone kwezwa,” nta gushidikanya bwerekeje ku buturo bwera bwo mu ijuru. Nyamara ikibazo cy’ingenzi cyane kiracyakeneye gusubizwa: Kwezwa k’ubuturo bwera ni iki? Kuba harabagaho umurimo nk’uwo ufitanye isano n’ubuturo bwera bwo ku isi, bivugwa mu Byanditswe mu Isezerano rya Kera. None se mu ijuru hashobora kuba ikintu kigomba kwezwa? Mu Baheburayo 9 higishwamo mu buryo bweruye kwezwa k’ubuturo bwera bwo isi n’ubwo mu ijuru. “ kuko ukurikije amategeko, ibintu hafi ya byose byezwa n’amaraso, kandi amaraso atavuye, ntihabaho kubabarirwa ibyaha. Nuko rero, byari bikwiye ko ibishushanyo by’ibyo mu ijuru byezwa muri bene ubwo buryo, naho ibyo mu ijuru ubwabyo bikezwa n’ibitambo biruta ibyo,” 563 ari yo maraso y’igiciro cyinshi ya Kristo. Kwezwa kw’ubuturo haba mu buryo bw’igishushanyo ndetse no buryo nyakuri, bigomba gukorwa n’amaraso. Mu kweza ubuturo mu buryo bw’igishushanyo hakoreshwaga amaraso y’amatungo; naho kwezwa nyakuri bikorwa n’amaraso ya Kristo. Impamvu Pawulo atanga y’uko uku kwezwa kugomba gukorwa hifashishijwe amaraso, ni uko “amaraso atavuye hatabaho kubabarirwa ibyaha.” Kubabarirwa ibyaha, cyangwa gukuraho ibyaha, ni umurimo ugomba gukorwa. Ariko se byari gushoboka bite ko icyaha gihuzwa n’ubuturo bwera, haba mu ijuru cyangwa ku isi? Ibi byamenyekana harebwe ku muhango wakorwaga ufite icyo ushushanya; kuko abatambyi bakoraga umurimo w’ubutambyi ku isi, bakoraga “umurimo wari igishushanyo n’igicucu cy’ibyo mu ijuru.” 564 Imirimo y’ubuturo bwera bwo ku isi yari igabanijwemo imigabane ibiri: buri munsi abatambyi bakoreraga ahera, mu gihe rimwe gusa mu mwaka ari ho umutambyi mukuru yakoraga umurimo udasanzwe wo guhongerera akawukorera ahera cyane ku bwo kweza ubuturo bwera. Buri munsi umunyabyaha wihannye yazanaga ituro rye ku irembo ry’ihema ry’ibonaniro, maze akarambika ikiganza cye ku mutwe w’itungo atanze ho ituro, akatura ibyaha, muri ubwo buryo bw’igishushanyo akaba abyikuyeho bikajya kuri icyo gitambo kizira inenge. Bityo rya tungo ryaricwaga. Intumwa Pawulo iravuga iti, “hatabayeho kumeneka kw’amaraso, ntihabaho kubabarirwa ibyaha.” “Kuko ubugingo bw’inyama buba mu maraso.” 565 Amategeko y’Imana yishwe yasabaga ubugingo bw’uwayishe. Amaraso yashushanyaga ubugingo bw’umunyabyaha, wabaga yashyize ibyaha bye kuri rya tungo ryasogoswe, yajyanwaga ahera n’umutambyi maze akayaminjagira imbere y’umwenda watandukanyaga ahera n’ahera cyane. Inyuma yawo habaga isanduku y’isezerano irimo amategeko umunyabyaha yabaga yishe. Kubw’uwo muhango, binyuze mu maraso, mu buryo bw’igishushanyo icyaha cyabaga gishyizwe ku buturo bwera. Mu bihe bimwe na bimwe, amaraso ntiyajyanwaga ahera; ariko icyo gihe inyama zo zagombaga kuribwa n’umutambyi nk’uko Mose yategetse bene Aroni agira ati: “Mwabujijwe n’iki kurira ahantu hera cya gitambo cyatambiwe ibyaha, ko ari icyera cyane, mukagiherwa kwishyiraho gukiranirwa kw’iteraniro.” 566 Iyo mihango yombi yashushanyaga gukura ibyaha ku munyabyaha wihannye maze bigashyirwa ku buturo. 306
Umwuka W'Imijyi Ibiri Uwo ni wo wari umurimo wakorwaga buri munsi umwaka wose ugashira. Muri ubwo buryo ibyaha by’Abisirayeli byashyirwaga ku buturo bwera. Bityo byabaye ngombwa ko habaho umurimo udasanzwe wo kubikura kuri ubwo buturo. Imana yategetse ko habaho guhongererwa kwa buri cyumba cy’ihema ryera. “Nuko ahongerere Ahera, ku bwo guhumana kw’Abisirayeli kwinshi, no kubw’ibicumuro byabo, kubw’ibyaha bakoze byose; uko abe ari ko agenza n’ihema ry’ibonaniro, ribana na bo hagati yo guhumana kwabo kwinshi.” Igicaniro na cyo cyagombaga guhongererwa, kugira ngo “gihumanurwe, cyezwe gikurweho guhumana kw’Abisirayeli kwinshi.” 567 Inshuro imwe mu mwaka, ku umunsi ukomeye w’Impongano, umutambyi yinjiraga ahera cyane kugira ngo yeze ubuturo. Umurimo yahakoreraga wasozaga ibyakozwe byose mu mwaka. Ku munsi w’Impongano, ku muryango w’ihema ry’ibonaniro hazanwaga abana b’ihene babiri maze bagakorerwaho ubufindo; “imwe ikaba iy’Uwiteka, naho indi ikaba iyo koherwa.” 568 Isekurume y’ihene yafatwaga n’ubufindo ko ari iy’Uwiteka yagombaga kwicwa ikaba igitambo cy’ibyaha by’Abisirayeli. Umutambyi yagombaga kujyana amaraso yayo hirya ya wa mwenda ukingiriza ahera cyane maze akayaminjagira ku ntebe y’imbabazi (intebe y’ihongerero) n’imbere yayo. Amaraso yagombaga kuminjagirwa na none ku cyotero cy’imibavu cyari imbere y’uwo mwenda. “Aroni arambike ibiganza bye byombi mu ruhanga rw’iyo hene nzima, yaturire hejuru yayo gukiranirwa kw’Abisirayeli kose n’ibicumuro byabo byose; abishyire mu ruhanga rw’iyo hene, ayihe umuntu witeguriye ibyo ngo ayijyane mu butayu. Iyo hene ijye ahatagira abantu, yikoreye gukiranirwa kwabo kose, uwo muntu ayirekurire mu butayu. ” 569 Isekurume y’ihene yoherewe mu butayu ntiyagarukaga mu nkambi y’Abisirayeli, kandi umuntu wajyaga kuyohera yagombaga kwiyuhagira, akamesa n’imyenda ye mbere yo kugaruka mu nkambi. Uwo muhango wose wagombaga gusiga Abisirayeli bazirikana ukwera kw’Imana ndetse n’uko yanga icyaha urunuka. Ikindi kandi, waberekaga ko batashoboraga guhura n’icyaha ngo babure kwandura. Buri mwisirayeli wese yasabwaga kubabaza umutima we mu gihe uwo muhango wabaga uri gukorwa. Imirimo yose yagombaga guhagarikwa, kandi iteraniro ryose ry’Abisirayeli ryagombaga kumara umunsi wose ryicishije bugufi cyane imbere y’Imana, basenga, biyirije ubusa kandi bafite kwihana mu mitima kwimbitse. Umuhango wakorwaga mu buryo bw’igishushanyo wigisha ukuri gukomeye kwerekeye impongano. Hemerwaga inshungu mu cyimbo cy’umunyabyaha; nyamara icyaha nticyabaga gikuweho burundu n’amaraso y’itungo ryicwaga. Bityo rero hari hateganyijwe uburyo bwo gushyira icyaha ku buturo bwera. Kubwo kuvusha amaraso, umunyabyaha yazirikanaga uburemere bw’amategeko, akicuza icyaha cyo kuba yagomeye itegeko, kandi akagaragaza uko yifuza imbabazi binyuze mu kwizera Umucunguzi wagombaga kuzaza. Ariko ntiyabaga yari yakurwaho byuzuye gucirwaho iteka n’amategeko. Ku munsi w’Impongano, umutambyi mukuru, yafataga igitambo cy’iteraniro ryose, akajya ahera cyane ajyanyeyo amaraso y’icyo 307
- Page 264 and 265: Umwuka W'Imijyi Ibiri gikwira muri
- Page 266 and 267: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 20
- Page 268 and 269: Umwuka W'Imijyi Ibiri ko Yesu Krist
- Page 270 and 271: Umwuka W'Imijyi Ibiri Palesitina, S
- Page 272 and 273: Umwuka W'Imijyi Ibiri buhanitse mu
- Page 274 and 275: Umwuka W'Imijyi Ibiri Nubwo Gaussen
- Page 276 and 277: Umwuka W'Imijyi Ibiri byashenguraga
- Page 278 and 279: Umwuka W'Imijyi Ibiri Kristo azafat
- Page 280 and 281: Umwuka W'Imijyi Ibiri n’ubundi ba
- Page 282 and 283: Umwuka W'Imijyi Ibiri ibimenyetso b
- Page 284 and 285: Umwuka W'Imijyi Ibiri abizera bari
- Page 286 and 287: Umwuka W'Imijyi Ibiri y’ubusamban
- Page 288 and 289: Umwuka W'Imijyi Ibiri no gushyigiki
- Page 290 and 291: Umwuka W'Imijyi Ibiri bikorwa byo g
- Page 292 and 293: Umwuka W'Imijyi Ibiri wa kabiri, ka
- Page 294 and 295: Umwuka W'Imijyi Ibiri iratinze, kan
- Page 296 and 297: Umwuka W'Imijyi Ibiri Akoresheje ub
- Page 298 and 299: Umwuka W'Imijyi Ibiri mu buryo buta
- Page 300 and 301: Umwuka W'Imijyi Ibiri mukuru utabas
- Page 302 and 303: Umwuka W'Imijyi Ibiri kwihana ibibi
- Page 304 and 305: Umwuka W'Imijyi Ibiri cyarahise, Um
- Page 306 and 307: Umwuka W'Imijyi Ibiri Imyumvire y
- Page 308 and 309: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 23
- Page 310 and 311: Umwuka W'Imijyi Ibiri musozi ari ku
- Page 312 and 313: Umwuka W'Imijyi Ibiri ndetse n’um
- Page 316 and 317: Umwuka W'Imijyi Ibiri gitambo maze
- Page 318 and 319: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 24
- Page 320 and 321: Umwuka W'Imijyi Ibiri kwemeza abatu
- Page 322 and 323: Umwuka W'Imijyi Ibiri w’impongano
- Page 324 and 325: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ukurangira kw
- Page 326 and 327: Umwuka W'Imijyi Ibiri n’isi n’i
- Page 328 and 329: Umwuka W'Imijyi Ibiri mu buryo buko
- Page 330 and 331: Umwuka W'Imijyi Ibiri gukomoka ahan
- Page 332 and 333: Umwuka W'Imijyi Ibiri kugira ngo ub
- Page 334 and 335: Umwuka W'Imijyi Ibiri butegetsi bwa
- Page 336 and 337: Umwuka W'Imijyi Ibiri rya kane rivu
- Page 338 and 339: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 26
- Page 340 and 341: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igihe ukuri k
- Page 342 and 343: Umwuka W'Imijyi Ibiri ku buryo bige
- Page 344 and 345: Umwuka W'Imijyi Ibiri bye, ariko am
- Page 346 and 347: Umwuka W'Imijyi Ibiri Bashoboraga k
- Page 348 and 349: Umwuka W'Imijyi Ibiri kariho muri i
- Page 350 and 351: Umwuka W'Imijyi Ibiri None se ubwo
- Page 352 and 353: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ubwo Yobu yum
- Page 354 and 355: Umwuka W'Imijyi Ibiri Muziranenge a
- Page 356 and 357: Umwuka W'Imijyi Ibiri bw’umuramba
- Page 358 and 359: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 28
- Page 360 and 361: Umwuka W'Imijyi Ibiri Amategeko y
- Page 362 and 363: Umwuka W'Imijyi Ibiri gihugu izabar
<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />
Uwo ni wo wari umurimo wakorwaga buri munsi umwaka wose ugashira. Muri ubwo<br />
buryo ibyaha by’Abisirayeli byashyirwaga ku buturo bwera. Bityo byabaye ngombwa ko<br />
habaho umurimo udasanzwe wo kubikura kuri ubwo buturo. Imana yategetse ko habaho<br />
guhongererwa kwa buri cyumba cy’ihema ryera. “Nuko ahongerere Ahera, ku bwo guhumana<br />
kw’Abisirayeli kwinshi, no kubw’ibicumuro byabo, kubw’ibyaha bakoze byose; uko abe ari<br />
ko agenza n’ihema ry’ibonaniro, ribana na bo hagati yo guhumana kwabo kwinshi.” Igicaniro<br />
na cyo cyagombaga guhongererwa, kugira ngo “gihumanurwe, cyezwe gikurweho guhumana<br />
kw’Abisirayeli kwinshi.” 567<br />
Inshuro imwe mu mwaka, ku umunsi ukomeye w’Impongano, umutambyi yinjiraga ahera<br />
cyane kugira ngo yeze ubuturo. Umurimo yahakoreraga wasozaga ibyakozwe byose mu<br />
mwaka. Ku munsi w’Impongano, ku muryango w’ihema ry’ibonaniro hazanwaga abana<br />
b’ihene babiri maze bagakorerwaho ubufindo; “imwe ikaba iy’Uwiteka, naho indi ikaba iyo<br />
koherwa.” 568 Isekurume y’ihene yafatwaga n’ubufindo ko ari iy’Uwiteka yagombaga<br />
kwicwa ikaba igitambo cy’ibyaha by’Abisirayeli. Umutambyi yagombaga kujyana amaraso<br />
yayo hirya ya wa mwenda ukingiriza ahera cyane maze akayaminjagira ku ntebe y’imbabazi<br />
(intebe y’ihongerero) n’imbere yayo. Amaraso yagombaga kuminjagirwa na none ku cyotero<br />
cy’imibavu cyari imbere y’uwo mwenda.<br />
“Aroni arambike ibiganza bye byombi mu ruhanga rw’iyo hene nzima, yaturire hejuru<br />
yayo gukiranirwa kw’Abisirayeli kose n’ibicumuro byabo byose; abishyire mu ruhanga<br />
rw’iyo hene, ayihe umuntu witeguriye ibyo ngo ayijyane mu butayu. Iyo hene ijye ahatagira<br />
abantu, yikoreye gukiranirwa kwabo kose, uwo muntu ayirekurire mu butayu. ” 569<br />
Isekurume y’ihene yoherewe mu butayu ntiyagarukaga mu nkambi y’Abisirayeli, kandi<br />
umuntu wajyaga kuyohera yagombaga kwiyuhagira, akamesa n’imyenda ye mbere yo<br />
kugaruka mu nkambi.<br />
Uwo muhango wose wagombaga gusiga Abisirayeli bazirikana ukwera kw’Imana ndetse<br />
n’uko yanga icyaha urunuka. Ikindi kandi, waberekaga ko batashoboraga guhura n’icyaha<br />
ngo babure kwandura. Buri mwisirayeli wese yasabwaga kubabaza umutima we mu gihe uwo<br />
muhango wabaga uri gukorwa. Imirimo yose yagombaga guhagarikwa, kandi iteraniro ryose<br />
ry’Abisirayeli ryagombaga kumara umunsi wose ryicishije bugufi cyane imbere y’Imana,<br />
basenga, biyirije ubusa kandi bafite kwihana mu mitima kwimbitse.<br />
Umuhango wakorwaga mu buryo bw’igishushanyo wigisha ukuri gukomeye kwerekeye<br />
impongano. Hemerwaga inshungu mu cyimbo cy’umunyabyaha; nyamara icyaha nticyabaga<br />
gikuweho burundu n’amaraso y’itungo ryicwaga. Bityo rero hari hateganyijwe uburyo bwo<br />
gushyira icyaha ku buturo bwera. Kubwo kuvusha amaraso, umunyabyaha yazirikanaga<br />
uburemere bw’amategeko, akicuza icyaha cyo kuba yagomeye itegeko, kandi akagaragaza<br />
uko yifuza imbabazi binyuze mu kwizera Umucunguzi wagombaga kuzaza. Ariko ntiyabaga<br />
yari yakurwaho byuzuye gucirwaho iteka n’amategeko. Ku munsi w’Impongano, umutambyi<br />
mukuru, yafataga igitambo cy’iteraniro ryose, akajya ahera cyane ajyanyeyo amaraso y’icyo<br />
307